Umuyobozi w’umuryango Transparency International Ishami ry’u Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, yatangaje ko afite amakuru y’uko Kabahizi Fridaus uvuga ko yabyaranye na Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati yatewe inda yaramaze kugeza ku myaka y’ubukure.
Muri iki cyumweru ni bwo Ndimbati uzwi muri filime y’urwenya ya ‘Papa Sava’ yatawe muri yombi na RIB akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana.
Ni nyuma y’amakuru aheruka gushyirwa hanze n’umugore witwa Kabahizi Fridaus ukomoka mu murenge wa Muganza mu karere ka Gisagara umushinja kumusindisha ubwo yari afite imyaka 17 akamutera inda y’impanga, yamara kubyara akirengagiza inshingano zo kurera.
Madamu Ingabire Marie Immaculée aganira na Yago TV Show, yavuze ko afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda yaramaze kugeza ku myaka y’ubukure.
Ati: “Uriya mwana w’umukobwa amakuru mfite kugeza ubu, yari arengeje imyaka y’ubukure; yari arengeje imyaka 18. Yego ntabwo yari ayirengeje cyane ariko itegeko rirasobanutse, kandi burya n’iyo ari ukwezi kumwe uba uyirengeje.”
Ingabire avuga ko uburyo Fridaus asobanura iby’imyaka ye biteye urujijo. Yavuze ko ashobora kuba yaravutse mu Ukuboza 2002 nk’uko abivuga, gusa ubutabera bukazagendera ku itariki ya 01 Mutarama yanditse mu irangamimerere.
Yavuze ko mu gihe byagaragara ko uriya mugore yavutse muri Mutarama yaba yarabeshyeye Ndimbati, bityo ibyo amurega akaba ari we byahama.
Ingabire usanzwe ari umunyamategeko yavuze ko icyo gihe ibyaha bindi Ndimbati yaba ashobora gukurikiranwaho ari ubusambanyi (mu gihe yaba akiregewe n’umugore we) ndetse no gukoresha indi imibonano mpuzabitsina ku gahato mu gihe byagaragara koko ko yari yabanje gusindisha Kabahizi.
Ku bwa Ingabire kandi, ngo kuba Ndimbati yarabyaranye n’uriya mugore ntibivuze ko agomba gutunga abana be ngo na we amutunge.
Ati: “Abagore b’Abanyarwandakazi nabuze uko umuntu yabasobanurira. Kuba warabyaranye n’umuntu ntibimuha inshingano zo kugutunga wowe, bimuha inshingano zo gutunga abana be. Wowe uri mukuru itunge.”
Ingabire cyakora cyo yavuze ko n’ubwo abakobwa baba bagejeje ku myaka y’ubukure bidaha abagabo uburenganzira bwo kubasambanya, ko ahubwo baba bakwiriye gufashwa gutegurirwa ahazaza habo heza.



36 Responses
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ariko ubundi gufunga nicyo kibanziriza ibindi byemezo mu Rwanda?
Ubu se bigaragaye nyuma ko atagombaga gufungwa,izi nzego zaba zitanga ubutabera,cg hari inyito yindi byahabwa?God help us
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Nibagusubize numvireho.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ese kuki mutinya ubutabera?igihe ukekwa ugomba kuba ubitswe mugihe bishoboka ko wacika ubutabera cyangwa ko wazimangatanya ibimenyetso
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ese kuki mutinya ubutabera?igihe ukekwa ugomba kuba ubitswe mugihe bishoboka ko wacika ubutabera cyangwa ko wazimangatanya ibimenyetso
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ese kuki mutinya ubutabera?igihe ukekwa ugomba kuba ubitswe mugihe bishoboka ko wacika ubutabera cyangwa ko wazimangatanya ibimenyetso
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ese kuki mutinya ubutabera?igihe ukekwa ugomba kuba ubitswe mugihe bishoboka ko wacika ubutabera cyangwa ko wazimangatanya ibimenyetso
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Nibagusubize numvireho.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ariko ubundi gufunga nicyo kibanziriza ibindi byemezo mu Rwanda?
Ubu se bigaragaye nyuma ko atagombaga gufungwa,izi nzego zaba zitanga ubutabera,cg hari inyito yindi byahabwa?God help us
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ingabire we ntuzabekure yururubanza kd uzahore hafi yabagabo pe
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ingabire we ntuzabekure yururubanza kd uzahore hafi yabagabo pe
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
NIGUTE UMUNTU AREGA UNDI NYUMA YA 5ANS SUGUSHAKINDONKE?
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
NIGUTE UMUNTU AREGA UNDI NYUMA YA 5ANS SUGUSHAKINDONKE?
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Caramuhohotey nikigende
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Waruhari c amuhohotera?
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Waruhari c amuhohotera?
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Caramuhohotey nikigende
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ubundi hari ibintu RIB ikurikirana ukumva ari nko kubura icyo bakora..
Babanze bige kukibazo cy’abakobwa bibambaza kubahungu nkaho ari basaza babo cg Abo bahungu batwaye
Ikindi ahubwo Ubu abakobwa bafashijwe na ba nyina nibo Bari gusambanya abasore, ngewe numva Mu Rwanda ntamategeko y’umwihariko kugitsina runaka yakabayeho,
Ibi twise ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore nibyo guheza abagabo.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ubundi hari ibintu RIB ikurikirana ukumva ari nko kubura icyo bakora..
Babanze bige kukibazo cy’abakobwa bibambaza kubahungu nkaho ari basaza babo cg Abo bahungu batwaye
Ikindi ahubwo Ubu abakobwa bafashijwe na ba nyina nibo Bari gusambanya abasore, ngewe numva Mu Rwanda ntamategeko y’umwihariko kugitsina runaka yakabayeho,
Ibi twise ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore nibyo guheza abagabo.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Na devid yarafunzwe bigaragarako yabeshyewe ark c uwabafungishije bamukoreye iki ibi nabyo nukwibazwahi mujye mureba impande zose gisupusupu suko byagenze yawugezemo aba mufungishije ntibyarangiye ntacyo babavuzeho
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Na devid yarafunzwe bigaragarako yabeshyewe ark c uwabafungishije bamukoreye iki ibi nabyo nukwibazwahi mujye mureba impande zose gisupusupu suko byagenze yawugezemo aba mufungishije ntibyarangiye ntacyo babavuzeho
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Na devid yarafunzwe bigaragarako yabeshyewe ark c uwabafungishije bamukoreye iki ibi nabyo nukwibazwahi mujye mureba impande zose gisupusupu suko byagenze yawugezemo aba mufungishije ntibyarangiye ntacyo babavuzeho
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Na devid yarafunzwe bigaragarako yabeshyewe ark c uwabafungishije bamukoreye iki ibi nabyo nukwibazwahi mujye mureba impande zose gisupusupu suko byagenze yawugezemo aba mufungishije ntibyarangiye ntacyo babavuzeho
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Focus ndemeranwa nawe kabisa,Leta y’uRwanda ni nziza,ariko gufata igitsina kimwe cy’abagabo,bakaba aribo baharirwa ibiba byakozwe byose bijyanye no guhuza ibitsina,niba uso mukobwa atavugije induru ibintu bikiba cg ngo arege ku ikubitiro,jye numva iki cyaha cyajya kigira igihe kikarangira,kubera ko kucyegeka ku bagabo gusa sibyiza,ahubwo nkuko Ingabire abivuga,umugabo cg umusore uzajya atera inda umukobwa ajye ahanirwa ko yafashe ku ngufu cg ahanirwe ko atafashije umwana yabyaye,
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Focus ndemeranwa nawe kabisa,Leta y’uRwanda ni nziza,ariko gufata igitsina kimwe cy’abagabo,bakaba aribo baharirwa ibiba byakozwe byose bijyanye no guhuza ibitsina,niba uso mukobwa atavugije induru ibintu bikiba cg ngo arege ku ikubitiro,jye numva iki cyaha cyajya kigira igihe kikarangira,kubera ko kucyegeka ku bagabo gusa sibyiza,ahubwo nkuko Ingabire abivuga,umugabo cg umusore uzajya atera inda umukobwa ajye ahanirwa ko yafashe ku ngufu cg ahanirwe ko atafashije umwana yabyaye,
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Njyewe ariko mbona uriya mugore nawe atari shyashya niba yari numwana ariko nawe ntiyari yoroshye da aho avuga ukuntu yagiye kureba ndimbati akamubwira ngo namushakire uburyo akuremo inda ahaa byose ubutabera buzabirebane ubushoshozi nubundi baba basanzwe batoroshye ,Kdi rwose Ndimbati yamurushije ubupfura kuriya yamubwiye ati Oya wikica umwana mureke abeho uyumudamu rwose nawe si serieuse kbsa
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Njyewe ariko mbona uriya mugore nawe atari shyashya niba yari numwana ariko nawe ntiyari yoroshye da aho avuga ukuntu yagiye kureba ndimbati akamubwira ngo namushakire uburyo akuremo inda ahaa byose ubutabera buzabirebane ubushoshozi nubundi baba basanzwe batoroshye ,Kdi rwose Ndimbati yamurushije ubupfura kuriya yamubwiye ati Oya wikica umwana mureke abeho uyumudamu rwose nawe si serieuse kbsa
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ariko Niba nibuka neza icyaha cyo gusambanya uri munsi 17 kizima nyuma y’imyaka 10. None se Nyakubahwa DG Transparency, ko yatawe muri yombi Kandi mufite ayo makuru ko yaba Yari afite imyaka y’ubukure, numva mwafasha urwego rubishinzwe mukaruha ayo makuru akarekurwa. Murakoze.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Ariko Niba nibuka neza icyaha cyo gusambanya uri munsi 17 kizima nyuma y’imyaka 10. None se Nyakubahwa DG Transparency, ko yatawe muri yombi Kandi mufite ayo makuru ko yaba Yari afite imyaka y’ubukure, numva mwafasha urwego rubishinzwe mukaruha ayo makuru akarekurwa. Murakoze.
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Harintahandinzi umugabo afite urugo nabana ariko umugabo yabyaye hanze mubyukuri afasha abana ariko ugasanga murugo iwe nakintu ahora ashwana numugore kubera gufasha uwobabyaranye abagore bomuriyiminsi sinzi uko bameze rwose ibibintu nibikwiye pe nabonibifashe rwose nibareke gusenya Ingo zabantu ndashimira umubyeyi immacule avugisha ukuli????????????????
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Harintahandinzi umugabo afite urugo nabana ariko umugabo yabyaye hanze mubyukuri afasha abana ariko ugasanga murugo iwe nakintu ahora ashwana numugore kubera gufasha uwobabyaranye abagore bomuriyiminsi sinzi uko bameze rwose ibibintu nibikwiye pe nabonibifashe rwose nibareke gusenya Ingo zabantu ndashimira umubyeyi immacule avugisha ukuli????????????????
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Aha nago byoroshye pe gusa reta ijye ishishoza kuko harababa barengana gusa natwe abagore tugerageze twiyubahe pekuko haraho tubigiramo uruhare
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Aha nago byoroshye pe gusa reta ijye ishishoza kuko harababa barengana gusa natwe abagore tugerageze twiyubahe pekuko haraho tubigiramo uruhare
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Njye numva nuriya mugore yabazwa impamvu atatangiye amakuru kugihe nyuma yo guhohoterwa
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Njye numva nuriya mugore yabazwa impamvu atatangiye amakuru kugihe nyuma yo guhohoterwa
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Hari igihe inzirakarengane zibirenganiramo
Ingabire Immaculée ngo afite amakuru yizewe y’uko Fridaus yatewe inda na Ndimbati agejeje ku myaka 18
Hari igihe inzirakarengane zibirenganiramo