Umuyobozi Mukuru (Intebe) wungirije w’Inteko y’Umuco, Uwiringiyimana Jean Claude n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri n’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Bamporiki Edouard kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 batangaje ko amabwiriza y’imyandikire y’Ikinyarwanda yateje impaka mu myaka 6 ishize agiye gukurwaho.
Aya mabwiriza yashyizweho n’urwego rwitaga Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco (RALC) mu 2014.
Aya mabwiriza yashyizeho ibihekane birimo ‘ns’, ku magambo amwe n’amwe. Kuva icyo gihe, ahandikwaga ‘intsinzi’ hahindutse ‘insinzi’, bamwe bagahamya ko ‘insinzi’ rikomoka ku nshinga ‘gusinda’, naho ‘intsinzi’ rigakomoka ku nshinga ‘gutsinda’.
Hari kandi aho amabwiriza y’imyandikire yo mu 2014, yasimbuje igihekane ‘jy’ ingombajwi ‘g’, ku magambo nka ‘amajyepfo’ (amagepfo), ‘umujyi’ rihinduka ‘umugi’ n’ibinyazina nka ‘wanjye’ byahindutse ‘wange’
Ahandi ni aho ahandikwaga ‘cy’ hahinduwe ‘k’, amagambo nka ‘icyemezo’ ahinduka ‘ikemezo’, ‘icyibo’ rihinduka ‘ikibo’ n’andi asa n’ayo.
Mu mabwiriza mashya, imyandikire y’amagambo nka: intsinzi, amajyepfo, umujyi, icyemezo n’andi yagizweho ingaruka n’amabwiriza yo mu 2014 igiye gusubiraho. Gusa Uwiringiyimana yemeje ko inyandiko zasohotse mbere y’aya mabwiriza, zizakomeza guhabwa agaciro.
Uwiringiyimana na Hon. Bamporiki bemeza ko impamvu aya mabwiriza yakuruye impaka, ari uko hatabanje ibiganiro hagati y’abashakashatsi n’Abanyarwanda, nka ba nyir’ururimi, kugira ngo batange ibitekerezo. Ni nacyo cyashingiweho kugira ngo hategurwe amabwiriza mashya.



30 Responses
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Hon Bamporiki turamushimiye kuba yongeye guha ururimi agaciro. Ntago ibyo abantu batekereza cg bavumbura byose ari iby’umumaro. Ururimi ni ingobyi iduhetse twese abanyarwanda: abato, abakuru, intiti n’abandi. Impinduka ku rurimi rero zikwiye kwigwaho neza, zikagaragaza icyo zije kumara kurusha guhindura byo guhindura ngo ejo tuzavuge ko wazanye agashya kdi kadafasha umuryango mugali.
Nimukomerezeho rwose kandi mukomeze mubungabunge uyu murage wacu wa gakondo
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Hon Bamporiki turamushimiye kuba yongeye guha ururimi agaciro. Ntago ibyo abantu batekereza cg bavumbura byose ari iby’umumaro. Ururimi ni ingobyi iduhetse twese abanyarwanda: abato, abakuru, intiti n’abandi. Impinduka ku rurimi rero zikwiye kwigwaho neza, zikagaragaza icyo zije kumara kurusha guhindura byo guhindura ngo ejo tuzavuge ko wazanye agashya kdi kadafasha umuryango mugali.
Nimukomerezeho rwose kandi mukomeze mubungabunge uyu murage wacu wa gakondo
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Cyakora hari aho amabwiriza yo mu mwaka wa 2014 yari yubahirije amabwiriza mpuzahamahanga mu myandikire, aho hagomba kwitabwa ku igabanywa ry’ibimenyetso mu kwandika, iyo nta rujijo bitera. Urugero: Ikibo/Icyibo. Mu ijambo rya nyuma ntihubahirijwe igabanywa ry’ibimenyetso mu kwandika. Ikindi kiza aya mabwiriza yari yakoze, ni ugushyira amazina y’iminsi ku rutonde rw’amazina bwite. Urugero: ku wa Mbere, ku wa Kabiri, …
Cyakora yari yirengagije cyane ko uko amagambo avugwa atari ko agomba kwandikwa byanze bikunze. Urugero: Amajyepfo, Amagepfo. Inyandikire iboneye ni Amajyepfo kuko ijambo rikomoka ku nshinga kujya
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Cyakora hari aho amabwiriza yo mu mwaka wa 2014 yari yubahirije amabwiriza mpuzahamahanga mu myandikire, aho hagomba kwitabwa ku igabanywa ry’ibimenyetso mu kwandika, iyo nta rujijo bitera. Urugero: Ikibo/Icyibo. Mu ijambo rya nyuma ntihubahirijwe igabanywa ry’ibimenyetso mu kwandika. Ikindi kiza aya mabwiriza yari yakoze, ni ugushyira amazina y’iminsi ku rutonde rw’amazina bwite. Urugero: ku wa Mbere, ku wa Kabiri, …
Cyakora yari yirengagije cyane ko uko amagambo avugwa atari ko agomba kwandikwa byanze bikunze. Urugero: Amajyepfo, Amagepfo. Inyandikire iboneye ni Amajyepfo kuko ijambo rikomoka ku nshinga kujya
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Nibyiza ko amabwiriza y’ imyandikire hagomba kuvamo urujijo rw’ rwibihekane bigenda binyuranywa Ku inyajwi, hakabaho imyandikire ihamye ntakuvangavanga ibihekane
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Nibyiza ko amabwiriza y’ imyandikire hagomba kuvamo urujijo rw’ rwibihekane bigenda binyuranywa Ku inyajwi, hakabaho imyandikire ihamye ntakuvangavanga ibihekane
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Nibyiza ko amabwiriza y’ imyandikire hagomba kuvamo urujijo rw’ rwibihekane bigenda binyuranywa Ku inyajwi, hakabaho imyandikire ihamye ntakuvangavanga ibihekane
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Nibyiza ko amabwiriza y’ imyandikire hagomba kuvamo urujijo rw’ rwibihekane bigenda binyuranywa Ku inyajwi, hakabaho imyandikire ihamye ntakuvangavanga ibihekane
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ariko se abari baratanze iyo proposal imyandikire?? Ahubwo bakwiye kugana ishuri aribo.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ariko se abari baratanze iyo proposal imyandikire?? Ahubwo bakwiye kugana ishuri aribo.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ariko ubundi uwari uhinduye ibintu buri wese yizemo ubwo yari ashingiye Ku ki?
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ariko ubundi uwari uhinduye ibintu buri wese yizemo ubwo yari ashingiye Ku ki?
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Njye numvaga atari ikinyarwanda ari nkicyi nyamurejye
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Njye numvaga atari ikinyarwanda ari nkicyi nyamurejye
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ubwo abihaye kuhindura ururimi rwacu bakarwangiza bazabibazwe mu nkiko.bakinishije abanyarwanda gusa nanjye byari barambabaje nkabura aho mbibariza.Thanks Bamporiki uri Umugabo.ubwo Kandi bahindure n’ibitabo batanze mu mashuri
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ubwo abihaye kuhindura ururimi rwacu bakarwangiza bazabibazwe mu nkiko.bakinishije abanyarwanda gusa nanjye byari barambabaje nkabura aho mbibariza.Thanks Bamporiki uri Umugabo.ubwo Kandi bahindure n’ibitabo batanze mu mashuri
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Turabyishimiye cyane n’izindi mpinduka zazaba mu rurimi rwacu bajye bakoresha ibiganirompaka batumize inzobere nyinshi zo mu Kinyarwanda n’abarezi basobanure ku igenamajwi
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Turabyishimiye cyane n’izindi mpinduka zazaba mu rurimi rwacu bajye bakoresha ibiganirompaka batumize inzobere nyinshi zo mu Kinyarwanda n’abarezi basobanure ku igenamajwi
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
none amafaranga y’umuturarwanda agiye kongera gutikira bandika ibitabo bisimbura ibyari bisanzwe! Ariko ubundi umuntu azajya ahindura ibintu akurikije uko avuga n’aho yavukiye? Biratangaje. Reka hazaze umugoyi cyangwa umurera azatwereka ko ibyo muvuga ntaho biba, azabihindagura mwumirwe! Nibazana uwigiye ikinyarwanda i Burayi, we azadukorera agatendo!
Guhanga ibishyashya ntibivuga gukuraho ibyari bisanzwe. Ubundi hari ingombajwi cyangwa icyajwi zihinduka bitewe n’inyajwi iziherekeje
urugero: mu-i; ku-i I iyo usoma uvuga “mwi” ku ishuri, mu isoko. “k” ikurikiwe na “i”yagakwiye guhinduka cy-i bazabirebeho . urugero : ikibo, ikigori, ikirahuri, ikiruhuko…..
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
none amafaranga y’umuturarwanda agiye kongera gutikira bandika ibitabo bisimbura ibyari bisanzwe! Ariko ubundi umuntu azajya ahindura ibintu akurikije uko avuga n’aho yavukiye? Biratangaje. Reka hazaze umugoyi cyangwa umurera azatwereka ko ibyo muvuga ntaho biba, azabihindagura mwumirwe! Nibazana uwigiye ikinyarwanda i Burayi, we azadukorera agatendo!
Guhanga ibishyashya ntibivuga gukuraho ibyari bisanzwe. Ubundi hari ingombajwi cyangwa icyajwi zihinduka bitewe n’inyajwi iziherekeje
urugero: mu-i; ku-i I iyo usoma uvuga “mwi” ku ishuri, mu isoko. “k” ikurikiwe na “i”yagakwiye guhinduka cy-i bazabirebeho . urugero : ikibo, ikigori, ikirahuri, ikiruhuko…..
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Shyamba turemeranya ibyo avuze ariya mabwiriza yari yafashe ikinyarwanda agihindura ikinyamurenge kandi ururimi ari ingobyi y’abenegihugu
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Shyamba turemeranya ibyo avuze ariya mabwiriza yari yafashe ikinyarwanda agihindura ikinyamurenge kandi ururimi ari ingobyi y’abenegihugu
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ibi ndabishimye,naho abo bari bavumbuye imyandikire mishya bashakaga kwica unwimerere wikinyarwanda
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ibi ndabishimye,naho abo bari bavumbuye imyandikire mishya bashakaga kwica unwimerere wikinyarwanda
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Imana ihe umugisha ababigizemo uruhare bose ngo bihindurwe nari narumiwe njyewe mbura icyo nkora. Nibazaga ukuntu abasaza nka bariya njya mbona mu biganiro mu nteko izirikana bemeye biriya bintu ngo ururimi rwacu rumirwe n’ikinyamurenge n’ibindi bimeze nk’ikirundi!. Ko numva bo iyo bavuga se bakoresha ikinyarwanda gitomoye kizima kitari pilate? Sinzi icyabiteye, gusa icyangombwa nibikosorwe.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Imana ihe umugisha ababigizemo uruhare bose ngo bihindurwe nari narumiwe njyewe mbura icyo nkora. Nibazaga ukuntu abasaza nka bariya njya mbona mu biganiro mu nteko izirikana bemeye biriya bintu ngo ururimi rwacu rumirwe n’ikinyamurenge n’ibindi bimeze nk’ikirundi!. Ko numva bo iyo bavuga se bakoresha ikinyarwanda gitomoye kizima kitari pilate? Sinzi icyabiteye, gusa icyangombwa nibikosorwe.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Rwose dushimiye izi mpinduka kuko byari byaratugoye gufata izi mpinduka twizemo kandi natwe dusaba kuzikoresha twigisha.
Urugero: *cyiza*:kiza
*Njyewe*:ngewe,*icyibo cyiza cy’iwacu: ikibo kiza k’iwacu. Mu by’ukuri ibi ntabwo byumvikanaga icyo bagendeyeho.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Rwose dushimiye izi mpinduka kuko byari byaratugoye gufata izi mpinduka twizemo kandi natwe dusaba kuzikoresha twigisha.
Urugero: *cyiza*:kiza
*Njyewe*:ngewe,*icyibo cyiza cy’iwacu: ikibo kiza k’iwacu. Mu by’ukuri ibi ntabwo byumvikanaga icyo bagendeyeho.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ubundi ahantu ingombajwi K ikurikirwa na n’inyajwi I ndetse n’inyajwi E( KI, KE) handikwa (CYI, CYE) icyenda, icyifuzo, icyerecyezo, cyiza.
Amabwiriza y’imyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Ubundi ahantu ingombajwi K ikurikirwa na n’inyajwi I ndetse n’inyajwi E( KI, KE) handikwa (CYI, CYE) icyenda, icyifuzo, icyerecyezo, cyiza.