Ubufaransa bwanzuye ko nta mpamvu bubona zifatika zo gukurikirana Pierre Tegera
Urukiko rwo mu Bufaransa rwanzuye ko nta mpamvu rubona zatuma rukurikirana Umunyarwanda, Pierre Tegera ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uyu yanashyiriweho n’u Rwanda impapuro mpuzamahanga zo kumuta muri yombi. Byatangajwe kuri uyu wa 11 Mutarama 2017, inkuru dukesha itangazamakuru ryo mu Bufaransa ivuga ko urukiko rwo mu Bufaransa rwasanze nta bimenyetso […]
Ni umukobwa wabyaye, arashaka umukunzi utari uwo kuryoshya gusa
Mwaramutseho ndifuza umukunzi ndumu fille mere w’umwana umwe imyaka32 ibiro 72 uburebure 1cm70 ndiga muri Kaminuza ntakazi mfite ndifuza umukunzi ufite imyaka32-40 upima ibiro73-80 uburebure 1cm70 kuzamura ufite urukundo sinshaka uwokuryoshya yanyandikira kuri email wasemutesi@gmail.com NB utujuje ibi ntanyandikire kuko sindigukina nafashe unwanya ntari gukina. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore nawe yagize ati: “Ndi umusore ukuze […]
Uganda: Icyuma cyacagaho abantu byibuze 40 mu Bitaro bya Mulago cyangijwe n’abajura
Igipolisi cya Uganda cyatangiye iperereza mu Bitaro Bikuru by’ikitegererezo bya Mulago biherutse kwinjirwamo n’abantu batamenyekanye bakangiza icyuma kimwe rukumbi cyifashishwaga mu gusuzuma imbere mu mubiri w’umuntu bita CT scan Iki cyuma cyifashisha amafoto n’ikoranabuhanga rya mudasobwa kigakora amafoto agaragaza neza imbere mu mubiri w’umuntu, aho bivugwa ko gitanga amakuru ahagije ugereranyije na radiography isanzwe. Umwe […]
Valentine Rugwabiza asanga Afurika yihagije mu kwikemurira amakimbirane
Afurika irihagije yaba mu bumenyi, yaba mu kuba hafi ndetse no mu bushobozi bwo kwikemurira amakimbirane ayirangwamo kandi mu buryo bwa vuba, byatangajwe n’umunyamabanga uhoraho wa leta y’u Rwanda muri Loni, Rugwabiza Sendanyoye Valentine. Ibi Valentine Rugwabiza yabivuze kuri uyu wa 10 Mutarama 2017 mu kiganiro mpaka akanama k’umutekano ka LONI karimo kigamije gukumira amakimbirane […]
Uganda:Amafaranga yari yarateganyirijwe guhabwa Imana nka ruswa yaburiwe irengero
Nyuma y’uko umunyacyubahiro Obong wo mu gihugu cya Uganda atanze itegeko mbere yo gupfa ko agomba kuzahambanwa akayabo k’amafaranga yo guha Imana nka ruswa, umugore we yatangaje ko ayo mafaranga yaburiwe irengero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo Obongo w’imyaka 52 y’amavuko wari umukozi muri Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo mu gihugu cya Uganda yapfuye mu mperaz’umwaka […]
Congo: Uwari uhanganye na Denis Sassou Nguesso mu matora aheruka yatawe muri yombi
Uwahoze ari umuyobozi mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Congo yatawe muri yombi kuri uyu wa kabiri ashinjwa gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihe yari amaze amezi mu bwihisho nk’uko byatangajwe n’igipolisi. Uyu munyapolitiki witwa AndrĂ© Okombi Salissa, watsinzwe mu matora y’umukuru w’igihugu yo muri Werurwe umwaka ushize wa 2016 yegukanwe […]
Ese gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi ni ngombwa ku bashakanye ?
Mu miryango myinshi usanga hari ikibazo cy’intonganya zidashira cyangwa kutumva ibintu kimwe, iki kibazo kigaterwa ahanini n’umunaniro ababana bahorana bitewe n’akazi ka buri munsi kuko babyuka bagenda bakongera guhura nimugoroba bananiwe ugasanga ntibabashije gusana urugo uko bikwiye. Uyu munaniro bararanye mu buriri, bakawubyukana bakawiriranwa n’ibindi, ni nawo utuma habaho no kutuzuza inshingano umuntu yakwita ko […]
Abanyamahanga 5 bagaragaje urwango rukomeye ku Rwanda
Ubusanzwe nta muntu kuri iyi ya rurema ubaho adafite igihugu. Kandi buri gihugu kigira incuti n’abatagikunda, ni ibisanzwe. Burya rero wabura ibindi, wabura ababyeyi, ukabura abavandimwe n’ibindi bisanira by’umuryango muto cyangwa mugari ariko ntawubura igihugu. Kimwe mu bintu bishobora guteza amakimbirane akaze yashobora no kubirindura isi, ni ukubuza umuntu cyangwa imbaga runaka uburenganzira ku gihugu […]
Ese umwami watowe n’abakarani mu Rwanda yaratorwaga n'Abiru, azitwa uw’ikihe gihugu?
Nyuma y’aho umugogo w’umwami Kigeli V Ndahindurwa ucyuriwe mu Rwanda ngo abe ari ho uzatabarizwa, uwari umujyanama we, Boniface Benzinge agahita atangaza ko hatowe undi mwami umusimbura wahawe izina rya Yuhi VI Musinga, haribazwa igihugu uyu agiye kubera umwami mu gihe hakomeje gushimangirwa ko Kigeli V Ndahindurwa ari we mwami wa nyuma w’u Rwanda. Ku […]
Argentina: Ikibumbano cya Messi basanze cyaciwe amaboko n’umutwe
Mu gitondo cyo kuwa 10 mutarama 2016 mu murwa mukuru wa Argentina, Buenos Aires ikibumbano kigaragaza umukinnyi wabiciye bigacika muri kiriya gihugu Lionnel Messi cyasanzwe cyaciwe umutwe n’amaboko ndetse n’ibindi bice byacyo byangiritse cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abantu batandukanye muri kiriya gihugu bahangayikishijwe cyane no kuba iki kibumbano cyangijwe n’abantu kugeza na nubu bataramenyekana, mu gihe […]
Pasiteri Mpyisi yasobanuye uko umwami Kigeli V Ndahundirwa azatabarizwa
Abari bategereje ibidasanzwe mu ishyingurwa ry’umwami bakureyo amaso kuko nta mihango idasanzwe igaragaza ko uwapfuye yari umwami izakorwa mu ishyingurwa rya Kigeli V nk’uko uwahoze ari umujyanama w’uyu mwami, pasiteri Mpyisi yabisobanuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro pastiri Ezra Mpyisi n’itsinda ayoboye bagiranye n’abanyamakuru kigamije gusobanura uko urugendo rwo kuzana umwami ngo atabarizwe mu Rwanda rwagenze […]
Amerika: Itsinda ry’abaririmbyi rirashaka guha Peresida Obama akazi
Itsinda ry’abaririmbyi rikomeye ryo muri Leta zunze ubumwe za Amerika rizwi nka Spotify Group ryatangaje ko rishaka Peresida Obama akaza kuribera umuyobozi ndetse agahabwamo n’izindi nshingano zikomeye zizatuma ribasha gutera imbere kurushaho. Mu butumwa umuyobozi w’iri tsinda Daniel Elk ukomoka muri Swede yahaye Perezida Obama abinyujije mu nyandiko yagize ati”mfite amakuru ko Wabasha kugira icyo […]
Perezida Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi, ese baba bari mu kahe gakino?
Muhoozi Kainerugaba, ni imfura ya Perezida Museveni ubu ufite imyaka 42 y’amavuko. N’ubwo uyu mugabo yavukiye mu buhunzi ntibyamubujije kwitwa umwana wa Perezida bitewe n’imbaraga se yari afite n’ishyaka ryo guharanira intebe y’umukuru w’igihugu, 1986 biraba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muhoozi nyuma yaho se afatiye ubutegetsi n’ishyaka yari ayoboye rya NRA yaje guhinduka NRM ( National Resistance […]
Impinduka mu bigo bireberera buruse y’abanyeshuri, Abadepite basabye ko yakongerwa
Abadepite bemeye umushinga w’itegeko rigamije kwaka REB inshingano zo kugenzura inguzanyo ya buruse ihabwa abanyeshuri ba kaminuza zigahabwa HEC nabo baboneraho gusaba guverinoma y’u Rwanda kongera iyi nguzanyo Itegeko rishya rizaka ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) inshingano zo kugenzura imikorere n’imikoresherezwe y’inguzanyo y’amafaranga ihabwa abanyeshuri (bourse) zigashyirwa mu nshingano z’inama nkuru y’amashuri makuru (High Education […]
U Bwongereza: Umwana utwite nta wamuteye inda akomeje guteza urujijo
Mu gihugu cy’u Bwongereza haravugwa inkuru y’umwana wateje urujijo haba ku babyeyi be, abaganga ndetse n’abaturage bamubona kubera imiterere ye. Uyu mwana wahawe izina ry’abahungu kuva akivuka rya Hayden Cross, akomoka mu gace ka Gloucester mu Bwongereza. Abaganga bavuga ko yavutse ari umukobwa ariko mu mikurire ye hakaba ariho havutse urujijo kuko yakuraga agenda asa […]
Burundi: Ibiganiro hagati ya leta n’abatavuga rumwe nayo bigiye gusubukurwa
Ibiganiro bigamije guhuza abatavuga rumwe mu Burundi bigiye gusubukurwa aho ubutumire bwamaze gutangwa n’ibiro by’umuhuza, Benjamin Mkapa buvuga ko igice cya gatatu cy’ibiganiro kizatangira mu cyumweru gitaha kuwa 16 Mutarama 2017. Abantu bizewe, batandukanye, kandi bakurikirira hafi ibibera mu biro by’umuhuza bavuga ko ubwo butumire bwanditswe kera, ariko italiki iba ariyo igorana kumvikanwaho. Abo bakurikiranira […]
USA: Obama ngo ntazihanganira ivangura Donald Trump ateganya gukorera Abasilamu n’abimukira
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe Barack Obama yavuze ijambo rye rya nyuma ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri asezera nyuma ya manda 2 ategetse iki gihugu. Mu ijambo rye yavugiye muri Chicago ari naho akomoka, yagarutse ku bikorwa yagezeho mu myaka 8 amaze ayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Bimwe […]
Abavuga ko bateye imbere batazi ibiranga umuco ntacyo bibitseho,bari mu busa(Vide)-Ntagwabira
Umwe mubakora mu nzu ndangamurage y’u Rwanda iherereye mu Karere ka Huye avuga ko umuntu wirata iterambere atazi amateka y’igihugu cye nayaranze abakurambere ntacyo yibitseho ahubwo ari mu busa (Vide). Andre Ntagwabira ni umushakashatsi mu nzu ndangamurage z’u Rwanda avuga ko nta muntu ukwiye kubaho atazi amateka n’ibigwi byaranze igihugu cye n’abakurambere kuko bigoye kuba […]