Ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzatsina

Sangiza iyi nkuru

Mbere yo kugaragarizwa ibimenyetso biranga umugore urimo kurangiza, wabanza ukamenya ese kurangiza k’umugore ni iki? Biba ryari? Gute?
Nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa Interineti Aufemin, mu by’ukuri kurangiza k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni ukugera ku byishimo bye bya nyuma ku buryo yumva ageze koko aho ashaka.
Ibi bigaragara mu mihindagurikire n’imyitwarire ye mu buriri mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ndetse no kwiyongera k’ububobere mu myanya ndangagitsina ye, rimwe na rimwe uku gusohora kukaba kwabanzirizwa no kunyara k’umugore iyo asanzwe azana amazi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
images
Benshi bakunze kwibeshya ko kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ariko kurangiza kwe cyangwa gusohora, oyo ibi ni ibintu 2 bitandukanye.
Ikikubwira ko umukobwa cg umugore arimo gusohora ni uko ubona asa nutaye ubwenge ukamujyana aho wishakiye yajya kurangiza ukumva aragufashe cyane akagukomeza ntubashe kumwikura, akiruhutsa rimwe na rimwe agaceceka yajya no kukuvugisha akaba yakubwira amagambo atajyane, cyangwa agakomeza kukubwira ijambo rimwe arisubiramo, ndagukunda ndagukunda,…
Mugabo menya ko niba umugabo wawe atageze kuri ibi byishimo bya nyuma bishobora kumutera kuguca inyuma kuko aba atanyurwa, kandi nawe mugore kora ibishoboka byose unezeze umufasha wawe nibiba ngombwa munaganire ku cyo mwakora kugirango usohore.
Gusohora k’umugore bimugabanyiriza umunaniro, bimutera akanyamuneza, bimurinda kurwara umutwe udakira, ntagira umushiha,…
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *