Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga rya Senegali rwatesheje agaciro isubikwa ry’amatora
Ku wa kane taliki ya 15 Gashsaynatare 2024, , Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga rya Senegali rwatesheje agaciro isubikwa ry’amatora. Rwatangaje ko binyuranyije n’itegeko nshinga, ruvuguruza inyandiko yemejwe ku ya 5 Gashyantare, n’abadepite isaba subikwa amezi 10, ry’amatora akaba yari ateganijwe ku ya 25 Gashyantare kuri ubu ariko akaba yari yashyizwe muri Ukuboza 2024. […]
Kinshasa: Bigaragambije bamagana ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi
Ku wa mbere taliki ya 12 Gashyantare 2024, abaturage ba Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, bigaragambirije imbere y’abahagarariye ibihugu byabo mu bihugu by’iburengerazuba ariko nako bamwe basahura ibikorwa by’inyungu by’abo banyamahanga. Icyari cyihishe inyuma y’iyi y’imyigaragambyo ngo ni ukutagira icyo umuryango mpuzamahanga ukora imbere y’ihohoterwa rikorwa n’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba […]
Perezida wa Nigeria yasubitse urugendo rwe muri Senegal
Bola Tinubu, Perezida wa Nigeria azahurira na Macky Sall wa Senegal ku wa kane i Addis Abeba, muri Etiyopiya. Mu gihe uruzinduko rw’umukuru w’igihugu cya Nijeriya akaba na perezida w’ubu wa ECOWAS rwari ruteganijwe ku wa mbere i Dakar rwasubitswe burundu. Byari biteganijwe ko mu murwa mukuru wa Senegal, Bola Tinubu azaganira na mugenzi we […]
Guterres: Ku isi, ubuzima bwabaye ikuzimu ku mamiliyoni menshi y’abantu
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres,imbere y’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa gatatu taliki ya 08 Gashyantare 2024 yagarutse ku bibazo byinshi byugarije isi birimo ibibangamiye uburenganzira bwa muntu abaturage benshi b’isi barimo kunyuramo. Ati” Amamiliyoni menshi y’abantu ari mu bibazo bishingiye ku makimbirane, ubuzima bwabaye ukuzimu guhoraho, kugizwe n’urupfu n’inzara. Abantu benshi bahunga ingo zabo […]
RDC: Fred Bauma arashinja Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iperereza kumukorera ihohoterwa n’iyicarubozo
Fred Bauma, umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ubushakashatsi cyo muri Kongo Ebuteli, yamaganye ihohoterwa rishingiye ku mubiri n’imyitwarire mibi yakorewe ubwo yari afungiye muri gereza y’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR) cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Bauma, aherekejwe na Bienvenu Matumo, yarekuwe muri gereza ya ANR ku wa mbere Gashyantare 5 nyuma y’iminsi itatu afunzwe by’agateganyo. […]
Nyuma yo “gutsinda” cancer, Sebastien Haller yatsinze RDC
Abakurikiye igikombe cy’Afurika kuri uyu wa 07 Gashyantare 2024, bagakurikira umukino wahuje ikipe y’igihugu ya CĂ´te d’Ivoire na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo babonye umukinnyi Sebastien Haller watsinze igitego cyiza cyane. Uyu Sebastien Haller ubusanzwe akinira ikipe ya Borrusia Dortmund mu gihugu cy’Ubudage. Ni igitego cyahesheje intsinzi ikipe ya CĂ´te d’Ivoire kiyihesha kugera ku mukino […]
Senegal: Inteko yatoye itegeko risubika amatora, abatavuga n’ubutegetsi babanje gusohorwa
Mu gihugu cya SĂ©nĂ©gal, Inteko ishinga amategeko yatoye kuri uyu wa 05 Gashyantare 2024 mu buryo urebye bwa rusange umushinga w’itegeko usubika amatora ya perezida yari ateganijwe muri uyu mwaka mu kwezi kwa Gashyantare akazaba ku wa 15 Ukuboza 2024. Aya matora yabayeho habayeho gusohora ku ngufu abadepite batavuga rumwe n’ubutegetsi. Ibi byakozwe na jandarumori […]
Cote d’Ivoire: Ishyaka rya Gbagbo ryanyomoje igihuha cy’urupfu rwe
Mu gihe mu gihugu cya Cote d’Ivoire hari kubera igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN 2023), amakuru amwe n’amwe yakomeje guhwishiswa ko uwahoze ayoboye icyo gihugu, Laurent Gbagbo yaba yaritabye Imana. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’Ishyaka rye “Parti des peuples africains-CĂ´te d’Ivoire (PPA-CI)”, Gbagbo yerekeje mu gihugu cy’Ububiligi mu mpera z’ukwezi kwa mbere 2024 aho yatumiwe […]
Senegal: Leta yatangaje ko igiye kuba ikuyeho Internet
Leya ya Senegal yatangaje ko igihe kuba ikupye by’igihe gito umuyoboro wa Internet . Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa 05 Gashyantare 2024, gitewe n’imyigaragambyo yatangiye muri icyo gihigu itewe nuko Perezida w’icyo gihugu Macky Sall yavuze ko asubitse igikorwa cy’amatora ya Perezida yari ateganijwe kuri uyu wa 25 Gashyantare 2024. Itegeko ryimura ayo matora […]
Liberia: Isanduku ya Leta “irimo ubusa”
Perezida wa Liberiya Joseph Nyuma Boakai aravuga ko isanduku ya Leta iri mu mazi abira. Kuva yagera ku butegetsi, ku wa 22 Mutarama 2024, Joseph Nyuma Boakai ntiyahwemye kugaragaza ko amafaranga miliyoni 40 z’amadolari zavuzwe n’uwo yasimbuye Georges Weah atari ibyo. Ngo nyuma y’aho arahiriye yasanze isanduku ya Leta irimo miliyoni 20 n’igice z’amadorari. Ibi […]
Ikiganiro umunyamakuru Alain Foka yagiranye na Perezida Ibrahim Traoré wa Burkinafaso (Igice cya 3)
Alain Foka, ni umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Cameroun. Azwi cyane akorera ikinyamakuru RFI cy’Abafaransa. Kuva umwaka ushize ni umunyamakuru wikorera ku giti cye. Yamenyekanye cyane ku nkuru zicukumbuye, zivuga kuri politiki y’Afurika. Muri iyi nkuru, turabagezaho ikiganiro yagiranye na Perezida wa Burukinafaso Capitaine Ibrahim TraorĂ©. Iki gice cya gatatu kirakomereza ku bijyanye n’imiyoborere. Alain […]
Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa la Cornishe

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 29 Gashyantare 2024, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe, nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu biko bw’umupaka wa Gisenyi La Cornishe mu ma saha y’akazi, saa yine za mu […]
Ikiganiro umunyamakuru Alain Foka yagiranye na Perezida Ibrahim Traoré wa Burkinafaso (Igice cya 2)
Alain Foka, ni umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Cameroun. Azwi cyane akorera ikinyamakuru RFI cy’Abafaransa. Kuva umwaka ushize ni umunyamakuru wikorera ku giti cye. Yamenyekanye cyane ku nkuru zicukumbuye, zivuga kuri politiki y’Afurika. Muri iyi nkuru, turabagezaho ikiganiro yagiranye na Perezida wa Burukinafaso Capitaine Ibrahim TraorĂ©. Iki gice cya kabiri kirakomereza ku bijyanye n’umutekano. Alain […]
Ikiganiro umunyamakuru Alain Foka yagiranye na Perezida Ibrahim Traoré wa Burkinafaso
Alain Foka, ni umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Cameroun. Azwi cyane akorera ikinyamakuru RFI cy’Abafaransa. Kuva umwaka ushize ni umunyamakuru wikorera ku giti cye. Yamenyekanye cyane ku nkuru zicukumbuye, zivuga kuri politiki y’Afurika. Muri iyi nkuru, turabagezaho ikiganiro yagiranye na Perezida wa Burukinafaso Capitaine Ibrahim TraorĂ©. Ikiganiro kiribanda ku kuva kw’ibihugu bya Mali, Burukinafaso na […]
CYAMUNARA Y’IBITENGE i GIKONDO-MAGERWA
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa 26 Gashyantare 2024 buzagurisha muri Cyamunara ibicuruzwa byiganjemo ibitenge byafatiwe mu byaha bya magendu. Iyo cyamunara izabera i Gikondo-Magerwa mu mujyi wa Kigali saa ine z’igitondo (10:00 AM) , nk’uko bigaragara ku itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro rikurikira, Abifuza ibindi bisobanura kuri iri tangazo […]
Niger: Bamwe mu banyaburayi bari guhambirizwa
Abasirikari 15 baturuka mu bihugu by’Iburayi barahambirijwe bakigera ku kibuga cy’indega cya Niamey mu pera z’iki cyumweru kirangiye. Abo bari abafaransa. Abasirikari bari ku butegetsi, muri NIger, Burukinafaso na Mali, batangaje kandi kuri uyu wa 28 Mutarama 2024 ko bikuye mu muryango wa CEDEAO. Mu mpera z’iyi week end bamwe mu banyaburayi baba muri Niger […]
Kubera itumbagira ry’igiciro cy’amacumbi, Canada iri kugabanya umubare w’abayinjiramo
Guhera uyu mwaka wa 2024, umubare w’abanyeshuri b’abanyamahanga bazajya kwiga muri Canada uzagabanukaho 35% ugereranije n’umubare w’abakiriwe muri 2023. Bwa mbere kuva minisitiri w’inteba Justin Trudeau yajya kubutegetsi mu mwaka wa 2015, guverinoma ya Canada yahinduye icyerekezo cya politiki yayo igenga abimukira. Ku wa 22 Mutarama 2024, Minisitiri ufite mu nshingano iby’abimukira Marc Miller yavuze […]
Ibihugu bitandatu byahagaritswe mu mikoranire n’igisirikare cya Amerika
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko zihagaritse prorogaramu yazo yo gukora imyitozo ihuriweho n’ingabo z’ibihugu bitandatu byo muri Afurika. Ibyo bihugu ni Sudani, Niger, Mali, Burkinafaso, Eritereya na Etiyopiya n’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Washington Post. Amerika ishinja ibyo bihugu guhirika ubutegetsi binyuranyije n’amahame ya demokarasi, ndetse no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Nyamara ariko ingabo za Amerika […]
Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO/ECOWAS
Nyuma y’impaka n’ibiganiro bitatanze umusaruro hagati y’abasirikari bahiritse ubutegetsi n’abayobozi b’umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika (CEDEAO/ECOWAS) ku gihe inzibacyuho zizamara abasirikari bahiritse ubutegetsi bakabusubiza abaturage, abo basirikari bahiritse ubutegetsi bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango. Mu itangazo rihuriweho ryasohowe kuri iki cyumweru taliki ya 28.01. 2024 n’abakuru b’ibyo bihugu, abo basirikari bavuze […]
Generali Mamadi Doumbouya ntiyishimiye imikorere y’abagize guverinoma ye
Charles Wright Minisitiri w’Ubutabera mu gihugu cya Gineya Konary ntiyishimiye imirimo y’urukiko rushinzwe kurwanya ibyaha bimunga ubukungu bw’igihugu. Perezida w’inzibacyuho Generali Mamadi Doumbouya nawe ntiyishimiye imikorere ya guverinomoa ya Dr Bernard Goumou, Minisitiri w’intebe w’iki gihugu. Mu nama y’abaminisitiri iherutse, taliki ya 19 Mutarama 2024, Perezida yagaragaje imungu ebyiri muri guverinoma. Muri zo harimo kwikunda, […]
Ibihugu 4 by’Afrika byakuwe muri gahunda y’ubucuruzi na Amerika (AGOA)
Gabon, Niger, Uganda na Repubulika ya Centrafrique byakuwe muri gahunda y’ubucuruzi y’ Amerika n’Afurika iha amahirwe ibihugu bya Afurika kohereza ibicuruzwa muri Amerika bikuriweho imisoro(AGOA: African Growth and Opportunity Act ). Mu ibaruwa Perezida Biden yandikiye Perezida w’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite muri Amerika, yagize ati: “N’ubwo imikoranire imeze neza hagati y’Amerika na Repubulika ya […]
Abikesheje Uburusiya, Ibrahim Traoré yaguze intwaro zigezweho zikaze
Abifashijwe n’igihugu cy’Uburusiya, Perezida wa Burkinafaso, Ibrahim TraorĂ©, yiyemeje kurinda akarere iki gihugu giherereyemo ndetse n’igihugu cye ibitero by’ibyihebe no kubikura mu birindiro birimo burundu. Mu mvugo ye, perezida w’inzibacyuho wa Burukinafaso arema agatima ingabo z’igihugu cye azibwira gukomeza kwambarira urugamba, no kwitegura byisumbuyeho guhashya iterabwoba. Ibrahim TraorĂ© yatangaje ko yaguze intwaro zigezweho. Abikesheje Uburusiya, […]
Tour and travel operators welcome increased tourist numbers

Tours and travel companies and operators in Rwanda have welcomed the increased number of tourists. This has come after the government of Rwanda intervened and invested in having the industry recover from the COVID-19 pandemic. Prime Minister Edouard Ngirente, speaking during National Dialogue-Umushyikirano, on January 23, 2024, said the number of tourists to Rwanda increased […]
Komiseri Mukuru wa RRA agiye gukurikirana ikibazo cy’imisoro y’imbaho kirembeje abanya Rutsiro

Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Bizimana Ruganintwali Pascal, yavuze ko agiye guhagurukira ikibazo cy’Abacuruza ibikomoka ku mashyamba (Imbaho) bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko barembejwe n’Imisoro batazi aho yakomotse. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yahaye Itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri ushize, Tariki 17 Mutarama 2024, ubwo yari mu Karere ka Rubavu, aho yitabiriye […]
Ruracyageretse hagati ya Uwera Jean-Pierre n’abarimo umupolisi ukomeye bapfa imitungo

Uwera Jean-Pierre utuye mu Murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama, Umudugudu wa Tetero aravuga ko akomeje gusiragira asiragizwa n’abantu, barimo abakomeye baburana umutungo mu kibazo cyatangiye mbere ya 2010. Muri za 2009 nibwo madamu we, Uwimana Grace wacururizaga imbaho mu Gakiriro ka Gisozi, yishyize hamwe mu kimina n’umupolisi witwa Kimenyi Innocent, icyo gihe wari umupolisi […]
Rubavu: Bimwe mu bikorwa umwaka wa 2023 usize bibereye ijisho ku bayisura n’abayitembera-AMAFOTO

Umwaka wa 2023, usize hari ibikorwa by’iterambere byiganjemo ibikorwa remezo akarere ka Rubavu kamaze kugeraho bishobora kuba bimwe mu bikurura abatemberera muri uyu mujyi, kuba ukora ku kiyaga cya Kivu ndetse wihariye kugira umucanga (Beach), bituma benshi bahora bumva haza ku mwanya wa mbere muho bahitamo kuruhukira no gutemberera. Ibikorwa by’ibanze Bwiza yasuye, ababituriye usanga […]
CYAMUNARA Y’IMYENDA N’INKWETO IMASORO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 29 Ukuboza 2023, Hazagurishwa muri cyamunara imyenda n’inkweto bya caguwa (secondhand clothes and shoes ) bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera Ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro saa tatu za mu gitondo. Abifuza kugura iyo myenda […]
Rwabuze gica hagati y’abashingamategeko b’u Rwanda n’aba EALA (Amafoto)

Ikipe y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku wa Gatanu yaguye miswi 0-0 n’iy’abagize iy’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), mu mikino ya EALA iri kubera i Kigali. Ni imikino yatangiye ku wa Gatanu tariki ya 8 Ukuboza, ikaba iri kubera kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Yatangijwe ku mugaragaro na Perezidante w’inteko ishinga amategeko y’u […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BIHEREREYE BALLORE NA DP WORLD/MASAKA

Ubuyobozi bwa Gasutamo buramenyesha abantu bose ko ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa Ballore n’ubwa DP World/Masaka bizagurishwa muri cyamunara tariki ya 28 Ukuboza 2023, saa yine z’igitondo. Urutonde rw’ibicuruzwa byose bizagurishwa mu cyamunara
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYIGANJEMO IMODOKA

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 21 Ukuboza 2023, saa yine z’igitondo kuri MAGERWA i Gikondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo imodoka. Fungura urebe urutonde rw’ibucuruzwa byose
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Urutonde rw’ibicuruzwa ruri mu mbonerahamwe ziri hano
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Ubuyobozi bwa gasutamu buratangaza ko tariki ya 7 Ukuboza 2023 i Huye na MAGERWA hazaba cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu, biherereye i Rusizi, Huye na MAGERWA. Urutonde rw’ibucuruzwa byose birebwa n’iri tangazo
Zambian ex-president stripped of retirement benefits
Zambia’s government has withdrawn retirement benefits and privileges from former President Edgar Lungu following his commitment to return to Strenuous politics. Mr Lungu lost the presidency to Hakainde Hichilema in 2021, after which he announced his retirement. After six years in office, he left the country facing serious economic hardships as Africa’s most indebted nation. […]
Ikibanza kigurishwa amafaranga make ku Muyumbu kirimo n’inzu ntoya

Hafi y’ibiro by’umurenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana, ku muhanda, haragurishwa ikibanza gifite ubuso bwa metero kare 500 (metero 25 kuri 20) kirimo n’inzu ntoya ifite icyumba na salon. Iki kibanza gisanzwe kirimo inzu ntoya, uwakigura yayivugurura cyangwa se akaba yayisenya, akiyubakira bushya. Ukeneye andi makuru, wabariza kuri nimero ya telefone 0788554010/0788302082.
Niba ucika intege mugihe cyo gutera akabariro Koresha Revive Capsules bikire burundu
Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]
CECLA ikomeje gufasha abakandida bigenga bifuza gukora ibizamini bya Leta mu ndimi
Ishuri CECLA (Centre d’Encadrement des Candidats Libres Adultes) ryatangiye kwigisha indimi na siyansi abakandida bigenga (candidats libres) bifuza gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye. Iri shuri kandi ribifashijwemo n’abarimu b’inararibonye, rihugura n’abandi bose babyifuza bazakora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mashami ya: LFK, LKK, MEG na MCB. CECLA yigisha guhera saa kumi […]
RRA yashimiye abasora babaye indashyikirwa mu Ntara y’Amajyepfo

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangiye ibikorwa byo gushimira abasora bahize abandi, aho cyahereye ku babaye indashyikirwa mu Ntara y’Amajyepfo, mu birori byabaye kuri uyu wa 17 Ukwakira 2023. Gushimira abasora akaba ari igikorwa ngarukamwaka kibaye ku nshuro ya 21. Igikorwa cyo gushimira abasora cyashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda nk’umwanya mwiza wo kumurikira abanyarwanda ibikorwa byagezweho […]
Western Provincial Women Greens Congress: A Resounding Success

October 13, 2023 was an extraordinary event in the Western Province, as the party President, Dr. Frank Habineza together with other leaders from the seven Districts that make up the Western province that is Karongi, Nyamasheke, Rusizi, Rutsiro, Ngororero, Nyabihu and Rubavu gathered for the highly anticipated Women’s Congress. This marks the second province where […]
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buzagurisha mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye i Gikondo

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye tariki ya 07 Ugushyingo 2023 saa yine za mu gitondo, byo byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo . Ibi bicuruzwa biherereye mu bubiko rusange bwa EDA, I Gikondo. itangazo_06.10_2023.pdf-> Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
CYAMUNARA YA MOTO

itangazo_rya_cyamunara_y_ibinyabiziga_2_.pdf
Andre Onana: Goalkeeper takes responsibility as Manchester United lose in Munich
Manchester United goalkeeper Andre Onana says he has “let the team down” and that they failed to get a result at Bayern Munich “because of me”. In an eventful game in Germany, Onana’s error gifted Bayern a crucial lead that they quickly doubled after United had started in disciplined fashion. A flurry of goals followed […]
Ikibazo cyo kurangiza vuba: Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye
Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera

Gufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe… Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni […]
Rwanda: Case backlog, detention and prison overcrowding keep dogging the judiciary
Arresting, case trial, executing court’s decision and serving the jail sentence remain a long process of justice. This process presents a heavy burden of challenges to the judiciary sector. Too many cases in court, prolonged detention, prison overcrowding… All these raise a concern on whether the justice every suspect or convict deserves is found behind […]
Ukraine war: Kim Jong un ‘to pay a call to Putin for weapons talks’
North Korea’s President Kim Jong Un plans to travel to Russia this month to meet President Vladimir Putin, a US official has told the BBC’s US partner CBS. The two leaders will discuss the possibility of North Korea providing Moscow with weapons to support its war in Ukraine, the official said. Where talks would be […]
Former NFL player Alex Collins dies at 28
Football star Alex Collins, who played for the Baltimore Ravens and Seattle Seahawks, dies in a motorcycle accident at the of 28. In a tribute, the Seahawks called former running back a “beloved teammate and fan favorite during his two tenures with the team”. Collins was riding his 2004 Suzuki GSX R600K motorcycle in Lauderdale […]
Ibirori by’Umuganura ku Nkombo, gahunda yo kugaburira umwana igi itavugwaho rumwe

Abaturage bo mu murenge wa Nkombo w’akarere ka Rusizi, ntibavuga rumwe kuri gahunda Leta y’u Rwanda yihaye y’uko buri mwana agomba kujya agaburirwa igi rimwe ku munsi mu rwego rwo guca ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu bana. Ku wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2023 ubwo mu Rwanda hose hizihizwaga umunsi w’umuganura wizihizwaga ku ncuro […]
Kigali: Ahangayikishijwe n’isomwa ry’urubanza rwe risubitswe gatanu
Mukansabimana Emeritha utuye mu murenge wa Kabacuzi, akarere ka Muhanga aravuga ko isomwa ry’urubanza rw’imitungo (ikibanza n’inzu 4 zubatsemo) iherereye mu kagari ka Kamuhoza, umurenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, aburana n’uwitwa Bazubagira Angelique. Mu kiganiro na BWIZA TV, Mukansabimana yagize ati: “Imitungo hashize igihe kinini tuyiburana, imyaka 7 tuburana iyo mitungo. Urubanza rwatangiye […]
Putin has gifted Zimbabwean President with a helicopter
President Valdmir putin of Russia has given out a present of a helicopter to his counterpart Emmerson Mnangagwa of Zimbabwe. Valdimir Putin gifted the president of Zimbabwe a helicopter, Harare said on Thursday 27 july 2023, as the Russian leader courts the backing of African leaders in Saint Petersburg. Zimbabwe’s President, Emmerson Mnangagwa, is among […]
Niger’s military has confirmed its coup against President Bazoum
Niger’s President Mohamed Bazoum has been deposed, according to a report by a group of military on a national television. It was after many hours the head of state was locked in his palace by the soldiers responsible for safe guarding him. Colonel Amadou Abdramane was accompanied by his nine colleagues on the national television […]
Dr Frank Habineza joins the Global Advisory council of G 100 Denim Club’s security and Defence wing
The chairman of the Democratic Green Party of Rwanda and Member of Parliament, Dr Frank Habineza, has joined the esteemed Global Advisory Council of G100 Denim Club’s Security and Defence wing. Being one of the He-for-She Champions globally, Dr Habineza reveals his leadership skills and advocacy in promotion of gender parity and equality globally. In […]
Rwanda: Felix Namuhoranye amepandishwa cheo cha juu zaidi katika jeshi la Polisi
Rais Paul Kagame, amempandisha cheo Felix Namuhoranye, mkuu wa Polisi wa Rwanda, hadi kuwa DCG na kumpa cheo cha Kamishna Jenerali (CG). Mkuu huyo wa nchi amempandisha cheo hicho maalum baada ya kumfanya Mkurugenzi Mkuu wa Polisi Rwanda Februari mwaka huu kuchukua nafasi ya CG Dan Munyuza aliyekuwa akihudumu kwa muda mrefu. Afande Namuhorane alikuwa […]
Rwanda: Des drones au service humanitaire
Les drones au Rwanda sont “humanitaires” plutĂ´t que “guerriers” diffĂ©remment de ce qui est dit Ă travers les MĂ©dias en parlant des conflits armĂ©s qui dĂ©ciment certaines rĂ©gions dans le monde. Ils servent de moyen de transport rapide du sang, vaccins, mĂ©dicaments vers les hĂ´pitaux et structures de santĂ© les plus Ă©loignĂ©s du milieu rural […]
Harry Maguire issues a statement after losing Manchester united captaincy
Manchester United manager, Erik ten Hag, has stopped defender Harry Maguire of the captaincy amid reports for the Englishman to move to Westham United. Ten hag is expected to announce a new captain in due course. Maguire said that he was very saddened by being stripped of captaincy, but he was determined to continue to […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa SAKINDI Marie Golette
Itangazo ryo guhindura izina akitwa SAKINDI Duke
Mchango wa Rwanda katika kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine
Rais Paul Kagame ametaja mazungumzo kama njia pekee inayoweza kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine, baada ya mwaka mmoja na miezi minne ya mzozo kati ya pande hizo mbili. Mkuu wa Nchi alitangaza hayo Jumapili, wakati yeye na mwenzake Katalin Novà ¡k wa Hungary, ambaye alikuwa katika ziara ya kikazi nchini Rwanda, walipozungumza na vyombo vya habari. […]
Hungria inakwenda kutoa mafunzo kwa Wanyarwanda katika matumizi ya nishati ya nyuklia
Rwanda ilitia saini mkataba na Hungary wa kutoa mafunzo na kuwaelimisha Wanyarwanda katika nyanja mbalimbali, ikiwa ni pamoja na matumizi bora ya nishati ya nyuklia. Mkataba huu ni miongoni mwa mikataba mitatu iliyotiwa saini kati ya nchi hizo Julai 16, wakati wa ziara ya Rais wa Hungary, Katalin Novà ¡k, nchini Rwanda ambako alipokelewa na Rais Paul Kagame. […]
Ibihembwe bishya bya TVA na TPR, inyungu ku basora bagorwa no guhuza ibyatunze umwuga n’imenyekanisha ry’umusoro ku nyungu
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza mashya agena uburyo bwo kumenyekanisha no kwishyura TVA na TPR mu bihembwe, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasabye abasora basanzwe bamenyekanisha iyi misoro mu bihembwe kumenyekanisha bakanishyura TVA na TPR byakiriwe mu kwezi kwa Gatandatu konyine bitarenze tariki ya 17/07/2023, kugira ngo hatangire gukurikizwa ibihembwe bishya, bihura n’ibihembwe bisanzwe […]
Nyanza: Walimu wanne walikamatwa kwa kutoa mimba ya mwanafunzi
Mwanafunzi huyo mjamzito arikua akisomea katika Shule ya Sekondari ya Sainte TrinitĂ© huko Nyanza ambapo walimu hawa warikuwa wakifundisha. Katika Wilaya ya Nyanza Jimbo la Kusini kuna taarifa za kukamatwa kwa walimu wanne, ambapo walituhumiwa kumpa ujauzito mwanafunzi waliyekuwa wakimfundisha.Taarifa hizo zilijulikana Jumatano ya Julai 12, 2023 ambapo Ofisi ya Mwendesha Mashtaka wa Taifa (RIB). […]