Abahagarariye urubyiruko muri Isilamu mu Rwanda biyemeje guhangana n’ubutagondwa
Abayobozi b’Urubyiruko rwo mu idini ya Isilamu mu Rwanda rwiyemeje kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu gukumira ingengabitekerezo y’ubutagondwa n’ubuhezanguni. Ibi byemejwe kuru uyu wa kane tariki 16 Gashyantare 2017, mu mahugurwa y’umunsi umwe yabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ayo mahugurwa yateguwe n’Umuryango w’Abaisilamu mu Rwanda (RMC) […]
Impunzi z’Abanyarwanda zigiye kujya zihabwa amafaranga aho kuziha ibikoresho zihungutse
Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe kwita ku mpunzi ryatngaje ko impunzi z’Abanyarwanda ziri mu mahanga zigiye kujya zihabwa amafaranga atubutse mu gihe zitahutse aho kuziha ibikoresho. Ibi ni ibyatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Gashyantare 2017, ubwo uyu muryango wasinyanaga amasezerano y’ubufatanye na I&M Bank ndetse na Sosiyete y’itumanaho ikorera mu Rwanda ya Airtel. […]
Ubukwe budasanzwe bw’abageni 200 baje gusezerana mu ikamyo umunsi umwe (Amafoto)
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, kuri Katedarali ya Rubaga iherereye mu mujyi wa Kampala, habaye ubukwe bw’akataraboneka bwari bwahuriyemo abageni basaga 200 mu birori bateguriye hamwe ndetse bakanahitamo kuza mu modoka imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bageni bamaze kubona ko nta yindi modoka bakwirwamo igomba kubageza ku rusengero aho basezeraniye, bahisemo kwegeranya […]
Opinion: Uko umubano w’u Rwanda na Amerika ya Trump ushobora kuzahinduka
Politiki mpuzamahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Afurika y’uburasirazuba no hagati yakunze kuba imwe kuva mu myaka ya za 90, aho yaba perezida Clinton, Bush na Obama bakunze gukorana n’abo Bill Clinton yise urungano rushya rw’abayobozi ba Afurika mu kuzana ituze ku mugabane no guteza imbere ubukungu bushingiye ku masoko. Ku buyobozi bushya […]
Abasirikare b’u Burundi basoma ka byeri-REBA AMAFOTO
Aya mafoto yashyizwe hanze n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Gaspard Baratuza. Yangaje ko ari abasirikare bo mu nkambi ya gisirikare ya Gakumbu ubwo bari mu munezero nyuma yo guconga ruhago. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa twitter, Col Baratuza yagize ati: “Basangiye umunezero batangira umwaka mushya mu nkambi ya Gakumbu ku wa 11/2/2017, nyuma […]
Imyaka imbanye myinshi ntarongorwa kubera data witwa umucuraguzi- ugisha inama
Muraho abo kuri uru rubuga, amazina yanjye singombwa kuyatangaza ariko icyo mbasaba ni Inama, ubu ndi umukobwa w’imyaka 36, ntuye mu karere ka Huye. Si ndi umukobwa mubi ku isura, iwacu turifashije, si ukuvuga ko nambara nabi pe! Mfite akazi ndakora nta kintu mbuze wenda ngo mbe nakwitwa umukene cyane. Ikibazo kimbuza kubona umugabo ni […]
UN iravuga ko intambara yo muri Sudani y’Epfo itazigera ihagarara
Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko intambara muri leta ya Sudani y’Epfo ikomeje gufata indi ntera mu gihe nta gikozwe ngo amakimbirane avugwa muri kiriya gihugu ahagarare. Ibi ni ibyatangajwe muri raporo y’uyu muryango ivuga ko ubwicanyi buri muri kiriya gihugu budateze guhagarara mu gihe amahanga arebera kuko umunsi ku wundi havuka umutwe w’abarwanyi witwaje intwaro kandi […]
Wenger yashegeshwe no gutsindwa ibitego 5 na Bayern Munich
Nyuma y’umukino wahuze Arsenal yo mu Bwongereza na Bayern Munich yo mu Budage muri Ligue des Champions, umutoza Wenger wa Arsenal yatangaje ko ababajwe no gutsindwa ibitego 5 byose n’iyi kipe. Aganira n’itangazamakuru, umutoza Wenger yagize ati: “umukino wajyaga kumera kimwe, habonetse amahirwe menshi mbere y’uko igice cya mbere kirangira, nyuma Koscielny wacu twamubuze, nkeka […]
Igisirikare cya Uganda kiri guhiga umukuru w’inyeshyamba z’Abakongomani wihishe Arua
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko giteganya gutangira iperereza ku mitwe y’inyeshyamba y’Abanyekongo ivugwa mu karere ka West Nile, akaba ari nyuma y’aho uwari umugaba mukuru wa M23 wari wahungiye muri Uganda, Gen Sultan Makenga aburiwe irengero ndetse bikavugwa ko ari kumwe n’abarwanyi be. Lt. Ahmad Hassan Kato, wo muri division ya 4 y’ingabo za Uganda […]
Guverinoma y’u Burundi yanze kwitabira ibiganiro biyihuza n’abayirwanya
Guverinoma y’u Burundi iravuga ko itohereje abayihagarariye mu biganiro bihuza Abarundi byari biteganyijwe gutangira i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa kane, itariki 16 Gashyantare 2017. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi akaba n’umunyamabanga wa leta, Philippe Nzobonariba, leta yatagaje ko inenga urutonde rw’abatumiwe mu biganiro ndetse n’uko ibiganiro byateguwe n’ibizaganirwaho. Muri iryo tangazo nk’uko tubikesha urubuga […]
Minisiteri y’uburezi igiye gusohora amanota y’abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye
Kuri uyu wa 16 gashyantare 2017, minisiteri y’uburezi mu Rwanda irashyira ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri baheruka gukora ibizamini bisoza amashuri yisumbuye. Nk’uko byatangajwe n’iyi minisiteri, biteganyijwe ko aya manota aza gushyirwa ahagaragara ku isaha ya saa cyenda z’umugoroba, buei wese akaba afite ubushobozi bwo kureba amanota ye ku rubuga rwayo. Ni mu minsi micye ishize […]
Guinea: Amarushanwa ya Nyampinga yahagaritswe nyuma yo kwiyerekana bambaye ubusa
Minisitiri w’intebe mu gihugu cya Guinea yahagaritse amarushanwa ya Miss muri kiriya ihugu, nyuma yo kumutambuka imbere bambaye imyenda yo kogana mu byuzi. BBC ivuga ko guverinoma ya kiriya gihugu yahisemo guhagarika iyi gahunda nyuma yo gutangaza ko imyitwarire ijyanye n’imyambarire ya bariya bakobwa idahwitse ndetse ko idahuje n’umuco wo muri kiriya gihugu, ibyo bise […]
Gambia: Uwahoze ari Umushinjacyaha Mukuru wa TPIR yagizwe perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
Umucamanza Hassan Bubacar Jallow, wigeze kuba umushinjacyaha mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ndetse akaba yaragiye akora imirimo itandukanye mu nkiko za Loni, kuri uyu wa Gatatu yagizwe Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Gambia mu gihugu akomokamo aho bivugwa ko abacamanza b’Abanyamahanga ari bo bakunze kuba mu myanya ikomeye mu butabera. Bwana Hassan Jallow, washyizwe […]
RDC: Inyeshyamba zivuganye abasirikare zinatwika umwana ari muzima
Inyeshyamba zo mu mutwe wa FRPI (Force de résistance patriotique de l’Ituri) mu ijoro ryo kuwa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu ushize zagabye igitero ku birindiro bya gisirikare mu giturage cya Kaswara, mu birometero 75 mu majyepfo ya Bunia, aho zivuganye abasirikare babiri ba leta ndetse umwana umwe agatwikwa ari muzima nk’uko amakuru avuga. […]
Polisi yafashe imodoka irimo abagore babiri binjizaga mu gihugu inzoga zitemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze na Gatsibo, kuwa kabiri tariki ya 14 Gashyantare yafashe abantu 6 barimo 2 bafatiwe muri Musanze binjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda, n’abandi 4 bafatiwe muri Gatsibo bafite udupfunyika tw’urumogi. Abafatiwe muri Musanze ni Niyonsenga Claudine w’imyaka 23 wafatanywe amapaki 192 y’inzoga itemewe gucuruzwa mu Rwanda ya Blue […]
Itangira ry’iburanisha ry’abashinjwa iterabwoba ryaranzwe n'impaka z'urudaca
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwatangiye kuburanisha abantu hafi 50 mu baregwa ibyaha by’iterabwoba kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Gashyantare 2017 nyuma y’igihe kingana n’ umwaka bafunzwe. Ubushinjacyaha buvuga ko abaregwa bari mu mugambi wo kwiyunga ku bikorwa by’iterabwoba by’umutwe w’iterabwoba ushingiye ku mahame y’idini ya Kiyisilamu. Ni ku nshuro ya mbere ku rukiko hagaragaye […]