Abantu bikekwa ko bakora mu rwego rw’iperereza rya gisirikare rya Uganda, CMI, kuwa 22 Mutarama 2022, bataye muri yombi Umunyarwandakazi, Alice Umutesiwase in Kampala. Umutesiwase wakoreraga mu isoko rya Owino, abo bikekwa ko ari abo muri CMI, bamufatiye mu isoko rya Owino, ashinjwa kuba intasi. Ibi byabaye mu gihe Uganda n’ u Rwanda byari mu nzira zo kugaragaza ko biri mu nzira zo kugarura umubano mu nzira nziza nyuma y’imyaka itatu, umeze nabi.



2 Responses
Hari Umunyarwandakazi watawe muri yombi umunsi Gen Muhoozi asura u Rwanda
Ariko mwagiye mukora update yinkuru mwanditse izishaje mukazikuraho? nkiyi imaze amezi atandatu hano abantu baba bagikeneyekuyisoma?
Hari Umunyarwandakazi watawe muri yombi umunsi Gen Muhoozi asura u Rwanda
Ariko mwagiye mukora update yinkuru mwanditse izishaje mukazikuraho? nkiyi imaze amezi atandatu hano abantu baba bagikeneyekuyisoma?