Imbere y’imbaga y’abakiristo, mu itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) i Rwamagana, umugabo yatangaje uburyo yajyaga ikuzimu by’umwihariko anahishurira mukuru we ko na we yari yamutanzemo igitambo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Amaze gusengerwa na bwo kumufata bigoranye nk’uko bigaragara muri video, uyu mugabo yahawe mikoro, atanga ubuhamya.
Ati “Haleluya, mumpere Imana icyubahiro, …reka nsabe mukuru wanjye ahaguruke mbanze musabe imbabazi ari hano mu rusengero [araza barahoberana], umbabarire nagutanze ikuzimu, umbabarire…. Igihe cyarageze tujya kurahira mu cyumba cy’amaraso, turarahira baduha imbaraga z’amadayimono.
Ni video y’uduce 6, aka ni aka mbere:

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com


