Amafoto y’umunyamideli akaba n’umuhazi Eudoxie Yao ufite ubunini budasanzwe n’umukunzi we Grand P, akomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Inkuru y’urukundo rwa Eudoxie ukomoka muri Côte d’Ivoire na Grang P ukomoka muri Gunea, yatangiye gusakara ubwo ikinyamakuru Afrique sur 7 cyabakoragaho inkuru muri Nyakanga uyu mwaka.
Grand P usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi, yavuze ko kuba we n’umukunzi we batangana mu biro no mu burebure bitigeze biba imbogamizi ku rukundo rwabo, kabone n’ubwo hari ababyuririraho bakabaseka.
Abinyuje ku rukuta rwe rwa Instagram, Eudoxie usanzwe akurikirwa n’abarenga miliyoni yamaganye abakomeza kubibasira abibutsa ko urukundo rujya aho rushatse.










2 Responses
Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi
Bazagenzure niba hatarimo n’ihohitera. Gusa nemera ko bishoboka ari kuri aba siko bimeze. Harimo business.
Amafoto y’abakunzi bahabanye mu biro akomeje kuvugisha benshi
Bazagenzure niba hatarimo n’ihohitera. Gusa nemera ko bishoboka ari kuri aba siko bimeze. Harimo business.