Abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri Amerika biyongereye kuri 215%

Sangiza iyi nkuru

Abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri Amerika biyongereye ku kigero cya 215% mu myaka 10 ishize nk’uko imibare ibyerekana.

Urubuga rwitwa Erudera rukurikirana cyane ibijyanye n’uburezi, ruvuga ko mu mwaka w’amashuri 2019/2020 Abanyarwanda biga muri Amerika bari 1,444 bavuye kuri 469 bo mu 2011/2012.

Hari abavuga ko ibi biterwa n’uko ibigwi by’amashuri yo muri Amerika n’imikoranire iri hagati y’ibihugu byombi.

U Rwanda rushyirwa ku mwanya wa Gatandatu muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara mu kugira abanyeshuri benshi muri Amerika.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


XMA Header Image
U Rwanda na Uganda: umubano ukomeje kuzamo Kidobya –Abaturage nibo bakomeje kubihomberamo #ISANZURE
youtube.com
Aa

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *