Abakobwa n’abahungu bashaka abakunzi (Fungura ubone imyirondoro)

Sangiza iyi nkuru

1.Nitwa Nshimiyimana Olivier nkaba ndi umukozi wa Tigo na MTN.(Agent) nkaba shaka ishuti yumukobwa afite hagati yimwaka 18-21year.Akaba arinzobe bitari cyane nibura afite hagati ya 1.60-1.80metro atabyibushye cyane. Uwumva abyifuza yanyandikira kuri Email:manaoliviye2@gmail.com or call me to 0723638906. Murakoze.
2.Nitwa Ndayikunda Elias mfite imyaka 35 ndashaka umukobwa ugeze mubigero vy imyaka ya 25-28 yubaha kandi yipfuza kwubaka urugo atigeze aba indaya cyanka se ngo yishore mubiyovyabwenge. stegerezwa kuba yararangije amashure y icyiciro cya kabiri afite urupapuro row umursindo. udarangazwa nivya politique kandi adafite ingengabitekerezo z amoko ctankase intara z amamuko yumva ko ashobora kubana nanje mubuzima bwose. uwumva ko yakora ivyo nipguza azamyandikire kuri email: niyoelie1@yahoo.fr ampe phone number ziwe ubundi zamuhamagara tuvugane uburyo tuzabonana.
[ad id=”44145″]
3.Hello brothers! nanjye nitwa j.Paul dusenge,mfite 30ans, narangije kaminuza, ndi no kwiga masters , ariko nkaba nshaka umukobwa twarushingana,ufite indangagaciro za kinyarwanda, witonda, yarize kaminuza byaba arakarusho,or niyo atayiga ariko afite urukundo nukuri ntakibazo! my contact: 0785184647/0725780570 ( whatsups).
4.Nitwa Frank Hakizuwera narangije kaminuza mfite 34 gusa ndacyari umushomeri ndashaka umukunzi wiyubaha akubaha na rubanda akaba arengeje 27 atarengeje 31 akaba yikorera afite byibura senior 6 akunda umurimo 0788287136.
5.Mwaramutse , ndi umukobwa mfite 23 ans . Ndifuza umukunzi uteye utya: Kuba uri serieux mu byo uvuga no mubyo ukora Kuba ukunda gusenga Kuba utari umuhehesi Kuba ufite gahunda yo kubaka Kuba ntamwana ufite Hagati ya kuri 30-35 utujuje iyi myaka ntanyandikire. NB: ugenzwa nubusambanyi no kuntesha umwanya simushaka ntiyigore rwose nta mwanya mfite wo gukina . Amafaranga , amashuri ntabwo aribyo byubaka urugo rwamahoro. Nyandikira kuri email: manziangechristella@gmail.com ntihagire uwandika Ahita ansaba numerous. Tuzabanza tumenyane kuri email. Phone izaza nyuma.
[ad id=”44145″]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *