Haranira gutsinda wifashishije ukwemera

Sangiza iyi nkuru

Zaburi 144:1

Igira iti “Nihasingizwe Uhoraho, rutare rwanjye,

we utoza amaboko yanjye ibyo kurwana,

n’intoki zanjye ibyo kurema urugamba.”

Ufite umwanzi. Shitani ashaka kukwiba buri kimwe Imana iguteganyiriza.

Wimwemerera. Koresha intwaro zawe… Ijambo ry’Imana… ukwemera kwawe kugira ngo uronke umusaruro igihe utinze. Shitani atinya indwanyi. Buri kimwe uzageraho mu buzima bisaba ko habaho urugamba.

Mugenzi wanjye, nshaka kumva icyo utekereza uyu munsi.  Wanyandikira ubutumwa kuri imeli (email) yanjye ari yo Estachenib@ yahoo.com cyangwa ukanyandikira ubutumwa bugufi kuri telefoni ngendanwa  + 4128718098 ikaba ikoreshwa no kuri WhatsApp.

Ushobora kumbwira n’utuntu dutoya arimo uyu munsi kugira ngo ngusengere.

Uri uw’ingenzi kuri twe.

Ijambo ry’Imana rivuye muri Nibintije Evangelical Ministries

Eustach
Rev./Ev. Eustache

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *