Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda

Fortunat Biselele wahoze ari umujyanama wihariye wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byahishuwe ko mu byo yaba afungiwe harimo kugirana umubano n’abayobozi b’u Rwanda. Biselele uzwi cyane nka ‘Bifort’, afungiye muri gereza ya Makala y’i Kinshasa kuva ku wa 20 Mutarama uyu mwaka. Jeune Afrique yatangaje ko mu byo uyu […]

Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville

Jose Mourinho usanzwe amenyerewe mu gutsinda imikino yanyuma y’ibikombe, mu ijoro ryacyeye amahirwe ntiyamusekeye, nyuma y’uko atsinzwe n’ikipe ya Seville ku mukino wa nyuma wa Europa League. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu nibwo umukino wa nyuma wa UEFA Europa League 2022/2023 wabereye kuri Puskas Arena yo muri Hungary, wasize abanya-Espagne bamwenyura. Sevilla yatsinze […]

Igihe Ingabo za EAC zizamara muri RDC cyongerewe

Igihe Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (EACRF), kuri uyu wa Gatatu cyongereweho amezi atandatu. Umwanzuro wo kongerera izi ngabo igihe zizamara muri Congo wafatiwe mu nama idasanzwe ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yateraniye i Bujumbura. Ni inama yitabiriwe na […]

Lt. Col Katabazi yatanze integuza y’uko muri RDC hagiye kwaduka intambara y’injyanamuntu

Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe umutekano w’Imbere muri Uganda (ISO), Lt Col Emmanuel Katabazi, yatanze integuza y’uko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haba hagiye kwaduka intambara ikomeye. ISO ni yo isanzwe ishinzwe ubutasi bw’imbere muri Uganda. Umuyobozi wayo wungirije yatanze integuza y’uko muri Congo haba hagiye kwaduka intambara ikomeye, ubwo yaganiraga n’abakuriye inzego zishinzwe […]

Umutoza w’ikipe y’Amavubi apfa iki n’umukinnyi Onana?

Onana yabeshyuze ko yanze gukinira Amavubi

Hakomeje kwibazwa icyo Carlos Alos Ferrer umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi apfa na rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sport Leandre Esomba Onana , nyuma y’uko yumvikanye avuga ko uyu mukinnyi yasabwe gukinira Amavubi ariko akinangira. Ibi bishingirwa ku nkuru yakomeje icaracara kuri uyu wa Kabiri taliki 30, ivuga ko umutoza Carlos yatangaje ko Onana yanze gukinira ikipe […]

Ishyirahamwe ry’abahanzi riyobowe na Eddy Kenzo rirashinjwa gukoreshwa n’ishyaka rya Museveni

Hashize iminsi abantu batandukanye, bavuga ko ishyirahamwe ry’abahanzi bo muri Uganda, babashinja ko barishinze hagamijwe kujya mu kwaha kw’ishyaka rya NRM rya Perezida Museveni ariko bo bakabihakana Iri shyirahamwe rya Uganda National Musicians Federation (UNMF), riyobowe na Eddy Kenzo, ryagiye rishinjwa kenshi, kubogamira kuri iri shyaka mu rwego rwo kurifasha mu bikorwa bya Politiki hirya […]

Igisubizo cya Major Willy Ngoma ku makuru y’uko M23 yaba yitegura gufata Goma

Umutwe wa M23 wahakanye amakuru avuga ko waba uri mu myiteguro yo gutera ugafata Umujyi wa Goma, uvuga ko Guverinoma ya Congo ifatanyije na FDLR ari bo bari mu myiteguro y’intambara. Mu Cyumweru gishize Umuvugizi w’agateganyo wa Guverinoma ya Congo, Augustin Kibassa yari mu nama idasanzwe y’Abaminisitiri yabereye i Kinshasa, yavuze ko M23 imaze iminsi […]

Ese umubiri w’umuntu ukenera “Fbres” zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer

Abashakashatsi bo kuri Kaminuza ya Otago, muri Nouvelle Zélande na Kaminuza ya Dundee, bavuga ko umuntu akwiye gufungura nimiburiburi amagarama 25 ya “fibre” ku munsi.Bavuga ko ubishoboye yarenza amagarama 30, ko hari akarusho kanini. Umuneke wose upima amagarama 120 (120g), ariko wose ntugizwe na “fibre”. Ukuyemwo isukari n’amazi biwurimwo, usigarana 3g ya “fibre”.Kw’isi abantu benshi […]

Benzema yahawe akayabo n’ikipe yo muri Arabie Saoudite ngo ave muri Real Madrid

Umufaransa Karim Benzema ashobora gutandukana na Real Madrid asanzwe akinira muri iyi mpeshyi, nyuma yo kwemererwa umurengera w’amafaranga na Al Ittihad yo muri Arabie Saoudite. Benzema afitanye na Real Madrid amaze imyaka 14 akinira amasezerano azarangira mu mpeshyi y’uyu mwaka. Iyi kipe y’i Madrid imaze igihe ifite gahunda yo kumuha amasezerano mashya y’imyaka iri hagati […]

Umuvugabutumwa ufite abagore 46 n’abana 286 akurikiranyweho gushaka gutubura Bibiliya

Wanyama, yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gutubura bibiliya aho ngo ashaka kongeramo ibindi bitabo aho kuba 66 bikaba 93.Uyu mugabo ubusanzwe uyobora urusengero rwa Muungano Church for All Nations ruherereye mu gace ka Nandolia village in Kanduyi,yajyanywe mu nzego ngo asobanure neza iby’inyigisho ze. Uyu mukambwe w’imyaka 83, y’amavuko avuga ko ashaka kuzuza ibyo intumwa […]

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya ari mu Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, ari i Bujumbura mu Burundi aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku manywa yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Gicurasi ni bwo Lavrov yageze ku kibuga cy’indege cyitiriwe Melchior Ndadaye i Bujumbura; aho yakiriwe na mugenzi we Albert Shingiro. Uyu mukuru wa dipolomasi y’u Burusiya yari aherekejwe n’itsinda […]

Onana wa Rayon Sports yabenze Amavubi

Rutahizamu Léandre Essomba Willy Onana wa Rayon Sports, yanze ubusabe bw’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ bwo kuyikinira. Uyu munya-Caméroun yari amaze igihe mu biganiro n’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryifuzaga ko yakinira Amavubi. FERWAFA yifuzaga ko uyu rutahizamu wasoje shampiyona y’u Rwanda ayoboye abatsinze ibitego byinshi (16 mu mikino 23 yakinnye) yakinira u Rwanda mu mikino […]

Ibi bintu 5 biri mu byo umusore yakwibandaho agatsindira umutima w’inkumi

Mu byerekeye urukundo, abenshi mu basore batemererwa urukundo ibi twita indobo, nyamara ahanini biterwa n’ukuntu baba bitwaye.Abasore bashaka kwigarurira imitima y’abakobwa cyangwa abagore bifuza gukundana nabo , ni byiza ko mwakurikiza zimwe muri izi nama zikurikira. 1.Kwimenya wowe ubwawe no kwigirira icyizere Musore wowe niba ushaka kwigarurira umutima w’inkumi, gerageza umenye ibibi byawe n’ibyiza, ku […]

Anita Pendo yigeze kwangira Tidjara gukora ubukwe inshuro ebyiri we atarabukora biba impfabusa

Anita na Tidjara ni inshuti kuva cyera

Umunyamakuru akaba n’umushyushabirori Anita Pendo,yavuze ukuntu yigeze kwangira mugenzi we Tidjara Kabendera gukora ubukwe inshuro ebyiri we nta narimwe arabukora.Anita usanzwe ari umubyeyi w’abana babiri, ariko akaba akunda kwiyita umukobwa w’irwanyeho, yavuze ko mu gihe Tidjara Kabendera yamuhamagaraga amubwira ko agiye muri Tanzania gukora ubukwe n’umugabo babana ubu Anita yamubwiye ko ataribubyemere. Mu kiganiro aba […]

Abakinnyi ba Rayon Sports bigumuye, bashobora kudakina umukino wa APR FC

Amakuru aturuka muri Rayon Sports aravuga ko ishyamba atari ryeru muri iyi kipe, nyuma y’uko abakinnyi bayo bafashe icyemezo cyo kwigumura ku buyobozi. Rayon Sports kuri ubu iri mu myiteguro y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro igomba guhuriramo na APR FC ku wa Gatandatu w’iki cyumweru. Ni umukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Mu gihe […]

Amasaha 2 y’imirwano hagati ya M23, Nyatura na APCLS

Imirwano ku Cyumweru tariki ya 28 Gicurasi yasakiranyirije abarwanyi ba M23 n’inyeshyamba z’imitwe ya Nyatura na APCLS. Ni imirwano yabereye mu gace ka Kabukomo ko muri Teritwari ya Masisi gaherereye mu bilometero bibarirwa mu icumi uvuye mu mujyi wa Kitchanga. Nyatura na APCLS bamaze igihe bafatanya n’Igisirikare cya Congo (FARDC) ndetse n’umutwe wa FDLR, mu […]

Hari kwibazwa niba Al-Nassr idakwiye kwicuza kuba yarasinyishije C.Ronaldo

Umukinnyi Cristiano Ronaldo akomeje kwibazwaho nyuma y’uko ikipe akinira ya Al-Nassr iri ku mwanya wa kabiri muri shampiyona ya Soudi Arabia nyuma yo kunganya n’ikipe ya Ettifaq 1-1 mu mpera z’icyumweru gishize. Mu ntangiro z’uyu mwaka muri Mutarama ubwo Ronaldo yasinyishwaga, yasanze iyi kipe iri kumwanya wa mbere ariko igikomeje kuvugwa n’uko ngo shampiyona isa […]

Ku myaka 71 yarangije kaminuza nyuma yo kumara mu mashuri imyaka 54

Muri Kaminuza ya British Columbia (UBC), haravugwa umugabo witwa Arthur Ross urangije muri iryo shuri nyuma yo kumara imyaka 54 mu masomo.Uyu mugabo bivugwa ko ariwe umaze igihe kinini yiga. Ross, w’imyaka 71, y’amavuko avuga ko yagiye kwiga ibijyanye n’ubugeni muri iyi Kaminuza, nyuma yo kugira amatsiko menshi ku byerekeye uyu mwuga.Ni nyuma y’uko yari […]

Niyigena Clément yagize icyo avuga kuri Tyiphoà¯de yamuzahaje

Myugariro Niyigena Clément w’Ikipe ya APR FC, yagize icyo avuga ku burwayi butandukanye yagize bwatumye adasozanya umwaka w’imikino na bagenzi be, ashimangira ko Typhoà¯de yarwaye ari yo yamuzahaje cyane. Kuri iki Cyumweru ni bwo APR FC yegukanye Igikombe cya shampiyona cya 21 mu mateka yayo, nyuma yo gutsinda Gorilla FC mu mukino w’umunsi wa nyuma […]

Nkore iki?Narigase mu gitsina cy’umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi

Muraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw’umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b’itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n’urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo. Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy’amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini […]

Zari yigambye impamvu yemeye igitabo cya Quran nk’inkwano

Nyuma y’igihe gito Zari Hassan yambitswe impeta n’umugabo yasimbuje Diamond Platnumz , aherutse gutangaza ko kuba yarakowe igitabo gitagatifu cya Quran ntacyo bitwaye kuko yihaye byose bityo ko ntacyo abuze. Ibi yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, aho yagarutse ku mubano we n’umugabo we Shakib Lutaaya bivugwa ko yamukoye Quran nyamara bikavugwa ko uwahoze ari […]

Menya Abanyarwanda 3 bari muri 8 bahigishwaga uruhindu bagitegereje gufatwa

Abanyarwanda batatu kuri ubu ni bo bagihigishwa uruhindu ngo baryozwe uruhare bakekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’uko bagenzi babo batanu byemejwe ko bafashwe cyangwa bakaba barapfuye. Abanyarwanda umunani ni bo bamaze imyaka irenga 20 bashakishwa kurusha abandi, bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Urwego rwa Amerika rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by’intambara, jenoside […]

APR FC yabonye Visi-Chairman mushya

Lieutenant Colonel Karasira Richard wahoze ari Perezida wa Marines FC, yagizwe umuyobozi wungirije wa APR FC. Lt Colonel Karasira yasimbuye kuri izi nshingano Brig Gen Firmin Bayingana wari umaze imyaka ibiri ari Visi-Perezida wa APR FC. Ni Gen Bayingana wasimbuwe ku nshingano bijyanye n’uko hari izindi nshingano asanzwe akora zitamwemereraga kubonera umwanya APR FC. Lt […]

Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Bola Tinubu

Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Abuja mu murwa mukuru wa Nigeria, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu, Bola Tinubu. Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru ni bwo Umukuru w’Igihugu yageze muri Nigeria. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Gicurasi ni bwo Tinubu azarahirira kuyobora Nigeria. Ni nyuma yo kwegukana intsinzi […]

APR FC yegukanye igikombe cya 21 cya shampiyona

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya 21 cya shampiyona mu mateka yayo, nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino usoza shampiyona. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Gorilla kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona. Ni umukino yasabwaga gutsinda ikegukana igikombe cy’umwaka w’imikino wa 2022/23, nyuma y’uko Kiyovu […]

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo yavuze umuzi w’ibibazo byugarije RDC

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Thabo Mbeki, yagaragaje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’isoko nyamukuru y’ibibazo bimaze igihe biyugarije. Ni nyuma y’igihe rugeretse hagati y’iki gihugu n’u Rwanda gishinja kuba nyirabayazana y’ibibazo bimaze igihe bicyugarije. Ni ibibazo byarushijeho kuba bibi nyuma y’uko imirwano yari imaze kubura hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) n’inyeshyamba zo mu […]

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi irasaba abaturage kubana neza n’ibidukikije

e62226c0-c286-4810-8719-621e38ad9690.jpg

Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, irakangurira abaturage kubana neza n’ibidukikije kubera ko ntawashobora guhindura imiterere y’igihugu. Kuri uyu wa 27 Gicurasi 2023, ubwo Minisitiri ufite mu nshingano Ibikorwa by’Ubutabazi n’Imicungire y’Ibiza, Kayisire Marie Solange,yari mu muganda n’abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyundo,yababye kubana neza n’ibidukikije kuko ngo bidashoboka guhindura imiterere y’igihugu. […]

M23 yaba iteganya gutera Goma

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje umutwe wa M23 kongera Ingabo mu birindiro byayo, mu rwego rwo gutera Umujyi wa Goma. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Augustin, ubwo yari mu nama idasanzwe y’Abaminisitiri iheruka kubera i Kinshasa. Yavuze ko “umutekano ukomeje kurangwa no kongera Ingabo mu birindiro bya RDF/M23 mu rwego rwo […]

Gen Muhanga yagiye gusuzuma uko igitero cyiciwemo abasirikare benshi ba UPDF cyagenze

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Kayanja Muhanga, yerekeje muri Somalia mu rwego rwo gusuzuma igitero giheruka kwicirwamo abasirikare benshi ba UPDF. Ku wa Gatanu tariki ya 26 Gicurasi ni bwo Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe zagabweho igitero n’inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab. […]

Umujenerali wa kabiri w’umwirabura yagenwe kuba umugaba mukuru w’ingabo za Amerika

Joe Biden Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika,yafashe icyemezo cyo kugira Charles “CQ” Brown Jr umugaba w’ingabo zose z’Amerika. Uyu mugabo bakunze kwita CQ” Brown, asanzwe ari Jenerali aho afite umubare w’inyenyeri, afite imyaka 61 y’amavuko. Agiye gushyirwa kuri uyu mwanya mu gihe yari asanzwe ari umugaba w’ingabo z’Amerika zirwanira mu kirere kuva mu 2020, […]

Perezida Paul Kagame mu muganda i Nyandungu

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi, yifatanyije n’Abanyarwanda mu muganda usoza ukwezi kwa Gicurasi. Ni umuganda wabereye muri Parike ya Nyandugu Eco Park iherereye mu gishanga cya Nyandungu gitandukanya uturere twa Gasabo na Kicukiro. Umukuru w’Igihugu yari kumwe na Madamu we, Jeannette Kagame; batera ibiti muri iriya Parike. Umuganda wo […]

Ruhango:Basanze yapfuye nyuma yo kwimanika mu mugozi

Umugabo wakoreraga ibikorwa bye by’ubucuruzi mu karere ka Ruhango mu murenge wa Ruhango, haravugwa urupfu rw’umucuruzi witwa Kamirindi Innocent wacururizaga muri uwo mugi nyuma yo gusangwa amanitse mu mugozi. Amakuru y’ibura rye yatangiye kumenyekana mu mpera z’icyi cyumweru nyuma y’iminsi ibiri atagaragara aho abaturanyi be batangiye kugira amacyenga bakamena ibirahure by’inzu barungurutse basanga yamaze gupfa. […]

Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?

Inkarishya zagira uruhare mu kurwanya indwara ya kanseri kubera ko zigiramo ikitwa ‘trypsine’, gifite ubushobozi bwo kuburizamo za ‘cellules’ zitera kanseri. Kubera ko zigiramo ikitwa ‘bàªta-carotène’, bituma zirinda ibyago byo kurwara indwara z’umutima zimwe na zimwe. Intagarasoryo zirarura ku buryo umuntu utazimenyereye bitamworohera kuzimira, zishobora kuribwa ari mbisi cyangwa se zitetse. N’ubwo mu kanwa zitaryoha […]

U Burundi bwimye u Rwanda rutahizamu wari wahamagawe n’Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’u Burundi ryimye u Rwanda rutahizamu Ndikumana Danny, mu gihe yari yamaze guhamagarwa mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryaherukaga kwandikira iry’u Burundi ririsaba kwemera kurekura uyu mukinnyi akaza gukinira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Ndikumana Danny usanzwe akinira Rukinzo FC yari yahamagawe n’Amavubi ngo aze kuyafasha mu […]

Pastor yasabye abayoboke be, kugurisha imitungo yabo akajya kubagurira ibibanza mu ijuru

Pastor wo mu rusengero rwitwa Universal Apostle Fellowship Church yatangiye kugurisha abayoboke be ibibanza bye biri mu ijuru.Ibi byakozwe na Pasiteri wo muri Uganda ariko uba muri Afurika y’Epfo. Amakuru atandukanye, avuga ko abayoboke benshi batangiye gutanga amafaranga ngo babagurire ibyo bibanza, abatabishoboye bagirwa inama yo kugurisha imitungo yabo bakamuha amafaranga akabagurisha ibyo bibanza. Uyu […]

Ururenda rwo mu gitsina cy’umugore, isoko y’umunezero ku bagabo mu gihe cy’imibonano

Ubu bubobere buratandukana ku bantu, hari abagira bwinshi n’abagira bucye, gusa hari n’abatagira na bucye ibi bikaba ari uburwayi buvurwa.Ububobere ubusanzwe buba ari ururenda rw’umweru, gusa mu gihe cy’uburumbuke birahinduka bikaba nk’umweru w’igi ribisi kandi rukarenduka. Iyo umugabo rero yinjije igitsina cye mu cy’umugore agasanga afite urwo rurenda araryoherwa ku buryo yumva atarangiza agakomeza kwiyumvira […]

Rurageretse hagati y’umunyamakuru DC Clement na Dj Brianne mu byo bapfa harimo n’ubutinganyi

Ifoto igaragaza Clement arikumwe na Coach Gael

Muri iyi minsi nta kindi kirimo kuvugwa mu myidagaduro, by’umwihariko mu itangazamakuru, usibye umwuka utari mwiza hagati y’umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement na Gateka Esther uzwi nka Dj Brianne. Bijya gutangira, byabanje umunyamakuru Clement ashyira hanze ifoto ari kumwe n’umushoramari Coach Gael amushima ko ari indashyikirwa mu muziki kandi ko ari ingirakamaro. “Ayo […]

Al Shabaab irigamba kuba yishe abasirikare 137 ba Uganda

Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab urigamba kwica abasirikare 137 ba Uganda no gushimuta abandi benshi, nyuma yo kugaba igitero ku birindiro byabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Abasirikare uyu mutwe wigambye kwica ni abari baroherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia (ATMIS). Al Shabaab mu itangazo yasohoye […]

Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Zelensky wa Ukraine

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine wamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we Volodymyr Zelensky. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko uretse ubu butumwa yashyikirijwe, we na Minisitiri Dmytro Kuleba “banaganiriye ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’uburyo bwo gushyigikira gahunda z’amahoro zigamije kurangiza aya makimbirane.” Kuri […]

Tshisekedi yaregeye ‘Kagame n’u Rwanda’ abanye-Congo baba mu Bushinwa

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwitwaza u Rwanda arugaragaza nka nyirabayazana y’ibibazo bimaze igihe byarayogoje igihugu cye. Tshisekedi yitwaje u Rwanda na Perezida Paul Kagame, ubwo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi yaganiraga n’abanye-Congo baba mu Bushinwa. Tshisekedi ari i Beijing mu murwa mukuru w’u Bushinwa, […]

Kenya:Umubare w’abishwe n’inzara bategetswe kwiyiriza ubusa ugeze kuri 241

Inzego z’ubuzima muri Kenya, zikomeje gutangaza ko umunsi ku munsi zikomeje gutahura imirambo y’abashwe n’inzara nyuma yo gutegekwa na Pasiteri kwiyiriza ubusa aho kuri ubu umubare umaze kugera kuri 241. Nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga wa Cabinet muri Kenya, CS Kithure Kindiki, atangaza ko kugeza ubu imibare ikomeje kwiyongera , aho ku munsi w’ejo kuwa 3 , […]

FERWAFA yandikiye Federasiyo y’u Burundi iyisaba rutahizamu wahamagawe n’Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryandikiye iry’Umupira w’amaguru mu Burundi, ririsaba kwemerera Ndikumana Danny ukinayo kuza gukinira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Ndikumana ukina asatira izamu asanzwe akinira ikipe ya Rukinzo FC; ndetse aheruka mu Rwanda ubwo yari kumwe n’iyi kipe mu mikino yahuzaga amakipe ya Polisi z’ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Amakuru avuga ko uyu […]

Kinshasa: Polisi na Opozisiyo bongeye kumvana imitsi

Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi, yongeye gukozanyaho n’uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Kuri uyu wa Kane byari byitezwe ko abanyapolitiki Moà¯se Katumbi, Martin Fayulu, Matata Ponyo na Delly Sesanga n’ababashyigikiye bajya kwigaragambiriza imbere y’icyiciro cya Komisiyo y’amatora (CENI). Ni nyuma y’imyigaragambyo yagombaga kuba ku wa Mbere […]

Ese imibonano ikozwe neza igomba kumara igihe kingana gute?

Ni kenshi, usanga abantu batandukanye by’umwihariko abashakanye bibaza igihe runaka imibonano mpuzabitsina igomba kumara.Abanga bagaragaza ko nta gihe cy’ibarwa yakagombye kumara, ahubwo icyingenzi n’uko bose bagera ku ndunduro y’ibyishimo byabo. Ubushakashatsi bwakozwe kuri couples 500 mu gihe cy’ibyumweru 4 bwagaragaje ko abagabo barangije mu gihe gito bamaze amasegonda 33 mu gihe abamaze igihe kinini bamaze […]

Perezida Zelensky wa Ukraine yageneye ubutumwa Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi, byitezwe ko yakira ubutumwa bwa mugenzi we Volodymir Oleksandrovych Zelensky wa Ukraine. Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu ashyikirizwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba utegerejwe i Kigali. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabwiye BWIZA ko Minisitiri Kuleba “araza uyu munsi […]

Bobi Wine yatangiye guhangana na Eddy Kenzo bapfa ihuriro ry’abahanzi ayoboye

Eddy Kenzo aherutse gutorerwa kuyobora ihuriro ry'abahanzi muri Uganda

Umuwanzi w’umunyapolitiki, akaba n’umunyamuziki, yatangiye guhangana n’abahanzi barimo Eddy Kenzo nyuma yo kuyobora ihuriro ry’abanzi rizwi nka Uganda National Musician Federation( UNMF). Bobi Wine avuga ko Eddy Kenzo na Sheebah Karungi,ko gushinga iryo huriro bifitanye isano no kuba ari abahanzi b’inzara.Yabigarutseho ubwo yaganiraga n’umunyamakuru ukorere kimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda. Eddy Kenzo uyoboye iri […]

Gen Kazura yaganiriye na Lt Gen Osama Askar

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’Ingabo za Misiri Lt Gen Osama Askar. Gen Kazura n’itsinda ayoboye bari mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi bari kugirira muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika. Aha mu Misiri bahitabiriye inama ya kabiri ya Komisiyo ishinzwe ubufatanye hagati y’Igisirikare cya […]

Musanze:Umugabo yafatanywe ingurube yishwe abwira irondo ko avuye kuyiba

Yafashwe acyekwaho kwiba ingurube akayikata umutwe

Mu karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umugabo wafatanywe ingurube yishwe, abajijwe asobanura ko yayibye ahita ajyanwa ku murenge ahajyanwa abakoze ibyaha nk’ibyo mu gihe baba bategereje urwego rwa Polisi ngo rukore akazi karwo. Uyu mugabo bicyekwa ko yari yayibye mu kagali ka Nyarutembe Umurenge wa Rugera akarere ka Nyabihu, gahana imbibe n’akarere ka Musanze, mu […]

Bwa mbere Juvenal yagize icyo avuga nyuma y’uko Kiyovu Sports isize agatwe i Nyagatare

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yageneye ubutumwa abafana b’ikipe ayoboye, nyuma y’uko itsinzwe na Sunrise FC igatakaza amahirwe y’igikombe cya shampiyona yari ifite mu biganza byayo. Ku Cyumweru gishize ni bwo Kiyovu Sports yatsinzwe na Sunrise FC igitego 1-0; mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona waberaga kuri Stade ya Nyagatare. Ni umukino wababaje […]

U Rwanda na Uganda bigiye gusubukura umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi ubihuza

U Rwanda na Uganda byiyemeje gukorana bya hafi, mu rwego rwo kurangiza umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi uhuza Kigali na Kampala umaze igihe utegerejwe cyane. Byatangarijwe mu nama yahurije i Kampala abayobozi bo mu bihugu bya Uganda, u Rwanda, Kenya na Sudani y’Epfo. Yigaga kuri gahunda yo kuzahura umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi uhuza ibi bihugu. Uyu […]

Ese wari uziko umuravumba udakoreshwa mu kuvura inkorora gusa? Dore izindi ndwara 7 uvura

Umuravumba benshi bawukoresha batawuzi neza ariko nyamara iyo ugiye mu bushakashatsi ku ndwara uvura usanga zirenga 10 nyamara abenshi bakunze kuwukoresha bivura ibicurane n’inkorora gusa. Iki kimera gikunze kuboneka ku mugabane w’afurika, usanga bawukoresha cyane mu buvuzi gakondo ariko kandi ibinyabutabire biwuvamo bishobora no gukoreshwa mu buvuzi bwa kizungu. Abavuzi gakondo batandukanye bemeza ko mu […]

Nyaruguru: Umufatanyabikorwa arashimirwa uruhare mu iterambere ry’umugore

Ntakirutimana Marthe

Abagore basaga 900 bibumbiye mu matsinda 33 yo mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko kumara imyaka isaga 7 bakorana umunsi ku wundi n’umufatanyabikorwa ActionAid Rwanda, byabazamuriye imyumvire bizana ubwimvikane mu ngo zabo, bakorera hamwe bongera umusaruro w’ubuhinzi, barizigama bashora imari mu mishinga yinjiza amafaranga. Aba bagore babitangarije Bwiza ubwo bamurikaga umusaruro […]

Yiyahuye nyuma yo kubura ubwishyu bw’amezi 3 y’ubukode bw’inzu

Umugabo witwa Yafesi Kalibala yiyahuye nyuma y’uko ngo abuze ubwishyu bw’amezi 3 yagombaga kwishyura nyiri nzu yari acumbitsemo.Polisi yo mu gace ka Kitovu muri Mafubila muri Uganda yatangaje ko igikora iperereza. Amakuru, avuga ko uyu Kalibala, yasanzwe yimanitse akoresheje umukandara, gusa ngo intandaro yabyo ni amashilingi ibihumbi 75 by’amezi atatu yari yananawe kwishyura.Urupfu rwe rujya […]

Umunsi wa 30 wa shampiona y’u Rwanda wateje impinduka

Mu gihe habura iminsi micye ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ishyirweho akadomo muri uyu mwaka w’imikino, FERWAFA yakoze impinduka mu mikino iteganyijwe kugirango hatagira impungenge cyangwa inzitwazo zitangwa n’amakipe amwe n’amwe. Iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,ryatangaje ko ku mikino y’umunsi wa 30 wa shampiyona,mu cyiciro cya mbere cy’abagabo aho kuri uyu wa Gatandatu […]

Gukura igitsina mu cy’umugore by’akanya gato, kimwe mu bituma umugabo adasohora vuba

Kimwe mu bintu bitandukanye abahanga bagaragaza gifasha abashakanye, kuryoherwa no kugeza ibyishimo ku ndunduro,harimo kuba umugabo akura igitsina cye mu cy’umugore mu gihe umwe agiye kurangiza. N’ubwo hari ibindi byinshi abakora imibonano, bashobora gukora ngo ntibarangize vuba, iki cyo cyo gukura igitsina mu cy’umugore mu gihe igikorwa kigezemo hagati, ni ngenzi cyane. Iyo umugabo cyangwa […]

Lupita Nyong’o yigaramye umugore w’ikizungerezi bivugwa ko batingana

Lupita Nyong'o yamaze kwigarurira imitima y'abantu

Lupita Amondi Nyong’o yigaramye umuririmbyi akaba n’umukinnyikazi wa Filme Janelle Monà¡e, nyuma y’uko bivuzwe ko bari mu rukundo ibi bizwi nk’abaryamana bahuje ibitsina. Bigarutsweho ariko mu gihe Nyong’o kandi byari bizwi ko ari mu rukundo n’umunyamakuru Selema Masekela usanzwe ukora kuri televiziyo.Ibyay’aya makuru y’urukundo hagati y’abo bagore bombi yatangiye kuvugwa nyuma y’uko bakunda kugaragara bari […]

RDC yareze u Rwanda muri ICC

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ishinja Ingabo zarwo guhohotera abaturage bayo ndetse no gusahura amabuye y’agaciro ya RDC. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Congo Kinshasa yatanze icyo kirego biciye mu munyamabanga wa Leta ya Congo muri Minisiteri y’Ubutabera, Rose Mutombo. Ikirego yashyikirije ubushinjacyaha bwa […]

Mu bakomerekejwe n’ibiza biherutse kwibasira u Rwanda , 13 baracyari kwa muganga

Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, itangaza ko ibikorwa by’ubutabazi ku bakomerekejwe n’ibiza,ugeze kure kuri ubu hakaba hagaragara abantu 13 bakiri kwitabwaho n’abaganga. Iyi Minisiteri igaragaza ko mu bantu 110 bari barakomeretse abageze kuri 97 bakize, naho 13 baracyari kwa muganga, gusa ngo hari n’abari kuvurwa ibindi bibazo bari basanganywe mbere y’ibiza. Uretse kwita ku bakomerekejwe n’ibiza, […]

“Natangiye gutekereza byinshi bipfuye”Kecapu akimara kumenya ko atwite abana 3

Kecapu ubwo yari atwitwe arikumwe n'umugabo we

Mukayizere Jalia Nelly, uzwi nka Kecapu, yavuze urugendo rwe mu nzira yo gutwita impanga z’abana batatu, aho yagarutse ku bwoba yagize akimara kumenya kubimenya. Kecapu yavuze ko mugaganga akimara kubimubwira yagize ubwoba yibaza uko azashobora kubitaho ariko ngo nyuma y’amasengesho yakoze ubwoba bwahise bushira. Aganira n’umunyamakuru , yavuze ko yagize ubwoba kwiyumvisha ukuntu umuntu atwita […]