Abarezi bashinzwe amasomo (Directors of Studies) mu mashuri yisumbuye hirya no hino mu gihugu,barasaba Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku burezi(REB) kubahindurira umushahara kuko uwo bahabwa udahura n’inshingano bakora.
Hashize imyaka myinshi mu burezi, aba barezi bashinzwe amasomo ndetse akenshi bakunze kugirwa abasigire b’Umuyobozi w’ishuri kuko bamwungirije, bahembwa amafaranga nk’ayo abarimu baba bayoboye bahembwa. Aba bayobozi iki bakibona nk’ikibazo kuko hari inshingano bakora abarimu basanzwe batashye ndetse n’izindi nshingano zijyanye no gutegura amasomo, kuyakurikirana no kugenzura imyigishirize y’abarimu.
Umwe muri aba bayobozi wavuganye na BWIZA, avuga ko ikibazo cyo kudahemberwa inshingano bakora bakimenyesheje Minisiteri y’Uburezi, babaza impamvu bahembwa nk’abarimu kandi kuri ‘Programme’ bagaragara nk’abayobozi b’ikigo bungirije. Yagize ati”Twatanze ikibazo tumaranye imyaka cyo kuba tudahemberwa inshingano zacu. Ntibahakana ko ari ikibazo ariko barabyumva bakatubwira ko bari kubikoraho, ndetse nka REB yo yari yanatubwiye ko sitati nshya ivuguruye byitaweho isohotse tubiburamo”.
Aba bayobozi kandi bavuga ko nyuma yo kwandikira amabaruwa atandukanye MINEDUC, MINECOFIN n’Inteko Nshingamategeko, banandikiye Minisitiri w’Uburezi ubwe banyuze kuri Twitter ariko ntiyabasubiza.
Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr Ndayambaje Irénée, aganira na BWIZA yavuze ko iki kibazo, ikigo ayoboye kikizi ndetse hari gushakishwa umuti wacyo gusa imbogamizi ikaba ikiri ubushobozi. Yagize ati” Imvune abayobozi bashinzwe amasomo bahura na zo turazizi. Hari gushakishwa ubushobozi ngo tuzakemure iki kibazo hamwe n’ibindi by’abakozi birebana na cyo”.
Dr Ndayambaje yakomeje avuga ko uretse iki kibazo kiri gushakirwa umuti, hari n’ibindi nko kuba amashuri abanza atagira abayobozi bungirije umuyobozi w’ikigo, kubura abashinzwe amasomero, amashuri atagira abashinzwe ‘laboratories’, kubura abarezi bashinzwe imyitwarire cyane cyane mu mashuri abanyeshuri biga bataha n’ibindi. Akemeza ko bizagenda bikemuka uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Ku murongo wa telefoni kandi, Bwiza yagerageje kuvugisha Minisitiri w’Uburezi Dr Uwamariya Velentine,ntiyaboneka ku murongo ndetse n’ubutumwa bugufi twamwandikiye yari atarabusubiza ubwo iyi nkuru yasohokaga.



54 Responses
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Iki kibazo rwose kimaze igihe, hakwiye kumenyekana ko DOS ari izingiro ry’imyigire inoze. Ese mugirango kuyobora umuntu munganya cg ukurusha umushahara biroroshye?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Iki kibazo rwose kimaze igihe, hakwiye kumenyekana ko DOS ari izingiro ry’imyigire inoze. Ese mugirango kuyobora umuntu munganya cg ukurusha umushahara biroroshye?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Uretse baba Dos na DOD barikuntera imwe na DOS rero mugihe Leta ya mwibuka ba DOS ndizerako na DODs batasigara Kandi nabo bakora akazi gasumba ako ba DOS bakora
Ba DOS bagenerwa amahugurwa menshi Kandi arimo amafarabga muri ibi bihe.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Uretse baba Dos na DOD barikuntera imwe na DOS rero mugihe Leta ya mwibuka ba DOS ndizerako na DODs batasigara Kandi nabo bakora akazi gasumba ako ba DOS bakora
Ba DOS bagenerwa amahugurwa menshi Kandi arimo amafarabga muri ibi bihe.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Akazi mukora nanjye nigeze kugakora,nzi neza imvune zako aho usanga DOS akora iminsi yewe no mu biruhuko ku buryo abo muri boarding bo banakora no muri weekend.
Gusa nyuma naje kugira amahirwe mba mbaye Headteacher,navuga ko rero iyo iki kibazo mukizana hakiriho Mutsindashyaka kiba yaragiye agikemuye kuko nta Muyobozi Uzi neza ibyo akora utabaha agaciro nk’inkingi za mwamba mu nshingano zimwe cyangwa izindi mukora kugirango imyigire n’imyigishirize igende neza.Natwe aba Headteachers twahawe agaciro kubwa Mutsindashyaka watuvuganiye.So uyu Minister mushya nadashaka uburyo avuganira urwego ayoboye ntabwo rwose igihugu kizagera ku burezi bwifuzwa.Murakoze!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Uyu minister se mubona akemura ikihe kibazo kijyanye n’uburezi? Reba ikibazo cy’abarimu bo mu mashuri yigenga, reba ikibazo cy’abanyeshuri bo muri INATEK…. none ngo mwaramwandikiye!! Mutegereze azabasubiza ahari
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Uyu minister se mubona akemura ikihe kibazo kijyanye n’uburezi? Reba ikibazo cy’abarimu bo mu mashuri yigenga, reba ikibazo cy’abanyeshuri bo muri INATEK…. none ngo mwaramwandikiye!! Mutegereze azabasubiza ahari
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Akazi mukora nanjye nigeze kugakora,nzi neza imvune zako aho usanga DOS akora iminsi yewe no mu biruhuko ku buryo abo muri boarding bo banakora no muri weekend.
Gusa nyuma naje kugira amahirwe mba mbaye Headteacher,navuga ko rero iyo iki kibazo mukizana hakiriho Mutsindashyaka kiba yaragiye agikemuye kuko nta Muyobozi Uzi neza ibyo akora utabaha agaciro nk’inkingi za mwamba mu nshingano zimwe cyangwa izindi mukora kugirango imyigire n’imyigishirize igende neza.Natwe aba Headteachers twahawe agaciro kubwa Mutsindashyaka watuvuganiye.So uyu Minister mushya nadashaka uburyo avuganira urwego ayoboye ntabwo rwose igihugu kizagera ku burezi bwifuzwa.Murakoze!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ndumva ,inshingano ziba muburezi Ari ingenzi Kandi nyinshi, kuki muburezi ariho haboneka ibibazo byinshi, aberezi Bose bahora barira Kandi Koko akazi bakora ntikoroshye namba, nyabune Mwarimu ajye ku isonga mbere yibindi maze ireme ryuburezi rigere kure heza,
Mwarimu ahembwa Amafaranga atanagura amavuta yamoto ya gitifu ,kuki ?
Ndabasabako Mwarimu yabonerwa nibindi byatuma akora akazi atiganda imibereho
Ikiro cyumuceri Ni 1000
Ikiro cyibishyimbo Ni 600
Amavuta yo guteka Ni 7000
Amazi
Amashyanyarazi
Imyambaro
School fees
Nibindi nkenerwa
Koko Mwarimu azakoresha uyu mushahara gute? Umushahara was 40000frw.
Teacher is a mirror of society. Why teacher?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ndumva ,inshingano ziba muburezi Ari ingenzi Kandi nyinshi, kuki muburezi ariho haboneka ibibazo byinshi, aberezi Bose bahora barira Kandi Koko akazi bakora ntikoroshye namba, nyabune Mwarimu ajye ku isonga mbere yibindi maze ireme ryuburezi rigere kure heza,
Mwarimu ahembwa Amafaranga atanagura amavuta yamoto ya gitifu ,kuki ?
Ndabasabako Mwarimu yabonerwa nibindi byatuma akora akazi atiganda imibereho
Ikiro cyumuceri Ni 1000
Ikiro cyibishyimbo Ni 600
Amavuta yo guteka Ni 7000
Amazi
Amashyanyarazi
Imyambaro
School fees
Nibindi nkenerwa
Koko Mwarimu azakoresha uyu mushahara gute? Umushahara was 40000frw.
Teacher is a mirror of society. Why teacher?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Imyigire, imyigishirize, imitsindire, gukunda umurimo, kuwitangira na ponctualite ku barimu byose izingiro ryabyo ni DOS. DOS nta na rimwe yagereranywa na DOD, kuko DOD igihe cy’ibiruhuko araruhuka, igihe DOS we akore 7/7, hafi 18/24. Kuko DOS muri weekend aba ategura next week, muri vacances aba ategura next year. Ku buryo nta mwarimu uzagonganira n’undi mu ishuri, nta n’ishuri rizahuza ingengabihe n’irindi. DOS rero ntiyagereranywa na DOD kuko nta na rimwe Headteacher azaba adahari ngo abashyitsi bageze ku kigo bakirwe na DOD ngo niko bari ku rwego rumwe oya. DOS ni umusigire wa HT, akaba *INKINGI YA MWAMBA* n’UMUGONGO MUGARI uhetse ikigo cy’ishuri. Ababishinzwe nibagire uko bamugenza, burya kuyobora ukurusha umushahara ni TECHNIQUE NA MENTAL DIPLOMACY.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Imyigire, imyigishirize, imitsindire, gukunda umurimo, kuwitangira na ponctualite ku barimu byose izingiro ryabyo ni DOS. DOS nta na rimwe yagereranywa na DOD, kuko DOD igihe cy’ibiruhuko araruhuka, igihe DOS we akore 7/7, hafi 18/24. Kuko DOS muri weekend aba ategura next week, muri vacances aba ategura next year. Ku buryo nta mwarimu uzagonganira n’undi mu ishuri, nta n’ishuri rizahuza ingengabihe n’irindi. DOS rero ntiyagereranywa na DOD kuko nta na rimwe Headteacher azaba adahari ngo abashyitsi bageze ku kigo bakirwe na DOD ngo niko bari ku rwego rumwe oya. DOS ni umusigire wa HT, akaba *INKINGI YA MWAMBA* n’UMUGONGO MUGARI uhetse ikigo cy’ishuri. Ababishinzwe nibagire uko bamugenza, burya kuyobora ukurusha umushahara ni TECHNIQUE NA MENTAL DIPLOMACY.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Imyigire, imyigishirize, imitsindire, gukunda umurimo, kuwitangira na ponctualite ku barimu byose izingiro ryabyo ni DOS. DOS nta na rimwe yagereranywa na DOD, kuko DOD igihe cy’ibiruhuko araruhuka, igihe DOS we akore 7/7, hafi 18/24. Kuko DOS muri weekend aba ategura next week, muri vacances aba ategura next year. Ku buryo nta mwarimu uzagonganira n’undi mu ishuri, nta n’ishuri rizahuza ingengabihe n’irindi. DOS rero ntiyagereranywa na DOD kuko nta na rimwe Headteacher azaba adahari ngo abashyitsi bageze ku kigo bakirwe na DOD ngo niko bari ku rwego rumwe oya. DOS ni umusigire wa HT, akaba *INKINGI YA MWAMBA* n’UMUGONGO MUGARI uhetse ikigo cy’ishuri. Ababishinzwe nibagire uko bamugenza, burya kuyobora ukurusha umushahara ni TECHNIQUE NA MENTAL DIPLOMACY.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Buriya murakora mwalimu mu nkovu!ahubwo rero abayede turahari abafundi nibasabe ibihembo!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Buriya murakora mwalimu mu nkovu!ahubwo rero abayede turahari abafundi nibasabe ibihembo!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ntago ntekerezako DOD ukora muri Boarding school agira igihe cyo kuruhuka(ntacyo).nukuvugako akora akazi guhera kuwa mbere kugera ku cyumweru kandi ntago aryama ngo asinzire kuko isaha n’isaha niwe umenyuko imibereho y’ikigo imeze mbere y’amasomo,mugihe cy’amasomo,nyuma y’amasomo ndetse no muri week-end kandi imyigire igenda neza ifatiye kuri Discipline nziza iyo Discipline igenze nabi n’amasomo agenda nabi DOD baravunika cyane kuko Discipline ni akazi katarangira kandi nizerako ntamuntu utabizi keretse uwabyirengagiza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ntago ntekerezako DOD ukora muri Boarding school agira igihe cyo kuruhuka(ntacyo).nukuvugako akora akazi guhera kuwa mbere kugera ku cyumweru kandi ntago aryama ngo asinzire kuko isaha n’isaha niwe umenyuko imibereho y’ikigo imeze mbere y’amasomo,mugihe cy’amasomo,nyuma y’amasomo ndetse no muri week-end kandi imyigire igenda neza ifatiye kuri Discipline nziza iyo Discipline igenze nabi n’amasomo agenda nabi DOD baravunika cyane kuko Discipline ni akazi katarangira kandi nizerako ntamuntu utabizi keretse uwabyirengagiza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ntago ntekerezako DOD ukora muri Boarding school agira igihe cyo kuruhuka(ntacyo).nukuvugako akora akazi guhera kuwa mbere kugera ku cyumweru kandi ntago aryama ngo asinzire kuko isaha n’isaha niwe umenyuko imibereho y’ikigo imeze mbere y’amasomo,mugihe cy’amasomo,nyuma y’amasomo ndetse no muri week-end kandi imyigire igenda neza ifatiye kuri Discipline nziza iyo Discipline igenze nabi n’amasomo agenda nabi DOD baravunika cyane kuko Discipline ni akazi katarangira kandi nizerako ntamuntu utabizi keretse uwabyirengagiza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ntago ntekerezako DOD ukora muri Boarding school agira igihe cyo kuruhuka(ntacyo).nukuvugako akora akazi guhera kuwa mbere kugera ku cyumweru kandi ntago aryama ngo asinzire kuko isaha n’isaha niwe umenyuko imibereho y’ikigo imeze mbere y’amasomo,mugihe cy’amasomo,nyuma y’amasomo ndetse no muri week-end kandi imyigire igenda neza ifatiye kuri Discipline nziza iyo Discipline igenze nabi n’amasomo agenda nabi DOD baravunika cyane kuko Discipline ni akazi katarangira kandi nizerako ntamuntu utabizi keretse uwabyirengagiza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
ibyo nibikuba mumutwe gusa siko kuri kuko DOD aravunika cyane kuko amenyuko abana baramutse mugihe DOS aba akiryamye,DOD akurikirana imyitwarire y’abana mugihe bakurikirana amasomo ndetse na nyuma y’amasomo bagakomeza inshingano ndetse na week-end bikaba uko.
DOD atangira kuwa mbere ari mukazi akageza ku cyumweru agikora akazi nyamara DOS week-end ntago akora ibinyuranye nibyo mwalimu yakora.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
ibyo nibikuba mumutwe gusa siko kuri kuko DOD aravunika cyane kuko amenyuko abana baramutse mugihe DOS aba akiryamye,DOD akurikirana imyitwarire y’abana mugihe bakurikirana amasomo ndetse na nyuma y’amasomo bagakomeza inshingano ndetse na week-end bikaba uko.
DOD atangira kuwa mbere ari mukazi akageza ku cyumweru agikora akazi nyamara DOS week-end ntago akora ibinyuranye nibyo mwalimu yakora.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Imyigire, imyigishirize, imitsindire, gukunda umurimo, kuwitangira na ponctualite ku barimu byose izingiro ryabyo ni DOS. DOS nta na rimwe yagereranywa na DOD, kuko DOD igihe cy’ibiruhuko araruhuka, igihe DOS we akore 7/7, hafi 18/24. Kuko DOS muri weekend aba ategura next week, muri vacances aba ategura next year. Ku buryo nta mwarimu uzagonganira n’undi mu ishuri, nta n’ishuri rizahuza ingengabihe n’irindi. DOS rero ntiyagereranywa na DOD kuko nta na rimwe Headteacher azaba adahari ngo abashyitsi bageze ku kigo bakirwe na DOD ngo niko bari ku rwego rumwe oya. DOS ni umusigire wa HT, akaba *INKINGI YA MWAMBA* n’UMUGONGO MUGARI uhetse ikigo cy’ishuri. Ababishinzwe nibagire uko bamugenza, burya kuyobora ukurusha umushahara ni TECHNIQUE NA MENTAL DIPLOMACY.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Minister wandikiwe twiter nabo ayobora ntayisubize yego cg oya,
Akabazwa n’iki kinyamakuru ntasubize ariwe bireba direct, Ahhhaaa
Abafaransa bati”on respond les imbeciles par le silence.
Ubwonyine yarasubijr
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Minister wandikiwe twiter nabo ayobora ntayisubize yego cg oya,
Akabazwa n’iki kinyamakuru ntasubize ariwe bireba direct, Ahhhaaa
Abafaransa bati”on respond les imbeciles par le silence.
Ubwonyine yarasubijr
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Njyewe mbona ababayobozi bungirije bashinzwe amasomo bavunishwa n’abayobozi b’amashuri, ahubwo hazagabanywe imishahara ya ba headteachers maze yongererwe ababungirije kuko mbona bahembwa menshi kandi birirwa bitarasiriza. Murakoze.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Njyewe mbona ababayobozi bungirije bashinzwe amasomo bavunishwa n’abayobozi b’amashuri, ahubwo hazagabanywe imishahara ya ba headteachers maze yongererwe ababungirije kuko mbona bahembwa menshi kandi birirwa bitarasiriza. Murakoze.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Mu by’ukuri Leta izirikane cyane imirimo ikomeye dukora maze banumve ko kuyobora umuntu ukurusha salary bitaba byoroshye na gato, batwiteho rero.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Mu by’ukuri Leta izirikane cyane imirimo ikomeye dukora maze banumve ko kuyobora umuntu ukurusha salary bitaba byoroshye na gato, batwiteho rero.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Birakwiriye ko yongezwa arko hari umuntu ufite ikibazo kurusha abandi bose mwalimu wa primary umushahara we ntujyanye n’isoko ahahiramo
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Birakwiriye ko yongezwa arko hari umuntu ufite ikibazo kurusha abandi bose mwalimu wa primary umushahara we ntujyanye n’isoko ahahiramo
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ndumva DOS na DOD bakwitabwaho kuburyo bungana, kuko umwe yita kumyigire Ni imyigishirize undi nawe akita ku imyitwarire y’abanyeshuri.bakora igihe kingana usibye inshingano zitandukanye ariko ubundi baruha kimwe
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ndumva DOS na DOD bakwitabwaho kuburyo bungana, kuko umwe yita kumyigire Ni imyigishirize undi nawe akita ku imyitwarire y’abanyeshuri.bakora igihe kingana usibye inshingano zitandukanye ariko ubundi baruha kimwe
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
ari mwarimu na DOS havunika nde?muburezi hakenewe kongeraho agafaranga Reba mwarimu was primary uhemnwa 40k koko haricyo yagura?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
ari mwarimu na DOS havunika nde?muburezi hakenewe kongeraho agafaranga Reba mwarimu was primary uhemnwa 40k koko haricyo yagura?
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Biratangaje kubona abantu bagereranya inshingano za DOS niza DOD.Rwose biruzuzanya ariko ntaho bihuriye.Urugero muri ibi bihe bya covid 19 ba Doses barakora amaraporo atandukanye,imyiteguro yo gutangira bayigeze kure,ubwo se abashinzwe imyitwarire wabasanga mukazi!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Biratangaje kubona abantu bagereranya inshingano za DOS niza DOD.Rwose biruzuzanya ariko ntaho bihuriye.Urugero muri ibi bihe bya covid 19 ba Doses barakora amaraporo atandukanye,imyiteguro yo gutangira bayigeze kure,ubwo se abashinzwe imyitwarire wabasanga mukazi!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Rwose tureke kwitana bamwana DOD ARAVUNIKA CYANE KURUSHA DOS, TWIBUKE DODs AFITE INSHINGANO ZO KUBANA NABANA UMUNSI KU MUNSI IJORO KU IJORO NTA WEEKEND ADAKORA NTANA UMUNSI WI KIRUHUKO (PUBLIC DAY ) ARUHUKAHO,NDETSE NO MUKIRUHUKO ,NIWE MUNTU WAMBERE UGOMBA KUGERA KU ISHURI MBERE HO ICYUMWERU ATEKURA UKO ABANYESHURI BAZAKIRWA,CYANEE KO ISUKU IBA IRI MU NSHINGANO ZE UBUSE KOKO MUREMEJE PE KOKO DODs AKWIYE KUNGANYA NA MWARIMU UMUSHAHARA DISCIPLINE MUBANYESHURI NI IKINTU GIKOMEYE KURUSHA NIBINDI MUVUGA KUKO UKO KWIGA NEZA , GUTSINDA AMASOMO NI MIBEREHO MYIZA YABANYESHURI NIBINDI…… ,BIKUBIYE MURI DISCIPLINE BIDAHARI UKO GUTSINDA AMASOMO NTIBYAGERWAHO, NUBWO IREBA BURI WESE MUKIGO ARIKO DODs abivunikiramo cyaneee. Ko niba na DOSs SE BABONA AYO MAHUGURWA RIMWE NARIMWE ! DOD WE ABONA IKI? NAWE NATEKEREZWEHO RWOSE NTIBAZAMYIBAGIRWE! MURAKOZE.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Rwose tureke kwitana bamwana DOD ARAVUNIKA CYANE KURUSHA DOS, TWIBUKE DODs AFITE INSHINGANO ZO KUBANA NABANA UMUNSI KU MUNSI IJORO KU IJORO NTA WEEKEND ADAKORA NTANA UMUNSI WI KIRUHUKO (PUBLIC DAY ) ARUHUKAHO,NDETSE NO MUKIRUHUKO ,NIWE MUNTU WAMBERE UGOMBA KUGERA KU ISHURI MBERE HO ICYUMWERU ATEKURA UKO ABANYESHURI BAZAKIRWA,CYANEE KO ISUKU IBA IRI MU NSHINGANO ZE UBUSE KOKO MUREMEJE PE KOKO DODs AKWIYE KUNGANYA NA MWARIMU UMUSHAHARA DISCIPLINE MUBANYESHURI NI IKINTU GIKOMEYE KURUSHA NIBINDI MUVUGA KUKO UKO KWIGA NEZA , GUTSINDA AMASOMO NI MIBEREHO MYIZA YABANYESHURI NIBINDI…… ,BIKUBIYE MURI DISCIPLINE BIDAHARI UKO GUTSINDA AMASOMO NTIBYAGERWAHO, NUBWO IREBA BURI WESE MUKIGO ARIKO DODs abivunikiramo cyaneee. Ko niba na DOSs SE BABONA AYO MAHUGURWA RIMWE NARIMWE ! DOD WE ABONA IKI? NAWE NATEKEREZWEHO RWOSE NTIBAZAMYIBAGIRWE! MURAKOZE.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ikibazo cy’umushahara si icya DOS gusa. Ndakeka mu burezi muri rusange imishahara ihagaragara itajyanye nibiciro biri ku isoko. Kandi mbona iba hasi yiyabandi bahuje nivo baba mu zindi service. Umwanzuro ni ukuvugurura imishahara yabakora mu burezi muri rusange. Murakoze.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ikibazo cy’umushahara si icya DOS gusa. Ndakeka mu burezi muri rusange imishahara ihagaragara itajyanye nibiciro biri ku isoko. Kandi mbona iba hasi yiyabandi bahuje nivo baba mu zindi service. Umwanzuro ni ukuvugurura imishahara yabakora mu burezi muri rusange. Murakoze.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Muraho!!! Ubundi niba bitanashoboka nibabitubwire twicare tubizi kuko buri munsi batubwira ko bari kubyigaho none bigeze aho baceceka bakarumira. Nzaba Mbarirwa ni umwana w’ umunyarwanda!!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Muraho!!! Ubundi niba bitanashoboka nibabitubwire twicare tubizi kuko buri munsi batubwira ko bari kubyigaho none bigeze aho baceceka bakarumira. Nzaba Mbarirwa ni umwana w’ umunyarwanda!!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ariko mwagize ngo ni DOS gusa, none se abacomptable bo baruhuka ryari ko no mu biruhuko hose bakora,no bihe byose bidasanzwe, kandi umushahara nubundi ko udahinduka ko bakubara nka mwalimu, muzarebe mu bigo bya boarding, comptable no kujya muri conge ntibyoroshye.Nanjye numva administration y’ ikigo yakagombye kugira akantu kuyongeraho kuko bagira akazi kenshi yaba mu bihe bisanzwe n’ ibidasanzwe!!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Ariko mwagize ngo ni DOS gusa, none se abacomptable bo baruhuka ryari ko no mu biruhuko hose bakora,no bihe byose bidasanzwe, kandi umushahara nubundi ko udahinduka ko bakubara nka mwalimu, muzarebe mu bigo bya boarding, comptable no kujya muri conge ntibyoroshye.Nanjye numva administration y’ ikigo yakagombye kugira akantu kuyongeraho kuko bagira akazi kenshi yaba mu bihe bisanzwe n’ ibidasanzwe!!!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Bjr!DOS niwe technician w’ishuri birakwiye ko yibukwa agahemberwa inshingano akora zitandukanye cyane niza mwarimu n’ubwo Bose bahurira mu guteza imbere Irene ry’uburezi.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Bjr!DOS niwe technician w’ishuri birakwiye ko yibukwa agahemberwa inshingano akora zitandukanye cyane niza mwarimu n’ubwo Bose bahurira mu guteza imbere Irene ry’uburezi.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Si ba DOS gusa ahubwo n’abarimu cyanacyane abo Mu mashuri abanza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Si ba DOS gusa ahubwo n’abarimu cyanacyane abo Mu mashuri abanza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Si ba DOS gusa ahubwo n’abarimu cyanecyane about Mu mashuri abanza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Si ba DOS gusa ahubwo n’abarimu cyanecyane about Mu mashuri abanza.
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Dos na DOD Bose Ni ba Deputy Headteacher.Muri day school ba DOS hose birahari.Muri boarding usibye ibigo birengeje 700 students nibyo bigira ba DOS,ahandi hose DOD nibo bakora inshingano za DOS
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Dos na DOD Bose Ni ba Deputy Headteacher.Muri day school ba DOS hose birahari.Muri boarding usibye ibigo birengeje 700 students nibyo bigira ba DOS,ahandi hose DOD nibo bakora inshingano za DOS
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Erega bavandimwe umuhereza( aide) avunika kurusha umufundi ariko umufundi niwe uhembwa menshi, Kandi mukwirukana bagahera ku mu aide Nawe se headteacher akora iki kiruta icyo abamwungirije bakora? Na raporo asabwa ntazihabwa n’ abarimu, dos
na dod we agateraho umukono na cashi!
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
Erega bavandimwe umuhereza( aide) avunika kurusha umufundi ariko umufundi niwe uhembwa menshi, Kandi mukwirukana bagahera ku mu aide Nawe se headteacher akora iki kiruta icyo abamwungirije bakora? Na raporo asabwa ntazihabwa n’ abarimu, dos
na dod we agateraho umukono na cashi!