Ni ikimwaro kuba igihugu kidashobora gutanga abagize uruhare muri jenoside: Me Gisagara
Umunyamategeko Me Gisagara Richard yatangaje ko biteye ikimwaro kuba hari ibihugu bitinda gutanda abakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Me Gisagara yavuze ibi, nyuma y’ifatwa ndetse n’itabwa muri yombi rya Fulgence Kayishema wari umaze igihe kinini ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ubwo yari […]
Uganda: Ukekwaho kwiba amashilingi yapfiriye muri kasho ya Polisi
Polisi yo mu karere ka Rukungiri iri gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 26 y’amavuko wapfiriye muri kasho, nyuma yo gufungwa akekwaho kwiba amashilingi ya Uganda 1,600,000. Inkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda, ivuga ko uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu […]
Kenya: Abanyeshuri 35 bajyanwe mu bitaro nyuma yo guterwa imyuka mibi
Abanyeshuri 35 bataye ubwenge nyuma yo guterwa ibyuka biryana mu maso, ubwo Polisi yari ihanganye n’abakorera ubucuruzi mu muhanda mu gace ka Kawangware muri Kenya. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko uku gushyamirana kwa Polisi nâaba bucuruzi kwabereye hafi y’ishuri ribanza rya Ndurarua kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023. Ubwo abapolisi bageragezaga guhangana no guhosha […]
Ingufu za Nyiramugengeri zatuma imera nkâikirunga kiruka: Dr Nzayitegeye
Umushakashatsi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi nâubworozi (RAB) yahumurije abaturage bakorera ubuhinzi mu gishanga cya Mukunguri gihuriweho n’akarere ka Kamonyi ndetse na Ruhango, nyuma y’iturika rya Nyiramugengeri iri muri icyo gishanga. Mu kiganiro na Radio Rwanda, Dr Ndayitegeye Olivier yavuze ko kuba Nyiramugengeri yaraturitse ari ibintu bisanzwe ndetse asobanura ko impamvu ishobora guturika ari ukubera ingufu […]
Being grandmother at 34 year old, a Rwandan woman reveals her pain
In Rubavu, western part of Rwanda, there lives a 34 year old mother who has a grandchild born to her eldest daughter, who says the bad living conditions are going to make her run to the mountains, but when she looks at her grandchild she feels amazed. The mother, whose name is Gaudence Sumwiza, lives […]
Zelensky a envoyé un message à  Kagame sur la guerre en Ukraine
Le bureau du prĂ©sident du Rwanda a annoncĂ© que le prĂ©sident Paul Kagame a reà §u le ministre des affaires Ă©trangĂšres de l’Ukraine qui a apportĂ© un message du prĂ©sident Volodymyr Zelensky. Kagame et le ministre des Affaires Ă©trangĂšres Vincent Biruta ont reà §u le ministre Dmytro Kuleba et d’autres, ils ont discutĂ© de la guerre en […]
Ukraine irifuza gufungura ambasade mu Rwanda
Ukraine irifuza gufungura ambasade yayo mu Rwanda mu rwego rwo gushyimangira imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi. Byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba uri mu ruzinduko i Kigali. Kuri uyu w 25 Gicurasi 2023 ni bwo Minisitiri Kuleba yageze mu Rwanda, yakirwa na mugenzi we, Dr Vincent Biruta, hanyuma yakirwa na Perezida Paul […]
Perezida Samia na Museveni bamuritse urugomero rw’amashanyarazi

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania hamwe n’uwa Uganda, Museveni Kaguta, batangije urugomero rw’amashanyarazi rwataye amadolari ($) miliyoni 56, ruzafasha abatuye muri ibi bihugu mu kugerwaho n’ibikorwaremezo. Uru rugomero rukoresha amazi y’umugezi w’Akagera rwamuritswe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2023, ahitwa Isingiro muri Uganda. Uru rugomero rwa Kikagati-Murongo Hydropower Plant ruzatanga kilowate 14 z’umuriro. Uyu ni […]
Ubumwe bwa Afurika ni bwo buzayiha ishema nâimbaraga zatakaye: Protais Musoni
Mu gihe umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) urimo kwizihiza isabukuru ya 60, Umuyobozi Mukuru wâumuryango uharanira ubunyafurika (Pan-African Mouvement) mu Rwanda, Protais Musoni, yemeza ko ubumwe bwâAbanyafurika ari bwo buzagarura ishema nâ imbaraga zatatanyijwe nâamateka. Musoni yabwiye Bwiza.com ko intwari zashinze uyu muryango wa Afurika zabitekereje bizivuye ku mutima ndetse banatanga ibitambo bikomeye kugira […]
Marekani kwa mara nyingine imewataka Wakongo kusitisha mawasiliano na FDLR
Marekani kwa mara nyingine tena imewataka watu wa Kongo katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo kusitisha mawasiliano na kundi la waasi la FDLR linaloipinga serikali ya Rwanda. Haya yalisemwa na Katibu wa Marekani, Antony Blinken, katika mahojiano na Rais wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, Mei 23, 2023, kwenye laini ya simu. Blinken alisema alimweleza Tshisekedi kwamba […]
Rwanda-GĂ©nocide: Le suspect le plus recherchĂ© arrĂ ÂȘtĂ© en Afrique du Sud
Le fugitif le plus recherchĂ© accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide rwandais de 1994 a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© Ă Â Paarl, en Afrique du Sud, aprĂšs des dĂ©cennies de cavale, selon les autoritĂ©s. Fulgence Kayishema a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© mercredi aprĂšs-midi dans une opĂ©ration conjointe entre les autoritĂ©s sud-africaines et l’Ă©quipe de recherche des fugitifs du procureur, selon le […]
The DRC already filed new complaints at the ICC against Rwanda and the M23
The Democratic Republic of Congo has this week filed another formal complaint at the International Criminal Court (ICC) asking the court to ensure that it does not consider what it calls the military coup of its militias in eastern Congo by the Rwandan National Army (RDF) and the M23 rebels. The ICC has already had […]
La FERWAFA envisage dâ aider les personnes touchĂ©es par la catastrophe
La FĂ©dĂ©ration rwandaise de football, FERWAFA, a annoncĂ© qu’elle fournira une assistance aux habitants des provinces qui ont rĂ©cemment Ă©tĂ© frappĂ©s par des catastrophes qui ont causĂ© beaucoup de dĂ©gĂ Âąts et coà »tĂ© la vie Ă Â certains. Dans les provinces de l’Ouest, du Nord et du Sud, il y a eu des catastrophes rĂ©centes qui ont […]
Rwanda: Ceux qui ont commis le génocide seront formés avant de reprendre une vie normale
Le gouvernement du Rwanda prĂ©voit de former les personnes impliquĂ©es dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis en vue de leur libĂ©ration, avant leur libĂ©ration. Le Ministre de l’UnitĂ© et de la ResponsabilitĂ© Civique, Dr. Bizimana Jean DamascĂšne, a expliquĂ© aux membres de la Commission de l’UnitĂ© Rwandaise, des Droits de l’Homme et de […]
Tanzania: Yakatiwe kunyongwa azira gusambanya umucecuru w’imyaka 94
Muri Tanzania haravugwa inkuru y’umugabo witwa Edmund Emmanuel, wakatiwe igihano cyo kunyongwa azira gufata umucecuru w’imyaka 94ĂÂ kugezaĂÂ apfuye. Edmund utuye mu ntara ya Manyara, yabwiye umucamanza ko gukora iki cyaha byaturutse ku bukene yari afite, akajya ku mupfumu akamutegeka kujya gufata uwo mukecuru usanzwe ufite ubumuga bwa kugagara, bimuviramo urupfu nk’uko ikinyamakuru Mwanchi cyandikirwa muri Tanzania […]
Le Sénat approuve le projet de loi modifiant la Constitution

Le SĂ©nat Rwandais a approuvĂ© les bases du projet de rĂ©forme constitutionnelle initiĂ© par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, dans le but de combiner les Ă©lections du chef de l’Etat avec celles des dĂ©putĂ©s qui se tiendront en 2024. Le projet de loi d’amendement constitutionnel adoptĂ© par le SĂ©nat a Ă©tĂ© rĂ©cemment approuvĂ© par la […]
RRA irahamagara abasoreshwa bari muri iri tangazo kwihutira kujya ku biro byayo i Kigali bitarenze iminsi 7

