Grand P na Eudoxie bari mu rukundo

Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi

Sangiza iyi nkuru

Amafoto y’umunyamideli akaba n’umuhazi Eudoxie Yao ufite ubunini budasanzwe n’umukunzi we Grand P, akomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga.

Inkuru y’urukundo rwa Eudoxie ukomoka muri Côte d’Ivoire na Grang P ukomoka muri Gunea, yatangiye gusakara ubwo ikinyamakuru Afrique sur 7 cyabakoragaho inkuru muri Nyakanga uyu mwaka.

Grand P usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi, yavuze ko kuba we n’umukunzi we batangana mu biro no mu burebure bitigeze biba imbogamizi ku rukundo rwabo, kabone n’ubwo hari ababyuririraho bakabaseka.

Abinyuje ku rukuta rwe rwa Instagram, Eudoxie usanzwe akurikirwa n’abarenga miliyoni yamaganye abakomeza kubibasira abibutsa ko urukundo rujya aho rushatse.

Grand P na Eudoxie bari mu rukundo
Grand P na Eudoxie bari mu rukundo

photo_1-2.jpg
photo_6.jpg
photo_7.jpg
photo_6.jpg
Grand P na Eudoxie bari mu rukundo
Grand P na Eudoxie bari mu rukundo

photo_2.jpg

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi
    Bazagenzure niba hatarimo n’ihohitera. Gusa nemera ko bishoboka ari kuri aba siko bimeze. Harimo business.

  2. Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi
    Bazagenzure niba hatarimo n’ihohitera. Gusa nemera ko bishoboka ari kuri aba siko bimeze. Harimo business.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *