Gisagara: Min. Munyakazi yashyize ibuye ry'ifatizo ahagiye kubakwa ibyumba by'amashuri
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr Munyakazi Isaac yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ibyumba by’amashuri bitatu, kuri GS Gikore, mu Murenge wa Kansi, Akarere ka Gisagara, anatangariza abaturage ko ari mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu mashuri ari nako hazamurwa ireme ry’uburezi. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kanama 2019, […]
RDC: Ubwicanyi bukorwa nâinyeshyamba zikomoka muri Uganda bwahagurukije Perezida Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yatumije inama ku wa Gatanu tariki ya 9 Kanama 2019, yâabayobozi bâinzego zitandukanye kugira ngo bigire hamwe ikibazo cyâumutekano wâabaturage ukomeza guhungabanywa nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda. Iyi nama yitabiriwe nâabofisiye muri Polisi nâingabo, Minisitiri wâingabo, Michel Bongongo, Minisitiri wâimari, Henri Yav Muland, umuyobozi mukuru […]
Kenya: Abana barimo ab'imyaka 10 bahabwa ibinini birinda gusama
Bamwe mu babyeyi bo muri Kenya barimo guha abakobwa babo, bato muri bo bafite imyaka 10, ibinini birinda gusama kugira ngo batava mu ishuri. Mu gihugu hose, umukobwa umwe kuri batanu hagati y’imyaka 15 na 19 aba atwite cyangwa se afite umwana. Akarere ka Kwale kari hafi y’inkombe y’inyaja ikora kuri Kenya kari mu tubonekamo […]
âBlack Mambaâ nibwo buryo bukoreshwa mu kwica urubozo Abanyarwanda bafatiwe muri Uganda
Umunyarwanda, Frank Bizimana wari umaze umwaka muri gereza ahitwa Ntungamo, atangaza ko we na bagenzi be bakorerwaga iyicarubozo hifashishijwe uburyo buzwi nka ‘Black Mambaâ. Bizimana wari umaze umwaka muri gereza aryozwa kwinjira muri iki gihugu binyuranyije nâamategeko , avuga ko aho yari afungiwe bakubitwaga hifashishijwe ubu buryo ugenekereje mu Kinyarwanda wavuga ngo ni âinzoka yâumukara.â […]
Huye: Abahinzi ba Soya batashye amara masa
Abahinzi ba Soya bibumbiye muri Koperative, COAGIMPA bavuga ko bahinze Soya kuri hegitari zisaga 50 ariko bakaba bararumbije. Aba bahinzi bo mu gishanga cya Mpaza barasaba ko bashumbushwa ku bwâigihombo bagize. Umwe muri bo, Erasme Budadi Rushimisha avuga ko aho yari yiteze imifuka itatu, nta nâumwe yahabonye. Ati â Nari nziko nzakuramo nka 300,000 Rwf […]
Hashize igihe Wendy Waeni ategereje inkunga yemerewe na Perezida Kagame
Umwana muto wâimpano mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni atangaza ko ategereje inkunga yemerewe na Perezida Paul Kagame wâu Rwanda ubwo bahuraga mu myaka itatu ishize. Wendy yahuye na Perezida Kagame nyuma yo kubimusaba abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Aganira na Televiziyo yo muri Kenya, Ktn, Wendy yavuze ko yaganiriye na Perezida Kagame ku bintu […]
Zari yahishuye icyo yifuzaga kuri Diamond mbere yo kubana na we
Uwahoze ari umukunzi wa Diamond Platnumz, Zari Hassan atangaza ko yifuzaga kubana nâuyu muhanzi igihe kirekire nâubwo bitakunze. Uyu mugore yabwiye Millardayo dukesha iyi nkuru ko Diamond yamubabaje ndetse ko nibyo yatangaje ko yamuciye inyuma ari ikinyoma. Ati â Nashakaga kubana na Diamond igihe kirekire. Arabizi ko ntigeze muca inyuma nâumugabo nâumwe.â Avuga ko atigeze […]
Ndatwite, nangiye umugabo wanjye ko dukora imibonano mpuzabitsina, ese umwana ntiyagira ikibazo?
Amahoro kuri mwese, ndi umudamu, nkaba mfite inda yâamezi atanu, ariko umugabo wanjye yifuza ko dukora imibonano mpuzabitsina nkamwangira kuko ntinya ko umwana wacu yagira ikibazo mu nda. Mu byâukuri dutuye mu Ntara yâAmajyaruguru, twari tumaze imyaka ibiri nâigice dushakanye ntaratwita, aho bikundiye mba numva mpangayitse, noneho we nkabona ntacyo bimubwiye, ahubwo yifuza ko twakomeza […]
Abarimo abarinda Museveni barashinjwa kumena amabanga yâibukuru no kugerageza kumuhirika ku butegetsi
Abantu 12 barimo batatu barinda umukuru wâigihugu (SFC), abapolisi nâabandi bakozi mu gisirikare bafunzwe bashinjwa gutanga amakuru yâumutekano yashoboraga gutuma habaho ihirikwa ryâubutegetsi. Abashinjwa bagejejejwe imbere yâurukiko rwa Gisirikare ruri Makindye, ruyobowe na Lt. Gen. Andrew Gutti kuwa 7 Kanama uyu mwaka. Mu bashinjwa harimo; IP Peter Ayebare wari usanzwe akora mu byâikoranabuhanga ahitwa Naguru, […]
Kenya: Abagore bigaragambije bavuga ko abagabo babo batagitera akabariro
Abagore bo mu gace ka Limuru muri Kenya bari mu myigaragambyo yamagana ba nyirâutubari bakomeje gutuma abagabo babo badatera akabariro. Aba bagore bavuga ko abagabo bazindukira mu tubari dufungurwa mu gitondo cya kare, maze bakanywa ibisindisha, bataye abagore babo mu buriri. Aba bagore bati â Mwubahirize amabwiriza agenga amasaha yo gucuruza cyangwa se tuzigabize inzu […]
Amarira nâagahinda mu ishyingurwa ryâabasirikare bâu Burundi biciwe muri Somalia
Ku wa 27 Nyakanga 2019, nibwo abasirikare bâu Burundi bari mu butumwa bwâamahoro muri Somalia bagabweho igitero na Al Shabaab, barindwi muri bo bahasiga ubuzima. Â Nyuma yo kugezwa i Burundi, ku wa Gatatu tariki ya 7 Kanama 2019, bashyinguwe mu cyubahiro, umuhango waranzwe nâamarira nâagahinda ku miryango yabo ndetse nâubuyobozi bwâingabo butangaza ko bubabajwe […]
Col. Tawimbi ushinjwa gukorana na Kayumba Nyamwasa yafunguwe agira byinshi atangaza
Hari hashize amezi arwindwi Col Tawimbi ushinjwa gukorana na Kayumba Nyamwasa urwanya Leta yâu Rwanda, afunze, nyuma yo gufungurwa akaba avuga ko ntaho ahuriye nâibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Muri Mutarama uyu mwaka nibwo Col Tawimbi yafunzwe ariko akaba yari amaze aya mezi yose ataragezwa imbere yâubutabera. Ku bwe ahamya ko yari afungiye ubusa kandi […]