41a905e9000005784631376imagea1651498189406340-703x422-1.jpg

Hari abibaza uko igitsina cy’umugabo kigomba kuba kireshya! Sobanukirwa

Sangiza iyi nkuru

41a905e9000005784631376imagea1651498189406340-703x422-1.jpg
abantu benshi bakunda kugira amatsiko y’ukuntu igitsina cy’umugabo nya mugabo kigomba kuba kireshya, nyamara igitsina uko cyaba kireshya kose gishobora gukoreshwa neza kandi kikagira umumaro.

Gusa n’ubwo bimeze gutyo, ubushakashatsi bugaragaza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego, kigomba kuba gipima nibura hagati ya Inshi(inchi) ya 5.1 na 5.5. Ubwo ni ukuvuga hagati ya (12.95-13.97 cm), nubwo bishoboka ko uburebure bwajya hasi cyangwa hejuru y’iyo mibare.

Mu bugari umugabo atashyutswe igitsina abenshi kiba kingana na yinci 3.66 na 9.31.Iyo bashyutswe abenshi ubugari bw’igitsinda bungana na 4.59 cyangwa 11.66.N’ubwo abenshi ubushakatsi bwagaragaje ko baba bafite iyi size cyangwa ingano ariko hari abarushaho.

Medicalnews today, ivuga ko kuva mu 1996, abashakashatsi bagaragaje ko abagabo benshi bagiye batishimira uburebure bw’igitsina cyabo bagahitamo kwibagisha bakacyongera. Bashimangira ko umugabo ashobora kugira kandi igitsina gito cyangwa kinini ku mpamvu zitandukanye.

Icyambere , ashobora kugira gito bitewe n’imisemburo afite, cyangwa bigaturuka ku ruhererekane rwo mu muryango.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *