Ba Gen Mubarakh na Nyakarundi batangiye inshingano nk’abayobozi bashya ba RDF (Amafoto)

csm_1_880545b66f.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yatangiye inshingano, nyuma yo gukora ihererekanyabubasha na Gen Jean Bosco Kazura yasimbuye. Mu ijoro ryakeye ni bwo Lt Gen Muganga yagizwe na Perezida Paul Kagame Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, mu mpinduka zitandukanye yakoze mu buyobozi bukuru bwazo. Umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ye na Gen Kazura wabereye […]

Burundi: Leta yahagaritse ibikorwa byose by’ishyaka CNL

Leta y’u Burundi yahagaritse by’agateganyo ibikorwa byose by’ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, kubera akavuyo n’umwiryane umaze iminsi urivugwamo. Icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’iri shyaka cyafashwe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Burundi, mbere yo kukimenyesha umunyapolitiki Agathon Rwasa uriyobora mu ibaruwa yamwandikiye kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 06 Kamena 2023. Minisitiri Martin Ninteretse […]

Inkuru ya Nibagwire wasenyewe n’umupasiterikazi kugeza amwambuye umugabo

Nibagwire yavuze agahinda ke

Umugore witwa Nibagwire Genevieve afita agahinda kenda kumuturitsa umutima nyuma yo gufata umugabo we asambana n’umugore w’inshuti ye. Nibagwire avuga ko ubusanzwe yari abanye neza n’umugabo we bashyigikirana muri byose, ariko nyuma ibyari ibyishimo byajemo amarira, nyuma y’uko umupasiterikazi wari inshuti ye yaje kumuca inyuma amutwara umugabo ndetse bikanarangira amuteye inda. Ati” Ubundi natangiye kujya […]

Abanyarwanda bakunda gushyingiranwa n’abafite agatubutse: Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo Nyafurika cy’Amahoro n’Uburumbuke (African Peace and Prosperity Institute), bugaragaza ko Abanyarwanda bakunda guhitamo abo bashyingiranwa bagendeye ku butunzi n’ingano y’amafaranga binjiza. Iki kigo mu bushakashatsi bwacyo kivuga ko 30.9% babajijwe bagaragaje ubushake bwo gushyingirwa ku muntu uhembwa cyangwa winjiza ubutunzi bwinshi, mu gihe abagera kuri 31.5% bo bavuze ko ubutunzi bwinshi atari […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col. Gasana Godfrey

ftsokr4waaareth.jpg

Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Colonel Gasana Godfrey amuha ipeti rya Général de Brigade. Gasana asanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira mu kirere kuva muri 2020, ubwo yazamurwaga mu ntera na Perezida wa Repubulika amuvanye ku ipeti rya Lieutenant Colonel. Izamurwa mu ntera rye ryemejwe n’ubuyobozi […]

Ese hari imyaka runaka kubageze mu zabukuru bahagarika imibonano?

Ni kenshi uzumva umuntu abonye umusaza cyangwa umukiceru akibaza niba bagishobora gutera akabariro bitewe n’uko ababona.Mu gihe cy’ubugimbi cyangwa ubwangavu, usanga aribwo umukobwa cyangwa umuhungu atangira kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ariko nanone imyaka igenda izamuka ubushake bugenda bugabanuka. By’umwihariko ku bagore bageze mu gihe cyo gucura,usange ubushake bugabanuka ugereranyije n’abagagabo bitewe n’uko muri […]

Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere

Rayon Sports yamaze gusinyisha myugariro Bugingo Hakim wakiniraga Gasogi United, aba umukinnyi wa mbere isinyishije muri iyi mpeshyi. Bugingo Hakim wari umukinnyi ngenderwaho muri Gasogi United yakiniraga inyuma ku ruhande rw’ibumoso, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira iriya kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yari asoje amasezerano muri Gasogi United. […]

Nyaruguru: Abakora ibikoresho by’ikoranabuhanga barasaba gukurwa ku izuba

Abasore n’inkumi bakora amatelefone n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga mu mujyi wa Kibeho w’akarere ka Nyaruguru, bavuga ko babangamiwe cyane n’uko aho bakorera ubu ngubu mu isoko rya kijyambere hadasakaye. Iyo imvura iguye irabanyagira ikangiza ibikoresho byabo n’izuba ryava ari ryinshi rikabica. Ni nyuma yuko, mu rwego rwo guca akajagari, muri Mutarama 2023, ubuyobozi bw’umurenge wa Kibeho […]

Umunyeshuri yaburiwe irengero, aza kubonwa yapfuye

Muri Kenya, umunyeshuri wari umaze igihe yaraburiwe irengero yasanzwe mu kinamba yapfuye, nyuma y’ibyumweru bibiri ashakishwa. Ku itariki 24 Gicurasi 2023 ni bwo Stallion Kepletting Bett wigaga mu ishuri ryisumbuye rya Ndururumo riherereye ahitwa Laikipia muri Kenya, yaburiwe irengero mu buryo bw’urujijo ubwo basohokaga muri iri shuri berekeza mu mujyi wa Nyahururu. Nyuma y’ibyumweru bibiri […]

Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ‘kuyigambanira’

Ikipe ya Kiyovu ya Kiyovu Sports biravugwa ko yamaze gufata icyemezo cyo kwereka umuryango abakinnyi bayo bakomeye ndetse n’abatoza bayo, nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2022/23 uyibereye impfabusa. Kiyovu Sports yageze ku munsi wa 28 wa shampiyona ifite amahirwe yo kwegukana Igikombe cya shampiyona ndetse n’icy’amahoro; gusa biza kurangira ibuze byombi ku munota wa nyuma. […]

Pastor Bugembe yatakambiye Alien Skin uherutse guhondagurwa na Pallaso

Pasiteri akaba n’umunyamuziki muri Uganda, Wilson Bugembe yatakambiye umuhanzi Alien Skin ngo ababarire Pius Mayanja uzwi nka Pallaso nyuma y’uko uherutse kumukubita. Bugembe asabiye imbabazi Pallaso nyuma y’uko nawe yari aherutse kuzisaba avuga ko ibyamubayeho atazabyongera.Amakimbirane ahanini yatangiye uyu muhanzi ubwo yashinjaga Alien Skin kubangamira igitaramo yarimo ategura. Nyuma yaho Pallaso yifashishije imbuga nkoranyambaga yasabye […]

Ushinja Rutunga yasabye kurindirwa umutekano mu rukiko

Umutangabuhamya wahungiye mu kigo cya ISAR Rubona yari iyobowe na Rutunga Venant mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasabye urukiko ko yatanga ubuhamya arindiwe umutekano kugira ngo atamenyekana. Uyu mutangabuhamya kandi yanatanze ubuhamya, ubwo muri iki kigo cya ISAR Rubona bibukaka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko yari yarahungiye muri […]

Lt. Gen Mubarakh Muganga yagizwe Umugaba Mukuru wa RDF, CGP Marizamunda agirwa Minisitiri w’Ingabo

Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bwazo zasize Gen Jean Bosco Kazura wari Umugaba Mukuru wazo na Maj Gen Murasira Albert wari Minisitiri w’Ingabo bahinduriwe imirimo. Iby’izi mpinduka byatangarijwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu ijoro kuri uyu wa Mbere tariki ya 05 Kamena […]

ANR yemeje ko umujyanama wa Katumbi ifunze azira abarimo Karega na Kabarebe

Ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) bwatangaje ko Salomon Kalonda buheruka guta muri yombi mu byo azira harimo kuvugana na bamwe mu bayobozi b’u Rwanda, mu mugambi wo guhirika ubutegetsi. Salomon Idi Kalonda Della asanzwe ari umujyanama wihariye w’umunyapolitiki Moise Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’i Kinshasa. Mu cyumweru gishize ni bwo yatawe muri […]

Arashinjwa kumutera inda, yarangiza akamutwika

Urukiko rwo mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha umusore ushinjwa gutera inda umukobwa w’umunyeshuri, yarangiza akamutwika kugeza ashizemo umwuka. Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo uyu musore yatangiye kujya imbere y’ubushinjacyaka kugira ngo abazwe ku byaha ashijwa byo gutera icyuma ndetse no gutwika umukobwa w’umunyeshuri w’imyaka 15 y’amavuko, bikaba binavugwa ngo yari yaranamuteye inda nk’uko […]

Ubushakashatsi bugaragaza iki mu gihe umugore akoze imibonano ari mu mihango?

Mu gihe bimenyerewe ko umugore mu gihe umugore ari mu gihe cy’imihango, adakora imibonano mpuzabitsina bigendeye ku mico imwe nimwe, ubushakashatsi bugaragaza ko iyo ayikoze ntacyo imuhungabanyaho mu gihe abyishakiye atabihatiwe. Ubusanzwe gukora imibonano mpuzabitsina nta gihe biba bitemewe mu gihe cyose abagiye kuyikorana babyiteguye kandi bujuje ibisabwa. Ibisabwa tuvuga hano ni ukuba babyemeranyijeho kandi […]

Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Hari abaturage batujwe na Leta mu mudugudu wa Rwenyemera, umurenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare bavuga ko bamaze imyaka irenga icumi batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka bwabo. Bavuga ko batujwe muri uyu mudugudu mu mwaka wa 2012, aho bamaze imyaka irenga 10 batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka bwabo nk’uko bitangazwa na RBA. Aba baturage bagera kuri mirongo itanu […]

Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko hari ba major babiri bo mu ngabo z’igihugu cye bafunzwe, nyuma yo kugaragaza ubugwari ubwo Al Shabaab yagabaga igitero ku birindiro by’Ingabo za UPDF. Mu gitondo cyo ku wa 29 Gicurasi ni bwo abarwanyi b’uriya mutwe bateye ibirindiro by’Ingabo za Uganda biherereye mu gace ka Buulo Mareer […]

Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

Amashu ni zimwe mu mboga zifasha umubiri w’umuntu kugira ubuzima bwiza binyuze mu ntungamibiri wakira , ikindi kandi n’uko bifasha igogorwa no kurinda impatwe ku muntu yibasiye.Kurya byagaragajwe ko kurya imboga z’amashu bifitiye akamaro gakomeye umubiri w’umuntu. Ubundi amashu n’ibiribwa bibarizwa mu bwoko bw’imboga,aho usanga abenshi bavuga ko kuyarya nta mumaro ahubwo ngo atera inzara […]

Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe

Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma y’uko bagiranye amakimbirane. Polisi ya Uganda yo mu karere ka Mukono iri gukora iperereza ku rupfu rw’umunyeshuri w’imyaka 25 y’amavuko wigaga muri Uganda Christian University, nyuma y’uko arashwe n’ushinzwe umutekano kuri uyu wa 4 Kamena 2023. Uyu munyeshuri witwa Rudeny Agaba, akomoka mu gace […]

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani Paruwase ya Remera bamusezeragaho mbere yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru yatangiye taliki 4 Kamena 2023.Uyu mushumba usanzwe akorera umurimo w’Imana muri iyo Paruwasi, yaraswe ubutwari bwe no kwitanga kuri uwo mu rimo by’umwihariko mu gace k’i Remera ahazwi nko mu Giporoso. Mu birori […]

FARDC iryamiye amajanja kubera M23: Icyegera cya Bemba

Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu ziryamiye amajanja bijyanye no kuba hari impungenge z’uko isaha n’isaha zishobora guterwa na M23. Minisitiri Sammy Adubango yabitangaje ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo yagezaga ijambo ku nama y’Abaminisitiri y’ijana Perezida Félix Tshisekedi yayoboye. Yavuze ko “Ingabo za Congo ziryamiye amajanja […]

Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC

Rayon Sports yatuye Perezida Paul Kagame Igikombe cy’Amahoro cya 2023 iheruka kwegukana, nyuma yo gutsinda APR FC bari bahuriye ku mukino wa nyuma igitego 1-0. Aya makipe yombi akunzww kurusha ayandi mu Rwanda yahuriye i Huye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, mu mukino wasize Rayon Sports yegukanye Igikombe icyo ari cyo cyose nyuma y’imyaka ine […]

Idubu yariye amapaki 60 y’imigati

Idubu yagabye igitero mu nzu ikorerwamo imigati n’andi moko y’ibiva mu ifarini, maze iryamo amapaki mirongo itandatu. Inkuru dukesha CNN ivuga ko mu mujyi wa Bedford uherereye muri Massachusetts muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iduvu yavuye mu ishyamba rya Connectcut, yinjira muri iyi nzu, ni ko kuryamo iyi migati yose. Nyir’iyi nzu avuga ko […]

Abanyamideli bavuga ko barijijwe n’ifungwa rya Turahirwa

Bamwe mu bakora mu mwuga wo kumurika imideli mu Rwanda bavuga ko barijijwe bakanababazwa no kuba Turahirwa Moses yaratawe muri yombi. Ibi babivuze, ubwo baganiraga n’umunyamakuru wa The Choice Live ubwo bari mu muhango wo gutanga ibihembo by’irushanwa rya Kalisimbi International Multicultural Festival. Ncogoza Jean Tekno avuga ko kuba Turahirwa yaratawe muri yombi bidakwiye kwitirirwa […]

Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda bakoze amahugurwa agamije gukura Perezida Yoweri Kaguta Museveni ku butegetsi mu 2026. Inkuru dukesha ikinyamakuru The Daily Monitor ivuga ko kuva tariki ya 2 Kamena 2023, abanyapolitiki bo mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda bari mu mahugurwa agamije kwiga neza uburyo bazatsinda ishyaka riri ku butegetsi NRM, mu […]

Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame

Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza, yatangaje ko ahanze amaso Perezida Paul Kagame ugomba kumukuraho ubusembwa, kugira ngo yemererwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu. Mu Ukuboza 2013 ni bwo Ingabire yakatiwe imyaka 15 y’igiungo nyuma yo guhamywa ibyaha birimo kugambanira igihugu agamije kukibuza umudendezo ndetse no kurema umutwe w’abagizi ba nabi. Ni icyaha yakatiwe nyuma y’uko we […]

Musanze: Bahangayikishijwe n’ubutaka bwabo bwabaruwe kuri Leta

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Gashaki bavuga ko bamaze imyaka irenga icumi basaba ibyangombwa by’ubutaka bwabo batarabibona. Ni abaturage bo mu tugari twa Kivumu, Muharuro ndetse na Mbwe. Bavuga ko bafite ubutaka mu nkengero z’ikiyaga cya Ruhondo, aho ngo butigeze bubarurwa none, ubu bukaba bwaragizwe ubwa Leta kandi ari […]

Hari abibwira ko imibonano ikorewe mu kanwa itakwanduza HIV/SIDA

Abantu bamwe usanga bigengesera ntibakore imibonano mpuzabitsina idakingiye, kuko bazi ko bakwandura Virusi itera SIDA nyamara bagahitamo kuyikorera mu kanwa (Oral Sex) bibwira ko bayikwepye nyamara biba ari ukwibeshya. Abakurikiranira iby’iyi Virus bavuga ko kwandura HIV bidasaba ko umuntu yakoze imibonano yo guhuza ibitsina gusa, kuko hari n’ibindi byinshi umuntu ayanduriramo kandi bikunda kutitabwaho nyamara […]

Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’

Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’u Budage, bijeje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuyifasha kotsa igitutu Perezida Paul Kagame kugira ngo ahagaike igitero bavuga ko yagabye kuri RDC. Ku wa Gatanu tariki ya 02 Kamena 2023 ni bwo itsinda ry’abadepite batandatu b’Abadage bagiriye uruzinduko muri Congo, aho bakiriwe na Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya […]

Imwe mu ndenge RDC iherutse kugura yasandaye itaragera i Goma

Mu gihe hatarashira icyumweru hamenyekanye ko repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaguze indege enye z’intambara, hatarashira kabiri, andi makuru avuga ko imwe muri izi ndege yakoze impanuka ikomeye. Izi ndege zaguzwe muri Tchad binyuze muri Agemira RDC, akaba ari ikigo kiyoborwa n’Umufaransa, Olivier Bazin, wamenyekanye nka ‘Colonel Mario’. Kuva muri Gicurasi 2022, iki kigo gikora […]

Perezida Ruto yatanze integuza ku barimo abanyarwenya bamurusha umushahara

Perezida wa Kenya William Ruto, avuga ko yabwiye abashinzwe gukurikirana iby’ikoranabuhanga muri Guverinoma ko bakurikirana abanyarwenya n’abandi binjiza amafaranga binyuze ku mbuga nkoranyambaga nka You Tube kugirango bagabanyirizwe umusoro. Ibi yabivuze kuri uyu wa gatanu agaragaza ko aba banyarwenya usanga barihangiye umurimo bikaba binafasha urubyiruko rwinshi na sosiyete bityo ko abona bakwiye kugabanyirizwa imisoro. Zimwe […]

Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi

Umurambyi Mbonyicyambu Israel yasubije abibaza niba yaba afite umukunzi, ashimangira ko amufite. Mbonyi asanzwe ari umwe mu baririmbyi b’indirimbo zo kuramya ndetse no guhimbaza Imana buje igikundiro cyinshi, bitewe n’indirimbo ze zikora ku mitima y’abazumva. Hejuru y’ibi hiyongeraho kwigarurira imitima y’abiganjemo igitsina gore, bitewe n’uburanga buhebuje afite. Uyu musore mu kiganiro aheruka kugirana na ISIMBI […]

Rihanna akomeje gusarura imbuto yabibye mu muziki no muri Fenty Beauty

Rihanna aryohewe n'umuziki

Umuhanzikazi Rihanna wamamaye mu bihangano byakunzwe n’ubu bigikurikirwa cyane akomeje kwigwizaho umutungo akomora ku nganzo ye y’umuziki ariko nanone abifashijwemo na kompanyi yiwe yashinze izwi nka Fenty Beauty. Iyi sosiyete yashinze muri Nzeri 2017, ahanini yiyo yamwongereye imbaraga ku mutungo we aho yagize uruhare mu gutuma agira umutungo ungana na miliyari 1.4 z’Amadorali.Uyu mutungo kandi […]

Mexico: Polisi yatahuye ibikapu 45 byuzuyemo ibice by’imibiri y’abantu

Polisi ya Mexico yatoye ibikapu mirongo ine na bitanu byuzuyemo ibice by’imibiri y’abantu. Inkuru dukesha igitangazamakuru cya CNN ivuga ko byari bifite ibimenyetso bigaragaza ko ari iby’abakozi b’ikigo cy’Ubushinjacyaha cya Jalisco bakoraga muri serivisi yo kwakira abifuza ubufasha kuri telephone, ibi bizwi nka Call Center. Umwe mu bashinjacyaha bakorera muri iki kigo witwa Joaquin Mendez […]

Nyaruguru: Abahinzi bari mu gihirahiro

Hari igice kinini cyo muri iki gishanga cyaburiwe imbuto

Abahinga mu gishanga cy’Ikibaza giherereye hagati y’imirenge ya Kibeho na Rusenge mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko mu mpera za Mata 2023, batangiye gutera imbuto y’ibirayi bahabwaga n’akarere, ishira hari benshi badateye kandi imirima yabo yari iteguye, n’ifumbire iri mu binogo. Magingo aya, nyuma y’ukwezi kurenga, ntibarabona imbuto, n’ifumbire bashyize mu binogo yamaze kwangirika. Barasaba […]

Ibihugu by’ibihangange 17 birimo Amerika byihanangirije RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse n’ibindi bihugu 15 bihanangirije ubutegetsi bwa Congo Kinshasa ndetse n’abatavuga rumwe na bwo, babasaba gukora ibishoboka byose ngo amatora ateganyijwe muri iki gihugu azabe mu mahoro. Ni ibikubiye mu itangazo rihuriweho ibi bihugu byasohoye ku wa Gatanu tariki ya 02 Kamena 2023. Mu mezi atandatu […]

PM à‰douard Ngirente yitabiriye inama idasanzwe i Luanda

Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, ari i Luanda mu murwa mukuru wa Angola aho yitabiriye inama idasanzwe y’inama mpuzamahanga mu Karere k’ibiyaga bigari (ICGLR). Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Kamena, ikaza kubera i Luanda. Ni ku ncuro ya 10 iyi nama iza kuba iba. Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente uri […]

Perezida Touadéra yasuye RDF (Amafoto)

20230602_191007.jpg

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, kuri uyu wa Gatanu yasuye Ingabo z’igihugu cye ndetse n’iz’u Rwanda i Bangui. Izi ngabo Touadéra yazisuye mu kigo cya gisirikare mu kigo cya gisirikare cya Camp Beal kiri mu muri uriya murwa mukuru wa Centrafrique. U Rwanda rufite muri iki gihugu Ingabo ziri mu byiciro bibiri, zirimo […]

Wari uziko kurya Salade bishobora kurinda amagufa kumungwa?

Hari abantu usanga batakwegera amafunguro adaherekejwe na Salade.Impamvu rero nta yindi usibye kuba ayirya baba bazi ibanga ryayo, aho ikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye harimo n’izishobora kurinda amagufa kumungwa. Foodal.com ivuga ko kurya salade bifitiye umubiri akamaro kanini , kubera ko salade iba ikungahye ku ntungamubiri nyinshi kandi z’ingenzi ku mubiri wa muntu .Salade zikorwa mu […]

Musanze: Abakora ‘pavés’ bafatiriye imodoka ya rwiyemezamirimo

Mu karere ka Musanze, abaturage bafatiriye imodoka ya rwiyemezamirimo bashinja kubambura amafaranga bakoreye ubwo bamukoreraga amapave. Ni abaturage bo mu murenge wa Muko basanzwe bakora akazi ko gutunganya amabuye bayaconga maze bagakoramo amapave. Bakorera mu ruganda rukora amapave ruherereye mu kagari ka Mburabuturo. Aba baturage bavuga ko bamaze amezi abiri badahembwa, bakavuga ko ari ikibazo […]

Senateri yasabye ko ibiruhuko by’akazi byiyongera

Umusenateri witwa Karungo wa Thangwa wo muri Kenya, arasaba ko Leta yakongera ibiruhuko by’akazi mu rwego rwo kwihutisha iterambere. Uyu musenateri wo mu karere ka Kiambu, avuga ko mu cyifuzo cye, iminsi y’ibiruhuko yemewe na Leta ikwiye kwiyongera. Ngo nko mu gihe ikiruhuko cya Leta kizaba ari kuwa Kabiri, no ku munsi uwubanziriza wo kuwa […]

Donald Trump ahangayikiye Joe Biden nyuma yo kwikubita hasi

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje guhangayikira Joe Biden wamusimbuye ku ntebe ya Perezida, nyuma y’uko yituye hasi.Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hacicikanye amafoto n’amashusho ya Perezida Biden yitura hasi ubwo yari mu birori. Akimara kugwa Trump yatangaje ko ahangayikiye mugenzi we, anabaza niba ubuzima […]

Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports

Kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul, yasabye imbabazi Captain (Rtd) Uwayezu Jean Fidèle usanzwe ari Perezida wa Rayon Sports nyuma yo kugumura bagenzi be. Kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru muri Rayon Sports haravugwamo amakuru y’abakinnyi bari barigumuye bakanga kujya gukina umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro iyi kipe ifitanye na APR FC kuri uyu wa […]

Malawi igiye kwirukana ku butaka bwayo impunzi hafi 400 z’Abanyarwanda n’Abarundi

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Malawi, Kenneth Zikhale N’goma, yahagaritse ubwenegihugu iki gihugu cyari cyarahaye impunzi 396 z’Abanyarwanda n’Abarundi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo gusanga ziriya mpunzi zarabonye ubwenegihugu mu buryo bushidikanwaho. Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri Minisiteri y’Umutekano muri Malawi, Patrick Botha, yatangaje ko guhagarika ubwenegihugu bwa ziriya mpunzi bikurikije amategeko rusange n’ay’umutekano w’imbere muri Malawi. […]

Rwamagana: Umunyeshuri wakuwe amenyo 6 arasaba kurenganurwa

Umunyeshuri utuye mu karere ka Rwamagana, umurenge wa Muyumbu, arasaba kurenganurwa nyuma yo gukubitwa itafari na mwarimu we, akamukura amenyo atandatu. Habineza Mohammed w’imyaka 17 y’amavuko, arasaba kurenganurwa agahabwa insimburangingo z’amenyo, nyuma y’uko mwarimu we wamwigishaga amahame y’Idini ya Islamu amukubise itafari akamukura amenyo agera kuri atandatu. Habineza vuga ko uyu mwarimu yari yemeye ko […]

Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira

Carlos Ferrer, usanzwe ari umutoza w’Amavubi yatangaje ko impamvu atashyize Haruna Niyonzima ku rutonde rw’Abakinnyi bazakina ku mukino Amavubi azahuramo na Mozambique, ari uko ngo amuvangira mu bitekerezo. Ni amakuru yatangaje ubwo mu rutonde rw’abakinnyi 28 rwasohokaga, hatagaragayeho umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni akaba n’umwe mu nkingi za mwamba ikipe y’igihugu yagenderagaho. Ni umukino […]

Namenye ko umugore wanjye aryamana n’umushoferi we none byanyobeye-nkore iki?

Umukunzi wacu yifuje kugisha inama nyuma y’uko ngo umushoferi n’umugore we bajya bigobeka bagakora imibonano mpuzabitsina bitwaje ko ngo nshaje. Amazina yo sinyavuga, gusa nkunda gukurikira inkuru zanyu cyane cyane by’umwihariko inkuru ziba zigisha inama abasomyi.Mu buzima busanzwe ndi umucuruzi ariko nkaba ntuye i Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba. Ndi umugabo w’imyaka 70, ariko nkaba naratandukanye […]

Ama G The Black yarimiyeho itaka abahanzi baririmba inkundo

Umuhanzi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G the Black, yibasiye abahanzi baririmba indirimbo zibanda ku rukundo, aho abashinja gutanga ubutumwa bwo gukundana batihereyeho. Ibi yabigarutseho, mu kiganiro yagiriye kuri Magic Fm, aho uyu muhanzi yashimangiye ko n’ubwo ngo hari ahanzi baririmba urukundo batarumurusha.Ikindi kandi ngo bo baririmba ibyo badakora ahubwo bagashora abandi. Ati ” Simeze […]

Perezida Joe Biden yituye hasi mu ruhame (Amafoto)

20230602_091440_copy_1000x666.jpg

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsitaye yitura hasi, ubwo yari mu birori byaberaga muri Leta ya Colorado. Biden yatsitaye ku mufuka warimo umucanga, ubwo yari mu muhango wo gutanga impamyabumenyi waberaga mu ishuri ry’igisirikare cya Amerika kirwanira mu kirere. Uyu mukuru w’Igihugu w’imyaka 80 y’amavuko, ni we Perezida ukuze cyane kurusha […]

Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports

Abahanzi batandukanye bazwi mu muziki nyarwanda batangaje amakipe bazaba bashyigikiye, ubwo kuri uyu wa Gatandatu APR FC izaba yesurana na Rayon Sports. Aya makipe yombi afatwa nk’ayoboye ruhago nyarwanda azaba yesuranira kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro. Ni umukino wahagurukije imbaga y’Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye, kugera no ku banyamuziki. Abahanzi nka […]

RDC: Abanyeshuri batangiye kwigishwa ko umwanzi w’igihugu cyabo ari u Rwanda na Uganda

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye kwigisha abanyeshuri bo muri iki gihugu ingengabitekerezo ishingiye ku rwango, y’uko umwanzi w’igihugu cyabo ari ibihugu by’u Rwanda na Uganda. Ni gahunda yatangiye muri Congo nyuma y’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo atangaje ku mugaragaro ko umwanzi w’igihugu cye ari “u Rwanda ruyobowe na Paul Kagame.” Tshisekedi […]

WhatsApp yaciwe amande

Urukiko rwo mu Burusiya kuri uyu wa 1 Kamena 2023 rwaciye urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp amande angana na miliyoni 3 z’amafaranga akoreshwa muri iki gihugu. Ni ukuvuga amadolari ya Amerika 37,080 kubera ko rutajya ruhanagura amakuru n’ibiganiro binyuzwa kuri uru rubuga bitemewe. Ikigo cy’itumanaho cya Meta ari nacyo WhatsApp ikomokaho ni cyo cyamamaye cyane mu […]

