Umunyamerika Joseph Ligon wafunzwe afite imyaka 15 y’amavuko, tariki ya 11 Gashyantare 2021 yafunguwe afite imyaka 83 y’amavuko, aho hari amaze muri gereza imyaka 68.
Nk’uko ibitangazamakuru birimo The Sun bibyemeza, Ligon wavukiye muri Leta ya Pennsylvania yakatiwe igifungo cya burundu mu 1953, nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwicanyi yakoranye na bagenzi be muri Philadelphia, bose basinze.
Uyu ni Ligon ubwo yari amaze imyaka igera ku 10 muri gereza
Byageze mu 2012, Urukiko rw’Ikirenga rutegeka ko abana badakwiye gukatirwa igifungo cya burundu, abari baragikatiwe bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko barimo Ligon, bibaha amahirwe yo kugabanyirizwa.
Itegeko ry’Urukiko rw’Ikirenga ryakurikijwe mu 2017, Ligon akatirwa imyaka 35 y’igifungo, iri munsi y’iyo yari amaze muri gereza.
Gusa ntabwo yahise afungurwa, kuko we yakomeje kuvuga ko n’ubwo urukiko rwamuhamije icyaha, we ntacyo yigeze akora nk’uko ibi bitangazamakuru bibivuga.
Umwunganira mu mategeko, Bradley Bridge yakomeje gusaba ko umukiriya we afungurwa kuko yarengeje imyaka y’igifungo, byemerwa mu Gushyingo 2020, ndetse umucamanza wa Philadelohia ategeka ko afungurwa mu gihe kitarenze iminsi 90.

Ligon ubu afite imyaka 83 y’amavuko




18 Responses
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ikiremwa muntu aho kiva kikagera nikibi bihagije! mubyukuri ubu arafunguwe ngo amare iki hanze? ibi n’ikindi gihano ahawe kuko ntacyo aje kumara kw’isi!!!!.
Akenshi igihano cyo gufunga igihe kirerekire ntikiba aricyo kugorora ufunzwe ahubwo n’uburyo bubi bwahiswemo kugirango umuntu adindize uhamwe n’icyaha ndetse apfe ntacyo yimarire nyamara hirengagijweko nyuma y’urupfu imbohe zibohoka.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Birumvikana ko icyo gihano atari ukugorora none abaye yarishe umuntu abo yiciye babibona bate?
Ikibi nukurenganwa ugafungwa uzira ubusa nkabakatiwe muri gacaca harimo abazize ubusa ntacyaha bakoze
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Birumvikana ko icyo gihano atari ukugorora none abaye yarishe umuntu abo yiciye babibona bate?
Ikibi nukurenganwa ugafungwa uzira ubusa nkabakatiwe muri gacaca harimo abazize ubusa ntacyaha bakoze
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Sha ndababaye pe muganise ko imyaka myinshi ayimazeyo azimarira iki ubuse yabyara nakana Imana izamufashe naho twe ikiremwa muntu ntacyo twamufashije
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Sha ndababaye pe muganise ko imyaka myinshi ayimazeyo azimarira iki ubuse yabyara nakana Imana izamufashe naho twe ikiremwa muntu ntacyo twamufashije
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ikiremwa muntu aho kiva kikagera nikibi bihagije! mubyukuri ubu arafunguwe ngo amare iki hanze? ibi n’ikindi gihano ahawe kuko ntacyo aje kumara kw’isi!!!!.
Akenshi igihano cyo gufunga igihe kirerekire ntikiba aricyo kugorora ufunzwe ahubwo n’uburyo bubi bwahiswemo kugirango umuntu adindize uhamwe n’icyaha ndetse apfe ntacyo yimarire nyamara hirengagijweko nyuma y’urupfu imbohe zibohoka.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Nonese ko tuvuga ibyo byahandi buriya inkinko z’urwanda zikatira 25 cg Burundu kubera ngo bacuruje ibiyobyabwenge bo ziba zigiye kubagorora…..
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Nonese ko tuvuga ibyo byahandi buriya inkinko z’urwanda zikatira 25 cg Burundu kubera ngo bacuruje ibiyobyabwenge bo ziba zigiye kubagorora…..
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe ndumiwe nukuri kumva umuntu afungwa akiri urubyiruko akavamo ari umusaza wa rukukuri
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe ndumiwe nukuri kumva umuntu afungwa akiri urubyiruko akavamo ari umusaza wa rukukuri
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe ndumiwe nukuri kumva umuntu afungwa akiri urubyiruko akavamo ari umusaza wa rukukuri
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe ndumiwe nukuri kumva umuntu afungwa akiri urubyiruko akavamo ari umusaza wa rukukuri
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe birababaje disi kubona umuntu afunwga akiri muto ariko akazavamo yarabaye umusaza nimvi zaraje.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Yewe birababaje disi kubona umuntu afunwga akiri muto ariko akazavamo yarabaye umusaza nimvi zaraje.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ubundi imbere yo gutanga imyaka nkiyo yigipfungo baba bakwiye gutanga igihano gifatiye hagufi co kwisubirako yabandanya ayo mabi agapfungwa uwo guherayo kuko gufatiraho hurubwo usanga aruwamurenganije.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ubundi imbere yo gutanga imyaka nkiyo yigipfungo baba bakwiye gutanga igihano gifatiye hagufi co kwisubirako yabandanya ayo mabi agapfungwa uwo guherayo kuko gufatiraho hurubwo usanga aruwamurenganije.
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ntakundi nukwihangana kuko abacamanza nabamuburanira bize amategeko ariko birabagora guhuriza kukintu kimwe. Hagupfa wozanzama
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83
Ntakundi nukwihangana kuko abacamanza nabamuburanira bize amategeko ariko birabagora guhuriza kukintu kimwe. Hagupfa wozanzama