U Rwanda rwifatanyije n’ibihugu bya Afurika mu kwizihiza umunsi wo kurwanya ruswa

Mu gihe umunsi nyafurika wahariwe kurwanya ruswa uba tariki ya 11 Nyakanga buri mwaka, kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu mu kuwizihiza mu birori byabereye i Kigali byateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali. Ku rwego rw’Afurika, insanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2023 ni: “Amasezerano y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afrika yo gukumira […]

Waasi 5 dhidi ya serikali ya Rwanda waliuawa nchini Burundi

Wapiganaji watano wa kundi lenye silaha la FLN dhidi ya utawala wa Rwanda waliuawa hivi karibuni katika msitu wa Kibira nchini Burundi, karibu na mkoa wa Cibitoke kwenye mpaka. Tovuti ya SOS Burundi inaeleza kwamba walikufa katika mapigano kati ya FLN na jeshi la Burundi yenye makao yake makuu Kibira, yaliyotokea kwenye Mlima Gasenyi na Gafumbegeti katika […]

Wawakilishi wa RPF Inkotanyi wamemaliza ziara yao nchini Tanzania

Ujumbe wa RPF Inkotanyi ukiongozwa na Katibu Mkuu Wellars Gasamagera, umemaliza ziara ya siku nne nchini Tanzania, ambapo ulifanya mazungumzo na Chama Cha Mapinduzi (CCM), chama tawala. Ni ziara ambayo ujumbe huo ulianza kuanzia Juni 30 hadi Julai 5, 2023. Katika ziara hiyo Katibu Mkuu wa RPF Inkotanyi Gasamagera amefanya mazungumzo na Katibu Mkuu wa […]

Icyongereza, Toefl, Ielts: Ikiciro gishya kiratangira kwiga mu kwezi kwa karindwi

whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts mu ukwezi kwa karindwi, kizarangize mu kwa cumi na kumwe, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka […]

Paul Rusesabagina amemshambulia Rais Paul Kagame na serikali yake

Mwanasiasa Paul Rusesabagina ame mshambulia Rais Paul Kagame na serikali ya Rwanda, baada ya muda kuachiliwa kutoka kwa huruma yake. Ni katika ujumbe wa video ambao mwanamume huyo alichapisha Ijumaa hii, Julai 01, 2023. Machi mwaka huu, Rusesabagina, ambaye alihukumiwa kifungo cha miaka 25 jela baada ya kupatikana na hatia ya uhalifu wa ugaidi, aliachiwa […]

NESA irahumuriza abavuga ko ibizamini itegura bikomera

Umunyeshuri Mugisha Julius

Abanyeshuri n’abarezi bo mu rwunge rw’amashuri rwa Nkanga mu karere ka Bugesera bavuga ko ibizamini bya NESA bajya kubikora babanje kwiga no kubyitondera kubera uburyo biba biteguye kandi bikomeye ugereranyije n’ibindi bakora. Mugisha Julius wiga mu ishami rya HEG, yiteguye gukora ikizamini gisoza amashuri yisumbuye. Avuga ko ikizami cyateguwe na NESA kuri ubu ari cyo […]

Mkuu wa Jeshi la Ulinzi la Kenya amefanya ziara nchini Rwanda

Mkuu wa Jeshi la Ulinzi ya Kenya (KDF), Jenerali Francis Ogolla amefanya ziara nchini Rwanda, Jumanne Juni 27, 2027, ambapo alipokelewa na kufanya mazungumzo na mwenzake wa Rwanda, Luteni Jenerali Mubarakh Muganga. Wizara ya Ulinzi nchini Rwanda imetangaza kuwa mazungumzo kati ya Wakuu wa Ulinzi yalilenga ushirikiano katika kudumisha usalama katika eneo hilo, pamoja na […]

Ibanga ryo kwiga icyongeraza, ukanategura ibizami bya IELTS, TOEFL na DUOLINGO mu gihe gito

whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg

Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya mu gihe gito. Iri shuri ryagabanyije ibiciro mu buryo bwo kwifafatanya n’abakiriya mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 7 rimaze rikora, […]

Abasora barakangurirwa kumenyekanisha avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu no kwishyura ku gihe

Nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu imenyekanishwa hashingiwe ku byacurujwe mu kwezi kwa Mbere, ukwa Kabiri n’ukwa Gatatu muri uyu mwaka w’2023, bigakorwa unyuze ku rubuga rwa RRA www.rra.gov.rw cyangwa se ukoresheje telefone igendanwa, hanyuma iyo avansi ikishyurwa bitarenze tariki 30 z’ukwezi kwa Gatandatu 2023. Bamwe mu bajyanama mu […]

DGPR party asks Government to raise the salaries for health officers

The Chairman of Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) asks the Government to put all the collective efforts together towards increasing salaries of medical doctors and other health officers in the exact sector, and to establish a development fund for the media in order to increase its capacity. This was said on June 17th, during […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE i MASORO

29.06_2023_masoro_2.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 29 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BIRIMO N’IMODOKA

2-25.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 27 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye, byiganjemo n’ imodoka zitandukanye. Cyamunara izabera I Gikondo , Magerwa imbere y’ububiko rusange bwa EDA. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya 21 kugeza […]

Umuyobozi w’uburuhukiro arashinjwa kugurisha ibice by’imirambo

Umuyobozi w’inyubako ibikwamo imirambo izwi nka ‘morgue’ mu bitaro bikaba n’ishuri bya Harvard Medical School, yatawe muri yombi hamwe n’abandi bantu batatu bazira kugurisha bimwe mu bice by’imirambo. Uyu mugabo witwa Cedric Lodge, CBS News dukesha iyi nkuru ivuga ko yacuruza bimwe mu bice by’imirambo harimo: umutwe, ubwonko ndetse n’amagufwa yakuraga muri ubu buruhukiro. Mu kirego […]

Yagejejwe mu rukiko azira kwiba mu musigiti

Umugabo witwa Musa Muhammad yitabye urukiko azira kwiba inkweto mu musigiti nk’uko kamera zabyerekanye. Uyu mugabo w’imyaka 46 yatawe muri yombi ku wa 9 Kamena 2023 ubwo bari mu isengesho ryo ku gicamunsi. Kamera zo mu musigiti zerekanye uwo Muhammad yambaye ikanzu ndende isanzwe yambarwa n’abaislam afite agakapu karimo umuguru w’inkweto wo mu bwoko bwa Puma […]

Huye: A man is charged of burning his wife and a baby

The prosecution at the high court of Huye is charging a 28 year old man suspected of burning a 40 year old woman who lived with him and their one year and a half old child by pouring a soucepan of hot food on them. The General prosecutor’s office, says that “This crime was committed […]

Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, uhagarariye u Rwanda muri Loni yasabye ibihugu bigize uyu muryango kugira uruhare mu guca umuco wo kudahana no kugaragaza abantu bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihishe hirya no hino ku Isi. Yabwiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku mikorere y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rushinzwe gukurirana abagize uruhare muri […]

‘Ibaze’, indirimbo Jah Bone D yahimbye abikesha ijambo rya Perezida Kagame

”Iyaba abantu babazaga igihugu icyo bakimarira, aho kukibaza icyo kibamariye”, ijambo Perezida Paul Kagame yavugiye muri Wilson HĂ´tel i Genève mu Busuwisi muri 2004 ubwo yasuraga Abanyarwanda, imvugo yatumye Umuhanzi Jah Bone D ahanga indirimbo yise ”Ibaze”. Jah Bone D yabwiye Bwiza.com ko iri jambo rya Perezida Kagame rikubiyemo filozofi yibutsa Abanyarwanda gukunda igihugu cyabo (patriotisme) […]

Dr Habineza pleads with rich countries to save the environment

The Chairman of Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza, asks the people from rich countries to slow down the speed of development in order to save the environment. In interview with Bwiza.com, he said, “People in Western countries; i.e. Europe, America and elsewhere, have very large appetites, and their appetites are the ones […]

Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore

Umupagasi, umunyarwenya, umukinnyi wa filime, umunyamategeko, umunyapolitiki…ushatse umwite Depite cyangwa Minisitiri, uyu munsi ni umugororwa ariko urwandiko rwe ntirurasora (ntabwo ubuzima bwe bwarangiye). Mbere na nyuma y’ibyo bigwi bye byose, Bamporiki à‰douard ni umurokore, birenzeho ni umugaragu w’Imana kandi amaze kuvugwaho gutatira igihango, yihutiye gusaba imbabazi Perezida Paul Kagame ku byaha yaregwaga birimo kwaka ruswa. Icyo gihe yasabaga […]

DRC: One year after, M23 holds Bunagana

The M23 soldiers have left the town for the Sabyinyo hills. According to the spokesperson for the Ugandan soldiers stationed in Bunagana, Some of the refugees who had gone to Uganda have returned to cultivate their fields. But the border post has not been reopened with this country by the Congolese authorities. Basic necessities are […]

Umugore wasambanyije umwana w’imyaka 8 yakatiwe

Umugore witwa Desderia Mbwelwa ufite imyaka 57, yahamijwe n’urukiko rwo mu karere ka Iringa icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu ufite imyaka umunani akanamwanduza indwara zanduriria mu mibonano mpuzabitsina ahanishwa gufungwa imyaka 29 muri gereza. Ikinyamakuru Mwananchi cyanditse ko uyu Mbwelwa yasanze uwo mwana w’umuhungu aragiye inka amubaza bagenzi be aho bari maze uwo mwana amubwira ko badahari, uwo […]

Goma: Jean-Pierre Bemba ameomba makundi yenye silaha kuziweka chini

Jean-Pierre Bemba Gombo aliwasili Jumatatu hii huko Goma (Kivu Kaskazini). Naibu Waziri Mkuu wa Ulinzi wa Kitaifa yuko kwenye misheni, ambayo maelezo yake hayajafichuliwa kwa waandishi wa habari. Baraza lake la mawaziri lilisema kuwa ajenda yake inajumuisha shughuli kadhaa katika kanda. Akizungumzia hali ya usalama katika eneo hili la nchi, wakati wa mkutano wa Baraza […]

Ukosefu wa usalama umeenea nchini DRC

Hali katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) inadhihirishwa na kiwango cha kutisha cha ukosefu wa usalama, hali ambayo kwa bahati mbaya inazidi kuwa mbaya zaidi baada ya muda. Mashariki mwa DRC, Vikosi vya Wanajeshi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (FARDC) na wasaidizi wao wanashutumiwa kwa uhalifu wa kutisha kama vile utekaji nyara kwa […]

Musanze: Covid-19 is still around

At a time when many think that the epidemic has been completely eradicated and it appears that the people have become weak in strengthening measures against Covid-19, in Musanze region 2 patients have been found. Information from the Musanze General Hospital confirms that on the evening of this Wednesday, June 5, 2023, 2 patients were […]

Umuryango wa Gisimba washimiye Perezida Kagame na Jeannette

Ubwo hasomwaga misa yo gusezera Gisimba Damas

Kuri uyu 10 Kamena 2023 ni bwo habaye umuhango wo gusezera Mutezintare Gisimba Damas wapfuye ku wa 4 Kamena 2023 azize uburwayi. Reba videwo y’umuhango wose Gisimba Damas azwiho kuba yaratabaye Abatutsi barenga 400 muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, yifashishije ikigo yashinze cyitaga ku mpfubyi cyitwa Gisimba Memorial Centre giherereye mu murenge wa Nyakabanda, […]

Kuba Kabuga atazaburana ‘ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Nyuma y’aho urukiko rw’Umuryango rw’Abibumbye rutangaje ko FĂ©licien Kabuga atazaburana ku mpamvu z’ ubuzima, umuryango Human Right Watch (HRW) uvuga ko ibi byerekana intege nke mu butabera mpuzamahanga. Lewis Mudge, umuyobozi wa HRW muri Afurika yo hagati, Lewis Mudge, yavuze ko Kuba FĂ©licien Kabuga adashobora kuburana “ni ukunanirwa mu bijyanye n’ubutabera” Ni nyuma y’aho abacamanza […]

Dr Habineza strongly condemns Russia’s war and Uganda’s anti-LGBTQ law

South Korea: 8 June, 2023: Dr. Frank Habineza, Member of Parliament of Rwanda, President of the Democratic Green Party of Rwanda, and Presidential Candidate for the 2024 elections, stood up at the 5th Global Greens Congress to condemn Russia’s aggression towards Ukraine and Uganda’s harshest anti-LGBTQ law, which includes the death penalty. He called for […]

Mwangachuchu w’imyaka 70 ararembye

Edouard Mwangachuchu watawe muri yombi kuva ku ya 1 Werurwe ashinjwa ubutasi hamwe no gukorana na M23, ararembye. Mu gihe abakurikiranira hafi dosiye “Mwangachuchu” bavuga ko bishobora kurangira akatiwe igifungo cya burundu, abamwunganira mu by’ amategeko bakomeje gusaba ko yarekurwa by’agateganyo kubera impamvu z’ubuzima. Mwangachuchu avuga ko afite ubu indwara y’umutima imuteza ububabare bukabije ndetse […]

Abasenyerwa amazu bakimurwa nta nteguza baba bazira ubuyobozi bubi cyangwa ubujiji?

Umuhanzi umwe yigeze kuririmba ko “Kavukire zinga utwaye ugende abimukira baraje.” Ni indirimbo ushobora kurushaho gusobanukirwa neza uramutse uheruka mu Rwanda nko mu myaka 30 ishize ukarugarukamo uhasanga inyubako zihebuje nka Kigali Arena, Kigali Convention Centre, ibikorwa remezo birimo imihanda, amatara arara yaka ahantu hose n’ibindi. Bibaye byiza ufashe akanya ugatemberera mu duce turimo Muhima, […]

RDC: Kujyana abarwanyi ba M23 i Rumangabo bihatse iki?

Abakurikiranira hafi amateka y’intambara zimaze igihe zibera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bemeza ko icyifuzo cyo kujyana abarwanyi ba M23 mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo bifite ubusobanuro bukomeye ku ntambara uyu mutwe watangiye muri 2012. Isesengura ryigenga rya Bwiza.com kuri iki cyemezo giheruka gufatirwa mu nama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) […]

Ibyaha Kayishema ashinjwa bigiye kongerwa

Kuri uyu wa 2 Kamena 2023, i Cape Town muri Afurika y’Epfo, Fulgence Kayishema yagejejwe mu rukiko umwanya muto urubanza rwe ruhita rusubikwa. Abashinjacyaha babwiye urukiko ko bakeneye igihe cyo gutegura ibindi birego byiyongera kubyo bamurega, nk’uko umunyamakuru wa BBC muri Africa y’Epfo abivuga. Ku wa Gatanu ushize ubwo yagezwaga mu rukiko bwa mbere, yarezwe […]

HCR yibukije impunzi z’Abanyekongo n’Abanyarwanda gutaha ku bushake

Kuri uyu wa 1 Kamena, i Goma, Komiseri wungirije w’ibiro by’umuryango w’abibumbye ishinzwe impunzi (UNHCR) ashinzwe yasabye impunzi z’ abanyekongo ziri mu Rwanda kugira ubwisanzure mu gutahuka. Raouf Mazou yibukije ko Kigali na Kinshasa bari bumvikanye kuri iki kibazo, mu nama y’inyabutatu ku ya 15 Gicurasi 2023 i Geneve. Raouf Mazou yashimangiye gutaha ku bushake […]

Perezida Ruto yategetse ko buri mukozi akatwa 3% by’umushahara

Perezida wa Kenya, William Ruto yemeje ko buri mukozi wese wa Leta agomba gukatwa 3% by’umushahara we mu rwego rwo gufasha abafite ubushobozi buke kubona amacumbi. Ibi Perezida Ruto yabivugiye mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru uzwi nka Madaraka Day uba buri tariki ya 1 Kamena buri mwaka. Muri ibyi birori byabereye ahitwa Gatuzi Embu, Perezida […]

Abaturage barataka kubera idindira ry’umuhanda wa Nyanza-Bugesera-Ngoma

Abaturage baturiye umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma, barasaba ko imirimo yo gukora kuwukora yakwihutishwa, kubera ko ngo gutinda kwawo bidindiza iterambere ryabo. Aba baturage bavuga ko kuba imirimo yo gukora uyu muhanda yaragiye ihagarara bya hato na hato, byabateje igihombo kubera bimwe mu bikorwa byabo biherereye hafi y’uyu muhanda byarahagaze, ibindi bigenda […]

Rusizi: Uruganda rw’inzoga rumaze imyaka 10 rufunze ruhangayikishije abahinzi n’abayobozi

Ubuyobozi bw’umurenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi hamwe n’abahinzi b’urutoki bahangayikishijwe no kuba uruganda rwakoraga inzoga mu bitoki rwarahagaritse imirimo. Aba bahinzi b’urutoki bavuga ko uru ruganda rumaze hafi amezi 10 ruhagaritse imirimo yo gutunganya ibitoki, ngo bikaba byarabateye igihombo kuko batakibona aho bajyana umusaruro wabo. Basaba ko ababishinzwe babafasha uru ruganda rukongera gukora. […]

Kenya: Abamotari bahagaritse akazi kubera isabukuru ya mugenzi wabo

Muri Kenya, abamotari bahagaritse gutwara abagenzi kugira ngo bakorere isabukuru y’amavuko mugenz wabo witwa Joseph Maina. Abatuye mu mujyi wa Naivasha muri Kenya, batunguwe no kubona moto zarimo ziruka cyane kandi nta mugenzi bahetse ku buryo abaturage bagize ubwoba bagatekereza ko ari umujura wibye moto bariho biruka inyuma. Uwo mumotari yamenye amakuru ko bari buze kumumenaho amazi, […]

Kugeza mu 2025 abarimu bose bazaba bafite mudasobwa zigendanwa- Umuyobozi wa REB

Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda (REB), Nelson Mbarushimana, yatangaje ko hakomeje gukorwa ibishoboka kugira ngo, mu 2025, buri mwarimu azaba afite mudasobwa igendanwa kandi ko ibyo bizamura ikoreshwa ry’ikoranabuhanga n’udushya mu rwego rw’uburezi. Ibi byashimangiwe na Mbarushimana ku ya 30 Gicurasi, ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi mukuru wa mbere wo guhanga udushya muri […]

‘Le M23 se prĂ©pare à  attaquer Goma’- Gen Ekenge

Le commandant militaire de la RD Congo a annoncĂ© que les combattants du M23 – qui, selon lui, sont en collaboration avec l’armĂ©e rwandaise sont maintenant en train de “mener à  la guerre” et d’attaquer la ville de Goma, la capitale de la province du Nord-Kivu. Dans une dĂ©claration qu’il a lue, le gĂ©nĂ©ral de […]

Ingabo za Sudan zanze gutanga agahenge mu mirwano na RSF

Igisirikare cya Sudan cyanze kubahiriza ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kuganira n’ingabo zo mu mutwe wa RSF bahanganye ku gutanga agahenge mu ntambara ihanganishije impande zombi. Umwe mu bayobozi ba Sudan yabwiye AFP ko impamvu bafashe icyemezo cyo kwanga gusubika imirwano, ari uko ingabo zo muri uyu mutwe wa RSF nta kintu […]

Putin akomeje gushyira Afurika y’Epfo ku gitutu cy’amahanga

Leta ya Afurika y’Epfo igiye gutora itegeko riyiha ububasha bwo kuzafata cyangwa ntifate Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu gihe yaba ageze muri iki gihugu. Minisitiri wungirije mu biro bya Perezida wa Afurika y’Epfo, Obed Pabela, ku munsi w’ejo yavuze ko igihugu cye kigiye gushyiraho itegeko riha Leta ububasha bwo gufata icyemezo cyo kuba yafata […]

Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

Uturere tugize umujyi wa Kigali dufitiye ibitaro n’amavuriro imyenda myinshi kubera kunanirwa kwishyurira abantu batishoboye bagiye bivuza, bagataha batishyuye serivisi bahawe. Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 30 Gicurasi 2023, mu nama mpuzabikorwa kuri serivise z’ubuzima, inama yitabiriwe n’inzego zitandukanye zo mu mujyi wa Kigali zifite aho zihurira cyane n’ubuzima ndetse n’imibereho myiza y’abaturage. Yari ifite […]

Muhanga: Certains Ă©tablissements d’enseignement sont sales et mal gĂ©rĂ©s

Lors de la ConfĂ©rence gĂ©nĂ©rale sur l’Ă©ducation, certaines Ă©coles ont Ă©tĂ© critiquĂ©es pour leurs niveaux Ă©levĂ©s de pollution et leur mauvaise gestion. Au cours de la rĂ©union, le directeur adjoint de la protection sociale du district de Muhanga, Mugabo Gilbert, a d’abord prĂ©sentĂ© un tableau de ce que l’audit a rĂ©vĂ©lĂ© dans diverses institutions. Mugabo […]

Umunyakenyakazi watekeraga Arsenal yeguye

Bernice Kariuki wari umutetsi w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yamaze kwegura kuri iyi nshingano. Bernice abicishije ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko uyu mwaka w’imikino urangiye wari mwiza kuri Arsenal. Gusa ntabwo yigeze atangaza impamvu yatumye yegura kuri izi nshingano zo gutekera iyi kipe y’ubukombe. Bernice yashimiye byimazeyo Abanyakenya uburyo bagiye bamuba hafi bamutera […]

U Burusiya bwongeye kurasa bikomeye muri Kyiv

Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero bikomeye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, bisenya inyubako zikomeye ndetse abantu benshi bava mu byabo. Nk’uko BBC ibivuga, ubuyobozi bw’umujyi wa Kyiv buvuga ko ibi bitero byateye inkongi z’umuriro ku nyubako zitandukanye, kugeza ubu […]

Huye: les dĂ©putĂ©s s’engagent à  dĂ©fendre les routes menant à  la zone industrielle de Sovu

Ceux qui travaillent dans la zone industrielle de Sovu en district de Huye, ont prĂ©sentĂ© à  un groupe de dĂ©putĂ©s au Parlement les dĂ©fis auxquels ils sont confrontĂ©s, notamment les mauvaises routes et l’Ă©lectricitĂ© insuffisante, les dĂ©putĂ©s ont promis de plaider pour ces infrastructures. Sur le site industriel de Sovu dans le district de Huye, […]

Uganda: Umwana yishe nyina amuziza ko yamwimye icyayi

Amakuru dutesha Radio Emuria FM, avuga ko uwo nyakwigendera witwa Robin Barasa w’imyaka 53, yishwe n’umuhungu we nyuma y’amakimbirane bagiranye. Uwo musore ngo yasabye nyina icyayi hanyuma nyina amubwira ko ari bukimuhe avuye guhinga mu murima w’ibigori. Uyu musore ngo ntabwo yahise abyumva ahubwo yahise afata umuhoro, atema nyina amuca umutwe. Nyuma y’aho amakuru amenyekanye, […]

Abakozi ba pariki y’ibirunga ya Uganda n’iy’u Rwanda barifuza gukorana

Abakozi bo muri pariki z’ibirunga mu Rwanda ndetse na Uganda barasaba ko hasubukurwa gahunda zo kugenzurira hamwe ibinyabuzima mu rwego rwo kwirinda ko hari inyamaswa zo gihugu kimwe zazimirira mu kindi. Pariki ya Uganda ihana imbibi na Pariki y’Ibirunga y’u Rwanda, iyo uyinjiyemo ngo bigusaba isaha irenga ushakisha inyamaswa z’inkima zirenga 1500 zikunze gusurwa n’abakerarugendo. […]

Karongi: Baravuga ko inyubako z’amashuri zibateza ibiza

Abatuye mu karere ka Karongi, kamwe mu turere twibasiwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu ntangiriro za Gicurasi 2023, bavuga amazi aturuka ku bisenge by’inyubako za Leta zubatswe ruguru y’ingo zabo, abasenyera mu gihe cy’imvura. Nyiramporayonzi Rosa yabwiye ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko amazi y’imvura aturuka ku nyubako z’urwungwe rw’amashuri rwa Gishyita, atemba yerekeza aho atuye, […]

Rubavu: Abahinzi b’icyayi bararira ayo kwarika kubera ibiza

Imirima myinshi y’abahinzi yangijwe n’umwuzure uherutse kwibasira intara y’iburengerazuba n’amajyaruguru y’u Rwanda mu ijoro ryo ku ya 2-3 Gicurasi 2023. Akarere ka Rubavu ni kamwe mu twibasiwe cyane. Ku nkombe z’umugezi wa Sebeya, imirima y’icyayi, kimwe mu byo igihugu cyoherezwa mu mahanga mu gihugu, yararengewe n’amazi. Abahinzi batinya ko ibintu nk’ ibi bizagwira n’imihindagurikire y’ikirere. […]

Hagiye gutangizwa itorero ryigisha abakozi ba Leta n’abikorera kunoza umurimo

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, ivuga ko igiye gushyiraho Itorero rigenewe ibigo bya Leta n’iby’abikorera, mu rwego kwimakaza imikorere mbonezamurimo. MINUBUMWE isobanura ko iri torero rizajya rikorerwa muri ibi bigo kugira ngo abakozi babikoramo barusheho gusobanurirwa uburyo bwo kunoza umurimo. Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascène avuga ko Itorero ry’Igihugu ryagiye rigira uruhare rukomeye mu […]

Museveni yanenze abasirikare ba Uganda bagabweho igitero na Al-Shabab

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yemeje ko ikigo cy’ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia cyagabwemo igitero n’intagondwa zibarirwa mu magana ziyitirira idini rya Islam zo mu mutwe wa al-Shabab, mu rukerera rwo ku wa 26 Gicurasi 2023. Mu itangazo yashyize kuri Twitter, yanenze abasirikare ba Uganda bakorera mu kigo cy’i BuloMareer, mu […]

Rejection by the British High Court of the appeal lodged by “WSCUK” against the Association Agreement between the Kingdom of Morocco and the United Kingdom: a new setback for the “polisario”

Rejection by the British High Court of the appeal lodged by “WSCUK” against the Association Agreement between the Kingdom of Morocco and the United Kingdom: a new setback for the “polisario” The rejection by the British High Court of the appeal lodged by the “polisario” through the NGO “WSCUK” against the Association Agreement between the […]

Se souvenir d’eux, c’est leur donner une voix dans nos vies- Ministre Bayisenge

En commĂ©moration des familles disparues, tuĂ©es dans le gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi, le ministre de l’à‰galitĂ© et du DĂ©veloppement communautaire, le professeur Bayisenge Jeannette a dĂ©clarĂ© que les familles disparues Ă©taient une grande force que le pays a perdue. Dans la soirĂ©e du 27 mai 2023, au stade du district de Bugesera, plus de […]

Rejet par la justice britannique du recours intentĂ© par “WSCUK” contre l’Accord d’Association entre le Royaume du Maroc et le Royaume Uni: un nouveau revers pour le “polisario”

Le rejet par la Haute Cour britannique de l’appel introduit par le “polisario” à  travers l’ONG “WSCUK” contre l’Accord d’Association entre le Royaume du Maroc et le Royaume-Uni, constitue un nouveau revers pour le “polisario”. Il fait suite à  une première dĂ©cision rendue en 1ere instance par la mĂ ÂŞme Cour, le 05 dĂ©cembre 2022, rejetant […]

Somalia: U Burusiya bwemereye Somalia ubufasha mu bya gisirikare

Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023, abadipolomate ba Somalia batangaje ko igihugu cyabo kigiye kwakir ubufasha cyahawe n’u Burusiya mu rwego rwo gufasha mu guhangana n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabab. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko abadipolomate batifuje ko amazina yabo atangazwa kubera ko nta burenganzira bwo kuvugisha abanyamakuru bafite, bavuze ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u […]

Ni ikimwaro kuba igihugu kidashobora gutanga abagize uruhare muri jenoside: Me Gisagara

Umunyamategeko Me Gisagara Richard yatangaje ko biteye ikimwaro kuba hari ibihugu bitinda gutanda abakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Me Gisagara yavuze ibi, nyuma y’ifatwa ndetse n’itabwa muri yombi rya Fulgence Kayishema wari umaze igihe kinini ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ubwo yari […]

Uganda: Ukekwaho kwiba amashilingi yapfiriye muri kasho ya Polisi

Polisi yo mu karere ka Rukungiri iri gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 26 y’amavuko wapfiriye muri kasho, nyuma yo gufungwa akekwaho kwiba amashilingi ya Uganda 1,600,000. Inkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda, ivuga ko uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu […]