Muraho, nitwa Rutikanga Davis mfite imyaka 27, navukiye i Musanze ariko nkora kuri hopital ya Rwamagana, ndi umuganga w’umwuga (medecin) ndashaka umukunzi uteye atya:
– Uko yaba ateye kose afite gahunda ndetse ukuze bihagije ubyibushye bidakabije unanutse bidakabije
-Yambara ipantalo ndetse nibindi ark yiyubashye atiyambika ubusa
– Kuba afite gahunda vuba yakunda by’ukuri
– Kuba azi gusoma no kwandika birahagije
-Kuba asenga akanakunda lmana
– Afite imyaka kuva kuri 27 kugeza 38
– Aramutse yarabyaye nta kibazo
– Aho yaba ari hose nta kibazo niyo ya b mahanga
-Kuba afite akazi keza kamutunze byaba ari akarusho
– Kuba tugomba guhura bitarenze ibyumweru 2
– Kubara ari tayari kuba ari serious kuko njye ndi serious
Uwumva abyujuje anshaka, yampamaga kuri 0784634239
Iyo nimber ntiba kuri whatsapp, ahubwo iya whatsapp urampamagara nkayiguha
Nkeneye ufite gahunda, utayifite si mushaka rwose! sawa nitaba phone ibihe byose
Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…

Nawe niba wifuza umukunzi, twandikire kuri email kamikazigentille08@gmail .com cyangwa kuri 0785058200 watsapp