Abatumiwe kujya ku biro bikuru byâIkigo cyâImisoro nâAmahoro (RRA) biherereye I Kigali ku Kimihurura , barashishikarizwa kwishyura ibirarane byâimisorore bitabaye ngombwa ko imitungo yabo itezwa cyamunara. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka itangazo_rihamagarira_abasora_kuza_gufata_inyandikomvugo_y_ifatira_bwishyu__1_.pdf
Kenya: Umunyamabanga Uhoraho yeguye nyuma y’icyumweruĂÂ atowe
Esther Ngero wari umaze icyumweru kimwe atorewe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza muri KenyaĂÂ yeguye. Kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, Perezida William Ruto yemeye ko yabonye ubwegure bwa Esther, abibwiwe na Felix Koskei ushizwe imirimo mu biro by’Umukuru w’Igihugu. Esther yahawe inshingano yo kuba Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza tariki ya 16 Gicurasi […]
CYAMUNARA YâIBICURUZWA BITANDUKANYE BYAFATIWE MURI MAGENDU

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 09 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange Ballore bigaragara ku mugereka wâiri tangazo. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Ballore mu masaha yâakazi hagati yâitariki ya 03 kugeza kuya 08 Kamena 2023. […]
Guyana: Abanyeshuri 20 bapfiriye mu nkongi y’umuriro
Abanyeshuri biganjemo ab’abakobwa bahiriye muri mu icumbi bashiramo umwuka. Byabereye mu gihugu cya Guyana muri Amerika y’Epfo mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023. Iyi nkongi y’umuriro yabereye mu macumbi y’abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mahdia, abantu benshi biganjemo abana bato b’abakobwa barakomereka, 20 muri bo bahasiga ubuzima. Guverinoma ya Guyana yatangaje […]
Zambia: Umwana w’imyaka 12 yapfuye azize umukinoĂÂ w’abana
Umwana ufite imyaka 12 yapfuye yishwe n’abana bagenzi be batatu ubwo barimo bakina umukino wo guterana amakofi n’inshyi (kick and slap) ari byo byaviriyemo uwoĂÂ mwanaĂÂ urupfu. Abo bana bari hagati y’imyaka 13, 15 na 16. Muri uyu mukino, uyu mwana baje kumukibita bikomeye ava amaraso menshi, bimuviramo kuhasiga ubuzima. Francis Ngosa witabye Imana yazize kuva amaraso […]
Ibiza biherutse kwibasira u Rwanda bimaze kwirukanisha abayobozi barenga 10
Ibiza byatewe nâimvura nyinshi yishe abantu ikanasenya ibikorwaremezo bitandukanye mu gihugu mu minsi ishize, byatumye hari abayobozi ba Leta batakaza akazi. Nkâuko byatangajwe Christophe Nkusi uyobora akarere ka Ngororero, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari ka Rutare mu murenge wa Matyazo, Dusengimana Pacifique yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kwaka ruswa abaturage bangirijwe nâibiza. Meya Nkusi yatangarije Kigali […]
Kenya: Bananiwe kwitoramo uyobora ishyaka nyuma yo gukuraho Uhuru Kenyatta
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya akanayobora ishyaka Jubilee ryahoze ku butegetsi, aherutse gukurwa ku mwanya wâubuyobozi bwâiri shyaka, gusa nyuma hakurikiyeho urugamba rwo gushaka uwamusimbura. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023 ni bwo Uhuru Kenyatta yageze aho iri shyaka rikorera inama, mu rwego rwo gufasha mu gukemura ubwumwikane buke hagati […]
Kagame yasangije abanyeshuri bo muri Amerika urugendo rwo guhindura u Rwanda
Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2023, Perezida Paul Kagame, yakiriye abanyeshuri bo muri kaminuza ya Wartburg iyobowe na Steve Noah wahoze ari Visi Perezida ushinzwe umubano wa Leta n’imishinga idasanzwe muri kaminuza ya William Penn. Perezidansi y’u Rwanda itangaza ko abanyeshuri basangijwe ubunararibonye mu masomo yâuburezi bwâamahoro nâindangagaciro ku rwibutso rwa jenoside rwa […]
Tanzania: Perezida wa CHADEMA yanenze abajya mu ishyaka bashakaĂÂ imyanya
Umuyobozi w’ishyaka Chama cha Demokrasia na Maendeleo “CHADEMA” ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Freeman Mbowe, yanenze bamwe mu bantu bajyaa mu ishyaka bashakaĂÂ imyanya. Ibi Mbowe yabigarutseho kuri uyu wa 21 Gicurasi 2023 mu ntara ya Kigoma, ubwo yahuraga n’abarwanashyaka ba CHADEMA. Mbowe ati: “Hari bamwe mu baza kuba abanyamuryango ba CHADEMA ariko bagenzwa no gushaka […]
Les Etats-Unis saluent “la voix cruciale” de SM le Roi dans la promotion de la paix rĂ©gionale et d’un avenir “sà »r et prospĂšre” pour les IsraĂ©liens et les Palestiniens
15 mai 2023 Washington – Le secrĂ©taire d’Etat amĂ©ricain, Antony Blinken, a saluĂ© “la voix cruciale” de SM le Roi Mohammed VI dans la promotion de la paix au Proche-Orient et d’un avenir “sà »r et prospĂšre” pour les IsraĂ©liens et les Palestiniens. “Le secrĂ©taire a saluĂ© la voix cruciale de SM le Roi Mohamed VI […]
Sahara Issue: U.S. Reiterates Support for Autonomy Plan, Deeming it ‘Serious, Credible and Realistic’ 16 mai 2023
Washington – The United States on Monday reiterated its support for Morocco’s autonomy plan, deeming it “serious, credible and realistic” with a view to settling the regional conflict over the Moroccan Sahara. “We continue to view Moroccoâs autonomy plan as serious, as credible, as realistic”, said the U.S. State Department Principal Deputy Spokesperson, Vedant Patel, […]
Kigali: Urukiko rwagiye gukora iperereza ku rubanza rumaze imyaka rutarangizwa

Nyuma yâuko uwitwa Mukansabimana Emeritha, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori, Umudugudu wa Jandari nâabavandimwe, bavuga ko bamaze imyaka 29 bari mu manza za hato na hato, kubwâimitungo yabo bavuga ko yigaruriwe na Mukarusine Jeanne dâArc udashaka kuyirekura kuva jenoside yakorewe Abatutsi yarangira, abacamanza bo ku Rukiko Rukuru bivugwa […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE AHAKORERA DP World

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 5 Gicurasi 2023, saa yine zaa mu gitondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa DP World bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera DP World. Abifuza kugura ibi bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko rusange bwa DP World i Masaka […]
The hygiene culture: A timeless necessity beyond the pandemic

During the COVID-19 pandemic, hygiene fixtures such as faucets became ubiquitous, establishing a daily ritual for the population to guard against contamination. Whether at train stations, churches, markets, schools, offices, or even at home, handwashing became ingrained in daily life. The omission of this step was strictly enforced by authorities. However, as the pandemic waned, […]
ABATARASOREYE IBINYABIZIGA BYABO BASABWE KUTARENZA IMINSI 15

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe igihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15), uhereye igihe iri tangazo risohokeye kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye. Umugereka urimo urutonde rw’abatarasoreye ibinyabiziga
M23 IZAHINDURA IBINTU – ABANTU BITONDERE INDAGU NâUBUHANUZI MURI AKA KARERE: PASTOR CHRISTOPHE
AERA Ministry yahaye abagore nâabakobwa bahoze mu buzererezi impamyabumenyi-AMAFOTO

Tariki ya 15 Werurwe 2023, Umuryngo wâisanamitima AERA Ministry ( Association Evangelique Pour la Restauration des Ames) wahaye abagore nâabakobwa bahoze mu buzererezi , uburaya nâibiyobyabwenge impamyabushobozi zisoza amahugurwa abafasha kwibeshaho bari bamazemo amezi 9. Umuhango wabereye Kacyiru ku itorero Angilican, abarangije amahugurwa mu budozi bagera ku 8, berekanye ibyo bungukiye muri aya mahugurwa yabahinduriye […]
Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye
Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]
Bigogwe: Urukiko rwategetse ko imibiri 36 yabonetse mu byobo igateza impaka no gufungwa kwa bamwe ipimwa

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rwategetse ko imibiri 36 yabonetse mu byobo mu murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu ipimwa, nyuma y’aho habaye impaka mu baturage bamwe mu batuye mu mudugudu wa Bikingi mu kagari ka Kijote, bamwe bavugaga ko hari ibyobo bibiri bavuga ko byari bishyinguwemo abantu bishwe mu 1997, mu gihe abandi bemeza […]
Ushobora kwiga icyongeraza, IELTS, TOEFL ukakimenya utavuye aho uri- Iga kuri poromosiyo

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo nâishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ryagabanyije ibiciro kandi biroroshye kuko wakwiga utavuye aho uri. Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye nâahandi, abarigana biga ku buryo […]
Wersching wamamaye muri filimi z’uruhererekane yapfuye
Umukinnyikazi wa filime Annie Wersching, wamenyekanye cyane muri filime y’uruherekane yiswe 24 (24 TV Series) yitabye Imana ku myaka 45. Wersching yapfuye mu gitondo cyo ku cyumweru, tariki ya 29 Mutarama i Los Angeles, azize kanseri nk’uko umunyamakuru we yabitangarije ibitangazamakuru byo muri America. Wersching yagaragaye kuri tereviziyo nyinshi mu myaka 20 yamaze akora umwuga […]
Indaya iravugwaho kwiyahura nyuma yo kumenya ko umukunzi wayo yashakanye n’undi
Umukobwa wakoraga umwuga w’uburaya yasanzwe yapfuye muri hoteli ku muhanda wâisoko rya kera muri Onitsha, muri Leta ya Anambra, muri Nigeria. Uyu nyakwigendera uzwi ku izina rya Chisom, ukomoka muri Leta ya Enugu, bivugwa ko yapfuye ku wa 30 Mutarama 2023 nyuma yo kumara koza ibyombo. Impaka zabaye nyinshi cyane ku bantu bari bazi uyu […]
Itariki y’urubanza rwa Prince Kid yamenyekanye
Urukiko Rukuru rwahaye itariki ubujurire bwâUbushinjacyaha mu rubanza rwa Ishimwe DieudonnĂ© wamenyekanye nka Prince Kid, bukazaburanwa ku wa 10 Werurwe 2023. Ni itariki yemejwe na Me Nyembo Emelyne wunganira Ishimwe, akaba agiye kongera kuburana nyuma yâuko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamugize umwere mu Ukuboza 2022. Prince Kid washinze Rwanda Inspiration Back Up yeteguraga irushanwa rya […]
RRA yorohereje abasabwa kumenyekanisha no kwishyura umusoro wa PAYE na VAT
Ikigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro, RRA, cyorohereje abari babagamiwe no kumenyekanisha hamwe no kwishyura umusoro ku bihembo (PAYE) no ku nyongeragaciro (VAT) hashyingiwe ku bihembwe bishya. RRA isobanura ko nyuma yâaho Komiseri Mukuru wayo ashyizeho ibi bihembwe bishya bya PAYE na TVA, abasora banyuranye bagaragaje ko babangamiwe no guhita babishyira mu bikorwa, bitewe nâuruhurirane rwâindi misoro […]
KIREHE : Umuvunyi Mukuru yabwiye abaturage ko kugura Serivisi bemerewe nâamategeko ari Ruswa

Kuri uyu wa mbere tariki ya 23/01/2023, Urwego rw’Umuvunyi rwatangije ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane mu karere ka Kirehe, abakozi n’abayobozi b’uru rwego bari mu mirenge igize aka karere aho barimo kwigisha abaturage kwirinda akarengane na ruswa bakanakira ibibazo byâakarengane abaturage bafite. Ubu bukangurambaga kurwanya akarengane na ruswa bwabereye u murenge wa Kirehe , […]
Urutonde rwâimirimo 5 ishobora kuba imbarutso yo gusenyuka kwâingo
Nubwo akazi ari inkingi ya mwamba mu gutunga urugo, ariko hari akazi uwo mwashakanye yakora cyangwa wowe ubwawe wakora kakongera ibyago byinshi byo kutabana neza mu mahoro . Nubwo akazi kose uwo mwashakanye yakora katabababuza kugirana ubwumvikane buke, tugiye kurebera hamwe imirimo (akazi ) uko igenda irutanwa mu kuba yatuma abashakanye bahorana urwicyekwe no mu […]
Isano iri hagati yâumurego wâigitsina cyâumugabo nâikimera cya Epimedium
Ikimera cya Epimedium kizwi na none nka ‘Horny Goat Weed’ cyangwa ‘Yin Yang Huo’ kimaze imyaka myinshi gikoreshwa mu buvuzi gakondo ku mugabane wa Asia, byâumwihariko mu Bushinwa. Ikigo cya Leta zunze ubumwe za Amerika gishinzwe ubuzima (NIH), mu ishami ryacyo ryâubuvuzi, National Library of Medicine, gisobanura ko iki kimera cyifashishwa cyane nkâinyunganiramirire, kigafasha abagabo […]
Nkuranga wayoboye AMIR na Bagire EugĂšne bahakanye kwambura abarenga 250

Nkuranga Aimable wayoboye ishyirahamwe ry’ibigo byâimari iciriritse rya AMIR na Bagire EugĂšne uvugwaho gushinga ikigo gicuruza ifaranga ryâikoranabuhanga (cryptocurrency) kizwi nka BITSEC bahakanye ibyaha bakurikiranweho byâubwambuzi bushukana bwahombeje abarenga 250. Bahakanye iki cyaha kuri uyu wa 17 Mutarama 2023 ubwo bari mu rukiko rwâibanze rwa Kicukiro, baburana ku ifungwa nâifungurwa ryâagateganyo. Muri uru rubanza rwatangiye […]
Umuvunyi Mukuru yasabye abaturage ba Gisagara kudasiragira mu Nkiko

Mu Bukangurambaga Urwego rw’Umuvunyi rurimo mu karere ka Gisagara kuva tariki 09/13/01/2023 mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa, abaturage batandukanye bagejeje ku Muvunyi Mukuru ibibazo byâakarengane mu murenge wa Gikonko. Ibibazo byinshi abaturage babajije byibanze cyane ku Makimbirane ashingiye ku butaka, abafite ibibazo by’Imanza zitarangizwa kandi zarabaye itegeko, Ibibazo by’abagabo cyangwa abagore babana batarasezeranye […]
Rurageretse hagati y’Umunyamerika n’Umunyarwanda bapfa ubutaka buri mu Kinigi

Umunyamerika witwa witwa Allen Michael Becky, arashinja Umunyarwanda witwa Iradukunda Gilbert kumuriganya ubutaka bwubatseho Hoteli iherereye mu Kinigi ho mu karere ka Musanze. Allen usanzwe ari umushoramari, afite Hoteli yitwa Villa Gorilla yubatse mu kagari ka Nyonirima ho mu Kinigi, ndetse imaze igihe ikora. Uyu munyamerika avuga ko yohererezaga Iradukunda amafaranga yo kumugurira ubutaka mu […]
Abasaga 1,000 bari baje kureba Fireworks kuri BK Arena batashye bimyiza imoso (Amafoto)

Abantu babarirwa mu 1,000 bari bitabiriye ibirori byo gusoza umwaka ku nyubako ya BK Arena batashye bimyiza imoso, nyuma yo gutegereza ibishashi by’umuriro byagombaga kuraswa bagaheba. Ahagana saa sita zâijoro ubwo umwaka wa 2023 watangiraga, hirya no hino mu mujyi wa Kigali hagaragaye ibishashi byâumuriro (fireworks) nko kuri Convention Center, i Nyamirambo n’ahandi. Ni mu […]
Ibyago bitegereje abakoresha isukari nyinshi
Isukari ni nziza ku buzima bwacu mu gihe yakoreshejwe mu rugero, ariko na none iyo idakoreshejwe mu rugero ishobora kukugiraho izindi ngaruka zirimo kwiyongera kwâibiro, kugira ibiheri mu maso, diyabete yo mu bwoko bwa kabiri nâibindi bibazo bitandukanye byâubuzima. Menshi mu mafunguro dufata mu buzima bwacu usanga aba yuzuyemo amasukari. Mu byo kurya byinshi byaciye […]
RRA irasaba abasora n’ibigo bya Leta kwishyura umusoro bitarenze ejo

Ikigo cyâigihugu gishinzwe imisoro nâamahoro (RRA) kirasaba abasora nâibigo bya Leta kwishyura imisoro umusoro bitarenze saa sita zâamanywa kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Ukuboza 2022 kugira ngo uzabarwe nkâuwishyuwe muri uku kwezi. RRA isabye abakiriya kwishyura uyu musoro mbere ya tariki ya nyuma yâukwezi bitewe nâuko mu mpera zâumwaka, amabanki asanzwe agabanya serivisi […]
Ingaruka zo kurarana âHeadphonesâ n’inama ku bazikoresha
Ushobora kuba utuye ahantu hahora urusaku cyangwa se urarana nâumuntu ugona ku buryo bituma ukanguka hagati mu ijoro, rimwe na rimwe kugira ngo wirengagize urwo rusaku ugahitamo kwambara headphones, ugatangira kumva umuziki mwiza. Ese gusinzira wambaye headphones ni byiza? Ese hari ingaruka bishobora kugira ku buzima bwawe nâiyo waba utari kumva umuziki. Umuhanga mubijyanye nâamajwi, […]
Uganda: Bane bakurikiranweho gusambanya umwana wâimyaka 13 bikamuviramo urupfu
Polisi yo mu karere ka Kabare mu burengerazuba bwa Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rwâumwana wâimyaka 13 wasambanyijwe nâamabandi kuri uyu wa 25 Ukuboza 2022, bikamuviramo urupfu. Glorious Akampurira Owembabazi yapfiriye mu bitaro yoherejwemo bya Kabare ahagana saa mbili. Amakuru avuga ko yasambanyirijwe mu gace kâubucuruzi ka Nyasharara mu mudugudu wa Kyarugondo. Umuyobozi wo […]
Abayobozi 9 batazibagirana mu mateka y’Isi
John Quincy Adams wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yigeze kuvuga ati “Igihe ibikorwa byawe abandi babifatiraho urugero cyangwa bibafasha gutekereza kure no kwiga cyane, gukora ibirenze, icyo gihe uba uri umuyobozi. Kuba umuyobozi ni ugufasha rubanda, bakagira amatsiko, bakamenya uburenganzira bwabo, inzozi zabo ndetse n’uburenganzira bwo kugira inzozi.” Si byabindi ngo umuyobozi […]
Ibibanza 5 byiza biherereye i Rusororo bifite ibyangombwa byo kubaka bigurishwa make

Mu murenge wa Rusororo, akarere ka Gasabo hari ibibanza 5 byo kubaka , bifite ibyangombwa byose kuburyo uwagura wese yahita atangira kubaka. Abifuza kugura ibi bibanza mwahamagara kuri telephone igendanwa 0781448081, mukigurira bitarashira.Ikibanza 1 Iki kibanza giherereye mu murenge wa Rusororo, akagari ka Nyagahinga , hirya Riviera School, iki kibanza gifite ubuso na UPI…..9131: 457 […]
Itangazo ryo gupiganira isoko
Uganda: Igitero cya ADF cyatumye abantu 8000 bava mu byabo
Leta ya Uganda yihanganishije abantu barenga 8000 bavuye mu byabo nyuma yâibitero byâumutwe witerabwoba wa ADF (Allied Democratic Forces), mu karere ka Ntoroko. Ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko umuyobozi w’akarere, William Kasoro, yavugiye mu gace ka Bweramule ko abantu babarirwa 7000 bahunze bakava mu byabo nâabandi 1000 bo mu duce twegeranye n’ako karere, baturuka muri […]
Amabanga y’ubuzima udakwiye kubwira buri wese
Ni bintu bisanzwe kuba ikiremwamuntu cyakwifuza kuba kiri kumwe nâabandi bantu. Kuva umuntu avutse kugera apfuye, umuntu aba yifuza guhora ari kumwe nâabandi, yishima baseka bakina bagatemberera hamwe ndetse bakifuza kubarirana inkuru zâubuzima bwabo. Mu bushuti abantu bagira, hari ubwo bishakira ubwabo, hakaba n’ubwo umuntu ahabwa na kamere nta ruhare na rumwe abigizemo. Urugero kuba […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa KAREGE Ephron
Imyitwarire iranga abahanga
Waba uri umuhanga kurusha uko ubitekereza? Kugira ngo umenye niba koko uri we ntabwo bisaba kuba wakora ibizamini bya IQ (Intelligence Quotient). Reka turebere hamwe imyitwarire 10 cyangwa imyifatire iranga umuhanga. Niba ujya wibonaho ibi bimenyetso, uhite umenya ko uri we. Reba videwo 1. Gutuza Kurwana n’inshuti yawe, guteza akavuyo cyangwa kutubahiriza ibyo wifuza, hari […]
AHUPA Store yagejeje ku isoko television za Neiitec na RWK zikorerwa mu Rwanda

Mu gihe u Rwanda rukomeje gukataza mu nzira yo guteze imbere ibikorerwa imbere mu gihugu muri politike ya Made in Rwanda, ubu noneho watunga television zakorewe mu Rwanda. Ni Television zigezweho zimenyerewe nka Flat TV ziri mu moko abiri ariyo NEIITEC na RWK zikaba zikorwa nâ uruganda Electronic Industry and information Technology Rwanda Co., Ltd […]