Aya mafoto yashyizwe hanze n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Gaspard Baratuza. Yangaje ko ari abasirikare bo mu nkambi ya gisirikare ya Gakumbu ubwo bari mu munezero nyuma yo guconga ruhago.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abicishije ku rukuta rwe rwa twitter, Col Baratuza yagize ati: “Basangiye umunezero batangira umwaka mushya mu nkambi ya Gakumbu ku wa 11/2/2017, nyuma y’umukino banasangira agatama hamwe na komanda wabo”.


Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


