Abahanzi batanu bahenze gutumira muri Uganda – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Umuziki wa  Uganda umaze gutera imbere kuburyo utatinya kuvuga ko uri ku rwego rwo hejuru  muri Afurika by’umwihariko Afurika y’iburasirazuba uku gukundwa kwawo bituma n’abawukora binjiza kuburyo bugaragara aho usanga abahanzi bo muri Uganda bihagazeho, igihe ukeneye umuhanzi wakwifashisha mu birori biba bigoye utifite, aba ni abahanzi 5 bahenze igihe ukeneye gutumira umwe muri bo.

5 A Pass: umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo amazina ye ni Alex Bangonza wamamaye nka A Pass azwi mu ndirimbo “Didadada”, ni umwe mu bahenze muri Uganda dore ko iyo umutumiye uba ugomba kumuhemba hagati ya miliyoni 4 na 7 za mashilingi ya Uganda

pass

  1. Bobi Wine: Hon Robert Kyagulanyi ni umudepite mu nteko ishingamategeko ya Uganda gusa ibi abivanga n’ubuhanzi cyane ko mbere yo kuba umudepite ni umuhnazi kandi ukomeye wo hambere yamamaye mu ndirimbo Kiwani, gutumira Bobi Wine mu birori umwishyura hagati ya miliyoni 5 na 7 z’amashilingi ya Ugandabobo 3.Sheebah Karungi: Umuhanzikazi ubarizwa muri Team No Sleep, ni umukobwa uzamutse vuba mu muziki wa Uganda mu ndirimbo nka Nkwatako,Wadawa,The way ndetse na Binkolela yakoranye na The ben uku kuzamuka vuba kandi akunzwe byatumye aba umwe mubahenze muri Uganda kuko kumuhagurutsa bisaba kuba ufite miliyoni hagati ya  zirindwi n’umunani z’amashilingi ya Uganda.shebah

2.Eddy Kenzo: Edrisa Musuuza nyiri Big Talent wamamaye na Eddy Kenzo uyu yamamaye cyane mu ndirimbo Stamina, ni umwe mubahenze muri Uganda kuko kugirango aririmbe mu birori wateguye bisaba kumuhemba akayabo kangana na miliyoni 9 z’ashilingi ya Ugandakenzo

1.Bebe Cool: Moses Ssali wamamaye nka Bebe Cool niwe uyoboye abandi mubahanzi bo muri Uganda uhenze gutumira mu birori kuko bisaba kwitwaza miliyoni 10 z’amashilingi ya Uganda, uyu Bebe cool aheruka gukorana indirimbo n’itsinda rya charly na Nina

bebe cool

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *