2-5.jpg

Amafoto: Bisi ya kompanyi yo mu Rwanda yahiriye muri Uganda irakongoka

Sangiza iyi nkuru

Imodoka nini ya sosiyete Nyarwanda itwara abagenzi ya Trinity Express, yahiye irakongoka nyuma yo gufatirwa n’inkongi y’umuriro mu gihugu cya Uganda.

Iyi mpanuka yabereye ahitwa Mpigi, ku muhanda munini uva i Masaka werekeza i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda nk’uko The New Vision ibitangaza.

2-5.jpg

Nta muntu n’umwe wigeze atakariza ubuzima muri iyi mpanuka, mu bagenzi babarirwa muri 60 yari itwaye. Bose bayisohotsemo ari bazima.

1-4.jpg

Cyakora cyo Imodoka yo yahiye irakongoka nk’uko amafoto abigaragaza.

3-3.jpg

Kugeza ubu ntiharamenyekana icyateye iyi nkongi yatumye bisi ishya igatokombera.

Amafoto: The New Vision

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *