Uganda: Bamwe bizihije isabukuru y’ubwigenge, abandi bari mu myigaragambyo n'ibindi (Mu mafoto)

Sangiza iyi nkuru

Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 9 Ukwakira, abaturage bo muri Uganda n’abayobozi babyukiye mu bikorwa byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge y’imyaka 55 igihugu kimaze kigobotoye abakoloni.
PresidentMuseveniinspectingparade
Gusa abaturage benshi mu duce dutandukanye twa Uganda, bizihije uyu munsi mu buryo butandukanye, aho bamwe bayizihije mu buryo bw’imyigaragambyo yamagana impinduka mu itegekonshinga, abandi bakabyizihiza bibereye mu bikorwa bya bo bya buri munsi birimo n’iby’ubucuruzi, n’ibindi.
Inde3
Muri uyu munsi, abasanzwe bafitanye amakimbirane ashingiye ku butaka, abadashyigikiye ko perezida Museveni yakomeza kuyobora, byababereye ibihe byiza byo kugaragaza ikibari ku mutima.
latest006PIX
Ni mu gihe ariko abandi banyepolitiki bumvaga barebwa n’iki gikorwa ndetse n’abaturage batari benshi bo bari bitabiriye ibi birori mu bice bitandukanye ndetse n’abari mu bindi bihugu nka Tanzania.

Kampala2
Abacuruza bari bibereye mu bikorwa bya bo

Kampala4
Abenshi mu baturage bari bibereye mu isoko

Kampala3
Mu mijyi n’ahandi hose hasanzwe hakorerwa ibi bikorwa by’ubucuruzi ntibyahagaze

Abadashyigikiye ko ingingo ya 102 ihinduka bo babyukiye mu myigaragambyo

Lira
Aba ni abo mu ishyaka UPC ryafashije igihugu kubona ubwigenge

TZ3
Ababa muri Tanzania na bo bizihije isabukuru aho bari

TZ4
Abandi baba Tanzania

Inde10
Abantu batandukanye barimo n’abanyamahanga bari bitabiriye uyu muhango

Inde5
Abaturage bari bitabiriye

Inde2
Abanyeshuri na bo ntibatanzwe muri ibyo birori

Inde1 Inde3 Inde11 Inde12
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *