Kenya: Abanyeshuri 35 bajyanwe mu bitaro nyuma yo guterwa imyuka mibi

Abanyeshuri 35 bataye ubwenge nyuma yo guterwa ibyuka biryana mu maso, ubwo Polisi yari ihanganye n’abakorera ubucuruzi mu muhanda mu gace ka Kawangware muri Kenya. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko uku gushyamirana kwa Polisi n’aba bucuruzi kwabereye hafi y’ishuri ribanza rya Ndurarua kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023. Ubwo abapolisi bageragezaga guhangana no guhosha […]

Ingufu za Nyiramugengeri zatuma imera nk’ikirunga kiruka: Dr Nzayitegeye

Umushakashatsi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) yahumurije abaturage bakorera ubuhinzi mu gishanga cya Mukunguri gihuriweho n’akarere ka Kamonyi ndetse na Ruhango, nyuma y’iturika rya Nyiramugengeri iri muri icyo gishanga. Mu kiganiro na Radio Rwanda, Dr Ndayitegeye Olivier yavuze ko kuba Nyiramugengeri yaraturitse ari ibintu bisanzwe ndetse asobanura ko impamvu ishobora guturika ari ukubera ingufu […]

Being grandmother at 34 year old, a Rwandan woman reveals her pain

In Rubavu, western part of Rwanda, there lives a 34 year old mother who has a grandchild born to her eldest daughter, who says the bad living conditions are going to make her run to the mountains, but when she looks at her grandchild she feels amazed. The mother, whose name is Gaudence Sumwiza, lives […]

Zelensky a envoyé un message à  Kagame sur la guerre en Ukraine

Le bureau du président du Rwanda a annoncé que le président Paul Kagame a reà§u le ministre des affaires étrangères de l’Ukraine qui a apporté un message du président Volodymyr Zelensky. Kagame et le ministre des Affaires étrangères Vincent Biruta ont reà§u le ministre Dmytro Kuleba et d’autres, ils ont discuté de la guerre en […]

Ukraine irifuza gufungura ambasade mu Rwanda

Ukraine irifuza gufungura ambasade yayo mu Rwanda mu rwego rwo gushyimangira imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi. Byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba uri mu ruzinduko i Kigali. Kuri uyu w 25 Gicurasi 2023 ni bwo Minisitiri Kuleba yageze mu Rwanda, yakirwa na mugenzi we, Dr Vincent Biruta, hanyuma yakirwa na Perezida Paul […]

Perezida Samia na Museveni bamuritse urugomero rw’amashanyarazi

Museveni na Samia ubwo bamurikaga uru rugomero

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania hamwe n’uwa Uganda, Museveni Kaguta, batangije urugomero rw’amashanyarazi rwataye amadolari ($) miliyoni 56, ruzafasha abatuye muri ibi bihugu mu kugerwaho n’ibikorwaremezo. Uru rugomero rukoresha amazi y’umugezi w’Akagera rwamuritswe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2023, ahitwa Isingiro muri Uganda. Uru rugomero rwa Kikagati-Murongo Hydropower Plant ruzatanga kilowate 14 z’umuriro. Uyu ni […]

Ubumwe bwa Afurika ni bwo buzayiha ishema n’imbaraga zatakaye: Protais Musoni

Mu gihe umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) urimo kwizihiza isabukuru ya 60, Umuyobozi Mukuru w’umuryango uharanira ubunyafurika (Pan-African Mouvement) mu Rwanda, Protais Musoni, yemeza ko ubumwe bw’Abanyafurika ari bwo buzagarura ishema n’ imbaraga zatatanyijwe n’amateka. Musoni yabwiye Bwiza.com ko intwari zashinze uyu muryango wa Afurika zabitekereje bizivuye ku mutima ndetse banatanga ibitambo bikomeye kugira […]

Marekani kwa mara nyingine imewataka Wakongo kusitisha mawasiliano na FDLR

Marekani kwa mara nyingine tena imewataka watu wa Kongo katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo kusitisha mawasiliano na kundi la waasi la FDLR linaloipinga serikali ya Rwanda. Haya yalisemwa na Katibu wa Marekani, Antony Blinken, katika mahojiano na Rais wa RDC, Félix Tshisekedi, Mei 23, 2023, kwenye laini ya simu. Blinken alisema alimweleza Tshisekedi kwamba […]

Rwanda-Génocide: Le suspect le plus recherché arràªté en Afrique du Sud

Le fugitif le plus recherché accusé d’avoir participé au génocide rwandais de 1994 a été arràªté à  Paarl, en Afrique du Sud, après des décennies de cavale, selon les autorités. Fulgence Kayishema a été arràªté mercredi après-midi dans une opération conjointe entre les autorités sud-africaines et l’équipe de recherche des fugitifs du procureur, selon le […]

The DRC already filed new complaints at the ICC against Rwanda and the M23

The Democratic Republic of Congo has this week filed another formal complaint at the International Criminal Court (ICC) asking the court to ensure that it does not consider what it calls the military coup of its militias in eastern Congo by the Rwandan National Army (RDF) and the M23 rebels. The ICC has already had […]

La FERWAFA envisage d’ aider les personnes touchées par la catastrophe

La Fédération rwandaise de football, FERWAFA, a annoncé qu’elle fournira une assistance aux habitants des provinces qui ont récemment été frappés par des catastrophes qui ont causé beaucoup de dégà¢ts et coà»té la vie à  certains. Dans les provinces de l’Ouest, du Nord et du Sud, il y a eu des catastrophes récentes qui ont […]

Rwanda: Ceux qui ont commis le génocide seront formés avant de reprendre une vie normale

Le gouvernement du Rwanda prévoit de former les personnes impliquées dans le génocide de 1994 contre les Tutsis en vue de leur libération, avant leur libération. Le Ministre de l’Unité et de la Responsabilité Civique, Dr. Bizimana Jean Damascène, a expliqué aux membres de la Commission de l’Unité Rwandaise, des Droits de l’Homme et de […]

Tanzania: Yakatiwe kunyongwa azira gusambanya umucecuru w’imyaka 94

Muri Tanzania haravugwa inkuru y’umugabo witwa Edmund Emmanuel, wakatiwe igihano cyo kunyongwa azira gufata umucecuru w’imyaka 94 kugeza apfuye. Edmund utuye mu ntara ya Manyara, yabwiye umucamanza ko gukora iki cyaha byaturutse ku bukene yari afite, akajya ku mupfumu akamutegeka kujya gufata uwo mukecuru usanzwe ufite ubumuga bwa kugagara, bimuviramo urupfu nk’uko ikinyamakuru Mwanchi cyandikirwa muri Tanzania […]

Le Sénat approuve le projet de loi modifiant la Constitution

Minisitre Dr Emmanuel Ugirashebuja

Le Sénat Rwandais a approuvé les bases du projet de réforme constitutionnelle initié par le Président de la République, dans le but de combiner les élections du chef de l’Etat avec celles des députés qui se tiendront en 2024. Le projet de loi d’amendement constitutionnel adopté par le Sénat a été récemment approuvé par la […]

Kenya: Umunyamabanga Uhoraho yeguye nyuma y’icyumweru atowe

Esther Ngero wari umaze icyumweru kimwe atorewe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza muri Kenya yeguye. Kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, Perezida William Ruto yemeye ko yabonye ubwegure bwa Esther, abibwiwe na Felix Koskei ushizwe imirimo mu biro by’Umukuru w’Igihugu. Esther yahawe inshingano yo kuba Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza tariki ya 16 Gicurasi […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYAFATIWE MURI MAGENDU

009_itangazo_cyamunara_2.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 09 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange Ballore bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Ballore mu masaha y’akazi hagati y’itariki ya 03 kugeza kuya 08 Kamena 2023. […]

Guyana: Abanyeshuri 20 bapfiriye mu nkongi y’umuriro

Abanyeshuri biganjemo ab’abakobwa bahiriye muri mu icumbi bashiramo umwuka. Byabereye mu gihugu cya Guyana muri Amerika y’Epfo mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023. Iyi nkongi y’umuriro yabereye mu macumbi y’abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mahdia, abantu benshi biganjemo abana bato b’abakobwa barakomereka, 20 muri bo bahasiga ubuzima. Guverinoma ya Guyana yatangaje […]

Zambia: Umwana w’imyaka 12 yapfuye azize umukino w’abana

Umwana ufite imyaka 12 yapfuye yishwe n’abana bagenzi be batatu ubwo barimo bakina umukino wo guterana amakofi n’inshyi (kick and slap) ari byo byaviriyemo uwo mwana urupfu. Abo bana bari hagati y’imyaka 13, 15 na 16. Muri uyu mukino, uyu mwana baje kumukibita bikomeye ava amaraso menshi, bimuviramo kuhasiga ubuzima. Francis Ngosa witabye Imana yazize kuva amaraso […]

Ibiza biherutse kwibasira u Rwanda bimaze kwirukanisha abayobozi barenga 10

Ibiza byatewe n’imvura nyinshi yishe abantu ikanasenya ibikorwaremezo bitandukanye mu gihugu mu minsi ishize, byatumye hari abayobozi ba Leta batakaza akazi. Nk’uko byatangajwe Christophe Nkusi uyobora akarere ka Ngororero, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Rutare mu murenge wa Matyazo, Dusengimana Pacifique yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kwaka ruswa abaturage bangirijwe n’ibiza. Meya Nkusi yatangarije Kigali […]

Kenya: Bananiwe kwitoramo uyobora ishyaka nyuma yo gukuraho Uhuru Kenyatta

Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya akanayobora ishyaka Jubilee ryahoze ku butegetsi, aherutse gukurwa ku mwanya w’ubuyobozi bw’iri shyaka, gusa nyuma hakurikiyeho urugamba rwo gushaka uwamusimbura. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023 ni bwo Uhuru Kenyatta yageze aho iri shyaka rikorera inama, mu rwego rwo gufasha mu gukemura ubwumwikane buke hagati […]

Kagame yasangije abanyeshuri bo muri Amerika urugendo rwo guhindura u Rwanda

Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2023, Perezida Paul Kagame, yakiriye abanyeshuri bo muri kaminuza ya Wartburg iyobowe na Steve Noah wahoze ari Visi Perezida ushinzwe umubano wa Leta n’imishinga idasanzwe muri kaminuza ya William Penn. Perezidansi y’u Rwanda itangaza ko abanyeshuri basangijwe ubunararibonye mu masomo y’uburezi bw’amahoro n’indangagaciro ku rwibutso rwa jenoside rwa […]

Tanzania: Perezida wa CHADEMA yanenze abajya mu ishyaka bashaka imyanya

Umuyobozi w’ishyaka Chama cha Demokrasia na Maendeleo “CHADEMA” ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Freeman Mbowe, yanenze bamwe mu bantu bajyaa mu ishyaka bashaka imyanya. Ibi Mbowe yabigarutseho kuri uyu wa 21 Gicurasi 2023 mu ntara ya Kigoma, ubwo yahuraga n’abarwanashyaka ba CHADEMA. Mbowe ati: “Hari bamwe mu baza kuba abanyamuryango ba CHADEMA ariko bagenzwa no gushaka […]

Les Etats-Unis saluent “la voix cruciale” de SM le Roi dans la promotion de la paix régionale et d’un avenir “sà»r et prospère” pour les Israéliens et les Palestiniens

15 mai 2023 Washington – Le secrétaire d’Etat américain, Antony Blinken, a salué “la voix cruciale” de SM le Roi Mohammed VI dans la promotion de la paix au Proche-Orient et d’un avenir “sà»r et prospère” pour les Israéliens et les Palestiniens. “Le secrétaire a salué la voix cruciale de SM le Roi Mohamed VI […]

Sahara Issue: U.S. Reiterates Support for Autonomy Plan, Deeming it ‘Serious, Credible and Realistic’ 16 mai 2023

Washington – The United States on Monday reiterated its support for Morocco’s autonomy plan, deeming it “serious, credible and realistic” with a view to settling the regional conflict over the Moroccan Sahara. “We continue to view Morocco’s autonomy plan as serious, as credible, as realistic”, said the U.S. State Department Principal Deputy Spokesperson, Vedant Patel, […]

Kigali: Urukiko rwagiye gukora iperereza ku rubanza rumaze imyaka rutarangizwa

Safari Abdou

Nyuma y’uko uwitwa Mukansabimana Emeritha, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori, Umudugudu wa Jandari n’abavandimwe, bavuga ko bamaze imyaka 29 bari mu manza za hato na hato, kubw’imitungo yabo bavuga ko yigaruriwe na Mukarusine Jeanne d’Arc udashaka kuyirekura kuva jenoside yakorewe Abatutsi yarangira, abacamanza bo ku Rukiko Rukuru bivugwa […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Itangazo ryose

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE AHAKORERA DP World

Itangazo ry'ubuyobozi bwa gasutamo kuri cyamunara y'ibicuruzwa

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 5 Gicurasi 2023, saa yine zaa mu gitondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa DP World bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera DP World. Abifuza kugura ibi bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko rusange bwa DP World i Masaka […]

The hygiene culture: A timeless necessity beyond the pandemic

Percentage of the population with handwashing facilities at home with water and soap in Rwanda, by service level and location (2022)(Data providers: OMS, UNICEF)

During the COVID-19 pandemic, hygiene fixtures such as faucets became ubiquitous, establishing a daily ritual for the population to guard against contamination. Whether at train stations, churches, markets, schools, offices, or even at home, handwashing became ingrained in daily life. The omission of this step was strictly enforced by authorities. However, as the pandemic waned, […]

ABATARASOREYE IBINYABIZIGA BYABO BASABWE KUTARENZA IMINSI 15

Itangazo ryose ku batarasoreye ibinyabiziga byabo

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe igihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15), uhereye igihe iri tangazo risohokeye kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye. Umugereka urimo urutonde rw’abatarasoreye ibinyabiziga

AERA Ministry yahaye abagore n’abakobwa bahoze mu buzererezi impamyabumenyi-AMAFOTO

whatsapp_image_2023-03-19_at_09.38_22.jpg

Tariki ya 15 Werurwe 2023, Umuryngo w’isanamitima AERA Ministry ( Association Evangelique Pour la Restauration des Ames) wahaye abagore n’abakobwa bahoze mu buzererezi , uburaya n’ibiyobyabwenge impamyabushobozi zisoza amahugurwa abafasha kwibeshaho bari bamazemo amezi 9. Umuhango wabereye Kacyiru ku itorero Angilican, abarangije amahugurwa mu budozi bagera ku 8, berekanye ibyo bungukiye muri aya mahugurwa yabahinduriye […]

Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]

Ushobora kwiga icyongeraza, IELTS, TOEFL ukakimenya utavuye aho uri- Iga kuri poromosiyo

img-20221208-wa0027.jpg

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo n’ishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ryagabanyije ibiciro kandi biroroshye kuko wakwiga utavuye aho uri. Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n’ahandi, abarigana biga ku buryo […]

Wersching wamamaye muri filimi z’uruhererekane yapfuye

Umukinnyikazi wa filime Annie Wersching, wamenyekanye cyane muri filime y’uruherekane yiswe 24 (24 TV Series) yitabye Imana ku myaka 45. Wersching yapfuye mu gitondo cyo ku cyumweru, tariki ya 29 Mutarama i Los Angeles, azize kanseri nk’uko umunyamakuru we yabitangarije ibitangazamakuru byo muri America. Wersching yagaragaye kuri tereviziyo nyinshi mu myaka 20 yamaze akora umwuga […]

Indaya iravugwaho kwiyahura nyuma yo kumenya ko umukunzi wayo yashakanye n’undi

Umukobwa wakoraga umwuga w’uburaya yasanzwe yapfuye muri hoteli ku muhanda w’isoko rya kera muri Onitsha, muri Leta ya Anambra, muri Nigeria. Uyu nyakwigendera uzwi ku izina rya Chisom, ukomoka muri Leta ya Enugu, bivugwa ko yapfuye ku wa 30 Mutarama 2023 nyuma yo kumara koza ibyombo. Impaka zabaye nyinshi cyane ku bantu bari bazi uyu […]

Itariki y’urubanza rwa Prince Kid yamenyekanye

Urukiko Rukuru rwahaye itariki ubujurire bw’Ubushinjacyaha mu rubanza rwa Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, bukazaburanwa ku wa 10 Werurwe 2023. Ni itariki yemejwe na Me Nyembo Emelyne wunganira Ishimwe, akaba agiye kongera kuburana nyuma y’uko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamugize umwere mu Ukuboza 2022. Prince Kid washinze Rwanda Inspiration Back Up yeteguraga irushanwa rya […]

RRA yorohereje abasabwa kumenyekanisha no kwishyura umusoro wa PAYE na VAT

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, RRA, cyorohereje abari babagamiwe no kumenyekanisha hamwe no kwishyura umusoro ku bihembo (PAYE) no ku nyongeragaciro (VAT) hashyingiwe ku bihembwe bishya. RRA isobanura ko nyuma y’aho Komiseri Mukuru wayo ashyizeho ibi bihembwe bishya bya PAYE na TVA, abasora banyuranye bagaragaje ko babangamiwe no guhita babishyira mu bikorwa, bitewe n’uruhurirane rw’indi misoro […]

KIREHE : Umuvunyi Mukuru yabwiye abaturage ko kugura Serivisi bemerewe n’amategeko ari Ruswa

whatsapp_image_2023-01-23_at_16.47_50.jpg

Kuri uyu wa mbere tariki ya 23/01/2023, Urwego rw’Umuvunyi rwatangije ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane mu karere ka Kirehe, abakozi n’abayobozi b’uru rwego bari mu mirenge igize aka karere aho barimo kwigisha abaturage kwirinda akarengane na ruswa bakanakira ibibazo by’akarengane abaturage bafite. Ubu bukangurambaga kurwanya akarengane na ruswa bwabereye u murenge wa Kirehe , […]

Urutonde rw’imirimo 5 ishobora kuba imbarutso yo gusenyuka kw’ingo

Nubwo akazi ari inkingi ya mwamba mu gutunga urugo, ariko hari akazi uwo mwashakanye yakora cyangwa wowe ubwawe wakora kakongera ibyago byinshi byo kutabana neza mu mahoro . Nubwo akazi kose uwo mwashakanye yakora katabababuza kugirana ubwumvikane buke, tugiye kurebera hamwe imirimo (akazi ) uko igenda irutanwa mu kuba yatuma abashakanye bahorana urwicyekwe no mu […]

Isano iri hagati y’umurego w’igitsina cy’umugabo n’ikimera cya Epimedium

Ikimera cya Epimedium kizwi na none nka ‘Horny Goat Weed’ cyangwa ‘Yin Yang Huo’ kimaze imyaka myinshi gikoreshwa mu buvuzi gakondo ku mugabane wa Asia, by’umwihariko mu Bushinwa. Ikigo cya Leta zunze ubumwe za Amerika gishinzwe ubuzima (NIH), mu ishami ryacyo ry’ubuvuzi, National Library of Medicine, gisobanura ko iki kimera cyifashishwa cyane nk’inyunganiramirire, kigafasha abagabo […]

Nkuranga wayoboye AMIR na Bagire Eugène bahakanye kwambura abarenga 250

Ku rukiko rw'ibanze rwa Kicukiro, ahabereye uru rubanza

Nkuranga Aimable wayoboye ishyirahamwe ry’ibigo by’imari iciriritse rya AMIR na Bagire Eugène uvugwaho gushinga ikigo gicuruza ifaranga ry’ikoranabuhanga (cryptocurrency) kizwi nka BITSEC bahakanye ibyaha bakurikiranweho by’ubwambuzi bushukana bwahombeje abarenga 250. Bahakanye iki cyaha kuri uyu wa 17 Mutarama 2023 ubwo bari mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, baburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Muri uru rubanza rwatangiye […]

Umuvunyi Mukuru yasabye abaturage ba Gisagara kudasiragira mu Nkiko

whatsapp_image_2023-01-10_at_18.32.19.jpg

Mu Bukangurambaga Urwego rw’Umuvunyi rurimo mu karere ka Gisagara kuva tariki 09/13/01/2023 mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa, abaturage batandukanye bagejeje ku Muvunyi Mukuru ibibazo by’akarengane mu murenge wa Gikonko. Ibibazo byinshi abaturage babajije byibanze cyane ku Makimbirane ashingiye ku butaka, abafite ibibazo by’Imanza zitarangizwa kandi zarabaye itegeko, Ibibazo by’abagabo cyangwa abagore babana batarasezeranye […]

Rurageretse hagati y’Umunyamerika n’Umunyarwanda bapfa ubutaka buri mu Kinigi

vlcsnap-2023-01-02-06h33m52s009.jpg

Umunyamerika witwa witwa Allen Michael Becky, arashinja Umunyarwanda witwa Iradukunda Gilbert kumuriganya ubutaka bwubatseho Hoteli iherereye mu Kinigi ho mu karere ka Musanze. Allen usanzwe ari umushoramari, afite Hoteli yitwa Villa Gorilla yubatse mu kagari ka Nyonirima ho mu Kinigi, ndetse imaze igihe ikora. Uyu munyamerika avuga ko yohererezaga Iradukunda amafaranga yo kumugurira ubutaka mu […]

Abasaga 1,000 bari baje kureba Fireworks kuri BK Arena batashye bimyiza imoso (Amafoto)

img-20230101-wa0014.jpg

Abantu babarirwa mu 1,000 bari bitabiriye ibirori byo gusoza umwaka ku nyubako ya BK Arena batashye bimyiza imoso, nyuma yo gutegereza ibishashi by’umuriro byagombaga kuraswa bagaheba. Ahagana saa sita z’ijoro ubwo umwaka wa 2023 watangiraga, hirya no hino mu mujyi wa Kigali hagaragaye ibishashi by’umuriro (fireworks) nko kuri Convention Center, i Nyamirambo n’ahandi. Ni mu […]

Ibyago bitegereje abakoresha isukari nyinshi

Isukari ni nziza ku buzima bwacu mu gihe yakoreshejwe mu rugero, ariko na none iyo idakoreshejwe mu rugero ishobora kukugiraho izindi ngaruka zirimo kwiyongera kw’ibiro, kugira ibiheri mu maso, diyabete yo mu bwoko bwa kabiri n’ibindi bibazo bitandukanye by’ubuzima. Menshi mu mafunguro dufata mu buzima bwacu usanga aba yuzuyemo amasukari. Mu byo kurya byinshi byaciye […]

RRA irasaba abasora n’ibigo bya Leta kwishyura umusoro bitarenze ejo

Itangazo rya RRA

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) kirasaba abasora n’ibigo bya Leta kwishyura imisoro umusoro bitarenze saa sita z’amanywa kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Ukuboza 2022 kugira ngo uzabarwe nk’uwishyuwe muri uku kwezi. RRA isabye abakiriya kwishyura uyu musoro mbere ya tariki ya nyuma y’ukwezi bitewe n’uko mu mpera z’umwaka, amabanki asanzwe agabanya serivisi […]

Ingaruka zo kurarana ‘Headphones’ n’inama ku bazikoresha

Ushobora kuba utuye ahantu hahora urusaku cyangwa se urarana n’umuntu ugona ku buryo bituma ukanguka hagati mu ijoro, rimwe na rimwe kugira ngo wirengagize urwo rusaku ugahitamo kwambara headphones, ugatangira kumva umuziki mwiza. Ese gusinzira wambaye headphones ni byiza? Ese hari ingaruka bishobora kugira ku buzima bwawe n’iyo waba utari kumva umuziki. Umuhanga mubijyanye n’amajwi, […]

Uganda: Bane bakurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 13 bikamuviramo urupfu

Polisi yo mu karere ka Kabare mu burengerazuba bwa Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rw’umwana w’imyaka 13 wasambanyijwe n’amabandi kuri uyu wa 25 Ukuboza 2022, bikamuviramo urupfu. Glorious Akampurira Owembabazi yapfiriye mu bitaro yoherejwemo bya Kabare ahagana saa mbili. Amakuru avuga ko yasambanyirijwe mu gace k’ubucuruzi ka Nyasharara mu mudugudu wa Kyarugondo. Umuyobozi wo […]

Abayobozi 9 batazibagirana mu mateka y’Isi

John Quincy Adams wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yigeze kuvuga ati “Igihe ibikorwa byawe abandi babifatiraho urugero cyangwa bibafasha gutekereza kure no kwiga cyane, gukora ibirenze, icyo gihe uba uri umuyobozi. Kuba umuyobozi ni ugufasha rubanda, bakagira amatsiko, bakamenya uburenganzira bwabo, inzozi zabo ndetse n’uburenganzira bwo kugira inzozi.” Si byabindi ngo umuyobozi […]

Ibibanza 5 byiza biherereye i Rusororo bifite ibyangombwa byo kubaka bigurishwa make

ikibanza11.jpg

Mu murenge wa Rusororo, akarere ka Gasabo hari ibibanza 5 byo kubaka , bifite ibyangombwa byose kuburyo uwagura wese yahita atangira kubaka. Abifuza kugura ibi bibanza mwahamagara kuri telephone igendanwa 0781448081, mukigurira bitarashira.Ikibanza 1 Iki kibanza giherereye mu murenge wa Rusororo, akagari ka Nyagahinga , hirya Riviera School, iki kibanza gifite ubuso na UPI…..9131: 457 […]

Uganda: Igitero cya ADF cyatumye abantu 8000 bava mu byabo

Leta ya Uganda yihanganishije abantu barenga 8000 bavuye mu byabo nyuma y’ibitero by’umutwe witerabwoba wa ADF (Allied Democratic Forces), mu karere ka Ntoroko. Ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko umuyobozi w’akarere, William Kasoro, yavugiye mu gace ka Bweramule ko abantu babarirwa 7000 bahunze bakava mu byabo n’abandi 1000 bo mu duce twegeranye n’ako karere, baturuka muri […]

Amabanga y’ubuzima udakwiye kubwira buri wese

Ni bintu bisanzwe kuba ikiremwamuntu cyakwifuza kuba kiri kumwe n’abandi bantu. Kuva umuntu avutse kugera apfuye, umuntu aba yifuza guhora ari kumwe n’abandi, yishima baseka bakina bagatemberera hamwe ndetse bakifuza kubarirana inkuru z’ubuzima bwabo. Mu bushuti abantu bagira, hari ubwo bishakira ubwabo, hakaba n’ubwo umuntu ahabwa na kamere nta ruhare na rumwe abigizemo. Urugero kuba […]

Imyitwarire iranga abahanga

Waba uri umuhanga kurusha uko ubitekereza? Kugira ngo umenye niba koko uri we ntabwo bisaba kuba wakora ibizamini bya IQ (Intelligence Quotient). Reka turebere hamwe imyitwarire 10 cyangwa imyifatire iranga umuhanga. Niba ujya wibonaho ibi bimenyetso, uhite umenya ko uri we. Reba videwo 1. Gutuza Kurwana n’inshuti yawe, guteza akavuyo cyangwa kutubahiriza ibyo wifuza, hari […]

AHUPA Store yagejeje ku isoko television za Neiitec na RWK zikorerwa mu Rwanda

32rrwk.jpg

Mu gihe u Rwanda rukomeje gukataza mu nzira yo guteze imbere ibikorerwa imbere mu gihugu muri politike ya Made in Rwanda, ubu noneho watunga television zakorewe mu Rwanda. Ni Television zigezweho zimenyerewe nka Flat TV ziri mu moko abiri ariyo NEIITEC na RWK zikaba zikorwa n’ uruganda Electronic Industry and information Technology Rwanda Co., Ltd […]

Icyo abashakashatsi bavuga kumuti ufasha abagabo mu gihe bafite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano

Kurangiza vuba cyangwa se gusohora nyuma y’igihe gito cyane utangiye igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ni ikibazo kibangamiye imiryango myinshi ku Isi, ndetse hari ubwo guteza amakimbirane, kikaba cyazirwanya. Iki kibazo giterwa n’impamvu rusange zitandukanye zirimo: umunaniro mwinshi, kubura ubwisanzure cyangwa kudatuza mu gihe cy’imibonano, kuba utaramenyera iki gikorwa cyangwa se ugikora n’uwo mudahuje ibyiyumviro muri ako […]

Papa Francisco yatangaje ko amaze imyaka 9 yanditse ibaruwa y’ubwegure

Papa Francisco, umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, kuri uyu wa 18 Ukuboza 2022 yahishuye ko amaze imyaka 9 atanze ibaruwa y’ubwegure bwe mugihe yagira ibibazo by’ubuzima. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cya ABC cyo muri Espagne, yavuze ko iyo baruwa yayitanze mu mwaka wa 2013 ubwo yari amaze gutorerwa uyu mwanya. Avuga ko yahaye iyo […]