Abashaka gukora ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga barafungurirwa umurongo wo kwiyandikisha

Sangiza iyi nkuru

Polisi y’igihugu iramenyesha abashaka gukora ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga ko umurongo wo kwiyandikisha ufungurwa uyu munsi tariki ya 20 Mata 2018.
Ibicishije ku rukuta rwayo rwa twitter, yagize iti “Police y’u Rwanda iramenyesha abifuza kwiyandikisha mu bizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga muri Gicurasi na Kamena ko umurongo uri bufungurwe none taliki ya 20/04/2018 mu masaha ya nimugoroba”.
New Picture
Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya

YouTube player

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *