Mu masaha ya saa tanu kuri uyu wa 12 Kanama 2016 nibwo perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yasesekaye mu Karere ka Rubavu aho yabonaniye na perezida Kagame bakagirana ibiganiro hataramenyekana icyo byagezeho.
Perezida Kabila akaba yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe aho byari biteganyijwe ko aganira na mugenzi we w’u Rwanda ku mubano w’ibihugu byombi.
Amafoto:
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Photos: Flickr
@bwiza.com











