Uwabaye Captain wa Caméroun yabaye umunyamahanga wa 7 APR FC isinyishije
APR FC kuri uyu wa Mbere yatangaje ko yamaze gusinyisha myugariro Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme. Uyu munya-CamĂ©roun yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Salomon Bindjeme wâimyaka 27 yâamavuko, yari asanzwe akinira Al-Hilal Omdurman yo muri Sudani. Uyu myugariro kandi yanyuze mu makipe arimo DifĂ Âąa El Jadida yo muri Maroc, cyo kimwe […]
Wagner yohereje abarwanyi benshi muri Centrafrica
Umutwe wâabacancuro wa Wagner PMC wohereje amagana yâabarwanyi muri Repubulika ya Centrafrica kugira ngo bazafashe inzego zo muri iki gihugu kurinda umutekano wâamatora ya kamarampaka ku ihindurwa ryâItegekonshinga. Ihuriro ryâAbarusiya rigenzura imikorere ya Wagner muri Centrafrica, OUIS (Officersâ Union for International Security) ryatangarije kuri Telegram ko aba âbarimu bâinararibonyeâ basimbuye bagenzi babo bari basanzwe bakorera […]
MINEDUC irasaba ababyeyi kohereza abanyeshuri mu bizamini bya Leta hakiri kare

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi ushinzwe ikoranabuhanga nâamashuri yâimyuga nâubumenyingiro, Irere Claudette, yasabye ababyeyi kohereza abana kare muri ibi bihe batangiye ibizamini bya leta. Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 abanyeshuri basaga ibihumbi 200 bazindukiye mu bizamini bisoza amashuri abanza. Mu ishuri rya Camp Kigali, ni hamwe mu hari gukorerwa ibizamini nâabanyeshuri 455 baturutse […]
Rwanda kufungua ujumbe wa kidiplomasia nchini Hungary
Rwanda inatazamiwa kufungua ujumbe wake wa kwanza wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, “hivi karibuni” ikiwa ni sehemu ya mipango ya nchi hiyo kuimarisha ushirikiano na nchi hiyo ya Ulaya, Rais Paul Kagame amesema . “Rwanda inakusudia kufungua uwepo wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, hivi karibuni kwani kuunda nafasi za kazi kwa nchi zetu na kukuza […]
Bidasubirwaho Jonathan Ifunga Ifasso ni umukinnyi wa Rayon Sports
Rayon Sports kuri uyu wa Mbere yatangaje ko yamaze gusinyisha umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso. Uyu musore ukina nka numĂ©ro 10 yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere, nk’uko iyi kipe yabyemeje ibinyujije kuri Twitter yayo. Jonathan Ifunga Ifasso yakiniye amakipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na AS Simba y’iwabo muri Repubulika Iharanira […]
Kanyabayonga: Civil society denounces harassment by Wazalendo militiamen
The inhabitants of the rural commune of Kanyabayonga, in the chiefdom of Bwito, territory of Rutshuru (North Kivu) complained, Sunday, July 16, of the harassment of the “Wazalendo” militiamen . For their survival, these local fighters have protected illegal barriers and are charging exorbitant taxes to travelers, under the gaze of the authorities, reported local […]
Police FC mu nzira zo gusinyisha umunyamahanga wa mbere
Ikipe ya Police FC iri mu nzira zo gusinyisha Rukundo Onesme, umunyezamu w’Umurundi ushobora kuba umunyamahanga wa mbere isinyishije nyuma y’imyaka icyenda. Rukundo w’imyaka 24 y’amavuko asanzwe akinira Le Messager de Ngozi y’iwabo. Amakuru avuga ko ibiganiro hagati ye na Police FC bigeze kure, ku buryo nta gihindutse ashobora kwinjira muri iyi kipe ya Polisi […]
Menya aho wafata umugabo agasa n’ufashwe n’amashanyarazi mbere y’imibonano
Inshuro nyinshi abakundana iyo bagiye guhuza urugwiro mu cyumba bashaka kwishimisha ,abagore benshi bo ntibajya bita kumenya aho wafata ku mubiri wâumugabo agafatwa nâamashanyarazi akavuga urushinwa atararwize. Imibonano mpuzabitsina nâingezi cyane kuko mujya kuyikora mushaka ko mwembi muryoherwa niyo mpamvu uba ukwiye kumenya ibice byâumubiri wâuwo mukundana wafataho akarushaho kuryoherwa kandi iyo ubimukoreye kurusha abandi […]
Rutshuru: Abatuye Kanyabayonga baramagana ihohoterwa bakorerwa na Wazalendo
Abaturage bo muri komini yo mu cyaro ya Kanyabayonga, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, binubiye ihohoterwa bakorerwa nâinyeshyamba za âWazalendoâ . Sosiyete sivile yo muri ako gace yatangaje ko kugira ngo zibeho, inyeshyamba zaho zashinze bariyeri zitemewe kandi zikishyuza imisoro irenze urugero […]
Putin yafashe icyemezo gituma Afurika yizirika umukanda kurushaho
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe. Nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbanyamerika (Associated Press) byabitangaje, iki cyemezo ni icyo guhagarika kubahiriza amasezerano yo kurekura ibinyampeke binyura ku Nyanja yâUmukara, byaheze ku byambu bitewe nâintambara ya Ukraine nâu Burusiya. Umuvugizi […]
Perezida wa Hongria yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Uyu Mukuru wâIgihugu yatangaje ko yashengutse umutima nyuma yo gusura uru rwibutso, akunamira abaruhukiyemo, kandi ngo yanasengeye abarokotse nâAbanyarwanda muri rusange. NovĂ ÂĄk yavuze ko kandi kumenya amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi byatumye yiyemeza […]
Umuryango ukomeye urakeka uruhare rwa Tshisekedi mu rupfu rwa Okende
Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya demukarasi ya Congo urakeka uruhare rwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu rupfu rwa ChĂ©rubin Okende wari umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi. Okende wabaye Minisitiri w’ubwikorezi muri RDC, akaba umudepite nâumuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, yasanzwe mu modoka i Kinshasa yishwe, nyuma yo gushimutirwa ku rukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga tariki ya 13 […]
Uganda isobanura ko ntaho âBanyarwandaâ bahuriye nâikibazo yagiranye nâAbanyarwanda

Minisiteri ishinzwe umutekano wâimbere muri Uganda yatangaje ko ntaho ikibazo cyâibyangombwa abantu baturukaga mu Rwanda (Abanyarwanda) bagiriraga i Kampala gihuriye nâabo mu bwoko bwa Banyarwanda. Iki ni igisobanuro cyatanzwe nâUmuvugizi wâiyi Minisiteri, Simon Peter Mundeyi, mu kiganiro yagiriye kuri NBS TV, kuri uyu wa 16 Nyakanga 2023. Mundeyi yavuze ko mu myaka mike ishize, Leta […]
Ni gute warwanya imirire mibi wifashishije indagara?
Indagara ni kimwe mu bintu bikokomoka mu nyanja bikungahaye ku ntungamubiri nyinshi cyane ,ibyo bigatuma zigira uruhare runini mu kunoza imirire ndetse no mu kurwanya no kuvura indwara ziterwa n’imirire mibi. Cyane cyane ku bantu bafite imirire mibi ,indagara zifasha umubiri wabo kongera kwiyubaka no kwivura ya mirire mibi ,byose bishyingiye kuri za ntungamubiri dukesha […]
Mchango wa Rwanda katika kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine
Rais Paul Kagame ametaja mazungumzo kama njia pekee inayoweza kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine, baada ya mwaka mmoja na miezi minne ya mzozo kati ya pandeĂÂ hizoĂÂ mbili. Mkuu wa Nchi alitangaza hayo Jumapili, wakati yeye na mwenzake Katalin NovĂ ÂĄk wa Hungary, ambaye alikuwa katika ziara ya kikazi nchini Rwanda, walipozungumza na vyombo vya habari. […]
Hungria inakwenda kutoa mafunzo kwa Wanyarwanda katika matumizi ya nishatiĂÂ yaĂÂ nyuklia
Rwanda ilitia saini mkataba na Hungary wa kutoa mafunzo na kuwaelimisha Wanyarwanda katika nyanja mbalimbali, ikiwa ni pamoja na matumizi bora ya nishatiĂÂ yaĂÂ nyuklia. Mkataba huu ni miongoni mwa mikataba mitatu iliyotiwa saini kati ya nchi hizo Julai 16, wakati wa ziara ya Rais wa Hungary, Katalin NovĂ ÂĄk, nchini Rwanda ambako alipokelewa na Rais Paul Kagame. […]
Le Rwanda construit des installations de stockage de gaz de pétrole liquéfié
Le Rwanda a commencĂ© la construction d’installations de stockage de gaz de pĂ©trole liquĂ©fiĂ© (GPL) dans la capitale Kigali afin d’assurer un approvisionnement stable en gaz pour sa population croissante dans le cadre des efforts visant Ă Â rĂ©duire l’utilisation du bois pour la cuisine, a dĂ©clarĂ© samedi un responsable . Le projet d’une valeur de […]
Hongria igiye guhugura Abanyarwanda mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri
U Rwanda rwagiranye amasezerano na Hongria yo guhugura no kwigisha Abanyarwanda mu nzego zitandukanye harimo no gukoresha neza ingufu za nikeleyeri. Aya masezerano ni amwe mu masezerano atatu yasinywe hagati yâibihugu byombi ku itariki ya 16 Nyakanga, mu ruzinduko rwa Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, mu Rwanda aho yakiriwe na Perezida Paul Kagame. Abakuru b’ibihugu […]
Wema Sepetu yakorogoshowe n’uwamutwerereye umwana wa baringa
Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba umubyeyi nyuma yo gukorwa mu nkovu nâabafana bamwibutsa ko akwiye kubyara umwana.Mu kiganiro Sepetu yagiranye nâibitangazamakuru byo muri Tanzaniya, yavuze ko mu bihe byashize yakuyemo inda, kandi ko asenga azashobora gusama nawe agashyira umwana mu mugongo. Imvano yâiki cyifuzo cya Sepetu yakomotse […]
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo Ben Wallace arateganya kwegura ku mirimo ye
Ben Wallace yatangaje ko azava ku mirimo ye ya Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza mu ivugurura rya guverinoma ritaha nyuma yâimyaka ine kuri uyu mwanya . Yabitangarije Sunday Times ko atazitabira amatora rusange ataha, ariko yanga kuva ku mirimo ye “imburagihe” no guteza amatora yâinzibacyuho. Bwana Wallace yabaye minisitiri wâingabo mu buyobozi bw’abaminisitiri bâintebe batatu kandi […]
FARDC yashyize urupfu rw’abasivile baheruka kwicirwa mu Rutshuru ku mutwe wa RDF
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23 kuba nyirabayazana w’ubwicanyi bivugwa ko buheruka gukorerwa abasore 11 b’abanye-Congo. FARDC binyuze mu muvugizi wayo, GĂ©nĂ©ral-Major Sylivain Ekenge, yavuze ko ubwo bwicanyi bwakorewe mu gace ka Bukombo no mu biturage bigakikije, mu ijoro ry’itariki ya 15 rishyira ku wa 16 […]
Umusanzu w’u Rwanda mu guhosha intambara y’u Burusiya na Ukraine mu mboni za P. Kagame
Perezida Paul Kagame yagaragaje ibiganiro nk’inzira rukumbi ishoboka yahosha intambara y’u Burusiya na Ukraine, nyuma y’umwaka n’amezi ane impande zombi zihanganye. Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku Cyumweru, ubwo we na mugenzi we Katalin NovĂ ÂĄk wa Hongrie wari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda baganiraga n’itangazamakuru. Hongrie isanzwe ituranye na Ukraine iri mu bagizweho ingaruka n’iriya ntambara, bijyanye […]