HF4l603WsAE-aRL

Abidjan: Umunyamabanga Mukuru wa OIF yagiranye ibiganiro na Perezida Ouattara

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Mata 2026, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yakiriwe, i Abidjan, na Alassane Ouattara, Perezida wa Repubulika ya Cote d’Ivoire.

HF4l6izXAAAGpp4

Ibiganiro byibanze ahanini ku bibazo bijyanye n’inama ya Francophonie itegerejwe, izabera muri Cambodge mu Gushyingo 2026.

HF4l7P XQAASsVp

Usibye ibyo bibazo, baganiriye ku bufatanye buri hagati ya CĂ´te d’Ivoire na OIF (Umuryango Mpuzamahanga wa Francophonie), burimo na MASA (MarchĂ© des arts du spectacle africain d’Abidjan) umuryango uharanira iterambere rya Francophonie ubu ukorera i Abidjan.

HF4l7i WYAAHYtZ

Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise  Mushikiwabo kandi yashimiye Perezida Ouattara ku kuba yarakomeje gushyigikira Francophonie.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *