Umugabo yasezeranye n’abagore 3 icyarimwe (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe mu bihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika usanga gushaka abagore barenze umwe bifatwa nk’icyaha, haracyari n’ibihugu byemera guharika ariko bigatanga umubare ntarengwa w’abagore umugabo atagomba kurenza.
mari1
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Urugero ni aho nko muri leta ya Centrafrica usanga umugabo yemerewe gushaka abagore bageze kuri 4 ariko ntibarenge. Capturel 2 mari5 1
Ni muri urwo rwego bwiza.com yasanze hari umugabo umwe wo muri kiriya gihugu witwa Martien Ningoumou Toubaya aherutse gukora agashya asezerana n’abagore 3 umunsi umwe, umunsi wabaye uw’amateka kubona ari hagati ya bo mu birori bambaye udutimba bose bakikijwe n’imiryango ya bo.
t 1
Uyu mugabo avuga ko yiteguye kwagura umuryango mu buryo bwihuse kandi mu gihe gito, mu gihe aba bagore bazajya babyarira rimwe cyangwa bakabyara mu bihe bitandukanye ariko byegeranye.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
mari2 1
Kuri we, ngo yishimiye uburyo akunzwe n’abagore be ndetse bikazanamurinda kujya aca ku ruhande ngo ajye gushaka abandi kuko azajya aryamana n’uwo ashatse kandi yeberewe n’amategeko.
y
Umuyobozi w’umujyi wa Bangui, à‰mile Gros-Raymond Nakombo yemeza ko Itegekonshinga ry’igihugu rya bo ryemera gutunga abagore barenze umwe ariko akongeraho ko ibyo uyu mugabo yabakoreye ari ubwa mbere byari bibaye mu mateka y’igihugu cya bo.
mari2
mari4 1
mari4
Soma amakuru yihuse kandi yizewe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *