youn.jpg

Amafoto y’umusore wo muri Burkina Faso usa na Perezida Kagame

Sangiza iyi nkuru

Mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou hari umusore wamamaye kubera ko ajya gusa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.

Nk’uko urubuga Afrik Buzz rwabitangaje, uyu musore utatangarijwe amazina, iwabo bamwita ‘Paul Kagame wa Ouagadougou’ bitewe n’uko ajya gusa n’Umukuru w’Igihugu.

Nta byinshi uru rubuga rwamuvuzeho keretse gushyira ahagaragara amafoto y’uyu musore bigaragara ko akunze kwambara amataratara nka Perezida Kagame.

youn.jpg Uyu musore iwabo bamwise Paul Kagame

young.jpg

Urubuga BT Media rwo rwatangaje ko mu byifuzo by’uyu musore, harimo ko umunsi umwe yazahura na Perezida Kagame.

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. Amafoto y’umusore wo muri Burkina Faso usa na Perezida Kagame
    Cyokoza ibi biratangaje rwose nange ndabona basa pe.H.E azamuhe amahirwe babonane pe

  2. Amafoto y’umusore wo muri Burkina Faso usa na Perezida Kagame
    Cyokoza ibi biratangaje rwose nange ndabona basa pe.H.E azamuhe amahirwe babonane pe

  3. Amafoto y’umusore wo muri Burkina Faso usa na Perezida Kagame
    barasa byo pe! Akiri umusore, atarahura no kwikorera umuzingo w’ibibazo by’u Rwanda ashobora kuba ari uku yasaga.

  4. Amafoto y’umusore wo muri Burkina Faso usa na Perezida Kagame
    barasa byo pe! Akiri umusore, atarahura no kwikorera umuzingo w’ibibazo by’u Rwanda ashobora kuba ari uku yasaga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *