Kurya amashaza, umuti ku bantu bakunda gucika intege no kwiheba
Amashaza cyangwa ubushaza ni ikiribwa cy’ingirakamaro mu kurinda cyangwa kuvura indwara zitandukanye. Amashaza agizwe n’umugabane munini w’amazi hafi 80%. Amashaza afite ibyangombwa byinshi bikenura umubiri wacu harimo ibyitwa amido, isukari nke ya sakarose, amaremezo cyangwa poroteyine yo murwego rwo hejuru. Kurya amashaza yatekanywe n’ibinyampeke byuzuzanya neza kandi bigakungahaza umubiri. Mu mashaza harimo vitamini B1,B2,B6 z’ingenzi […]
U Bwongereza bwatangaje ko buhangayikishijwe n’ibikorwa bya FDLR
Leta y’u Bwongereza yatangaje ko ihangayikishijwe n’ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. Bikubiye mu itangazo intumwa y’u Bwongereza mu karere k’ibiyaga bigari, Alison Thorpe yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena. Ni nyuma ya raporo impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]
Umuhanzi Fizzo Mason yatanze urugero rwiza ku bandi bahanzi agendeye ku ndirimbo ze

Umuhanzi Fizzo Mason uri mu bagezweho by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop na Drill music yongeye gutanga ubutumwa akomoje ku ndirimbo ze yagiye ashyira hanze mu bihe bitandukanye. Uyu musore ubusanzwe uzwi ku mazina ye nyakuri nka Niyikiza Fidele yaganiriye na Bwiza.com avuga ko inganzo ye ayiganisha ku gutanga ubutumwa bwumvikana, bitandukanye n’ibindi bamwe mu […]
Urukundo rwa Tyga na Avril Lavigne rwabaye nk’umuriro w,amashara
Umuraperi Tyga uherutse gutandukana n,umuhanzikazi Avril Lavigne urukundo rwabo rwagereranyijwe n,umuriro w,amashara waka ugahita uzima. Aba bombi byatangajwe ko batandukanye nyuma yo kumara amezi hafi ane bakundana.Ni nyuma y,uko nanone Lavigne yari amaze igihe yaratandukanye na Mod Sun bagiye bashwana bakajya biyunga bya hato na hato. Tyga na Lavigne urukundo rwabo rwagiye rurangwa no kugaragara […]
Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF
Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n’indi mitwe itandukanye irimo n’uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z’u Rwanda. Ni ibyatangajwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, […]
Basketball: u Burundi bwisasiye u Rwanda
Ikipe y’Igihugu ya Basketball yatsinzwe n’iy’u Burundi amanota 53-52. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa nyuma mu yo gushaka itike yo guhagararira Akarere ka Gatanu mu Mikino Nyafurika, FIBA Zone 5 AfroCan Qualifiers. Ni imikino yaberaga i Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzania. U Rwanda rwari rwayitangiye rutsinda amakipe ya Eritrea, Sudani y’Epfo […]
Uganda yataye muri yombi umusore umaze igihe yigamba kuba icyihebe cya ADF
Inzego z’umutekano za Uganda ku wa Kabiri zataye muri yombi umusore witwa Kalenzi Resto, nyuma yo gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaramo yigamba kuba icyihebe cya ADF. Polisi ya Uganda ku wa Kabiri yatangaje ko Resto w’imyaka 25 y’amavuko yafatiwe ahitwa Lugazi. Mu mashusho uyu musore yaherukaga gukwirakwiza ku rubuga rwa TikTok, yumvikana avuga ko […]
Ibintu 5 biganisha ku mibonano mpuzabitsina bisaza abagabo
Abagore benshi ntibazi ko hari ibintu bashobora gukora bigatuma abagabo babo baca ukubiri no kubaca inyuma.Niba uri umugore ugakorera umugabo ibi bintu tugiye kugarukaho biragoye ko wazahora mu ntonganya winubira ko aguca inyuma. 1.Gutuma umugabo ashaka imibonano Muri rusange ku bantu bakundana imibonano ni ingenzi, iyo rero umugore akunda kugira umwihariko wo gukurura umugabo ku […]
U Bufaransa bwongeye kwamagana u Rwanda buruhora M23
Leta y’u Bufaransa yasabye ihagarara ry’icyo yise “ubufasha bwa gisirikare u Rwanda rukomeje guha umutwe wa M23”, inamagana urugomo imitwe itandukanye ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. U Bufaransa bwongeye gushyira u Rwanda mu majwi binyuze mu itangazo ryasohowe na Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga. Iri tangazo ryo ku wa Kabiri rivuga ko “u Bufaransa buhangayikishijwe […]
N’Golo Kante mu nzira zikurikira Karim Benzema mu ikipe ya Al-Ittihad
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea N’Golo Kante, yamaze gufata umwanzuro werekeza mu gihugu cya Soudi Arabia mu ikipe ya Al-Ittihad aho agiye gusanga mugenzi we Karim Benzema umaze igihe gito yasinyanye nayo amasezerano yo kuyikinitra. Ni nyuma y’uko uyu musore w’imyaka 32 biteganyijwe ko amasezerano ye,azarangira mu mpera z’uku kwezi kwa […]
Umutoza w’Amavubi ngo nta kibazo abona cyatuma aba umushomeri
Nyuma y’uko amavubi akomeje kugaragaza umusaruro mucye, umutoza wayo ngo nta bwoba n’igishyika afite cyo kuba byatuma aba umushomeri nk’uko abantu benshi babitekereza.Avuga ko kandi adateze kuba umutwaro ku gihugu cy’u Rwanda kuko ngo ari inyangamugayo n’umunyakuri bityo ko yumva atagira uwo abangamira. Ati”Nta bwoba mfite,ndi umugabo w’umunyakuri ushobora kunkunda cyangwa ntunkunde ariko ndi umunyakuri. […]
Kayishema Fulgence ukekwaho Jenoside yasabye ubuhungiro
Kayishema uri muri ba ruharwa bashakishwa kubera uruhare bakekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yasabye ubuhungiro igihugu cya Afurika y’Epfo yari amaze imyaka irenga 20 yihishemo. Byatangajwe n’umunyamategeko we ku wa Kabiri tariki ya 20 Kamena. Mu kwezi gushize ni bwo uyu mugabo ukekwaho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi barenga 2,000 bari bahungiye muri Kiliziya […]
Makanyaga yavuze ku burwayi bw’amayobera bwamwibasiye akabikwa ari muzima
Umuhanzi Makanyaga Abdul umenyerewe mu ndirimbo zo hambere yavuze ko byasabye ko kwa muganga bamuhisha abaje kumureba ngo kugirango hadakomeza gukwirakwira ibihuha ko yaba yitabye Imana. Mu minsi ishize, nibwo hamenyekanye amakuru ko uyu muhanzi yaba arembye bikomeye, ndetse bamwe batangira gukwirakwiza ibihuha ko uyu mugabo yaba yashizemo umwuka. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru mu ntangiro […]
Nyaruguru: Uwarokotse jenoside yashimiye uwari umujandarume

Kamanzi Viateur warokotse jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ukomoka mu murenge wa Mata, mu karere ka Nyaruguru, yongeye gushimira Habinshuti Marc wari umujandarume ufite ipeti rya caporal. Habinshuti yagize uruhare rukomeye mu kurokoka kwa Kamanzi Viateur, umugore we, abana be 4 ndetse n’abandi baturanyi, bose hamwe barenga 14. Ubuhamya Kamanzi Viateur yabutangiye mu muhango wo […]
M23 ntikozwa ibyo kurambika intwaro
Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa na gahunda yo kurambika hasi intwaro no gusubizwa mu buzima busanzwe, mu gihe cyose utaragirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe wabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kamena, mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wawo. Mu mpera z’ukwezi gushize i Bujumbura mu Burundi hateraniye […]
Yajyanye umugabo we mu rukiko amushinja ko atera akabariro agasohora amazi
Umugore witwa Salamat Suleiman ubarizwa mu gihugu cya Zambia, yegereye ubutabera ngo ahabwe gatanya nyuma y’uko ngo umugabo we amutera akabariro agasohora amasohoro ameze nk’amazi. Ni mu gihe hari hashize amezi abiri aba bombi bashakanye, ariko umugore akimara kubona icyo kibazo ngo yahisemo kugana inzira y’urukiko aho kugana kwa muganga. Igitangazamakuru cyo muri Zambia gitangaza […]
Ibihugu 10 bifite abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije kurusha abandi ku isi
