Nigeria: Umupasiteri yahaye abayoboke nimero za konti ye n’iza telefoni ngo bajye bamwohererezaho amafaranga

Sangiza iyi nkuru

Umupasiteri witwa Emmanuel Newman Edward, yanditse amateka ku gasozi abarizwaho nyuma yo gusaba abayoboke b’itorero ryw gutura amafaranga n’imodoka ku mugaragaro, akababwira ko ari bwo bari bubone imigisha y’Imana.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu muvugabutumwa akaniyita intumwa y’Imana wo mu itorero Faith Tabernacle prophetic ministries, Overseer mu gace ka Uyo aherutse gutanga nimero ye ya konti ya banki ngo bajye bashjyiraho amafaranga abafite imodoka bazimuzanire ku rusengero mu rwego rwo kugira ngo bakorere imigisha y’Imana.
Capture 12
Ku ruhande rwe, yawiye abayoboke b’itorero rye ko bagomba kumuha ibintu byinshi kandi bihenze kuko na we abafatiye runini kuko atuma babona imigisha.
Ni muri urwo rwego yabahaye nimero za konti zo muri banki ngo bajye bamwohererezaho amafaranga ndetse akabaha n’iza telefone ngo bajye bayanyuzaho abadashoboye kujya muri banki.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mupasiteri yagize ati “iyo ushaka ikintu ushyiramo imbaraga, ibyo nkora si njye ubyikorera ni ukubera Imana.”
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *