Umufaransakazi washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi yatsinze urubanza rw’ubujurire

Umunyamakuru w’Umufaransakazi, Natacha Polony, washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yatsinze urubanza rw’ubujurire. Mu mwaka ushize, urukiko rwo mu Bufaransa rwagize Natacha umwere kuri iki cyaha gifitanye isano n’amagambo yavugiye ku France Inter mu mwaka w’2018 kuri jenoside yakorewe Abatutsi, yashinjwe n’umuryango IBUKA urengera abarokotse na MRAP urwanya ivangura. Uyu mwanzuro washimangiwe […]

Gahunda ya SADC yo kohereza Ingabo muri RDC yaba yatangiye kuzamo kidobya

Amakuru ava mu bihugu bigize umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC), aravuga ko ibihugu biwugize bitavuga rumwe ku cyemezo cyo kohereza Ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo SADC yafashe umwanzuro wo kohereza muri Congo ingabo zo kuhagarura amahoro. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize […]

Hari abibaza uko igitsina cy’umugabo kigomba kuba kireshya! Sobanukirwa

41a905e9000005784631376imagea1651498189406340-703x422-1.jpg

abantu benshi bakunda kugira amatsiko y’ukuntu igitsina cy’umugabo nya mugabo kigomba kuba kireshya, nyamara igitsina uko cyaba kireshya kose gishobora gukoreshwa neza kandi kikagira umumaro. Gusa n’ubwo bimeze gutyo, ubushakashatsi bugaragaza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego, kigomba kuba gipima nibura hagati ya Inshi(inchi) ya 5.1 na 5.5. Ubwo ni ukuvuga hagati ya (12.95-13.97 cm), nubwo […]

Mico The Best ntaraheba miliyoni hafi 8 frw amaze imyaka 10 yishyuza Diamond

capturell-3.png

Umuhanzi Mico The Best umaze imyaka itarimike mu ruganda rwa muzika y’u Rwanda, atangaza ko kugeza n’ubu atarakura amaso ku madolari 7620 Umuhanzi Diamond Platnums amaze imyaka 10 atarayamuha. Ibi byabaye mu ntangiro z’umwaka wa 2013, aho Mico yishyuye uyu muhanzi amafaranga mu byiciro bitandukanye ngo yitabire igitaramo cye cyari kubera i Gikondo ,ariko birangira […]

Umuturage yasabye Perezida Kagame akazi nyuma yo kumufasha kwiga ‘Masters’

Nshizirungu mu 2019 ubwo yibutsaga Perezida Kagame ko ataratangira kwiga 'Masters'

Umuturage wo mu kagari ka Nyundo, umu murenge wa Nyundo mu karere ka Rubavu witwa Nshizirungu Aimable, yasabye Perezida Paul Kagame kumuha ubutumwa (akazi) nyuma yo kumufasha kwiga icyiciro cya gatatu cya kaminuza kizwi nka ‘Masters’. Ubwo Perezida Kagame yari yagiriye uruzinduko muri Rubavu muri Gicurasi 2019, Nshizirungu yamwibukije ko ubwo yasuraga abanyeshuri bigaga muri […]

Uko muhangayitse natwe biraduhangayikishije: P. Kagame ahumuriza ab’i Rubavu

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yijeje ubufasha bwihuse abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza biheruka kwibasira ibice bitandukanye by’igihugu, abasezeranya ko Leta yiteguye gukora ibishoboka byose ikabasubiza mu buzima busanzwe. Umukuru w’Igihugu yabivuze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi, ubwo yari yasuye abaturage bo mu karere ka Rubavu kari mu twibasiwe n’ibiza biheruka guhitana abantu […]

Umuhanzi Ben Kayiranga yemereye Niyo Bosco inkunga

Umuhanzi Ben Kayiranga usigaye uba mu mahanga yemeye guha Niyo Bosco inkunga y’amayero 500 (ararenga amafaranga y’u Rwanda ibihumbi Magana atanu) yo kumufasha gukora no gutunganya indirimbo. Kayiranga yemeye gutanga iyi nkunga ubwo yumvaga ibibazo bitandukanye Niyo Bosco yahuye na byo, mu gihe na nyuma yo gutandukana na MIE Empire yarebereraga inyungu ze nk’umuhanzi. Ibi […]

Umurundi ari gushakishwa uruhindu nyuma yo kwica abana be abakase amajosi

Umugabo w’umurundi witwa Bucumi, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano, nyuma y’uko yishe abana be babiri abakase amajosi ahita atoroka. Mu majyaru y’Uburundi mu ntara ya Kayanza muri komini ya Gatara , niho habereye iyi sanganya, aho uyu mugabo yishe abana be babiri umwe ufite imyaka 6 n’undi ufite imyaka 4 ahagana saa cyenda zo mu rukerera […]

UPDF yemeje ko FDLR ari yo yarashe amagana y’inka ziheruka kwicirwa i Masisi

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko umutwe wa FDLR ari wo uheruka kwica amagana y’inka ziheruka kurasirwa i Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hakwirakwizwa amafoto y’imirambo y’inka nyinshi bigaragara ko zishwe zirashwe. Inka zibarirwa muri 200 z’aborozi bo muri Masisi ni zo zarashwe mu ntangiriro z’uku kwezi. Ingabo za […]

Perezida Kagame agiye gusura abibasiwe n’ibiza i Rubavu

Perezida Paul Kagame arasura abaturage baherutse kwibasirwa n’ibiza mu murenge wa Rugerero w’akarere ka Rubavu kuri uyu wa 12 Gicurasi 2023. Umukuru w’Igihugu arasura ibice bitandukanye byibasiriwe n’inkangu n’imyuzure muri Rubavu, aganagire n’abimuriwe by’agateganyo mu kigo cy’Inyemeramihigo. Muri iki kigo hamaze gutegurwa. Abaturage, abayobozi mu nzego zitandukanye, abashinzwe umutekano ndetse n’abanyamakuru b’ibinyamakuru bitandukanye bamaze kuhagera. […]

Ubutaka Perezida Kagame yahawe n’umuturage bugiye kubakwaho ishuri rya Frw miliyari 7

Ubutaka Perezida Paul Kagame yahawe na Nyirangoragoza Marianne wari utuye kagari ka Nyarusange, umurange wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke bugiye kubakwaho ishuri rizatwara amafaranga y’u Rwanda miliyari 7. Ubu butaka burimo isambu ifite ubuso bwa metero kare 586, ifite ubwa metero kare 168, ubufite metero kare 776 n’ubundi bwa metero kare 1,259. Minisitiri mu […]

Jose Mournho yaba agiye kwerekeza muri PSG?

Mourinho ari mu bihe byiza

Jose Mourinho , wubatse izina mu makipe atandukanye ku mugabane w’iburayi , biravugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa. Ni nyuma y’uko iyi kipe ikomeje kudatanga umusaruro ufatika, ikindi kandi nuko ishaka kuzatwara igikombe cya Champions League.Kuzana Mourinho rero ngo nk’umutoza ufite inararibonye ngo bizongera gufasha iyi kipe […]

Bernard Membe yapfuye, Perezida Samia ashengurwa n’urupfu rwe

Bernard Kamilius Membe wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania, yapfuye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi. The Citizen yanditse Membe wari ufite imyaka 69 y’amavuko yaguye mu bitaro by’i Dar es Salaam aho yaherukaga kujya kuvurizwa. Intandaro y’urupfu rwe ntiyahise itangazwa. Bernard Membe yabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania haagati ya 2007 […]

Umusore yatawe muri yombi nyuma yo kwica abantu 20 akabajugunya mu mugezi

Saheed Wasiu, yafashwe amaze kwica abantu 20

Umusore witwa Saheed Wasiu, uzwi nka K-Federal, yatawe muri yombi n’igipolisi cyo muri Nigeria nyuma y’uko yishe abantu bagera kuri 20 akabajugunya mu mugezi witwa Osun River. Yemisi Opalola , umuvugizi w’igipolisi , yavuze ko uyu musore yari yarashyizwe ku rutonde rw’abashakishwa ariko akajya aca mu rihumye inzego z’umutekano kugeza ubwo afashwe.Ubusanzwe ngo yabarizwaga mu […]

Nyaruguru: Abasoromyi b’icyayi n’ubuyobozi bw’uruganda ntibavuga rumwe

Abasoromyi b’icyayi cy’uruganda rwa Mata mu karere ka Nyaruguru ntibahuza imvugo n’abayobozi babo ku bijyanye n’amasezerano y’akazi bose bemera ko bashyizeho imikono. Abasoromyi bavuga ko buri mwaka bashyira umukono ku masezerano y’akazi ariko ngo nta musoromyi n’umwe uhabwa kopi (copie) yayo. Na ho ubuyobozi bukavuga ko umusoromyi wese washyize umukono ku masezerano yahawe kopi yayo […]

FARDC yaba irimo gutegura ibitero simusiga kuri M23

Umutwe wa M23 watangaje ko Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri gutegura kuwugabaho ibitero simusiga bitarenze mu kwezi gutaha kwa Kamena. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka; mu itangazo yasohoye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2023. Uyu mutwe umaze igihe warahagaritse imirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira […]

Jose Chameleone mu mazi abira!Dossier y’uwapfiriye mu rugo rwe ishobora kumuhagama

Umuhanzi Chameleone ari mu mazi abira nyuma y’uko umuryango wa Robert Karamagi, uhagurukije Dossier yo Cameleone ashinjwamo kugira uruhare mu rupfu rwa Robert. Uyu muryango wa Robert ni ubwa gatatu wubuye iki kirego nyuma y’imyaka 11, ishize cyarasubitswe aho ngo nta bimenyetso byari bihari bihagije bigaragaza ko Chameleone yagize uruhare muri urwo rupfu rwa Robert […]

EAC iremeza ko Tshisekedi atavuga ukuri ku bibera mu burasirazuba bwa RDC

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Dr Peter Mathuki, aremeza ko Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo atavuga ukuri ku bijyanye n’umutekano bibera mu burasirazuba bw’igihugu cye. Yasubizaga Tshisekedi uherutse gutangaza ko ingabo za EAC ziri mu burasirazuba bw’igihugu cye nta musaruro zatanze, kandi ko [keretse iz’u Burundi], izindi zikorana n’umutwe […]

Ni ibiki Igisirikare cya RDC cyasabye icya Indonesie nyuma y’uruzinduko rwa Bemba?

Ku wa Kane tariki ya 11 Gicurasi Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba Gombo, yagiriye uruzinduko rugamije gushakira amaboko FARDC mu gihugu cya Indonesie. Amafoto yagiye hanze yerekana uyu wahoze ari inyeshyamba ari mu nganda zikora intwaro zitandukanye zirimo urwa PT Pindad na PT Dirgantara Indonesia zombi ziherereye mu mujyi […]