6eeeb7e6-7749-4fdd-9cce-4e8fff723891.jpg

Amatora: Mu byangombwa Diane Rwigara yatanze habuzemo bimwe

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Kane, itariki 30 Gicurasi 2024, Shima Diane Rwigara yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC kandidatire ye nk’umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka, aho mu byangombwa yatanze hari bimwe biburamo.

6eeeb7e6-7749-4fdd-9cce-4e8fff723891.jpg

Diane Rwigara yabaye umukandida wa karindwi utanze kandidatire kuri uyu mwanya.

6f3319f0-f92e-4e85-913e-2c9b76394192.jpg

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru yavuze ko kubona imikono y’abantu bamuzi uyu mwaka atigeze agira imbogamizi nk’uko byagenze muri 2017.

0cdd751f-f594-49c1-9b59-06ee02cd6972.jpg

Mu byangombwa yatanze habuzemo icyangombwa kigaragaza y’uko nta bundi bwenegihugu afite ndetse n’icya muganga wemewe na Leta.

NEC yamusabye kubishaka akayibishyikiriza vuba.

a79794e5-6a46-40e4-bf65-534e4d3dc45d.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *