G3kwZ8pXUAALBDh

Amafoto: Perezida Kagame yakurikiye umukino w’indwanyi zabigize umwuga muri MMA

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu, itariki 18 Ukwakira 2025, muri BK Arena, Perezida Kagame yifatanyije n’abafana ibihumbi n’ibihumbi bitabiriye imirwano ya kimwe cya kabiri cy’irangiza ya Proffessional Fighters League (PFL) muri Afurika, ibi bikaba ari ibirori bikomeye by’imikino njyarugamba ivanze (MMA) byabereye muri Afurika y’Iburasirazuba.

G3kUKc1WgAALii

Perezida Kagame yari yicaranye na Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, hamwe n’uwahoze ari champion mu bafite ibiro byinshi muri UFC, Francis Ngannou, ubu akaba ari Chairman wa PFL Africa.

Mu mukino wakinwe n’uwo mu Rwanda, Isaac Omeda wo muri Uganda niwe wegukanye intsinzi nyuma yo gukubita James Opio.

G3kUKchW0AADlVL

G3kUKdAWYAAnnkW

Mu kiganiro nyuma y’umurwano, James Opio wo mu Rwanda yashimiye abafana bose bari bagiye kumushyigikira kandi akomoza ku bizakurikiraho, avuga ko ashishikajwe no gusubira mu myitozo kandi ategereje amahirwe ataha muri ring.

G3kwZ8lXgAADdyC

G3kwZ8pW8AA 5bR

G3jZi1tXgAAE 5y

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *