Menya aho wafata umugabo agasa n’ufashwe n’amashanyarazi mbere y’imibonano

Sangiza iyi nkuru

Inshuro nyinshi abakundana iyo bagiye guhuza urugwiro mu cyumba bashaka kwishimisha ,abagore benshi bo ntibajya bita kumenya aho wafata ku mubiri w’umugabo agafatwa n’amashanyarazi akavuga urushinwa atararwize.

Imibonano mpuzabitsina n’ingezi cyane kuko mujya kuyikora mushaka ko mwembi muryoherwa niyo mpamvu uba ukwiye kumenya ibice by’umubiri w’uwo mukundana wafataho akarushaho kuryoherwa kandi iyo ubimukoreye kurusha abandi niwowe akunda cyane.

Abashakashatsi bavuga ko abagore benshi hafi 78% iyo bari hamwe n’abakunzi babo usanga bo bafata mu mugongo w’abagabo cyangwa mu mutwe cyangwa no kubugabo bwabo bazi ko ari hafungura gushaka cyane kumugabo ariko baba bibeshya.

Bwira umugabo aryame agaramye maze ujye umuriga mu ijosi ikoresheje ururimo azaryoherwa cyane.Bamwe abagabo babanga kubera baba batashoboye kubashimisha kubera ko hari uwigeze kumushimisha utamushimisha akakwanga kimwe n’abagabo batazi gushimisha abagore.

Akobo kaba iruhande rw’agatsitsino ,ako kobo gatanga uburyohe bwinshi ku bagabo ,Umugore jya hejuru ureba kubirenge bye n’ubona asa n’utangiye kugira imbaraga nkeya ukande kuri ako kobo buhoro buhoro uzajya kubona yongeye kugira imbaraga mukomeze urugendo.

Imifuka ibika Amabya y’umugabo ,aho haba uburyohe bwinshi cyane ,mbere y’uko mutangira urugendo mu gihe mugisomana cyangwa mutangiye ibiganiro ujye unyuzayo intoki ukoreho ,uzengurutseho intoki gahoro gahoro umugabo azumva uburyohe.

Ubugabo cyangwa igitsina cy’umugabo kuhakora biraryoha ,niba ushaka ko mugenzi wawe nawe aryoherwa fata urutoki rwegereye igikumwe hamwe n’igikumwe ibikoremo nka zero igitsina cye ugishyire muri iyo zero wakoze ujye uzamura umanura gahoro gahoro unyuzemo ubikore vuba vuba uzabona mugenziwawe aryohewe cyane agize n’imbaraga nyinshi.

Gerageza umwonke amabere ye maze ujye ukoresha isonga y’ururimi ku moko y’ibere rye ,aho hantu naho hagira uburyohe kubagabo ndetse bituma agira imbaraga zo gukomeza urugendo mwatangiranye.

Ni byiza ko mu gihe umwe mubashakanye yifuza kuryoherwa yajya abwira mugenzi we ibimunyura kugirango urugo rurusheho gukomera no kuryoherwa.

Soma Izindi Nkuru

One Response

  1. Menya aho wafata umugabo agasa n’ufashwe n’amashanyarazi mbere y’imibonano
    Sibyox mbamvugaHanyumax Muzatubwire no kubagore.. murakoze cyane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *