Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino, amafoto akomeje guca ibintu agaragaza Umupadiri ari kumwe n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari kwifata neza imbere y’agahiye.


Ikinyamakuru cyo muri Nigeria kivuga ko aba bakozi b’Imana mu bishura bya bo bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu barimo banywa inzoga nyuma y’akazi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter


