Nyarugenge: Urukiko rwakatiye abashinjwaga ubwicanyi barimo umugore w’uwishwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu abantu bagera kuri batanu bari bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi barimo n’umugore washinjwaga kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo we afatanyije n’abandi bagabo. Mutatsineza Assoumpta, Uyisenga Alphonse, Rubabaza Vianney, Ndizihiwe Evariste na Habiryayo Athanase bahamijwe icyaha cyo kwica Twagirayezu Theoneste wari umugabo wa Mutatsineza Assoumpta. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]
Musore/mugabo niba ushaka kugumana n’umukunzi wawe irinde izi ngeso
Mu byerekeye urukundo hari igihe usanga umusore batita ku bintu birunaka , ariko nyamara ugasanga bibabaza umukunzi we ariko wenda atari abigambiriye.tugiye kurebera hamwe ibintu 4 umugabo cyangwa umusore asabwa kwirinda gukorera umukunzi we kuberako kenshi bihungabanya urukundo. 1.KUMUFATA KU NGUfU N’ubwo imibonano mpuzabitsina ifatwa nk’itemewe mbere y’uko umugabo n’umugore basezerana kubana akaramata ku bemera […]
Dr Habineza abona ibihugu bikize bikwiye guha agahenge ibidukikije
Dr Frank Habineza avuga ko abantu bo mu bihugu bikize bafite igihwama cyinshi yo gukira, bityo ko bakeneye kukigabanya mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije. Mu kiganiro na Bwiza.com, Dr Frank Habineza, avuga ko abantu bo mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi birimo iby’i Burayi na Amerika bakwiye kugabanya ingano y’ibyo bakenera byaba ibiribwa ndetse n’ibindi […]
Nyina wa Chameleone yatangiye kurwana inkundura kubera Pallaso
Prossy Mayanja nyina wa Jose Chameleone yatangiye kurwana inkundura mu binyamakuru avuga ko rubanda bakwiye kumurekera abana kuko nabo ari abantu nk’abandi.Ibi abigarutseho nyuma y’igihe gito umuhungu we Pallaso akubise umuhanzi ukizamuka Alien Skin bikaza gufata indi intera havugwa ko uyu murumuna wa Chameleone yahohoteye uyu muhanzi. Uyu mubyeyi rero yavuze ko nta muntu udakosa […]
RBA yisubije umunyamakuru yari yarirukanye azira ‘kwaka Minisitiri agacupa’
Umunyamakuru Lorenzo Christian Musangamfura yasubiye muri RBA, nyuma yo kwirukanwa muri iki kigo azira ibyafashwe nko gusaba agacupa Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo uyu munyamakuru uri mu beza bakizamuka mu mikino igihugu gifite yirukanwe kuri Radiyo Rwanda, nyuma yo kubwira Minisitiri Bayisenge Jeannette ko “nta cupa rye” azi. Ni ubutumwa […]
Mbappe yasizoye ngo arashaka kugurishwa PSG yabyanga akazigurisha
Rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappe, yasizoye ashaka ko ikipe akinamo ya Paris Saint Germain yamugurisha, yaba itabikoze akazategereza amasezerano ye akarangira muri Sezo (Season) y’umwaka utaha akazagendera ubuntu. Kuri uyu wa mbere nibwo byatangajwe ko uyu mukinnyi Mbappe yavuze ko adashaka kongera andi masezerano n’iyi kipe kuko ashaka kujya mu yindi kipe aho bivugwa ko ashaka […]
Amerika yasabye abaturage bayo gukorera ingendo muri Uganda bari menge
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gupfa gukorera ingendo muri Uganda, abahaba na bo bakitwararika cyane. Ni ibikubiye mu itangazo riburira Ambasade ya Amerika i Kampala yasohoye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kamena. Mu mpamvu Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashingiyeho zisaba abaturage bazo kuba menge, harimo ibyaha bikomeje kwiyongera […]
Niyo Bosco yongeye gutera urujijo ku makuru yamugonganishije na M.Irene

Mu mu mwaka ushize nibwo hatangiye gukwirakwira amakuru y’uko Niyo Bosco yashyamiranye n’uwahoze ari umujyanama we mu by’umuziki Irene Murindahabi bivugwa ko bashwanye nyuma yo kumwambura. Icyo gihe byarasakuje haba ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye bamwe bashinja Irene ko yahemukiye uyu muhanzi wari umaze kubaka izina mu ndirimbo zitandukanye. Ni nyuma y’uko kandi […]
Louise Mushikiwabo yahishuye ko yatewe ubwoba na Stéphane Dion
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yigeze guterwa ubwoba na Ambasaderi wa Canada mu Bufaransa, Stéphane Dion, amuhora kwanga kongerera amasezerano umunya-Canada wahoze ashinzwe ubutegetsi muri uriya muryango. Mushikiwabo yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Kamena, ubwo yaganiriraga n’itangazamakuru i Quebec muri Canada. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo […]
Bemba na Lt Gen Tshiwewe basuye FARDC ku irasaniro
Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yasuye ingabo z’iki gihugu ziri mu birindiro bitandukanye zimaze igihe mu mirwano n’inyeshyamba za M23. Bemba ari i Goma kuva ku wa Mbere tariki ya 12 Kamena 2023. Ibirindiro by’Ingabo za RDC yasuye ni ibiri mu gace ka Kibumba ho muri Teritwari ya Rutshuru […]
Ibintu 5 umukobwa yakora agatindana n’umusore mu rukundo
Abakobwa benshi usanga baba baganira n’abagenzi babo babagisha inama y’icyo bakora ngo biyegurire umutima w’abasore baba bakundana , nyamara ntibamenye ko hari inama zihariye zishobora kubafasha ntibabasige. 1.Uburyo umusore yiyumva akuri iruhande Ubundi umukobwa urikumwe n’umusore runaka yirinda gutuma yifunga akaba uwo ariwe.Sibyiza kumubuza amahoro ngo yisanishe n’uko wowe ubishaka.Urugero niba akunda gusaragurika, guceceka, guseka […]
Hateguwe amarushanwa y’umuganda

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yateguye amarushanwa y’umuganda mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abaturarwanda kuwitabira kurushaho, no kuwukoramo ibikorwa bisubiza ibibazo by’abaturage mu bukungu no mu mibereho myiza hagamijwe guhanga udushya. Iyi Minisiteri yabitangarije mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 12 Kamena 2023. Yavuze ko igikorwa gihatana gikomba kuba hari […]
Malawi yoherereje u Rwanda ukekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye Niyongira Théoneste uzwi nka Kanyoni, nyuma yo kwirukanwa ku butaka bwa Malawi. Niyongera akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mugabo ari mu mpunzi z’Abanyarwanda n’Abarundi zikabakaba 400 Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Malawi iheruka kwirukana muri iki gihugu, kuko zahabaga mu buryo butemewe n’amategeko. U Rwanda […]
Seninga n’umwungiriza we bubikiwe imbehe
Umutoza Seninga Innocent n’umwungiriza we birukanywe mu ikipe ya Sunrise nyuma yo kutagaragaza umusaruro bari bitezweho.Ubuyobozi bw’iyi kipe, bwatangaje ko bwirukanye uyu mutoza n’umwungiriza we Tugirimana Gilbert uzwi nka Cannavaro, kuko ntacyo bakoze ngo Sunrise itaza mu myanya ya nyuma. Amasezerano aba bombi bagiranye na Sunrise harimo ingingo ko aba batoza bagomba kuyizana mu makipe […]
Tshisekedi yaba agiye guhuriza muri RDC abarwanya u Rwanda bo ku Isi yose
Abanyapolitiki barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bo mu bihugu bitandukanye byo hirya no hino ku Isi, barateganya guhurira mu nama izabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kwezi gushize ni bwo byatangajwe ko aba barwanya Leta y’u Rwanda bari batangaje ko bateganya guhurira muri kimwe mu bihugu by’umugabane wa Afurika mu kwezi gutaha kwa Nyakanga. […]
Abakunda kurya imyembe baba bafite ubwirinzi bwo kudasaza imburagihe
Umwembe ni urubuto rukungahaye ku ku ntungamubiri zikomeye kuko harimo harimo no kurinda uruhu gusaza. Inshamake Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’ umwihariko rw ’ ingirakamaro cyane ku buzima bw’ umuntu ndetse rukaba rugizwe n ’ ubwoko bw ’ intungamubiri zirenga 20 zifasha umubiri kumererwa neza cyane. Muri iyi nkuru […]
Berlusconi wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yapfuye
Silvio Berlusconi wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, yapfuye ku myaka 86 y’amavuko. Berlusconi yari umucuruzi w’umuherwe wari utunze za miliyari, mbere yo kwinjira muri Politiki. Uyu mugabo wigeze kuvugwa mu byaha byo gusambanya abagore ni we washinze sosiyete ifite ibitangazamakuru bikomeye bitandukanye mu Butaliyani, ndetse yanigeze kuba Perezida w’ikipe y’umupira w’amaguru ya AC Milan. […]
Ukraine irigamba intsinzi za mbere mu bitero simusiga byo gusubiza inyuma Ingabo z’u Burusiya
Ukraine irigamba intsinzi za mbere mu bitero simusiga byo gusubiza inyuma Ingabo z’u Burusiya Ukraine iravuga ko yabohoje imidugudu ine yo mu majyepfo y’iburasirazuba, ivuga ko iyi midugudu ari iya mbere yambuwe u Burusiya kuva hatangizwa ibitero simusiga byo gusubiza inyuma ingabo z’u Burusiya. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, abayobozi batangaje ko “ibendera […]
FERWAFA yahaye umugisha ubujurire bwa Gacinya
Akanama gashinzwe ubujurire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), kemeje kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma yo kujurira. Ku itariki ya 06 Kamena ni bwo Komisiyo ishinzwe amatora muri FERWAFA yasohoye urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe, batari barimo Gacinya. Uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Rayon Sports yiyamamariza kubanVisi-Perezida wa kabiri wa […]
Turahirwa Moses yatakambiye Urukiko avuga ko gereza imaze kumuha isomo

Kuri uyu wa mbere rero taliki 12 Kamena 2023, nibwo Turahirwa wari wambaye imyenda iri mu ibara ry’iroza iranga umugororwa, nibwo yagaragaye mu rukiko ngo aburanishwe ku bujurire bwe. Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshoni yatakambiye urukiko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ngo arekurwe abarane ari hanze , nyuma y’ibyaha akurikiranyweho birimo kunywa urumogi n’inyandiko […]
Kim Jon Un yaremye icyizere muri Vladimir Putin
Perezida Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru yamenyesheje mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya ko amushyigikiye mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine, amuremamo icyizere cy’uko uko byagenda kose azayitsinda. Ni mu butumwa Kim yageneye Putin yifashishije umuyoboro wa Telegrame. Ibiro Ntaramakuru by’abanya-Koreya (KCNA) byasubiyemo ubutumwa bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru agira ati: […]
Huye: Un point focal ‘Imboni’ pour chaque cellule du district

Pour l’année budgétaire 2023/2024, le district de Huye et ses partenaires prévoient la désignation d’un point focal ‘Imboni’ pour chacune des 77 cellules que compte le district. Il s’agira d’un représentant d’un des membre du JADF-Indatirwabahizi. Sa mission sera de travailler étroitememnt avec les deux fonctionnaires affectés à¡ la cellule et de faire des plaidoiries […]
Dr Habineza yifuza ko abantu bongera kubaho mu buzima bw’umwimerere
Dr Frank Habineza avuga ko abantu bakwiye kwiga kongera kubaho mu buzima busanzwe bw’umwimerere nka kera kugira ngo ibidukikije bidakomeza kuharenganira. Ni mu gitekerezo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Greens iri kubera muri Koreya y’Epfo, aho avuga ko bo nk’abagize ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, aho bifuza ko abantu batangira kugabanya ibintu bakenera […]
Data ni umwanzi w’igihugu ariko u Rwanda rurankunda_ Umuhungu wa Gen Omega wa FDLR
Mukiza Willy Maurice, umuhungu wa Gen Ntawunguka Pacifique ‘Omega’ uyobora Igisirikare cy’umutwe wa FDLR, yongeye kugaruka ku buryo umuryango we ubayeho neza mu Rwanda nyamara se umubyara ari we uyoboye abagambiriye kuruhungabanyiriza umutekano. Mukiza ni umwe mu rubyiruko 1000 ku wa Gatanu tariki ya 09 Kamena rwitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Urubyiruko […]
Col Nzapfakumunsi umaze imyaka irenga 20 ashakishwa yagaragaye mu Bufaransa
Lieutenant Colonel Jean Marie Vianney Nzapfakumunsi umaze imyaka isaga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagaragaye mu Bufaransa. Uyu mugabo wari umujandarume mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yagaragaye nyuma y’iperereza ryakozwe n’ikinyamakuru La Libération cyo mu Bufaransa. Ni umwe mu Banyarwanda babarirwa muri 40 bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe […]
Eddy Kenzo yatangiye kwijujutira Abanyapolitiki
Umuhanzi Eddy Kenzo, yariye karungu aho avuga ko hari abanyapolitiki bica umuziki wo muri Uganda. Kenzo yavuze ko arambiwe kubona abanyamuziki babivanga na politiki kuko aribo bawupyinagaza bagatuma udatera imbere. Ati”Abanyapolitiki sibeza ku muziki wacu kuko batuma umuziki wacu usubira inyuma” Ibi abitangaje nyuma y,uko mu minsi ishize umuhanzi akaba n,umunyapolitike Bobi Wine avuze ko […]
Impamvu Intore Masamba yahaye Gen Muhoozi ingabo n’icumu
Umuhanzi Intore Masamba yasobanuye impamvu nyamukuru yatumye aha Gen Muhoozi Kainerugaba icumu n’ingabo, ubwo yitabiraga igitaramo cyari kigamije kwizihiza isabukuru ye y’amavuko. Muri Mata uyu mwaka Intore Masamba ari mu bahanzi batumiwe mu gitaramo cyiswe ‘Rukundo egumeho’ cyabereye mu gace ka Kigezi ho muri Uganda, kikaba cyari mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 Gen […]
Uko imbaraga za FDLR zisigaye zingana mu mboni za Gen. Makenga
Gen. Sultani Makenga ukuriye Igisirikare cya M23, avuga ko umutwe wa FDLR ugifite ingufu kuko kuri ubu ufite abarwanyi babarirwa mu 3,000. Makenga yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu ntangiriro z’uyu mwaka. Umutwe wa FDLR ugizwe n’abarwanyi biganjemo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ni umwe kuri ubu mu yimaze igihe ifasha Ingabo za […]
Yafunzwe azira kwica umugore we abanje kumuca amabere
Umugabo wimyaka 27 witwa Mkwate Chimbizi yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica umugore abanje kumukata amabere n,ibindi bice by,ibanga. Ibi byabereye mu gihugu cya Malawi mu gace kitwa Ngabu,aho uyu mugabo yishe urwagashinyaguro uyu mugore mbere yo kumukata ijosi. Umuvugizi w,igipolisi muri aka gace Edward Kabango,yemeje ayo makuru kuri Uyu wagatanu, aho yavuze ko ufunzwe akurikiranyweho […]
Guardiola yatanze integuza y,igikombe
Umutoza pep Guardiola yatanze integuza ko aribwegukane igikombe cy,irushanwa rya UEFA champions League. Ni umukino uza kubera kuri sitade ya Ataturk Olympic Stadium, muri Istanbul kuri Uyu wa Gatandatu taliki 10 Kamena 2023. Biteganyijwe ko umukino uza gutangira i saa 21h00 zo mu Rwanda,aho ikipe ya Manchester City iza kwesurana na Inter Milan itsinda akaba […]
Abasirikare ba Tanzania bagiye kwirukanwa muri Centrafrique bazira gusambanya abagore ku ngufu
Umuryango w’Abibumbye wafashe icyemezo cyo kwirukana abasirikare 60 ba Tanzania bari baroherejwe mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, nyuma y’uko bamwe muri bo bashinjwe ibyaha byo gufata ku ngufu abagore. Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Stéphane Dujarric, yatangaje ko icyemezo cyo kwirukana bariya basirikare “cyafashwe nyuma y’uko iperereza ry’ibanze rigaragaje ibihamya […]
Abana bakoze impanuka y’indege mu minsi 40 ishize babonetse mu ishyamba ari bazima
Abana bane b’abanya-Colombie babonetse mu ishyamba rya Amazone ari bazima, nyuma y’uko indege barimo mu minsi 40 ishize yakoraga impanuka bakisanga muri ririya shyamba ry’inzitane. Ni inkuru y’akanyamuneza yatangajwe bwa mbere na Perezida Gustavo Petro, mu butumwa buherekejwe n’ifoto y’abasirikare ndetse n’abatabazi bashakishaga bariya bana yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Abana bane bari […]
Miss Josiane yemera ko yazimye ariko atabenzwe n’umusore wamutereye ivi

Miss Mwiseneza Josiane yemera ko kugeza ubu atakivugwa cyane mu bitangazamakuru bimwe bakunze kwita kuzima, ariko nanone yigarama ko atabenzwe n’umusore wamwambitse impeta.Uyu mukobwa avuga ko impamvu atakivugwa ari uko ibyo arimo gukora atabishyira hanze, gusa ngo abamukurikira ku mbuga ze, ngo baramubona by’umwihariko abakunzi be. Josiane n’ubwo yemera ko yazimye ntavuga rumwe n’abavuga ko […]
Austin yiyamye abamugereranya n’abanyamakuru binjiye mu muziki
Umuhanzi Uncle Austin yanenze abanyamakuru bashaka kuba abasitari kurusha abahanzi kandi nta bihangano baba bafite byatuma bamamara, avuga ko ari bo basubiza inyuma iterambere ry’imyidagaduro mu Rwanda. Mu kiganiro yagiriye kuri The Choice Live cyagiye ahagaragara kuri uyu wa 9 Kamena 2023, Austin yavuze ukuntu hari abanyamakuru bababazwa cyane n’uko hari abahanzi bari gutera imbere […]
Ese usomana ute?
Gusomana ku bashakanye, cyangwa abakundana, gusomana ni kimwe mu byongera amarangamutima ku rukundo kuko usanga barushaho kwiyumvanamo. Niba ukunda gusomana cyangwa ubiteganya ni byiza kumenya uko wakwitwara mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe ku buryo bihora bimubera urwibutso akaba atabasha kuzabyibagirwa mu buzima bwe, nk’uko urubuga elcrema rubugaragaza. Ni nk’ibirungo uba ushyize mu gusomana kuko […]
Bizagenda bite Amavubi natsindwa cyangwa agatsinda Mozambique?
Imyiteguro irarimbanyije ku ikipe y’Igihugu mu mupira w’amaguru mu Rwanda Amavubi , aho kuri ubu ikomeje guhabwa inama no kongererwa ubumenyi bw’uko azitwara ku mukino uzayahuza na Mozambique. Ni umukino umukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika uteganyijwe muri uku kwezi kwa Kamena aho kugeza ubu n’amatike yo kwinjira ku kibuga yamaze kujya hanze. N’ubwo uyu […]
Ingo za Joseph Kabila na zo zishobora gusakwa n’ubutasi bwa RDC
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko Urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare muri iki gihugu ruteganya gusaka ingo za Joseph Kabila wahoze ari Perezida wacyo. Inzego z’iperereza muri Congo zimaze iminsi zisaga ingo z’anyapolitiki batandukanye; nyuma yo kwikanga ko haba hariho umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Ku wa […]
Kurya ifi ni ingirakamaro mu koroshya ibimenyetso by’indwara y’agahinda
Abantu batandukanye usanga bafata ifi nk’ikiribwa kigoye kubona, nyamara ntibigoranye kuko hari ubwoko butandukanye bugendanye n’ubushobozi bw’umuntu kuruta ubwo kugura inyama izi zizwi nk’izitukura.Ikindi n’uko inyama y’ifi kuyirya bituma ibyago byo kugira agahinda gakabije bigabanuka. Inyama y’ifi ikungahaye ku ntungamubiri nkenerwa ku mubiri wamuntu , cyane cyane intungamubiri ya poroteyine , kurya amafi biha umubiri […]
Abadepite bari kwiga ku kugabanya igwingira ry’abana
Inteko rusange y’abadepite iri gusuzuma uburyo bwo guhangana no guca burundu ikibazo cy’igwingira ry’abana, kubera ko kiri mu bikomeje kubangamira iterambere ry’u Rwanda. Kuri uyu 9 Kamena 2023, inteko rusange y’umutwe w’abadepite yasuzumye ishingiro ry’amategeko yerekeranye no kwemeza amasezerano kugabanya igwingira ry’abana. Aya masezerano ni ay’inguzanyo hagati ya Repubulika y’u Rwanda n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere, […]
Gen James Kabarebe muri Centrafrique (Amafoto)

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, ari muri Repubulika ya Centrafrique aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko rugomba kumara iminsi itatu nk’uko ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwabitangaje. Nta byinshi RDF yigeze itangaza kuri uru ruzinduko. Ku munsi wa mbere warwo cyakora Gen James Kabarebe yasuye Ingabo z’u Rwanda ziri […]
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
Raila Odinga yabwiye William Ruto bimwe mu bintu agomba gukora kugira ngo abe Perezida mwiza, ufitiwe icyizere n’Abanyakenya. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizen ivuga ko umuyobozi w’ihuriro ry’amashyaka rya Azimio, rimwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, yagaragaje ibintu Perezida William Ruto asabwa gukora kugira ngo ashobore kugabanya ibyo Leta itakazamo amafaranga bitabaye […]
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ihuriro LAMUKA rihuriwemo n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rirashinja ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi kugambirira gushora igihugu mu muriro n’amaraso. Ni ibyatangajwe na Matthieu Kalele kuri ubu uyoboye ririya huriro ribarizwamo umunyapolitiki Martin Fayulu. Abadepite bo mu ishyaka UPDS rya Tshisekedi muri iki cyumweru batoye umushinga w’itegeko ryemera ko ibyicaro amatora […]
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we
Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown yatandukanye n’uwari umujyanama we mu by’umuziki nyuma y’uko bari bamaze imyaka itandatu bakorana. Uyu muririmbyi ukomoka mu gihugu Kenya, yemeje ko yatandukanye na Joseph Noriega wari usanzwe areberera inyungu ze mu muziki ariko akomeza kumushimira intambwe yamugejejeho. Abinyujije ku ku […]
Nkore iki? Naratwise none natwariye umugabo duturanye mpurwa uwanjye
Nk’uko bisanzwe ko tubagezaho inkuru y’abakunzi bacu batugezaho baba bagisha inama ngo bakunde barusheho kumererwa neza,abenshi banashima ko bibakura mu bwigunge, ni muri urwo rwego hari undi wagishije inama kuko ngo arasumbirijwe. Yatangiye avuga ko atari bwivuge umwirondoro we bitewe n’impamvu z’umutekano we, aho agisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo yatwise agatangira gutwarira undi […]
Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, aho kuri ubu havugwa ko ngo n’iyo uyu mugabo urukiko rwamugira umwere azakomeza gufungwa.Ibi byagarutsweho n’umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu Kithure Kindiki , aho yashimangiye ko uyu Mackenzi agomba kuzafungwa ubuzima bwe bwose, anasaba Imana ko yakomeza kumwongerera imyaka […]
Intasi za RDC zasatse urugo rwa Moà¯se Katumbi
Abakozi b’urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane basatse urugo rw’umunyapolitiki Moà¯se Katumbi Chapwe. Urugo rwa Katumbi abakozi ba ANR basatse ni uruherereye mu gace ka Ngaliema i Kinshasa, nk’uko byemejwe n’umunyamategeko we. Uyu ubwo Isaka ryarimo rikorwa yagize ati: “Abakozi b’urwego rw’ubutasi kuri ubu barimo gusaka […]
Perezida Kagame yagize Simon Kabera umuvugizi wungirije wa RDF
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera umuvugizi wungirije wa RDF. Lt Col Simon Kabera asanzwe azwi mu muziki nyarwanda, cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Itangazo ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Kamena ni ryo ryemeza ko yahawe na […]
Me Gisagara yanenze urukiko rwanzuye kutaburanisha Kabuga
Impuguke mu mategeko mpuzamahanga, Me Richard Gisagara, yanenze urukiko rwanzuye kutaburanisha Félicien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu kiganiro yagiranye n’urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, Me Gisagara yavuze ko kuba Kabuga atazongera kwitabira urubanza bisobanuye ko ubutabera budatanzwe. Ati: “Birababaje kubona birengagije igihe byatwaye kugirango afatwe, bakirengagiza amafaranga yakoreshejwe kugira ngo bamufate, […]
Dore uko wakwitwara mu gihe ufite ubushake bw’imibonano uwo mwashakanye atabishaka

Kimwe mu bisenya ingo ni ukuba umwe ashaka ishimishamubiri undi atabikozwa. Aha rero igishobora gukemura iki kibazo ni ibiganiro hagati yanyu. Ufite ubushake bwinshi agasobanurira mugenzi we icyo agamije. Byaba bidashoboka mukabyihorera kuko kiriya ni igikorwa kizana umunezero iyo mwahuje urugwiro. Umwe unyotewe iyo ashatse guhatiriza birangira umubano wanyu ujemo agatotsi kuko biri mu bisenya […]
Rurageretse hagati ya nyiri Red Blue JD n’umunyamakuru
Umunyamakuru Abayo Yvette Sandrine umenyerewe mu byegeranyo binyura ku muyoboro wa YouTube ye, ndetse akaba yanakoreye ibitangazamakuru bitandukanye, aravuga ko kompanyi ya Red Blue JD avuga ko ihagarariwe na Dushimimana Jackson yamwambuye hakiyongeraho kumwibasira hashingiwe ku kuba ari igitsina gore (sexual harrassment). Abayo abinyujije ku muyoboro we wa YouTube, yagaragaje uburyo ngo yambuwe n’iyi kompanyi […]
Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
Ikinyamakuru Africa Intelligence ku wa Kabiri w’iki cyumweru cyanditse ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aheruka kohereza intumwa ku bakuru b’ibihugu by’uturere Congo iherereyemo; barimo na Paul Kagame w’u Rwanda. Iki gitangazamakuru kivuga ko mu byumweru bishize ari bwo Kabila yohereje intumwa ze muri za Perezidansi z’ibihugu bitandukanye. […]
Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
Perezida wa Kenya, William Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta wahoze amukuriye mu kazi ko kuyobora iki gihugu, asubiramo uko yatsinze umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi. Ibi Ruto yabivugiye mu muhango wo gusengera igihugu kuri uyu wa 7 Gicurasi 2023, avuga ukuntu bitangaje kuba yari Visi Perezida ariko kandi agahinduka utavuga rumwe n’ishyaka rya Uhuru […]
Joseph Kabila abona Tshisekedi nk”umunyagitugu ukwiriye guhashywa’
Amakuru aturuka muri Congo Kinshasa aravuga ko ishyamba ritakiri ryeru hagati ya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu na Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi, ku buryo umwe asigaye afata undi nk’ ‘umunyagitugu ukwiriye guhashywa’. Ni Kabila kuri ubu umaze imyaka ine yaracecetse, kuva muri 2019 ubwo yahererekanyaga ubutegetsi yari amazeho imyaka 18 na […]
Abasirikare ba Uganda barokotse igitero bamaze iminsi batunzwe n’inkari
Hari abasirikare ba Uganda bamaze iminsi itandatu banywa inkari zabo kugira ngo bashobore kubaho aho bari bihishe ingabo za Al Shabab muri Somalia. Inkuru dukesha ikinyamakuru The Daily Monitor, ivuga ko aba basirikare bagera kuri bane batorotse igitero bari bagabweho n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab ku itariki 26 Gicurasi 2023, aho ngo bamaze iminsi itandatu […]
Ibyiza byo kurya Avoka by’umwihariko ku bagore batwite
Urubuto rw’avoka, ni zimwe mu mbuto usanga abantu benshi bakunda ku buryo batafata amafunguro rutariho.Avoka nirwo rubuto rwonyine rukungahaye ku mavuta kurenza izindi mbuto zo zikungahaye ku isukari. Umugore utwite acyenera intungamubiri nyinshi, vitamini ndetse n ibimurinda indwara. Kurya avoka byibuza imwe ku munsi, ni kimwe mu byamufasha kubungabunga ubuzima bwe n ubw uwo atwite. […]
RDF yasobanuye icyo abasirikare barimo ba Jenerali bayirukanwemo bazize
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyasobanuye ko abasirikare barimo ba Jenerali bacyirukanwemo bazize impamvu zirimo ibyaha bakoze cyangwa imyitwarire mibi itajyanye n’umwuga wa gisirikare, ku buryo hari abazakurikiranwa n’inkiko. Mu ijoro ryakeye ni bwo Perezida Paul Kagame yirukanye muri RDF abasirikare bakuru 16; barimo babiri bo ku rwego rwa ba Jenerali. Aba ni Maj Gen Aloys […]
Kagame yazamuye mu ntera abapolisi barenga 4,000 barimo ba Komiseri
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi barenga 4,000 barimo ba Komiseri, Ofisiye bakuru, abato n’abapolisi basanzwe. Mu ijoro ryakeye ni bwo Umukuru w’Igihugu yazamuye mu ntera aba bapolisi. Byari nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 06 Kamena yemeje iteka rya Perezida rizamura mu […]
Perezida Kagame yirukanye muri RDF ba Gen Aloys Muganga na Francis Mutiganda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazirukanyemo abarimo Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Francis Mutiganda. Gen Muganga yakoze imirimo itandukanye mu ngabo z’u Rwanda irimo kuba Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare ry’i Gako ndetse no kuba Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, ubwo muri 2018 yahabwaga izi nshingano asimbuye Gen. Fred […]
Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryasohoye urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kuriyobora, batarimo Gacinya Chance Denis na Murangwa Eugène. Ku wa 24 Kamena ni bwo hateganyijwe amatora ya Komite nyobozi nshya ya FERWAFA, nyuma y’uko Komite yari iyoboye iri shyirahamwe yeguye muri Mata uyu mwaka. Mu bari batanze kandidatire zo kuyobora FERWAFA harimo Gacinya Chance […]
Ba Gen Mubarakh na Nyakarundi batangiye inshingano nk’abayobozi bashya ba RDF (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yatangiye inshingano, nyuma yo gukora ihererekanyabubasha na Gen Jean Bosco Kazura yasimbuye. Mu ijoro ryakeye ni bwo Lt Gen Muganga yagizwe na Perezida Paul Kagame Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, mu mpinduka zitandukanye yakoze mu buyobozi bukuru bwazo. Umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ye na Gen Kazura wabereye […]