Perezida Kagame mu bukwe bw’igikomangoma cya Jordanie

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari i Amman mu murwa mukuru wa Jordanie, aho bitabiriye ubukwe bw’igikomangoma Al Hussein bin Abdullah II wa kiriya gihugu. Kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Kamena ni bwo igikomangoma Abdullah II yarongoye Rajwa Al-Saif. Ni ubukwe bwitabiriwe n’abayobozi batandukanye bo hirya no hino ku Isi. Amashusho […]

Burera: Bishora mu biyobyabwenge kubera ubushomeri

Bamwe mu bakiri urubyiruko bo mu karere ka Burera bvuga ko impamvu bishora mu biyobyabwenge ari uko nta kandi kazi baba bafite, bagasaba ko Leta yabafasha kubona igishoro mu buryo bworoshye, bagakora bakiteza imbere. Uru rubyiruko ruvuga ko ikibazo cyo kunywa no gucuruza ibiyobyabwenge kigaragara muri aka karere, ahanini ngo giterwa no kuba benshi muri […]

Uganda: Polisi yafunze umuvugabutumwa ikekaho gutingana

Umwarimu w’iyobokamana mu gace ka Bushenyi muri Uganda ari muri babiri bafunzwe bakekwaho gukora ubucuruzi bw’abantu bahuje ibitsina bakabakoresha ubusambanyi. Polisi yo mu karere ka Bushenyi yatangaje ko yafunze abantu babiri barimo n’uyu mwarimu, bakekwaho gucuruza umusore w’imyaka 20 y’amavuko, akanakorerwaho ubusambanyi bwo mu kibuno. Ubuyobozi bwa polisi muri Bushenyi buvuga ko uyu wahoze akora […]

Rubavu: Amayobera ku mibiri 12 yasanzwe muri ‘stock’ y’umurenge wa Kanzenze

Imibiri 12 hataramenyekana inkomoko yayo, yasanzwe mu bubiko bw’ahahoze hakorera ibiro by’umurenge wa Kanzenze w’akarere ka Rubavu. Ku wa 19 Gicurasi ni bwo iyi mibiri yasanzwe mu yahoze ari stock ibikwamo ibikoresho byashaje y’uriya murenge kuri ubu hasigaye hakorera ibiro by’akagari ka Nyamikongi. Yabonwe n’umukozi ushinzwe amasuku wari ugiye muri iriya stock, mbere y’uko atanga […]

Leta yatangaje za miliyari ikeneye yo gusana ibyangijwe n’ibiza

Leta y’u Rwanda yatangaje ko ikeneye abarirwa muri Frw miliyari 296 yo gusana ibyangijwe n’ibiza byibasiye igihugu mu kwezi gushize. Byatangajwe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Kayisire Marie Solange, mu kiganiro n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyanitabiriwe n’abarimo Yvan Butera usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, cyo kimwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude. […]

Ariel Wayz yanze gusangirwa n’abasore babiri ahitamo kutongera gukundana

juno3-4080a.jpg

Umuhanzikazi Ariel Wayz, wamenyekanye cyane ubwo yakundanaga na Juno Kizigenza, avuga ko yasanze kutongera gukundana ariyo nzira nziza y’amahoro kuruta uko yari gusangirwa n’abasore babiri bari inshuti. Mu minsi ishize ubwo yaganiraga, n’igitangazamakuru kimwe ko yigeze gukundana n’umusore, hanyuma indi nshuti y’uwo mukunzi we ikajya ica inyuma ikamutereta abona ntabwo yabivamo ahitamo kubivamo. Yabikomojeho nk’inkuru […]

Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC

Amakuru aturuka mu kipe ya Rayon Sports aravuga ko kugeza kuri uyu wa Kane abakinnyi bayo bari bataremera kujya i Huye aho bazakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro. Ni umukino uteganyijwe kubera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku wa Gatandatu tariki ya 03 Gicurasi 2023. Rayon Sports yagombaga kujya i Huye ku wa Kabiri w’iki […]