Imfungwa zisaga 1800 zahamwe n’ubujura, gukubita no gukomeretsa zafunguwe

Sangiza iyi nkuru

Imfungwa 1803 zari zifungiwe ibyaha byiganjemo iby’ubujura no gukubita no gukomeretsa, zafunguwe by’agateganyo.

Ni umwanzuro wemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Nzeri 2022, iyobowe na Perezida Kagame.

Izi mfungwa zifunguwe mu gihe mu magereza yo mu Rwanda hari aho ubucucike buri kuri 238%.

Abantu bamwe bakunze kuvuga ko ubucucike bwagabanyuka ari uko gufunga abantu bakoze ibyaha bito byavaho, hagakorwa imirimo nsimburagifungo ndetse ko abenshi bakekwaho ibyaha bakwiriye kuzajya bakurikiranwa bidegembya.

Ushaka kumenya byinshi ku bucucike mu magereza yo mu Rwanda, wasoma iyi nkuru: https://bwiza.com/?Dore-uko-ubucukike-mu-magereza-yo-mu-Rwanda-buhagaze-hari-aho-buri-kuri-238-8

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Imfungwa zisaga 1800 zahamwe n’ubujura, gukubita no gukomeretsa zafunguwe
    Bongere umutekano police nyinshi kugirango twumveko dutekanye. Naho nibidakorwa gutyo. Ibyo bisambo bizatumara?

  2. Imfungwa zisaga 1800 zahamwe n’ubujura, gukubita no gukomeretsa zafunguwe
    Bongere umutekano police nyinshi kugirango twumveko dutekanye. Naho nibidakorwa gutyo. Ibyo bisambo bizatumara?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *