UEFA: Real Madrid irasabwa gutsinda imikino yose isigaye ngo ibone gukomeza irushanwa

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’uko ikipe ya Tottenham itsindiye real Madrid ibitego 3-1 mu irushanwa ry’ibihugu byabaye ibya mbere iwa byo, UEFA yakomeje mu cyiciro gikurikiyeho na cyo gishobora kuzayihesha amahirwe yo gukira umukino urangiza mu gihe ikomeje kwitwara neza.
Umukinnyi, Dele Alli ni ni we watsindiye ikipe ye ya Tottenham ibitego 2 mu gice cya mbere cy’umukino, bikaba ari ubwa mbere umugwi ikipe ya Real Madrid itsindirwa muri aya marushanwa kuva mu 2012.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Nyuma, umukinnyi Christian Eriksen ni we yatsinze igitego cya Gatatu, bituma ikipe ya Real Madrid izakomeza ari uko itsinze indi mikino yose isigaye.
Igitego cya Real Madrid cyinjijwe na Christiano Ronaldo gusa bikaba byaragaye ko atitwaye neza muro uwo mukino.
Tottenham ubu ifite amanota 10 mu gihe Real Madrid ifite amanota 7 gusa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *