Korea ya Ruguru irashinja Amerika gutangaza intambara

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Korea ya Ruguru arashinja Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), Donald Trump gutangaza intambara ku gihugu cye.
Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i New York ko Korea ya Ruguru ifite uburenganzira bwo guhanura indege z’indwano za Amerika.
icyo amahanga “akwiye kwibuka neza” ni uko Amerika yatangije imirwano , ni ko Ri yavuze.
Impande zose zimaze igihe ziri mu mirwano yo guterana amagambo nkuko bigaragara mu nkuru ya BBC.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Loni iherutse gufatira ibindi bihano Korea ya Ruguru.
Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter
Ntakirutimana Deus @Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *