Umutoza w’agateganyo w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Gerard Buschier, yahamagaye abakinnyi 25 Amavubi aziyambaza ahura na Les Lions de la Téranga ya Sénégal.
Amakipe yombi azahurira mu mukino wa nyuma wo mu itsinda L mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire.
Ni umukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, ku wa 09 Nzeri 2023.
Nta kinini Amavubi y’u Rwanda aharanira muri uyu mukino kuko yamaze kumenya ko azasoza ku mwanya wa nyuma mu itsinda.
Sénégal ku rundi ruhande yamaze kwizera itike y’Igikombe cya Afurika, ibyatumye ihitamo kwitabaza ikipe yiganjemo abakinnyi b’ikipe yayo ya CHAN.
Abakinnyi 25 Amavubi aziyambaza ahura na Sénégal




One Response
Abakinnyi 25 bazacakirana na Sénégal bamenyekanye
NSHAKA AMAKURU YA BASIRIKARE BAHAWE PASIYO