Ibihugu bimwe na bimwe usanga hakunze kugaragara abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije, ahanini bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo kugira ubwoba bwinshi bw’ahazaza ariko ikibazo abantu bibaza n’uko ibyinshi mu bihugu 10 bya mbere bifite abibasiwe n’agahinda ari ibikize 1.Ukraine Igihugu cya Ukraine cyiza ku isonga mu bihugu bifite abaturage bugarijwe n’agahinda gakabije.Intandaro ishingirwaho kuba abaturage bari mu […]
Genzura neza niba ukurikiza izi nama zikurinda kwangizwa na mudasobwa
Mu buzima bwa buri munsi mudasobwa(computer) yabaye kimwe mu bikoresho dukoresha buri munsi; kuko usanga ahanini ikoreshwa ahantu hatandukanye, haba mu biro, ku bigo by’amashuri, mu masoko ndetse n’ahandi hantu henshi hatandukanye. Gusa nubwo mudasobwa ikora byinshi kandi byiza ni ngombwa kwitonda mu gihe tuyikoresha. Ibi hakubiyemo kuyifata neza uyirinda ibintu bishobora kuyangiza, nanone ukamenya […]
Amerika yongeye kwamagana ubufatanye bwa FARDC na FDLR, inihanangiriza u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kwamagana ubufatanye Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gifitanye n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, igisaba kubuhagarika. Ni ibikubiye mu itangazo Guverinoma ya Amerika yasohoye ku wa Mbere tariki ya 19 Kamena 2023. Ni nyuma y’uko impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka gusohora raporo […]
Loni yahishuye ba Jenerali ba FARDC bari ku ruhembe rw’ubucuti bwayo na FDLR
Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa FDLR. Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 18 Kamena ni bwo izi mpuguke zasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu burasirazuba bwa RDC, nyuma y’indi nka yo zasohoye mu mwaka […]
Taifa Bruno yagaragaje Minisitiri Munyangaju mu ntandaro z’umusaruro nkene w’Amavubi
Umunyamakuru Kalisa Bruno Taifa yaninuye ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, ashyira mu majwi ubushobozi buke bw’abarimo Minisitiri wa siporo, Aurore Munyangaju Mimosa nka ba nyirabayazana b’umusaruro mubi wayo. Kuri iki Cyumweru ni bwo icyizere cy’uko Amavubi azitabira Igikombe cya Afurika cya 2023 kizabera muri Côte d’Ivoire cyayoyotse burundu, nyuma yo gutsindwa na Os Mambas ya Mozambique ibitego […]
Mali yasabye Loni gucyura vuba na bwangu abasirikare ifite ku butaka bwayo
Guverinoma ya Mali yasabye Umuryango w’Abibumbye gucyura abasirikare bawo bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri icyo gihugu (MINUSMA). Ni nyuma y’imyaka 10 Loni yohereje muri Mali Ingabo zo kuhagarura amahoro, kubera ibitero bya Islamic State byatangiye kwibasira iki gihugu kuva muri 2012. Uburakari bwatewe n’umutekano muke ukomeje kwiyongera muri Mali bwatumye hagati ya 2020 […]
Kurya Pome birinda gufatwa n,indwara zirimo na Diabete
Urubuto rwa Pome ruratangaje kuko ku barurya rubafasha kwirinda indwara zitandukanye zirimo Diabete .Pome ikungahaye ku mavitamine n,imyunyu ngugu ariyo mpamvu uwayiriye ahora akomeye. Ibi tuvuze haruguru ahanini bigaterwa n’ibinyabutabire bya Polyphenols ,quercetin na phloridzin ibi binyabutabire ni ingenzi cyane ku murwayi wa diyabete ndetse akaba ari nabyo bigira uruhare runini mu kugabanya isukari mu […]
UPDF iri guhigisha za kajugujugu ibyihebe byateye Uganda bikica abanyeshuri
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye guhigisha uruhindu ibyihebe byo mu mutwe wa ADF mu rwego rwo gutabara abanyeshuri byaraye bishimuse. Mu ijoro ryakeye ni bwo ADF yateye mu karere ka Kasese, yica abanyeshuri 37 bigaga ku Ishuri rya Mpondwe, umunani irabakomeretsa na ho batandatu irabashimuta. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen […]
Kayonza: Byasabye imbaraga za Meya kugira ngo Green Party yemererwe gukora inama
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], ryangiwe gukorera inama muri imwe muri Hoteli zo mu karere ka Kayonza biba ngombwa ko hiyambazwa Meya wako. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo i Kayonza hagombaga kubera inama y’urubyiruko rwo muri ririya shyaka yo ku rwego rw’intara y’Iburasirazuba. Ni inama yagombaga kubera […]
Joseph Kabila yahishuye intandaro y’irindimuka ry’umubano we na Tshisekedi
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Congo Kinshasa yashinje Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi gukorera ‘Coup d’à‰tat’ itegekonshinga ry’igihugu, ibyatumye umubano bari bafitanye usenyuka. Muri Mutarama 2020 ubwo Tshisekedi yarahiriraga kuyobora RDC, we na Kabila bashinze ihuriro ryiswe FCC-CASH ryari rihuriwemo n’impuzamashyaka zarimo FCC rya Joseph Kabila, mu gihe CASH yari igizwe n’amashyaka atandukanye arimo […]
Zelensky ntakozwa ibiganiro Uburusiya butararekura uduce bwafashe
Perezida Zelensky aratangaza ko adateze kwicara ku ntebe y,ibiganiro na Perezida Putin mu gihe Uburusiya bwaba batarekuye uduce twose bwigaruriye. Ni nyuma y,uko kuri uyu wa Gatanu, Uburusiya bwari bwarashe umujyi wa Kyive ndetse ngo bukangiza zimwe mu ntwaro z’intambara. Mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu iri kubera i St Petersburg mu Burusiya, niho Perezida […]
Kayonza: Musonere ukekwaho kwica umugore we n’abana 3 arahigishwa uruhindu
Inzego z’umutekano mu karere ka Kayonza ziri gushakisha umugabo witwa Musonere Théogène zikekaho kwica umugore we n’abana batatu. Musonere w’imyaka 40 y’amavuko akekwaho kwicisha umupanga abana be batatu barimo umukobwa umwe n’abahungu babiri, cyo kimwe na nyina ubabyara. Ba nyakwigendera biciwe mu mudugudu wa Mubuga, akagari ka Gitara ho mu murenge wa Kabare muri Kayonza, […]
Cameroun yanikiye ibindi bihugu ku bagabo bafite ibitsina birebire ku Isi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu bihugu 90 byakozweho ubusesenguzi bwasanze Igihugu cya Cameroun na Sudan byaje mu bihugu bifite abagabo bafite ibitsina birebire ku isi, naho Ubufaransa buza mu bifite abagabo bafite binini. Nk’uko Dailmaily yashyize urutonde hanze rw’ibihugu 20 byambere bifite abo bagabo,Abashakashatsi bo mu gihugu cy’Ubudage bavuga ko umubare munini wagaragaye mu bihugu by’afurika […]
Perezida Ndayishimiye avuga ko hari ideni u Rwanda rukibereyemo u Burundi
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u avuga ko kuba u Rwanda rutarashyikiriza igihugu cye abaketsweho gushaka guhirika ubutegetsi ari ideni rukikibereyemo; gusa avuga ko iki kibazo kiri mu nzira zo gukemuka. Ikibazo cy’abakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza muri 2015 kiri mu byari byaratumye umubano w’u Rwanda n’u Burundi uzamba. Kuva muri 2020 ubwo Perezida […]
Uganda: Abanyeshuri 25 bishwe n’ibyihebe
Abanyeshuri 25 biciwe mu gitero abo bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF bagabye mu kigo cy’ishuri riherereye mu gace ka Kasese ho mu burengerazuba bwa Uganda. Ishuri ryagabweho igitero mu ijoro ryakeye ni iryisumbuye rya Mpondwe Lhubiriha riri hafi y’umupaka wa Uganda na Congo Kinshasa. Umuyobozi wo mu gace ka Kasese wavuganye na […]
Coka watoje amakipe atandukanye mu Rwanda yapfuye
Nduhirabandi Abdul Karim ‘Coka’ watoje amakipe atandukanye mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu. Coka yatoje amakipe ya Marines na Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, akaba yazize uburwayi.
