Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yemeje ko umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake. Dr Murangira yemereye BWIZA ko Nyaxo yafashwe ku wa 18 Kanama 2022. Ati “Yego nibyo yarafashwe. Dosiye ye iri mu bushinjacyaha.” Amakuru avuga ko Nyaxo yakubise uyu mugabo w’imyaka 30 icupa n’inkoni yo mu mutwe biza kumukomeretsa ubwo bari muri resitora iherereye mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama, Umudugudu wa Rusisiro. Kugeza ubu Nyaxo acumbikiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamirambo mu gihe dosiye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha kuri uyu wa 22 Kanama 2022. Ingingo ya 121 y’itegeko nimero 68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 ritaganya igifungo cy’imyaka itatu ariko kitarenze imyaka itanu n’ihazabu y’ibihumbi 500Frw ariko atarenze miliyoni 1Frw.



40 Responses
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arampabaje kuko aranshimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Oyaa koko birakwiye ko hakurikwizwa iyo ngingo
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Oyaa koko birakwiye ko hakurikwizwa iyo ngingo
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arambabajekuko arashimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arambabajekuko arashimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arampabaje kuko aranshimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arampabaje kuko aranshimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo arampabaje kuko aranshimisha
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Ingaruka z’ubusinzi. Gukubitana ,ukanakomeretsa umuntu bibi. Ubwo 3ntikugwiriye. Imana igufashe kwigobotora icyo kibazo. Ubundi umuntu w’umusitari hari ibyaha atakagombye gukora. Nk’icyo gukubitana amacupa.koko birababaje.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Ingaruka z’ubusinzi. Gukubitana ,ukanakomeretsa umuntu bibi. Ubwo 3ntikugwiriye. Imana igufashe kwigobotora icyo kibazo. Ubundi umuntu w’umusitari hari ibyaha atakagombye gukora. Nk’icyo gukubitana amacupa.koko birababaje.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Niyihangane nasheni idacika ark ibyo yakoze nago aribyo
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Niyihangane nasheni idacika ark ibyo yakoze nago aribyo
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
ubwo numuzimu ntibatangajeko yapfuye azize impanuka c ndumiwe koko
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
ubwo numuzimu ntibatangajeko yapfuye azize impanuka c ndumiwe koko
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Mbona nyaxo baramuho tehe uko afata ibindubye neza baba bamurenganyije””
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Mbona nyaxo baramuho tehe uko afata ibindubye neza baba bamurenganyije””
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo wafunze ndumiwe ariko baramure nganya””
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo wafunze ndumiwe ariko baramure nganya””
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo yadushimishagape
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo yadushimishagape
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyax ibyo akina arabikoze daaa!
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyax ibyo akina arabikoze daaa!
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo por br nasheni idacik
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
nyaxo por br nasheni idacik
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo yadusetsaga noe arafunzwe ntakundi bibaho kbx
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo yadusetsaga noe arafunzwe ntakundi bibaho kbx
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
kokonyaxo arimumakosa bamurebere igihano
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
kokonyaxo arimumakosa bamurebere igihano
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
ihangane muvandimwe nta shen idacika
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
ihangane muvandimwe nta shen idacika
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
SHA NYAXO NABABARWE PE KUKO ARADUSHIMISHA.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
SHA NYAXO NABABARWE PE KUKO ARADUSHIMISHA.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
NYAXO ARAMBABAJE PE
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
NYAXO ARAMBABAJE PE
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
NYAXO NTAKINA DA IBYO AKINA ARABIKOZE PE!
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
NYAXO NTAKINA DA IBYO AKINA ARABIKOZE PE!
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo sorry never give up.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Nyaxo sorry never give up.
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Ihangane natwe twagegezeyo
Umunyarwenya Nyaxo arafunzwe
Ihangane natwe twagegezeyo