GIRA IHISHURIRWA MURI IBYO BIBAZO BYAWE-Rev. Nibintije
Yohani 16:13 âUwo mwuka wâ ukuri naza azabayobora mu ukuri kose kuko atazavuga kubwe, ahubwo ibyo azumva ni byo azavuga, kandi azababwira ibyenda kuba.â Yesu yaravuze atiâ Umwuka wera azabayobora mu ukuri, ntabwo azabayobora mu ukuri ku ibintu bimwe gusa cyangwa ku ibijyanye no mu uburyo bwâ umwuka gusa ahubwo azabayobora mu ukuri kuri buri […]
Imana iguha ibyo ukeneye byose- igice cya 2
Kandi Imana yange izabamara ubukene bwanyu bwose, nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu. Abafilipi 4:19 Hari icyo wifuza mu buzima? Urakereza uti, kuba mfite iki cyangwa kiriya? Ese ushaka uburyo wigerera ku cyo ushaka? Urashaka ubutunzi cyangwa amafaranga? Mu byanditswe byera havuga hati: ” Imana isezeranya abayizera ko izabaha icyo bayisaba”. Inkuru ku […]
WICIKA INTEGE ZO KWAKIRA IMIGISHA IRI INYUMA YIBYO BIGERAGEZO BYAWE-Rev. Nibintije
2 Abakorinto 4:17 âKuko kubabazwa kwacu kwâ igihwayihwayi kwâ akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera ubwiza bwâ Iteka ryose bukomeye.â Biroroshye kwerekeza amaso ku bibazo tuba dufite. Ariko iyo uhanze amaso ku migisha uzabona umaze gutsinda ibyo bigeragezo, ikizakurikiraho nyuma yo kubabazwa nâ ibyo bibazo ni ibyishimo nâ umunezero. Reka ngerageze ku bikumvisha neza: Mu myaka […]
KORESHA BIBLIYA NKA GPS YAWE IGOMBA KU KUYOBORA MU UBUZIMA BWAWE BUSIGIYE- Rev. Nibintije
2 Timoteyo 2:16-17 âIbyanditswe byera byose byahumetswe nâ Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, kumwemeza ibyaha bye, kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka, kugira ngo abe umuntu wâ Imana ushyitse , afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.â Umunsi umwe umwana yabwiye Papa we atiâ Papa ko abanyeshuri twigana bajya bambwira ko twavuye mu igihugu […]
Ubuntu bwâImana bwakugeza aho wowe ubwawe utakwigeza
Ikiganza cyâubuntu bwâImana Zaburi 44:3 âInkota zabo si zo bakesheje kwigarurira igihugu, imbaraga zabo si zo zabahaye gutsinda; ahubwo ni indyo yawe bwite, ukuboko kwawe, nâurumuri rwâuruhanga rwawe, kuko wabikundiye.â Wigeze utekereza ku nsinzi wagize mu bihe byashize ko atari ku bwawe? Hari igihe wabashije guca mu bikomeye, ugahabwa akaruhuko wari utabyiteze, ibintu bigahinduka nta […]
Abantu benshi bitiranya umunezero nâibitwenge-Rev. Nibintije
Umunezero wawe ushobora gutangirana nâicyemezo wafata kuva ubu. Umunezero ni impano ikomoka ku Mana bitewe no kumenya intego yâibyâumwuka ako kanya. Ni ikintu ukwiriye guharanira kugira ngo ucyakire ndetse unaharanire kukigumana. Abantu benshi bitiranya umunezero nâibitwenge, kwinezeza no gukora ibyâubwenge buke. Tubona abantu bitwara gutya buri gihe. Ariko se ni inshuro zingahe babikora iyo bari […]
Ni wita izina ibihe urimo cyangwa ikintu utegereje guhabwa bizakongerera ukwizera-Rev./Ev.Eustache Nibintinje
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
WIBUKE KO UBUBABARE BWAWE UTERWA NâIBIBAZO URIMO BUZASHIRA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
KORESHA IYI âREMOTEâ MU GUSUBIZA IBITEKEREZO BYAWE MU MWANYA WABYO-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
KORESHA IYI âREMOTEâ MU GUSUBIZA IBITEKEREZO BYAWE MU MWANYA WABYO-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
Nta gihangange imbere yâImana, nawe yakumenera ibanga-Rev./ Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
Nyamasheke: Imodoka isanzwe itwara imirambo yafashwe itwaye magendu
 Mu karere ka Nyamasheke, mu burengerazuba bwâigihugu hafatiwe imodoka isanzwe itwara imirambo ipakiye magendu. Iyi modoka yafashwe ku bufatanye bwa Polisi yâigihugu nâabaturage. Nkâuko byemejwe nâumuvugizi wa Polisi yâigihugu CP John Bosco Kabera , yatangaje ko iyi modoka ifite puraki nomero RAD 819 G yafashwe mu ijoro rya cyeye ubwo yavaga I Rusizi igana […]
Waba uzi ahantu Imana ihoza ijisho ryayo nkuko irihoza ku muntu wayo – Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
Waba uzi umwanzi wawe wâ ukuri
1Petero 5:8 âMukomeze kugira ubwenge kandi mube maso kuko umurezi wanyu Satani azerera nkâ intare yivuga ashaka uwo aconshomera.â Ubwo nari kwibaza kuri ibi bibazo bya website yanjye yagombye kuba yaruzuye mu ukwezi gushize, nabaza abo nahaye amafaranga ngo bayikore bakansubiza ko bari baziko ari website isanzwe none bakaba barasanze atariko biri ari âProfessional cyaneâ […]
Dukorera Imana ikunda kuduha imigisha
Soma Abaheburayo 11:1-2 Imana ikunda gutanga imigisha, kandi ikaguha imigisha myinshi. Ni Imana yâ Imigisha gusaaaaa, inzozi zayo (dream) ku ubuzima bwawe kandi mu inzira utatekereza ko yabaho. Â Niba wari mu guhangayika cyangwa ufite ubibazo byo kuba wabona intsinzi mu buzima bwawe. Biroroshye kuba wabyinjiza mu ibitekerezo byawe. Ariko nabwo bikaba binoroshye kugira ngo […]
Ntukagaye igitabo kubwo ku kirebera inyuma
1 Samuel 16:7 âAriko Uwiteka abwira Samuel atiâ Nturebe mu maso he cyangwa ikirere cye ko ari kirekire namugaye kuko Uwiteka atareba nkâ uko abantu bareba. Abantu bareba ubwiza bugaragara, ariko Uwiteka we areba mu umutima.â Igihe kinshi abantu bakunda guhinyura igitabo bakirebeye inyuma. Igihe Imana yarigiye gutoranya umwami, umuhanuzi yatumye yageze kwa Yesayi kugira […]
Satani akubona nkâikinnyabari cyangwa indwanyi?
 Kubara 13:33 âKandi twabonye abantu barebare kandi banini, twibonaga tumeze nkâ inzige, nabo bakabona tumeze nkazoâ Ni gute Satani akubona? Akubona ko uri irwanyi ikomeye yâ Imana cyangwa akubona nkâ ikinnyabari kâ urugamba cyangwa ingabo itagira umutware. Ibisubizo ntawundi wagitanga usibye wowe gusa. Ndibuka igihe narindi kwiga isomo ryitwa âamateka yâ Abisiraheliâ nkitangira kwiga […]
Itangazo: NEMI yashyizeho irushanwa ryo kwiga no gusoma Bibiliya, ushobora gutsindira ibihumbi 100 buri cyumweru
NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL Ibafitiye agashya. Kurikirana inyigisho zitangwa niyi Ministry kandi unasome Bibliya maze winjire mu ibazwa rijyanye nâ ijambo ryâ Imana maze utsindire Ibihumbi ijana( 100000frw) buri weekend. Dore ibisabwa kugira ngo ubashe kwemererwa muri iyo gahunda yo gutsindira ibihumbi ijana( 100000frw) Ibisabwa: -Kuba muri umuryango wa bugufi ( ababyeyi bawe, abana bawe, […]
Shyira ijambo ryâImana mbere ya byose
Imigani 4:7-8 âUbwenge muri byose nibwo bwâ ingenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga Ubukuze nabwo buzagukuza, nu ubukomeza buzaguhesha icyubahiro.â Niba ushaka gutera imbere muri isi , Ndagira ngo kumenere ibanga rikomeye muri aka kanya. BIROROSHYE âShyira ijambo ryâ Imana imbere.â Ushobora kubwira uti â Pastor, ibyo ntabanga ririmo, narabyumvise […]
Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe ubishyire ku umutwe wa Yesu Kristo-igice cya 2
Soma: 2 abakolinto 10:5 â Dukubita hasi impaka nâ ikintu cyose kishyiriye hejuru kurwanya kumenya Imana, dufata mpiri ibitekerezwa mu mitima byose ngo yubigomorere Kristo. Mu ibitekerezo byawe niho habera urugamba hagati yo GUHANGAYIKA ( ubwoba) nâ amahoro ( ukwizera) . Hagati yo kugira ubwoba no kugira ukwizera, ikiza gufata mbere ibitekerezo byawe nicyo kigomba […]
Ibibazo byawe bitereke kâ umutwe wa yesu – igice 1
Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe wawe maze babitereke ku umutwe wa Yesu Kristo. ( igice cya 2) Abafilipi 4:6 âNtimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe nâ Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima.â Yohani 14:1 âNtimugahagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere.â Matayo 6:31 âNuko ntimukiganyire mugira ngo â Tuzarya iki?â […]
Imana ishaka ko watera intambwe ijya imbere
Matayo 11:12 â Uhereye ku igihe cya Yohani Umubatiza ukageza none, ubwami bwo mu ijuru buratwaranirwa, intwarane zibugishamo imbaraga.â Icyi ni igihe cyo kongera kuzura imbaraga no gutera intambwe ujya imbere mu gihe ibibazo bishaka ko usubira uko wari umeze utarasoma ijambo ryâ Imana. Ni ngombwa ko ureka ibyashize bikaba amateka kandi ugatera intambwe ijya […]
Slow down !! slow down!! imikorere yâImana itandukanye nâ imikorere y'abapfumu
2 Peter 3:9 â Umwami Imana ntitinza isezerano ryayo, nkâ uko bamwe babitekereza yuko iritinza. Ahubwo itwihanganira idashaka ko hagira nâ umwe urimbuka, ahubwo ishaka ko bose bihana.â Ijambo ryâ Imana ritubwira ko imikorere yâ Imana itandukanye nâ imikorere yâ abana bâ abantu cyangwa ikindi kiremwa cyose. Hari igihe twibwira ko Imana itinda kudusubiza cyangwa […]
Shyira ubuzima bwawe mu nzira zâImana
1 Peter 2:9 â Ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi bâ ubwami, ishyanga ryera nâ abantu Imana yaronse kugira ngo mwamamaze ishimwe ryâ iyabahamagaye, ikabakura mu umwijima ikabageza mu umucyo wayo wâ igitangaza.â Tangira guhindura uburyo wakoraga ibintu ndetse no guhindura imwe mu imico bidahuye nâ icyo Imana yakuremeye cyangwa icyo yaguhamagariye. Kugira gahunda nziza […]
Menya uburyo bwiza bwo gutangira umunsi
Zaburi 149:5 â abakunzi be bishimire icyubahiro ibahaye, baririmbishwe nâ ibyishimo, baririmbire mu mariri yaboâ Mu gihe tubyutse mu igitondo, ni ikihe kintu ubanza kugira mu ibitekerezo byawe. Waba ubyuka ufite indirimbo mu minwa yawe? Iyo utangiye umunsi uri guhimbaza Imana, uba utangiye umunsi uri kwihuza nâ Imana yâ Inyambaraga. Iyo ubayeho mu ubuzima bwo […]
Sobanukirwa nâuburyo wa kwagura urukundo
Soma 2 Yohani 1:6 â Uru ni rwo rukundo: Ni uko tugenda dukurukiza amategeko ye. Itegeko ryâ Imana ngiri: ni uko tugendera mu urukundo nkâ uko mwigishijwe uhereye mbere na mbere.â Imana iravuga itiâ kugira urukundo ni ukubahiriza amategeko yayo. Imana yagaragaje urukundo rwayo mubyo yarangije gukora kurusha uburyo yabigusobanurira mu magambo. Yakweretse inzira wanyuramo […]
Urasabwa kuba icyitegererezo no kuzamura imyitwarire yawe
KUZAMURA IMYITWARIRE Abagabo bose bashobora guhagarara bagashikama ndetse bakomeye, ariko nushaka gupima imyitwarire yâumugabo uzamuhe ububasha. UMWANZI UKOMEYE WâABIZERA âSamweli aravuga ati âMbese nubwo wigayaga, ntiwagizwe umutware wâimiryango ya Isirayeli? Uwiteka ntiyakwimikishije amavuta ngo ube umwami wa Isirayeli?â (1 Samweli 15:17) Kumva ko wishoboye, kwishimira (kumva ko wakoze byiza), kwiyumvamo ko uri ingirakamaro ubwawe, kwiyumvamo […]
Kubaho mu ubushake bwâ Imana bifungura inzira yâ ibyo ukeneye byose – igice cya kane
Soma Abaroma 12:2 â Ahubwo muhinduke rwose mu gize imitima mishya â Mu ururimi rwâ icyongereza niho byumvikana neza: âLet God transform you into a new person by changing the way you think. ( Romans12:2) Ijambo guhindurwa ( transformed) rimeze nkâ Ijambo rivuga mu ubutumwa bwiza byanditswe na Matayo igice cya 17. Rivuga âGuhindurwa â(Transfigured) […]
Kubaho mu ubushake bwâ Imana bifungura inzira yâ ibyo ukeneye byose kuri yo- igice cya gatatu
Abaroma 12:2 â Kandi ntimwishushanye nâ anâ iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.â Uyu munsi ndagira ngo dukomeze Seminar yacu mu uburyo butandukanye nâ ubusanzwe, kubera ko eminar ari ukwiga nk â umunyeshuri uri mu ishuri kandi nkaba nizera […]
Kubaho mu bushake bwâ Imana bifungura inzira yâibyo ukeneye byose ( igice cya 2)
Soma Abaroma 12 :1 â Nuko bene data, ndabingiga kubwâ imbabazi zâ Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishomwa nâ Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Igihe wakiriye Umwami nkâUmukiza wawe, uhita ubyarwa ubwa kabiri. Uba usezeye kuba imbata yâ icyaha, icyari cyo cyose. Ariko unyumve neza ntabwo bivuga ko biba birangiye […]
Menya ibanga wakoresha kugira ngo uve mu ubwoba buterwa nâ ibibazo bikugezeho
Soma 2 Timoteyo 1:17 âKuko Imana itaduhaye umwuka wâ ubwoba ahubwo yasuhaye uwâ Imbaraga nâurukundo no kwirinda.â Ni ugute utekereza iyo umuntu akubwiye ko utakwiriye kubaho mu ubwoba.  Ushobora kunyizera muri aka kanya nkubwiye ko mu byo wabonye kuva wabyuka ndetse nâibyo wabonye ko bitakagombye kugutera ubwoba, ahubwo ko ukwiriye kubaho mu amahoro Birashoboka ?cyangwa […]
Ibaruwa yâ ukwezi kwa gatandatu
Mbanje kubaramutsa mu izina rya Yesu Kristo umwami wacu, SHALOM Partner, Twese mu imibereho yacu, tugenda duhura nâ ibintu biza mu ubuzima bwacu biturwanya.Tugenda duhura nâ ibibazo bijyanye nâ ubuzima bwacu( Health issuers) Ibibazo bijyanye nâ amafranga dukenera buri munsi kugira ngo tubashe kubaho ( Financial challenges) Tugenda duhura nâ ibibazo bijyanye nâ amarangamutima yacu […]
Soma ku rupapuro rwâubuzima bwawe rukurikira niho ibisubizo byâubuzima bwawe biri
Zaburi 139:16 â Nkiri urusoro, amaso yawe yarandebaga, mu igitabo cyawe handitswemo iminsi yanjye yose, yategetswe itarabaho nâ umwe. Waba uziko Imana mbere yuko uvuka yari yarabanje guteganya ibintu byose uzakenera mu ubuzima bwawe. âImana ifite umugambi mwiza kuri wowe â , Imana izi ibibazo byawe, Izi ibyo watakaje cyangwa ibyo uri kwifuza ubu ( […]
Ni murebane akajisho keza
Soma abafilipi 3:17 Nigeze kumva inkuru yâ umugabo nâ umugore bigeze bagirana ibibazo ku uburyo buri wese yari yaranze kuvugisha undi. Iryo joro ryose ryakeye nta muntu wigeze ushaka kuvugisha undi kugirango babe barangiza ibibazo byari hagati yabo. Bwarakeye umugabo abyuka mbere, agiye kujya ku kazi, ahitamo ku musira message yanditse ku gapapuro kugira ngo […]
Amahirwe yo kwiga ku buntu, Tangira wige Bibiliya uyu munsi
OUR MISSION EVANGELIZE, EQUIP, EDUCATE * Bible Institute ( Pastoral Studies, Christian Education and Christian Counseling program Bachelor degree program/4years – Tuitions FREE – BOOK FREE -Website maintenance $100/yr – Administration $5/ 1 test * Biblical Studies & Church Leadership In Kinyarwanda ( Diploma program/2years) – Tuition FREE – Administration FREE – Website maintenance $50/year […]
Hagarika gushidikanya mu gihe wizeye, kuko bikubuza umugisha wawe
Yakobo 1:8 â Kuko umuntu wâ Imitima ibiri anamuka mu inzira ze zoseâ Bigenda gute mu igihe ushidikanyije mu gukora ikintu Imana yakubwiye gukora? Uwo muhanganye ahita atera intambwe ya mbere. bisobanura ko Satani ahita agusimbukiraho ako kanya. Niba ushaka kubaho mu ukwizera menya ko, gushidikanya ari umuco mubi kandi wagobye gukura mu inzira yawe. […]
Sobanukirwa ibintu byâ ingenzi bya gukomeza mu ibyo uhura nabyo ( igice cya gatanu)
Zaburi 34: 1 â Nzahimbaza Uwiteka iminsi yose, ishimwe rye rizaba mu akanwa kanjye itekaâ Waba uzi ururimi ruvugika mu ijambo â GUHIMBAZA âno âGUSHIMA â icyo bivuga? Ni ururimi ryo âKWIZERA â kandi rukaba ururimi rwo â KWAKIRAâ, Umukristo ukomeye muri we haba huzuyeâ GUHIMBAZAâno âGUSHIMAâ Imana. Niyo mpamvu twahamagariwe guhimbaza no gushima Imana […]
Menya icyo iryo izina rishobora gukora
Abafilipi 2:9-10 âNicyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane…ikamuha izina risumba andi mazina yose kugira ngo amavi yose apfukame mu izina rya Yesu, ari ayâ ibyi juru, cyangwa ibyâ ibyo mu isi, cyangwa arâ ibyo munsi yâ isi.â Igihe cyose ushyize mu ibitekerezo byawe amategeko yâ Imana maze ugatangira kwemerera ijambo ryâ Imana gukorera muri wowe […]
Nta gihangange imbere yâImana, nawe yakumenera ibanga
2 korinto 2: 9-10 âAriko nkuko byanditswe ngo ibyo ijisho ritigeze kubona nâ ibyo ugutwi kutigeze kumva, ibitigeze kwinjira mu mutima wâ umuntu, ibyo byose Imana yabiteguriye abayikunda.â Mu mwaka 1997, byabaye ngombwa ko abashinzwe umutekano banjyana kuri Police Station kuko hari ibyo nagombaga gusobanura. Nkigerayo ntabwo nabashize kubonana nukuriye aho kuko yahamagawe kujya mu […]
“Sobanukirwa ibintu byâ ingenzi bizagukomeza mu byo uhura nabyo”: Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi wâImana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise âNibintije Evangelical Ministriesâ yigisha ijambo ryâImana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:âSobanukirwa ibintu byâ ingenzi bizagukomeza […]
Ibintu byâ ingenzi bizagufasha gukomera igihe uri mu biruhije
Imigani 8: 34-35 Hahirwa umuntu unyumvira, akaba maso mu marembo yanjye iminsi yose, agategereza ku nkomo yâ imiryango yanjye kuko umbonye aba abonye ubugingo kandi azahabwa umugisha.â Igihe cyose uzimenyereza ibintu ngiye kuzakubwira mu i SEMINAR izatangira ejo, Seminar yâ iminsi irindwi bizagufasha gukomera, ndetse no ku kurinda ibitero bya Satani maze ubashe kwakira intsinzi […]
Koresha urufunguzo wahawe uve mu ibibazo bikuzengurutse
Luka 10:19 âDore mbahaye ubutware bwo kujyamukandagira inzoka na sikoropiyo nâ Imbaraga zâ umwanzi zose, kandi nta kintu kizagira icyo kibatwara rwose.â Ijambo ryâ Imana riboneka mu igitabo cyo gutegeka kwa kabiri tuhabona amagambo Imana yabwiye ubwoko bwayo aho yagize iti â ni mumara kwambuka Yorodani muzahita mwambukira mu igihugu nabasezeranije kandi dore ikintu muzayita […]
Shyira ibyiringiro byawe ku ikintu wifuza ko imana yagukorera
Soma Itangiriro 15:5 â Aramusohora aramubwira ati â Rarama urebe mu ijuru, ubare inyenyeri niba wabasha kuzibara.â Arongera ati â Urubyaro rwawe niko ruzangana.â Ni iki wiringiye ko Imana igomba kugukorera? Ni iki uri gusengera uyu munsi kandi ukaba wiringiye ko Imana izakiguha? Ni irihe sezerano Imana yagusezeranije? Birashoboka ko ari uguhindura umuryango wawe, Umuryango […]
Ni gute wahangana nâibibazo urimo-igice cya 3
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]
Ni gute wahangana nâibibazo urimo?
Kurikira izi Nyigisho kuva kwa kabiri kugeza kuwa Gatandatu kuko ari icyumweru cyo kumenya uburyo wahangana n’ibibazo urimo INGOMA 20: 1- POINTS: âImana iri kugenzura ibibazo byawe, Imana ni Inyembaraga kandi nini kurusha ibigeragezo byawe, wicika intege, Shaka Imana muri ibyo bibazo kandi urusheho kuyizeraâ (Rev./Ev. Eustache) Buri wese agira ibigeragezo mu miberereho ye. Kuba […]
Imana ishaka kuvugurura amasezerano yawe mwagiranye
Ibyahishuwe 21:5 âIyicaye ku intebe iravuga itiâ Dore byose ndabihindura bishyaâ kandi itiâ Andika kuko ayo magambo nayâ ukuriâ kandi itiâ birarangiye â ninjye Alfa na Omega, itangiriro nâ Iherezo. ufite inyota nzamuhera ubuntu kunywa ku isoko yaâ amazi yâubugingo.â Igihe Imana ishyize mu mutima wawe inzozi zo kugera ku kintu runaka, iba ishyize isezerano […]
Inshingano zâ Abamama zibahesha kubahwa no gushimirwa
Iri ni Ijambo ryâImana mugezwaho nâUmukozi wâImana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise âNibintije Evangelical Ministriesâ yigisha ijambo ryâImana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.Imigani 31:11; 28 â Umutima wâ umugabo we […]
Ibaruwa yâ ukwezi kwa Gatanu/2019
Nibintije Evangelical Ministries Pittsburgh, Pennsylvania USA Ndabaramukije mu izina ryâ Umwami wacu Yesu Kristo, Mbere yuko mbagezaho Ubutumwa mbandikiye mbanje kubashimira amasengesho yanyu mudasiba kudusengera uko bwije ni uko bukeye. Kandi tubashimira umuhate wo gukurikirana impanuro zikubiye mu inyigisho zâ ijambo ryâ Imana mugezwaho nâ umuryango wâ Ivugabutumwa wacu witwa Nibintije Evangelical Ministries International ( […]
Hagarika gutunga Imana urutoki ahubwo uyikingurire umutima
Iri ni Ijambo ryâImana mugezwaho nâUmukozi wâImana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise âNibintije Evangelical Ministriesâ yigisha ijambo ryâImana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Yohani 14:9-10 âYesu arambaza atiâ Nabanye namwe […]
Iyo uri umugisha umugisha urakwizanira kandi ukiranukira Imana abikiwe ubutunzi
Iri ni Ijambo ry’Imana mugezwaho n’Umukozi wâImana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise âNibintije Evangelical Ministriesâ yigisha ijambo ryâImana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro. Mu igitabo cyâ Imigani igice cya cumi […]
Hamagara izina rya Yesu â Rev. /Ev. Eustache Nibintije
1 Korinto 6:11 âKandi bamwe muri mwe mwari nka bo ariko mwaruhagiwe mwarejejwe, mwatsindishirijwe nâUmwuka wâImana yacu mu izina ryâUmwami Yesu Kristoâ. Hari ikintu kimanuka mu mubiri wacu gifite imbaraga zikora ibitangaza iyo duhamagaye izina rya Yesu Kristo. Cyera nkiri umwana twavaga kwiga twagera murugo ababyeyi bamaze kutugaburira, bakundaga kumbwira kujya kuragira amatungo yacu. Muri […]
Sobanukirwa no kwizera icyo aricyo nâuko wakugeraho â Rev./Ev. Eustache NibintijeÂ
KWIZERA NI IKI? Akamaro ko kwizera tugasanga muri Bibiliya, mu gitabo cyâAbaheburayo. âariko utizera ntibishoboka ko ayinezeza, kuko uwegera Imana akwiriye kwizera yuko iriho, ikagororera abayishakaâ (Abaheburayo 11:6). Noneho tubwiwe ko âKwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari ibyâukuriâ (Abaheburayo 11:1). Nta muntu numwe wigeze abona […]
Haranira gutsinda wifashishije ukwemera
Zaburi 144:1 Igira iti âNihasingizwe Uhoraho, rutare rwanjye, we utoza amaboko yanjye ibyo kurwana, nâintoki zanjye ibyo kurema urugamba.â Ufite umwanzi. Shitani ashaka kukwiba buri kimwe Imana iguteganyiriza. Wimwemerera. Koresha intwaro zawe⊠Ijambo ryâImana⊠ukwemera kwawe kugira ngo uronke umusaruro igihe utinze. Shitani atinya indwanyi. Buri kimwe uzageraho mu buzima bisaba ko habaho urugamba. Mugenzi […]