Arsenal yatandukanye na rutahizamu w’Umunyarwanda wayikimiraga
Ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yamaze kurekura Umunyarwanda George Lewis Igaba-Ishimwe wari uyimazemo imyaka itatu. Lewis Igaba w’imyaka 22 y’amavuko, yari umukinnyi wa Arsenal kuva muri 2020 nyuma yo gutsinda igerageza yari amaze igihe ayikoramo. Igaba yavukiye mu Rwanda mbere y’uko ababyeyi be berekeza mu gihugu cya Norvège. Akina nka rutahizamu wo […]
Uwahoze ari umugore wa Ali Kiba arahangayitse
Amina Khalef wahoze ari umugore w’umuhanzi Ali Kiba avuga ko ahangayikishijwe n’ubuzima bwo kwitirirwa ko ari umugore w’uyu mugabo nyamara baratandukanye.Ibi yabivuze ashimangira ko kugeza ubu afatwa nk’umugore wa Ali Kiba kuko atarabona gatanya kuva batandukana mu mwaka wa 2022. Ubwo yarimo kuganira n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram, Amina yavuze ko yagerageje kwaka gatanya […]
Léandre Onana yaguzwe akayabo na Simba SC
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gusinyisha rutahizamu Léandre Essomba Willy Onana wari umaze imyaka ibiri akinira Rayon Sports. Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania avuga ko uyu munya-Caméroun yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira Simba. Ni nyuma yo kumutangaho $200,000 (arenga Frw miliyoni 200) ya récruitement. Uyu musore kandi […]
Ubushakashatsi bugaragaza iki ku ngaruka zo kwicara umwanya munini?
Abantu bicara umwanya munini baragirwa inama ko bafata izindi ngamba zibafasha kugabanya icyo gihe kuko bashobora gukurizamo uburwayi bukomeye ugasanga bafashe undi mwanya wo kwivuza kandi bakabaye birinda. Ni muri urwo rwego tugiye kubagezaho uburyo umuntu wicara cyane aba agomba kwitwaramo mu rwego rwo kwirinda guhura n’ibibazo by ’umugongo . Izi ni inama zitangwa ku […]
Zabyaye amahari hagati ya Afurika y’Epfo na Pologne
Umwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi wadutse hagati ya Guverinoma ya Afurika y’Epfo n’iya Pologne, nyuma y’uko abarinzi ba Perezida Cyril Ramaphosa bangiwe kuva ku kibuga cy’indege cy’i Warsaw. Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ari mu itsinda ry’abakuru b’ibihugu bya Afurika ku wa Kane berekeje i Moscou mu Burusiya ndetse n’i Kiev muri Ukraine, mu butumwa […]
Minisitiri Ngabitsinze yavuze ko yamaze igihe akora akazi ko gukoropa

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome, yanenze cyane bamwe mu rubyiruko rw’iki gihe bagaya akazi gaciriritse ngo ntigahuye n’amashuri bize, avuga ko akiba mu mahanga, yakoze akazi ko gukoropa muri resitora zitandukanye, akabona amafaranga bikamufasha gukomeza amashuri akayarangiza. Ibi Minisitiri Ngabitsinze yabivugiye mu nama nyunguranabitekerezo yigaga ku guteza imbere ihangwa ry’imirimo no kurwanya ubushomeri […]
Shakira yahungishije abana be ubukwe bwa murumuna wa Pique
Nyuma y’uko habayeho gutandukana hagati ya Shakira na Gerard Pique bikomeje kuvugwa ko umubano w’aba bombi utifashe neza nyuma y’uko bigaragaye ko abana b’aba bombi batazitabira ubukwe bwa se wabo. Ibi byatangakjwe n’ikinyamakuru Hola cyo muri Espagne aho ngo abana b’ibi byamamare aribo Milan na Sasha batazitabira ubukwe bwa murumuna wa Pique buteganyijwe kuba taliki […]
Haruna Niyonzima yasubije umutoza Amavubi wamushinje kuba nta cyo yigeze akorera u Rwanda
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Haruna Niyonzima, yasubije umutoza Carlos Alos Ferrer wigeze kumushinja kuba nta cyo yigeze afasha ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ amaze imyaka irenga 15 akinira. Haruna Niyonzima kuri ubu ntari mu bakinnyi uriya munya-Espagne yitabaje ku mukino Amavubi y’u Rwanda azahuriramo na Os Mambas ya Mozambique ku wa Gatandatu w’iki cyumweru, bashaka itike y’Igikombe […]
Mugore niba urarana umwenda w’imbere akaga karagutegereje
Abagore akenshi usanga barara bambaye umwenda w’imbere (ikariso) nyamara ntibamenye ingaruka bigira ku buzima.Gusa ntitwibagirwe ko hari nanone abagabo bakunda ko abagore babo barara bambaye ubusa. Impamvu babikunda n’uko usanga ngo mu gihe umugabo yagakoresheje amukuramo iyo myenda, yakabaye agikoresha amutegura mu gihe bitegura binjira nyirizina mu gikorwa cyo gutera akabariro. Urubuga rwa summerseve.com, rutangaza […]
M23 yirukanye Wazalendo mu duce 2
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane wigaruriye agace ka Kahira, nyuma y’imirwano yawusakiranyije n’inyeshyamba za Wazalendo zishyigikiwe na Guverinoma ya Congo. Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane impande zombi zarimo zirwanira mu duce twa Kibarizo-Kahira ndetse n’ahitwa Butare. Amakuru avuga ko mu ma saa yine n’igice ari bwo M23 yigaruriye agace ka […]
Rubavu: Polisi yarashe mu cyico ‘umwuzukuru wa shitani’
Polisi mu karere ka Rubavu yarashe mu cyico ukekwaho ubujura, ubwo mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane yari amaze kwambura abantu. Byabereye mu mudugudu wa Karukogo, mu kagari ka Rukoko ho mu murenge wa Rubavu; ahagana saa kumi n’imwe z’igitondo. Amakuru BWIZA yamenye ni uko uwarashwe ari umwe mu babarizwa mu itsinda rizwi nk’Abuzukuru […]
Turahirwa Moses yarekuwe by’agateganyo
Turahirwa Moses wamenyekanye nk’umumurikamideli akanashinga inzu yise Moshion, yarekuwe by’agateganyo aho azajya yitaba urukiko buri Cyumweru ikindi kandi ntazajye arenga imbibi z’u Rwanda. Kuri uyu wa Kane nibwo hari hateganyijwe ko Moses asomerwa umwanzuro w’urukiko ku bujurire we n’abamwunganira batanze aho yasabaga ko yazarekurwa nyuma y’uko yari akatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ni mu gihe […]
Brig. Gen Bainababo yakubitiye umudipolomate wa Uganda i Bujumbura
Umuyobozi wungirije w’umutwe w’Ingabo zidasanzwe za Uganda (SFC), Brig Gen Charity Bainababo, yatangaje ko aheruka gukubitira umudipolomate wa Uganda i Bujumbura mu Burundi. Byabaye mu ntangiriro z’ukwezi gushize ubwo uriya musirikare uri mu bagore bafite amapeti yo hejuru mu ngabo za Uganda yari i Bujumbura, ayoboye itsinda ry’abasirikare bari barindiye umutekano Perezida Yoweri Kaguta Museveni. […]
Niba uri umugore utwite cyangwa wonsa nturye isombe uba uhombye
Isombe ni ikiribwa gikomeye ku by’umwihariko ku bagore bonsa n’abatwite kuko bibongerera ubushobozi ku buzima bwabo ndetse no kubana.N’ubwo isombe ari nziza ariko bisaba kwitonda mu mitegurire yayo kuko iyo utayitayeho bishobora gushyira ubuzima bw’abayiriye mu kaga. Umugore utwite aba agomba kurya isombe kubera ko ikungahaye ku mavitamini n;intungamubiri umubiriwe ukeneye cyane ,kugira ngo agire […]
RDC yagaragaje u Rwanda nka nyirabayazana y’uko ikomeje kumungwa na ruswa
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kuba ari rwo nyirabayazana yo kuba ikomeje kumungwa na ruswa. Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ya RDC, ubwo yari yitabiriye inama y’Ihuriro Mpuzamahanga ryo kurwanya ruswa. Minisitiri Rose Mutombo Kiese yavuze ko kuva Perezida Félix Antoine Tshisekedi yagera ku butegetsi Guverinoma ya RDC yashyize ingufu […]
Bobi Wine arashinja Leta ku muca ku bahanzi bagenzi be
Umuhanzi wahindutse umunyapolitiki Kyagulanyi uzwi nka Bobi aravuga ko asigaye ari nyakamwe nta muhanzi ukimwegera kuko ngo batinya ko Leta ya Uganda yabareba ikijisho.Ibi yabigarutseho ubwo bari mu muhango wo gushyingura Kato Lubwama uherutse kwitaba Imana, aho yavuze ko kuva yatangira ibikorwa bye bya Politiki,abahanzi batangiye kumucika urusorongo batinya ko abayobozi bababonana nawe. Uyu munya […]
“Abashumba be nibo bangerageje”Brianne avuga ibyo yaboneye kwa Ap. Mignone

Umuvanzi w’imiziki Gateka Esther uzwi nka DJ Brianne,yongeye kurikoroza avuga ko yacumujwe mu rusengero rwa Women Foundation ruyoborwa na Apotre Mignone, nyuma y’uko ngo umwe mu bapasiteri bo muri urwo rusengero yigishije inyigisho zitamuryoheye. Aha Brianne yasangije abamukurikira izo nyigisho ngo zagarukaga ku kuntu ngo muri urwo rusengero abantu baho bose Imana yabahaye imitungo irimo […]
M23 mu mirwano ikomeye na Wazalendo
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane waramukiye mu mirwano n’imitwe y’inyeshyamba ziswe ‘Wazalendo’ zishyigikiwe na Guverinoma ya Congo Kinshasa. Amakuru avuga ko iyi mirwano iri kubera mu bice bya Kibarizo-Kahira ndetse n’ahitwa Butare. M23 imaze amezi atatu itarwana n’Ingabo za Leta ya Congo (FARDC), gusa muri ayo mezi yose yakunze guhurira mu mirwano n’imitwe […]
Kylian Mbappé yarashe u Bufaransa abuhora Lionel Messi
Rutahizamu Kylian Mbappé wa Paris Saint-Germain yanenze cyane u Bufaransa, abuhora uko bwafashe Lionel Messi mu myaka ibiri yabukinnyemo. Messi yageze muri PSG mu mpeshyi ya 2021 akubutse muri FC Barcelona yo muri Espagne. Uyu munya-Argentine n’ubwo yatwaranye ibikombe bibiri bya shampiyona n’iriya kipe y’i Paris, gusa umubano we n’abafana bayo ntiwigeze uba nta makemwa. […]
Nkore iki?Nahaye igitsina abasore babiri ku munsi umwe none sinzi uwanteye inda
Nyuma y’uko abantu benshi babona umusaruro uva mu bitangazamakuru cyane cyane mu gutanga inama, hari abakomeje gukomeza uwo murongo ari nabwo umuntu umwe yasabye abasomyi b’uru rubuga ko bamugira inama. Yagize ati” Nitwa Clarisse(Izina twahimbye),nifuje kubasangiza inkuru yanjye y’ukuntu natwise ariko simenye uwnteye inda.Ubusanzwe mu rugo ni ku Muhima ni naho nkorera uturimo twanjye twa […]
Urukundo ipfundo ku kurebana ay’ingwe hagati ya Sandrine na Jackson wa Red Blue JD
Mu minsi ishize, nibwo umunyamakuru Abayo Yvette Sandrine yashyize hanze video ashinja uwitwa Jackson Dushimimana nyiri Red Blue JD ko yamwambuye amafaranga agera kuri miliyoni 2,400,000Frw hakiyongeraho ko ngo yamukoreye ihohotera rishingiye ku gitsina. Icyo gihe yabwiye bwiza.com ko impamvu yashyize hanze ayo makuru n’uko ngo uyu Jackson yakomeje kumubuza amahwemo nyuma y’uko yari yamusezeye […]
Umugore yafashwe agiye kugurisha umwana ku bihumbi 50ksh
Polisi yo mugace ka Mlolongo yataye muri yombi umugore wari ugiye kugurisha umwana muri Uganda amuvanye muri Kenya aho yari guhabwa ibihumbi 50 by’amafaranga yo muri Kenya.Uyu mugore witwa Miriam Wesonga ufite imyaka18, yafashwe n’abaturage ubwo yacyebuzwaga hirya no hino afite umwana bisa nk’aho ataruwe bagira amacyenga bamushyikiriza Polisi. Akigezwa kuri sitasiyo ya Polisi Mlolongo […]
FERWAFA yongeye kwangira Gacinya kwiyamamaza
Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yongeye kwangira Gacinya Chance Denis kwiyamamaza imuhora “ubunyangamugayo buke”. Ku wa 6 Kamena 2023 Komisiyo y’amatora ya FERWAFA yatangaje urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kujya muri Komite Nyobozi ya FERWAFA mu matora azaba tariki ya 24 Kamena 2023. Icyo gihe Gacinya ari mu bari bangiwe kwiyamamaza […]
Menya akandi kamaro ko kurya ubunyobwa bitari ukongera amasohoro gusa
Hari igihe usanga hari abagabo batakwegera ameza, batabonyeho isupu y’ubunyobwa cyangwa se ubunyobwa bukaranze babanza gufata mu gihe bategereje amafunguro, ahanini ari uburyo bwo kugirango bakumire ikibazo cy’amasohoro macye. Telegraph mu nkuru yanditse mu 2017, yatangaje ko mu bushakashatsi bwakozwe mu 2014 ku bagabo 100 bwasanze ko umugabo urya impeke zirindwi z’ubunyobwa ku munsi usanga […]
Kenya na RDC bagiye gutegura uko bacyura Ingabo za EAC
Perezida William Ruto wa Kenya arateganya kohereza i Kinshasa itsinda ry’intumwa ze, mu rwego rwo kuganira na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku hazaza h’ingabo za EAC ziri muri kiriya gihugu. Kenya isanzwe ari yo muhuza mu bibazo byo muri Congo Kinshasa. Byitezwe ko itsinda Perezida Ruto ateganya kohereza i Kinshasa zizaganira na […]
Ikibazo cya Mangwende cyabujije amahwemo umutoza Carlos Ferrer
Hashize iminsi micye hamenyekanye amakuru ko umukinnyi Imanishimwe Emmanuel Mangwende bigoranye kuba yaboneka mu kipe y’igihugu Amavubi mu mukino uzahuza U Rwanda Mozambique bitewe n’uko ngo ikipe akinira ya FAR Rabat ifite imikino itarakina. Ibi rero byaraje ishinga umutoza Carlos Ferrer aho atangaza ko uyu mukinnyi ari mu nkingi za mwamba zikenewe. Mu kuri uyu […]
Igisubizo cya Museveni ku makuru yavugaga ko urupfu ruri kumugera amajanja
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yanyomoje amakuru avuga ko yaba ari gukurikiranirwa n’abaganga ahavurirwa indembe mu bitaro (ICU), ashyira mu majwi abanya-Kenya. Kuva mu cyumweru gishize Museveni yishyize mu kato nyuma y’uko bigaragaye ko yanduye icyorezo cya COVID-19. Uburwayi bwakurikiwe n’inkuru zitandukanye zivuga ku buzima bwe, ku buryo hari bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga […]
Uganda yohereje abasirikare mu Rwanda
Igisirikare cya Uganda (UPDF) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kamena, cyohereje mu Rwanda itsinda ry’abasirikare bacyo aho bitabiriye imyitozo igomba guhuza Ingabo z’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Brig Gen Matthew Gureme ushinzwe imyitozo muri UPDF ni we washyikirije bariya basirikare ibendera ry’igihugu mbere y’uko baza mu Rwanda. Imyitozo y’Ingabo za […]