Intumwa ya Papa mu Rwanda yavuze ko iyo ubutumwa bwa Bikira Mariya i Kibeho butirengagizwa hatari kuba jenoside

Sangiza iyi nkuru

Intumwa ya Papa mu Rwanda Mgr Arnaldo Catalan, yavuze ko iyo ubutumwa bw’umubyeyi Bikira Mariya yatangiye i Kibeho iyo bwubahirizwa, jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda iba itarabaye ngo ihitane ubuzima bw’inzirakarengane.

Ibi yabigarutseho mu ijambo rye i Kibeho ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya kuri uyu wa 15 Kanama 2022.

Ni mu gitambo cya misa cyayobowe n’mushumba wa Diyosezi Gatolika ya Gikongoro Musenyeri Celestin Hakizimana.

Soma Izindi Nkuru

The Ben ari mu bitaro

April 16, 2026

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *