REBA VIDEO: Uko abagore babyibushye baca imyeyo (Gukuna)

Sangiza iyi nkuru

Uyu mugore usanzwe ari n’umuvuzi ukoresha imiti ya gakondo, avuga ko ku bagore babyibushye bitoroshye kwihina ngo babashe gukuna cyangwa guca imyeyo.
Agira ati “Iyo umuntu afite ibiro byinshi atabasha kwihina mbere na mbere tubanza kumuha imiti yo kubigabanya, twarangiza tukabimukorera(gukuna) ku munsi ya mbere, uwa kabiri,….. ku munsi wa gatatu biba byatangiye kuza akabyikorera kuko tuba twamugabanyirije n’ibiro”.
Akomeza avuga ko kuba umuntu abyibushye bitavuze ko iyo akunnye bidakunda, ahubwo ngo ikiba ikibazo ni ukwihina ngo abashe kwicara neza ngo akore icyo gikorwa.
Akavuga ko hejuru y’ibiro 80 biba bigoye ko umuntu yagera ku myanya y’ibanga yabugenewe mu gukuna.
Ushaka Tentine, hari icyo ushaka kumubaza, wabariza kuri iyi nimero 0783479504/ 0722796243.

YouTube player

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. REBA VIDEO: Uko abagore babyibushye baca imyeyo (Gukuna)
    nuko dukwiye kugira umuco nyarwanda abakobwa twese tugaca imyeyo murakoze

  2. REBA VIDEO: Uko abagore babyibushye baca imyeyo (Gukuna)
    nuko dukwiye kugira umuco nyarwanda abakobwa twese tugaca imyeyo murakoze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *