924bdbf1-41f5-46b1-bdfc-d0650818c285.jpg

Amafoto: Uko byari byifashe i Gatuna ahabereye inama yahuje Kagame na Museveni

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 hari inama ihuza abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Paul Kagame, Uganda, Yoweli Museveni Angola, Joao Lourenço na RDC , Felix Tshiskedi ku mupaka wa Gatuna/Katuna.

Iyi nama igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano y’i Luanda muri Angola agamije gukemura ibibazo by’umubano mubi uri hagati y’u Rwanda na Uganda.

Dore uko byifashe mu mafoto

924bdbf1-41f5-46b1-bdfc-d0650818c285.jpg
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame asuhuza mugenzi we wa Uganda, Yoweli kaguta Museveni

9fe3e1dd-1616-46a6-8c0e-203ff49f9733.jpg
Perezida wa Angola, Joao Laurenco asuhuza abandi bayobozi

e2792e79-6f36-44ad-90f4-4badf4cdddf4.jpg

e69c4306-9c61-4a79-b6e3-b65e81c9898b.jpg
Abakuru b’ibihugu bitabiriye ibiganiro

56fe3e7f-5d36-42c7-8b88-c1ea5ceb71c8.jpg
Perezida Kagame ubwo yageraga ku Mupaka wa Gatuna ahari bubere ibiganiro

8afaa22e-51bf-45de-b96f-a2940554986b.jpg
Umutekano wakajijwe

Byitezwe ko iyi nama isinyirwamo amasezerano yo kohererezanya abanyabyaha, hagati y’u Rwanda na Uganda.

Mu gihe ibihugu byombi byaba binyuzwe n’intambwe yatewe hagendewe ku byasabwe na buri gihugu mu gukemura ibibazo, aba bakuru b’ibihugu basuzuma ikibazo cyo “gusubiza mu buryo ibikorwa n’urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa ku mupaka uhuriweho hagati y’u Rwanda na Uganda.”

Amafoto: The New Vision na Chimpreports

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Amafoto: Uko byari byifashe i Gatuna ahabereye inama yahuje Kagame na Museveni
    BYA TUBERABYIZA CYANE KUKO NTITUKIBONA AKAGUNGA KOKURYA

  2. Amafoto: Uko byari byifashe i Gatuna ahabereye inama yahuje Kagame na Museveni
    BYA TUBERABYIZA CYANE KUKO NTITUKIBONA AKAGUNGA KOKURYA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *