Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Korea ya Ruguru arashinja Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), Donald Trump gutangaza intambara ku gihugu cye.
Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i New York ko Korea ya Ruguru ifite uburenganzira bwo guhanura indege z’indwano za Amerika.
icyo amahanga “akwiye kwibuka neza” ni uko Amerika yatangije imirwano , ni ko Ri yavuze.
Impande zose zimaze igihe ziri mu mirwano yo guterana amagambo nkuko bigaragara mu nkuru ya BBC.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Loni iherutse gufatira ibindi bihano Korea ya Ruguru.
Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter
Ntakirutimana Deus @Bwiza.com


