Muri iki gitondo cyo ku Cyumweru, Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame yifatanyije n’abaturage b’Umujyi wa Kigali, muri CarFreeDay idasanzwe, yateguwe na Minisiteri y’uburinganire n’Umujyi wa Kigali, mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage n’umuryango.
Amafoto:




Photos:@FirstLadyRwanda


